{"id":47308,"date":"2022-05-02T12:02:59","date_gmt":"2022-05-02T12:02:59","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2022\/05\/02\/rubavu-umukobwa-yahawe-urumogi-na-se-ngo-arugeze-ku-bakiliya-ahubwo-arujyanira\/"},"modified":"2022-05-02T12:02:59","modified_gmt":"2022-05-02T12:02:59","slug":"rubavu-umukobwa-yahawe-urumogi-na-se-ngo-arugeze-ku-bakiliya-ahubwo-arujyanira","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=47308","title":{"rendered":"Rubavu: Umukobwa yahawe urumogi  na Se ngo arugeze ku bakiliya ahubwo arujyanira polisi"},"content":{"rendered":"<p><strong>Mu  Mudugudu wa Kabarora, Akagari ka Rugerero, Umurenge wa Rugerero mu Karere ka Rubavu, mu mpera z\u2019Icyumweru gishize Polisi yafashe abantu bane barimo umukobwa wayibwiye ko Se ari we wamuhaye urumogi ngo arushyire abakiliya ariko we ajya kurwereka Polisi.<br \/>\n<em><\/h2>\n<p>Polisi yakusanyije urumogi rwose yafashe isanga ari udupfunyika 1,688. Umwe mu bafashwe ni umugabo w\u2019imyaka 42 y\u2019amavuko n\u2019umukobwa we w\u2019imyaka 18, aba bakaba bari bafite udupfunyika 1000.<\/p>\n<p>Undi wafashwe we afite imyaka 41 yafatiwe mu Mudugudu wa Cyanika, Akagari ka Rwaza, Umurenge wa Rugerero mu Karere ka Rubavu afatanwa udupfunyika 387 tw\u2019urumogi mu gihe uwa kane ari nawe wa nyuma mu bafashwe icyo gihe afite  imyaka 24 y\u2019amavuko  we akaba yarafatiwe mu Mudugudu wa Gihanga, Akagari ka Basa mu Murenge wa Rugerero afite udupfunyika 301 tw\u2019urumogi.<\/p>\n<p>Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y\u2019i Burengerazuba, Superintendent of Police(SP) Bonaventure Twizere Karekezi,  yabwiye Taarifa ko iyo umuntu atanze amakuru nk&#8217;ariya biba ari byiza kuko bifasha inzego gushakisha ababigizemo uruhare bose bagafatwa wenda bigakumira ko urumogi cyangwa ikindi kintu kibi cyakwira henshi muri benshi.<\/p>\n<p>Ati: \u201cUyu mukorwa ni we watubwiye ko Se ari we wamuhaye urumogi  ngo arushyire abakiliya, bityo ahita ajya kwereka abapolisi iwabo, Se barahamusanga, yemera ko yakoresheje umwana we kuko ari we yabonaga abantu badashobora gukekaho ubwo bucuruzi.\u201d<\/p>\n<p>Nyuma yo gufata abantu bose bari muri kiriya gikorwa bamenyekanye kugeza ubu, Polisi yabashyikirije Urwego rw\u2019igihugu rw\u2019Ubugenzacyaha ngo rukore akazi karwo.<\/p>\n<p>Hari amakuru ko iyo urumogi ruvuye muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo ruba rwaranguwe ku Frw 80. Uruzanye iyo arugejeje i Rubavu, arucuruza ku gapfunyika ka Frw 300 kamwe kamwe.<\/p>\n<p>Impamvu bigenda gutya ni ukugira ngo n\u2019udafite inoti ariko afite ibiceri Frw 300  byonyine ashobore kurugura. Umucuruzi kugeza aha aba yungutse Frw 220. Rugera i Kigali rukosha kuko aakabure kamwe kaba kagura Frw igihumbi.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Mu Mudugudu wa Kabarora, Akagari ka Rugerero, Umurenge wa Rugerero mu Karere ka Rubavu, mu mpera z\u2019Icyumweru gishize Polisi yafashe abantu bane barimo umukobwa wayibwiye ko Se ari we wamuhaye urumogi ngo arushyire abakiliya ariko we ajya kurwereka Polisi. Polisi yakusanyije urumogi rwose yafashe isanga ari udupfunyika 1,688. Umwe mu bafashwe ni umugabo w\u2019imyaka 42 [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":12,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-47308","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Rubavu: Umukobwa yahawe urumogi na Se ngo arugeze ku bakiliya ahubwo arujyanira polisi - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=47308\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Rubavu: Umukobwa yahawe urumogi na Se ngo arugeze ku bakiliya ahubwo arujyanira polisi - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Mu Mudugudu wa Kabarora, Akagari ka Rugerero, Umurenge wa Rugerero mu Karere ka Rubavu, mu mpera z\u2019Icyumweru gishize Polisi yafashe abantu bane barimo umukobwa wayibwiye ko Se ari we wamuhaye urumogi ngo arushyire abakiliya ariko we ajya kurwereka Polisi. Polisi yakusanyije urumogi rwose yafashe isanga ari udupfunyika 1,688. Umwe mu bafashwe ni umugabo w\u2019imyaka 42 [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=47308\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2022-05-02T12:02:59+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Fred Rugira\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Fred Rugira\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"1 minute\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=47308#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=47308\"},\"author\":{\"name\":\"Fred Rugira\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55\"},\"headline\":\"Rubavu: Umukobwa yahawe urumogi na Se ngo arugeze ku bakiliya ahubwo arujyanira polisi\",\"datePublished\":\"2022-05-02T12:02:59+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=47308\"},\"wordCount\":306,\"commentCount\":4,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=47308#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=47308\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=47308\",\"name\":\"Rubavu: Umukobwa yahawe urumogi na Se ngo arugeze ku bakiliya ahubwo arujyanira polisi - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2022-05-02T12:02:59+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=47308#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=47308\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=47308#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Rubavu: Umukobwa yahawe urumogi na Se ngo arugeze ku bakiliya ahubwo arujyanira polisi\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55\",\"name\":\"Fred Rugira\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=12\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Rubavu: Umukobwa yahawe urumogi na Se ngo arugeze ku bakiliya ahubwo arujyanira polisi - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=47308","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Rubavu: Umukobwa yahawe urumogi na Se ngo arugeze ku bakiliya ahubwo arujyanira polisi - BWIZA","og_description":"Mu Mudugudu wa Kabarora, Akagari ka Rugerero, Umurenge wa Rugerero mu Karere ka Rubavu, mu mpera z\u2019Icyumweru gishize Polisi yafashe abantu bane barimo umukobwa wayibwiye ko Se ari we wamuhaye urumogi ngo arushyire abakiliya ariko we ajya kurwereka Polisi. Polisi yakusanyije urumogi rwose yafashe isanga ari udupfunyika 1,688. Umwe mu bafashwe ni umugabo w\u2019imyaka 42 [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=47308","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2022-05-02T12:02:59+00:00","author":"Fred Rugira","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Fred Rugira","Est. reading time":"1 minute"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=47308#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=47308"},"author":{"name":"Fred Rugira","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55"},"headline":"Rubavu: Umukobwa yahawe urumogi na Se ngo arugeze ku bakiliya ahubwo arujyanira polisi","datePublished":"2022-05-02T12:02:59+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=47308"},"wordCount":306,"commentCount":4,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=47308#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=47308","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=47308","name":"Rubavu: Umukobwa yahawe urumogi na Se ngo arugeze ku bakiliya ahubwo arujyanira polisi - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2022-05-02T12:02:59+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=47308#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=47308"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=47308#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Rubavu: Umukobwa yahawe urumogi na Se ngo arugeze ku bakiliya ahubwo arujyanira polisi"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55","name":"Fred Rugira","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=12"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/47308","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/12"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=47308"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/47308\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=47308"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=47308"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=47308"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}