{"id":4735,"date":"2017-01-30T08:12:24","date_gmt":"2017-01-30T08:12:24","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/01\/30\/muri-gereza-baratereta-mu-buhanga-busekeje\/"},"modified":"2017-01-30T08:12:24","modified_gmt":"2017-01-30T08:12:24","slug":"muri-gereza-baratereta-mu-buhanga-busekeje","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4735","title":{"rendered":"Muri gereza baratereta, mu buhanga busekeje"},"content":{"rendered":"<p> <strong>Ubuhamya bw\u2019abantu baba n\u2019abaheruka muri gereza, buvuga ko habera ibintu byinshi bijya gusa n\u2019ibibera hanze yayo. Ibiganiro, ubutekamutwe, gukorera amafaranga, gutunga abakozi, ndetse no kubireba akabariro baratekereza. Urukumbuzi rurabica, bakamenya uko bakemura ikibazo: aho baba, aho bajya mu kazi hanze, kwa muganga, no kuri telefoni ku babasha kuzibona. Bisaba ubuhanga buhanitse, ariko k\u2019ubyumva atarahaba birasetsa.<\/strong><br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nKu mfungwa n\u2019abagororwa, gutekereza akabariro birasanzwe, cyane ko hafungwa umuntu n\u2019izina, umubiri ukaguma mu byawo. Byakunze kuvugwa ko aho abafungwa bakorera imirimo hanze, bakunze gusurwa n\u2019abakunzi. Ibishoboka birakorwa, binyuze mu nzira ndende, kandi bitagombye kujya ikambere cyane. Umuringoti, akazu ka surwumwe, igihuru cyangwa igicucu cy\u2019igiti kirahagije.<br \/>\n <strong>Muri gereza imbere baratereta<\/strong><br \/>\nUmugabo umaze imyaka 5 afunguwe, avuga ko umufungwa akundana n\u2019undi badahuje igitsina. Agira ati \u201curamwandikira ugashyiramo amarangamutima na gahunda umufitiye, ukayita hafi y\u2019aho aba, aho akorera cyangwa akunda kugenda. Iyo ubutumwa bumugezeho arabusoma, iyo butamugezeho barabutoragura bakabutangaza mu ruhame nk\u2019ubwavuye kure, akabubona\u201d. Akomeza avuga ko umunsi wo guhura ari igihe cyo gusenga. Ati \u201cNubwo abagore bicara ukwabo n\u2019abagabo ukwabo, umwe yicara ku ruhande n\u2019undi ku rundi. Bakaba bicirana ijisho mu gihe abandi bari mu masengesho.  <strong> <em>Iyo bahagurutse batashye, bafatirana icyo kivunge bagahoberana bakumirana. Ababashinzwe bababona bagakubita ntibumve, bagasomana kugeza bashize ipfa<\/em> \u201d.<\/strong><br \/>\nUbashije kubona telefoni atereta abari hanze, kugeza bamusuye. Uyu amaze amezi atanu afunguye, arakibuka ubwo buzima. Ati \u201cumugabo wakatiwe imyaka myinshi kubera icyaha cyo gufata abana ku ngufu, yahamagaye umugore bataziranye. Amubwira ko afungiwe amafaranga, afite igihano cy\u2019umwaka. Amubwira ko yasize hanze imodoka, moto 3 n\u2019inzu 2, ko ibyo byose bimuha amafaranga, ko icyo abura ari akanyamuneza kavuye ku mugore umufata neza\u201d. Avuga ko umugore ahita ajyaho, akamuhumuriza kugeza aje kumusura, ingemu nziza n\u2019urugwiro, bakagera ku ngingo.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nUndi wafungiwe mu gihugu gituranyi, avuga ko yakiriwe neza n\u2019umuganga agiye kwivuza, yifatanya nawe mu kaga arimo. Ati \u201cyantumirizaga Mutzig ikonje mu isakoshi ye, agahamagara izina ryanjye nkinjira. Tukabamooooo, ngasohoka ampaye igihe nzagarukira\u201d. Uyu avuga ko hari n\u2019igihe Umucungagereza yigeze kumuta kwa muganga, asohotse asanga abandi bagiye, abasanga aho bategereza imodoka ibacyura. Ati \u201cumusuruveya yanyise umujinga ndavuga nti ni wowe mujinga wansize\u201d.<br \/>\nBenshi mu bigeze gufungwa, bavuga ko muri gereza haba ubuzima nk\u2019ububa hanze, ko ikibura ari ubwisanzure kubera ahantu hato hafungiranye. Ikinyamakuru Bwiza.com kiracyakurikirana iby\u2019ubwo buzima, kizababwira iby\u2019ubupfumu, ubutekamutwe no gukorera amafaranga bikorerwa iyo mu gihugu watuka umwanzi nturage umwana.<\/p>\n<p> <strong>K<a style=\"color: #3366ff;\" href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a style=\"color: #3366ff;\" href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong><br \/>\n <strong>Karegeya Jean Baptiste<\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ubuhamya bw\u2019abantu baba n\u2019abaheruka muri gereza, buvuga ko habera ibintu byinshi bijya gusa n\u2019ibibera hanze yayo. Ibiganiro, ubutekamutwe, gukorera amafaranga, gutunga abakozi, ndetse no kubireba akabariro baratekereza. Urukumbuzi rurabica, bakamenya uko bakemura ikibazo: aho baba, aho bajya mu kazi hanze, kwa muganga, no kuri telefoni ku babasha kuzibona. Bisaba ubuhanga buhanitse, ariko k\u2019ubyumva atarahaba birasetsa. [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[6],"tags":[],"class_list":["post-4735","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-mashya-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Muri gereza baratereta, mu buhanga busekeje - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=4735\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Muri gereza baratereta, mu buhanga busekeje - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Ubuhamya bw\u2019abantu baba n\u2019abaheruka muri gereza, buvuga ko habera ibintu byinshi bijya gusa n\u2019ibibera hanze yayo. Ibiganiro, ubutekamutwe, gukorera amafaranga, gutunga abakozi, ndetse no kubireba akabariro baratekereza. Urukumbuzi rurabica, bakamenya uko bakemura ikibazo: aho baba, aho bajya mu kazi hanze, kwa muganga, no kuri telefoni ku babasha kuzibona. Bisaba ubuhanga buhanitse, ariko k\u2019ubyumva atarahaba birasetsa. [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=4735\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-01-30T08:12:24+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4735#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4735\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Muri gereza baratereta, mu buhanga busekeje\",\"datePublished\":\"2017-01-30T08:12:24+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4735\"},\"wordCount\":421,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"amakuru-mashya\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4735#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4735\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4735\",\"name\":\"Muri gereza baratereta, mu buhanga busekeje - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-01-30T08:12:24+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4735#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4735\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4735#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Muri gereza baratereta, mu buhanga busekeje\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Muri gereza baratereta, mu buhanga busekeje - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4735","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Muri gereza baratereta, mu buhanga busekeje - BWIZA","og_description":"Ubuhamya bw\u2019abantu baba n\u2019abaheruka muri gereza, buvuga ko habera ibintu byinshi bijya gusa n\u2019ibibera hanze yayo. Ibiganiro, ubutekamutwe, gukorera amafaranga, gutunga abakozi, ndetse no kubireba akabariro baratekereza. Urukumbuzi rurabica, bakamenya uko bakemura ikibazo: aho baba, aho bajya mu kazi hanze, kwa muganga, no kuri telefoni ku babasha kuzibona. Bisaba ubuhanga buhanitse, ariko k\u2019ubyumva atarahaba birasetsa. [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4735","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-01-30T08:12:24+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4735#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4735"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Muri gereza baratereta, mu buhanga busekeje","datePublished":"2017-01-30T08:12:24+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4735"},"wordCount":421,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["amakuru-mashya"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=4735#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4735","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4735","name":"Muri gereza baratereta, mu buhanga busekeje - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-01-30T08:12:24+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4735#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=4735"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4735#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Muri gereza baratereta, mu buhanga busekeje"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/4735","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=4735"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/4735\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=4735"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=4735"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=4735"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}