{"id":47456,"date":"2022-05-06T09:21:49","date_gmt":"2022-05-06T09:21:49","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2022\/05\/06\/mininfra-yavuze-impamvu-hagiye-kubaho-igice-cya-kabiri-cyo-guca-utujagari\/"},"modified":"2022-05-06T09:21:49","modified_gmt":"2022-05-06T09:21:49","slug":"mininfra-yavuze-impamvu-hagiye-kubaho-igice-cya-kabiri-cyo-guca-utujagari","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=47456","title":{"rendered":"MININFRA yavuze impamvu hagiye kubaho igice cya kabiri cyo guca utujagari"},"content":{"rendered":"<p><strong>Minisiteri y&#8217;Ibikorwaremezo (MININFRA) ivuga ko ibyiza byagezweho mu cyiciro cya mbere cy&#8217;umushinga wo kuvugurura no guca utujagari mu bice bitandukanye by&#8217;Umujyi wa Kigali ari byo mbarutso yo gutangiza icyiciro cya 2 cy&#8217;uyu mushinga.<br \/>\n<em><\/h2>\n<p>Biteganyijwe kandi ko muri iki cyiciro cya kabiri hazitabwaho cyane ibikorwaremezo byo gucunga amazi y\u2019imvura.<\/p>\n<p>Ibi byagarutsweho kuri uyu wa Kane mu nama yo gutangiza ibikorwa by&#8217;icyiciro cya 2<\/p>\n<p>Mu bikorwaremezo bizatunganwa muri uyu mushinga harimo imihanda, amashanyarazi, gushyiramo imiyoboro y\u2019amazi ndetse n\u2019ibindi bitandukanye.  <\/p>\n<p>Umuyobozi  w&#8217;Umujyi wa Kigali Pudence Rubingisa avuga ko muri uyu mushinga wa 2 by\u2019umwihariko hazavugururwa n&#8217;ibishanga.<\/p>\n<p>Na ho Minisitiri w&#8217;Ibikorwaremezo Dr Erneste Nsabimana avuga ko hari ibyiza byinshi byagezweho mu gice cya mbere cy&#8217;uyu mushinga ari na byo byabaye imbarutso by&#8217;umushinga wa 2.<\/p>\n<p>Yagize ati \u201cIcyiza kindi twavuga kuri iyi phase ya kabiri cyangwa projet ya kabiri ni uko noneho m\u2019Umujyi wa Kigali bitewe n\u2019imiturire ndetse n\u2019uburyo Kigali iteye ni umujyi ufite imisozi, ukareba amazi ava kuri iyo misozi ubona twari dufite ikintu twakwita storm water management uburyo bwo gucunga amazi, hari uduce dukunda kwibasirwa n\u2019imyuzure cyane twavuga nka Rugunga,ndetse na za Mpazi n\u2019ahandi hose hatandukanye, iyi project rero ni hotspot cyangwa utwo duce twibasirwa n\u2019imyuzure 6, icyo kintu kikaba na cyo kizitabwaho muri uyu mushinga kugira ngo ibibazo dukunda guhura na byo by\u2019amazi bigendera hamwe aho amazi agomba kujya ,inzira z\u2019amazi ibyo bibazo bikaba bizitabwaho muri iyi phase.\u201d<\/p>\n<p>Uretse Umujyi wa Kigali hari utundi duce dutandukanye mu gihugu duteganwa kuvugururwa muri iki cyiciro cya kabiri, harimo Huye, Muhanga,Musanze , Nyagatare, Rubavu na Rusizi nk&#8217;uko RBA dukesha aya makuru ivuga.<\/p>\n<p>Iki cyiciro cya 2 cy&#8217;uyu mushinga giteganyijwe kurangira mu kuboza 2025,kikaba kizakorwa ku bufatanye na Banki y\u2019Isi ndetse kigatwara amafaranga asaga miliyoni 150 z\u2019amadorali aho by\u2019umwihariko Kigali izatwara 40% by\u2019amafaranga yose azakoreshwa mu bikorwa by\u2019uyu mushinga.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Minisiteri y&#8217;Ibikorwaremezo (MININFRA) ivuga ko ibyiza byagezweho mu cyiciro cya mbere cy&#8217;umushinga wo kuvugurura no guca utujagari mu bice bitandukanye by&#8217;Umujyi wa Kigali ari byo mbarutso yo gutangiza icyiciro cya 2 cy&#8217;uyu mushinga. Biteganyijwe kandi ko muri iki cyiciro cya kabiri hazitabwaho cyane ibikorwaremezo byo gucunga amazi y\u2019imvura. Ibi byagarutsweho kuri uyu wa Kane mu [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":12,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-47456","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>MININFRA yavuze impamvu hagiye kubaho igice cya kabiri cyo guca utujagari - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=47456\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"MININFRA yavuze impamvu hagiye kubaho igice cya kabiri cyo guca utujagari - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Minisiteri y&#8217;Ibikorwaremezo (MININFRA) ivuga ko ibyiza byagezweho mu cyiciro cya mbere cy&#8217;umushinga wo kuvugurura no guca utujagari mu bice bitandukanye by&#8217;Umujyi wa Kigali ari byo mbarutso yo gutangiza icyiciro cya 2 cy&#8217;uyu mushinga. Biteganyijwe kandi ko muri iki cyiciro cya kabiri hazitabwaho cyane ibikorwaremezo byo gucunga amazi y\u2019imvura. Ibi byagarutsweho kuri uyu wa Kane mu [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=47456\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2022-05-06T09:21:49+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Fred Rugira\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Fred Rugira\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=47456#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=47456\"},\"author\":{\"name\":\"Fred Rugira\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55\"},\"headline\":\"MININFRA yavuze impamvu hagiye kubaho igice cya kabiri cyo guca utujagari\",\"datePublished\":\"2022-05-06T09:21:49+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=47456\"},\"wordCount\":326,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=47456#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=47456\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=47456\",\"name\":\"MININFRA yavuze impamvu hagiye kubaho igice cya kabiri cyo guca utujagari - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2022-05-06T09:21:49+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=47456#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=47456\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=47456#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"MININFRA yavuze impamvu hagiye kubaho igice cya kabiri cyo guca utujagari\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55\",\"name\":\"Fred Rugira\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=12\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"MININFRA yavuze impamvu hagiye kubaho igice cya kabiri cyo guca utujagari - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=47456","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"MININFRA yavuze impamvu hagiye kubaho igice cya kabiri cyo guca utujagari - BWIZA","og_description":"Minisiteri y&#8217;Ibikorwaremezo (MININFRA) ivuga ko ibyiza byagezweho mu cyiciro cya mbere cy&#8217;umushinga wo kuvugurura no guca utujagari mu bice bitandukanye by&#8217;Umujyi wa Kigali ari byo mbarutso yo gutangiza icyiciro cya 2 cy&#8217;uyu mushinga. Biteganyijwe kandi ko muri iki cyiciro cya kabiri hazitabwaho cyane ibikorwaremezo byo gucunga amazi y\u2019imvura. Ibi byagarutsweho kuri uyu wa Kane mu [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=47456","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2022-05-06T09:21:49+00:00","author":"Fred Rugira","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Fred Rugira","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=47456#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=47456"},"author":{"name":"Fred Rugira","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55"},"headline":"MININFRA yavuze impamvu hagiye kubaho igice cya kabiri cyo guca utujagari","datePublished":"2022-05-06T09:21:49+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=47456"},"wordCount":326,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=47456#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=47456","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=47456","name":"MININFRA yavuze impamvu hagiye kubaho igice cya kabiri cyo guca utujagari - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2022-05-06T09:21:49+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=47456#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=47456"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=47456#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"MININFRA yavuze impamvu hagiye kubaho igice cya kabiri cyo guca utujagari"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55","name":"Fred Rugira","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=12"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/47456","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/12"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=47456"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/47456\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=47456"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=47456"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=47456"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}