{"id":47458,"date":"2022-05-06T09:33:55","date_gmt":"2022-05-06T09:33:55","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2022\/05\/06\/antonio-guterres-yamaganye-gahunda-yo-kohereza-abimukira-mu-rwanda-avuga-ko\/"},"modified":"2022-05-06T09:33:55","modified_gmt":"2022-05-06T09:33:55","slug":"antonio-guterres-yamaganye-gahunda-yo-kohereza-abimukira-mu-rwanda-avuga-ko","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=47458","title":{"rendered":"Antonio Guterres yamaganye gahunda yo kohereza abimukira mu Rwanda, avuga ko rukennye"},"content":{"rendered":"<p><strong>Umunyamabanga Mukuru w&#8217;Umuryango w&#8217;Abibumbye, Ant\u00f3nio Guterres, yatangaje ko adashyigikiye umugambi w&#8217;u Bwongereza wo kohereza abimukira mu Rwanda, avuga ko rukennye.<\/strong><\/p>\n<p>Guterres yabitangarije mu kiganiro yagiranye na BBC, nyuma y&#8217;uruzinduko yagiriraga mu bihugu bya Senegal, Niger na Nigeria.<\/p>\n<p>Umunyamabanga Mukuru wa Loni yavuze ko amasezerano yo kohereza abimukira mu Rwanda yasinywe hagati y&#8217;u Rwanda n&#8217;u Bwongereza mu kwezi gushize anyuranyije n&#8217;amategeko mpuzamahanga.<\/p>\n<p>Ati: &#8220;Ntekereza ko u Burayi bufite inshingano ku bimukira, kandi biri mu bigize ingingo ya gatanu y&#8217;amasezerano ya Loni, bikaba no mu mategeko mpuzamahanga.&#8221;<\/p>\n<p>U Rwanda n&#8217;u Bwongereza nyuma yo gusinya ariya masezerano basobanuye ko ari mu rwego rwo gukemura bundi bushya ikibazo cy&#8217;abimukira cyari cyarananiranye.<\/p>\n<p>Amasezerano ateganya ko abimukira bazakirwa n\u2019u Rwanda batazatuzwa mu nkambi, ahubwo ko bazahabwa ibyangombwa byo gutura mu Rwanda igihe babyifuza, cyangwa bagafashwa gusubira mu bihugu byabo.<\/p>\n<p>Mu rwego rwo kugira ngo ashyirwe neza mu bikorwa, u Bwongereza bwemereye u Rwanda kurufasha gushora imari muri serivisi abimukira ruzakira bazaba bakenera nk\u2019ubuvuzi, guhabwa imirimo no kurengerwa n\u2019amategeko nk\u2019abaturage b\u2019u Rwanda mu buryo bwuzuye.<\/p>\n<p>Bwiyemeje kandi gushora mu Rwanda miliyoni 120 z\u2019ama-pound mu mahirwe atandukanye ku banyarwanda n\u2019impunzi; haba mu mashuri, amasomo y\u2019imyuga n\u2019ubumenyi ngiro ndetse no kwiga indimi n\u2019amashuri makuru na kaminuza.<\/p>\n<p>Guterres yavuze ko adashyigikiye ko bariya bimukira boherezwa mu Rwanda, kuko rukennye.<\/p>\n<p>Ati: &#8220;Sinigeze mba umuntu ushyigikira kohereza impunzi ahandi, cyane cyane kubikorera igihugu gikennye kurushaho, aho [amahirwe] yo gutura n&#8217;icyizere cy&#8217;ahazaza heza rwose ari gicyeya.&#8221;<\/p>\n<p>Guterres yunzemo ko Afurika ifite ibindi bibazo byayo bikomeye, ndetse ko ari yo yazahajwe cyane n&#8217;ingaruka za coronavirus n&#8217;iyi ntambara muri Ukraine.<\/p>\n<p>Umunyamabanga Mukuru wa Loni yanenze ariya masezerano yiyongera ku bantu n&#8217;imiryango itandukanye iharanira uburenganzira bwa muntu yayanenze ivuga ko agamije gucuruza abimukira.<\/p>\n<p>Minisitiri w&#8217;ubutegetsi bw&#8217;igihugu mu Bwongereza, Priti Patel, mu minsi ishize yagaragaje ko kuba hari abanenga ariya masezerano ntacyo bivuze, bijyanye no kuba abayanenga nta gisubizo banenga ku kibazo cy&#8217;abimukira.<\/p>\n<p>Kuri ubu mu Bwongereza ibirego by&#8217;amategeko kuri ariya masezerano bishobora kuba impamvu ibyo kuyashyira mu bikorwa bitarimo kwigira imbere, nk&#8217;uko byari byitezwe.<\/p>\n<p>Minisitiri w&#8217;intebe w&#8217;Ubwongereza, Boris Johnson aheruka gushinja bamwe mu banyamategeko gutinza ishyirwa mu bikorwa ry&#8217;ariya masezerano.<\/p>\n<p>Ni mu gihe Guverinoma y&#8217;igihugu cye yemeye ko itazohereza umuntu n&#8217;umwe mu Rwanda mbere y&#8217;uko isubiza ibisabwa n&#8217;ihuriro ry&#8217;abakozi mu Bwongereza, rifite impungenge ko hari abakozi bashobora kubigenderamo.<\/p>\n<p>Umukuru w&#8217;iri huriro yemeje ko bazashyigikira ibirego mu nkiko birwanya aya masezerano.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umunyamabanga Mukuru w&#8217;Umuryango w&#8217;Abibumbye, Ant\u00f3nio Guterres, yatangaje ko adashyigikiye umugambi w&#8217;u Bwongereza wo kohereza abimukira mu Rwanda, avuga ko rukennye. Guterres yabitangarije mu kiganiro yagiranye na BBC, nyuma y&#8217;uruzinduko yagiriraga mu bihugu bya Senegal, Niger na Nigeria. Umunyamabanga Mukuru wa Loni yavuze ko amasezerano yo kohereza abimukira mu Rwanda yasinywe hagati y&#8217;u Rwanda n&#8217;u Bwongereza [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":17,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-47458","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Antonio Guterres yamaganye gahunda yo kohereza abimukira mu Rwanda, avuga ko rukennye - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=47458\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Antonio Guterres yamaganye gahunda yo kohereza abimukira mu Rwanda, avuga ko rukennye - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Umunyamabanga Mukuru w&#8217;Umuryango w&#8217;Abibumbye, Ant\u00f3nio Guterres, yatangaje ko adashyigikiye umugambi w&#8217;u Bwongereza wo kohereza abimukira mu Rwanda, avuga ko rukennye. Guterres yabitangarije mu kiganiro yagiranye na BBC, nyuma y&#8217;uruzinduko yagiriraga mu bihugu bya Senegal, Niger na Nigeria. Umunyamabanga Mukuru wa Loni yavuze ko amasezerano yo kohereza abimukira mu Rwanda yasinywe hagati y&#8217;u Rwanda n&#8217;u Bwongereza [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=47458\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:author\" content=\"BenjaminBabou\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2022-05-06T09:33:55+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:creator\" content=\"@BenjaminBabou3\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=47458#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=47458\"},\"author\":{\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\"},\"headline\":\"Antonio Guterres yamaganye gahunda yo kohereza abimukira mu Rwanda, avuga ko rukennye\",\"datePublished\":\"2022-05-06T09:33:55+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=47458\"},\"wordCount\":435,\"commentCount\":8,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=47458#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=47458\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=47458\",\"name\":\"Antonio Guterres yamaganye gahunda yo kohereza abimukira mu Rwanda, avuga ko rukennye - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2022-05-06T09:33:55+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=47458#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=47458\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=47458#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Antonio Guterres yamaganye gahunda yo kohereza abimukira mu Rwanda, avuga ko rukennye\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\",\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"description\":\"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.\",\"sameAs\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"BenjaminBabou\",\"https:\\\/\\\/x.com\\\/@BenjaminBabou3\"],\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=17\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Antonio Guterres yamaganye gahunda yo kohereza abimukira mu Rwanda, avuga ko rukennye - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=47458","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Antonio Guterres yamaganye gahunda yo kohereza abimukira mu Rwanda, avuga ko rukennye - BWIZA","og_description":"Umunyamabanga Mukuru w&#8217;Umuryango w&#8217;Abibumbye, Ant\u00f3nio Guterres, yatangaje ko adashyigikiye umugambi w&#8217;u Bwongereza wo kohereza abimukira mu Rwanda, avuga ko rukennye. Guterres yabitangarije mu kiganiro yagiranye na BBC, nyuma y&#8217;uruzinduko yagiriraga mu bihugu bya Senegal, Niger na Nigeria. Umunyamabanga Mukuru wa Loni yavuze ko amasezerano yo kohereza abimukira mu Rwanda yasinywe hagati y&#8217;u Rwanda n&#8217;u Bwongereza [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=47458","og_site_name":"BWIZA","article_author":"BenjaminBabou","article_published_time":"2022-05-06T09:33:55+00:00","author":"B\u00e9njamin BABOU","twitter_card":"summary_large_image","twitter_creator":"@BenjaminBabou3","twitter_misc":{"Written by":"B\u00e9njamin BABOU","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=47458#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=47458"},"author":{"name":"B\u00e9njamin BABOU","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9"},"headline":"Antonio Guterres yamaganye gahunda yo kohereza abimukira mu Rwanda, avuga ko rukennye","datePublished":"2022-05-06T09:33:55+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=47458"},"wordCount":435,"commentCount":8,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=47458#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=47458","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=47458","name":"Antonio Guterres yamaganye gahunda yo kohereza abimukira mu Rwanda, avuga ko rukennye - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2022-05-06T09:33:55+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=47458#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=47458"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=47458#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Antonio Guterres yamaganye gahunda yo kohereza abimukira mu Rwanda, avuga ko rukennye"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9","name":"B\u00e9njamin BABOU","description":"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.","sameAs":["https:\/\/bwiza.com\/","BenjaminBabou","https:\/\/x.com\/@BenjaminBabou3"],"url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=17"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/47458","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/17"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=47458"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/47458\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=47458"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=47458"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=47458"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}