{"id":47507,"date":"2022-05-08T08:02:27","date_gmt":"2022-05-08T08:02:27","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2022\/05\/08\/kayonza-abayobozi-b-amashuri-10-bafunzwe-bakekwaho-kunyereza-arenga-miliyoni-27\/"},"modified":"2022-05-08T08:02:27","modified_gmt":"2022-05-08T08:02:27","slug":"kayonza-abayobozi-b-amashuri-10-bafunzwe-bakekwaho-kunyereza-arenga-miliyoni-27","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=47507","title":{"rendered":"Kayonza: Abayobozi b&#8217;amashuri 10 bafunzwe bakekwaho kunyereza arenga miliyoni 27"},"content":{"rendered":"<p><strong>Urwego rw&#8217;ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi abayobozi b&#8217;amashuri 10 muri 11 bakekwaho kunyereza amafaranga y&#8217;u Rwanda 27.970.419 mu karere ka Kayonza.<\/strong><\/p>\n<p>Amakuru agera kuri Bwiza.com avuga ko ubugenzuzi bwakorewe mu bigo by&#8217;amashuri yose muri Kayonza kuva mu 2019, bwagaragaje ko hari ibibazo mu micungire y&#8217;umutungo w&#8217;amashuri ndetse bamwe bigaragara batashoboye kugaragaza icyo amafaranga yakoreshejwe.<\/p>\n<p>Mu bibazo byagaragaye ubwo ubu bugenzuzi bwakorwaga, harimo ko hari abayobozi b&#8217;amashuri batangaga amasoko mu buryo budakurikije amabwiriza n&#8217;amategeko.<\/p>\n<p>Imicungire mibi yagaragaye mu igenzura yatumye abayobozi 10 batabwa muri yombi kuva kuwa 5 Gicurasi 2022, naho umwe we yaratorotse, aracyashakishwa.<\/p>\n<p>Nyemazi John Bosco uyobora akarere ka Kayonza avuga ko hari ahagaragaye amakosa y&#8217;imicungire bikagaragaramo kurengera byatumye abagera kuri 11 bakekwaho kunyereza umutungo w&#8217;amashuri harimo n&#8217;ukekwaho kunyereza  asanga miriyoni 15.<\/p>\n<p>Ati: &#8220;Hakozwe ubugenzuzi, bigaragara ko hari amakosa yakosorwa kandi andi makosa bigaragara ko afitanye isano n&#8217;ibyaha. Ibyagaragaye ni<br \/>\nnko gutanga amasoko mu buryo bunyuranyije n&#8217;amategeko, kuba ari bariya bafashwe ni uko habayeho kurengera bakora ibifitanye isano n&#8217;ibyaha nko gukoresha amafaranga binyuranyije n&#8217;uburyo akoreshwamo kandi yaragenewe gukemura ibibazo by&#8217;amashuri. Urwego rw&#8217;ubugenzacyaha babafashe kandi bakomeje iperereza. Nibigaragara ko bakoze ibyo byaha byo kunyereza umutungo w&#8217;amashuri bazabikuriranwaho hakurikijwe ibyo amategeko ateganya.&#8221;<\/p>\n<p>Meya Nyemazi arakomeza avuga ko ubuyobozi bw&#8217;akarere ka Kayonza bwafashe ingamba zo kwegera abayobozi b&#8217;amashuri bagashishikarizwa gucunga neza umutungo w&#8217;amashuri bayobora.<\/p>\n<p>Yagize ati: &#8220;Mu bugenzuzi hari igihe ubona hari amakosa yakozwe batanga ibisobanuro bikumvikana, abo bahabwa umwanya wo kubikemura. Hari n&#8217;ibyo tubona bitakwihanganirwa, ababikoze bagakurikiranwa n&#8217;amategeko. Hari ingamba twafashe zo kwegera abayobozi b&#8217;amashuri tukabagira inama yo gukora kinyamwuga ibyo bakora, tukabagira inama yo kubahiriza amabwiriza yo gukoresha amafaranga bakurikije amabwiriza, ahabaye ikibazo bakabitumenyesha.&#8221;<\/p>\n<p>Urwego rw&#8217;uburezi mu karere ka Kayonza kuva muri 2016 rwakunze kumvikana mu itangazamakuru ruvugwamo ibibazo bya ruswa no gutonesha mu mitangire y&#8217;akazi. Andi makuruBbwiza.com ifite nuko hari abayobozi mu nzego z&#8217;ibanze muri aka karere nabo bavugwaho uruhare mu byaha bifitanye isano no kunyereza umutungo wa Leta muri gahunda zitandukanye zigamije gukura abaturage mu bukene.<\/p>\n<p>Abayobozi batawe muri yombi bayobora ibigo by&#8217;amashuri biri mu mirenge ya Kabare, Kabarondo, Nyamirama, Mukarange na Gahini. Batandatu muri bo bakorera mu  murenge wa Gahini.<\/p>\n<p>Umuyobozi ukekwaho kunyereza amafaranga menshi ni uyobora ishuri ribanza rya Rwagatera riherereye mu murege wa Kabare. Akekwaho kunyereza 15.194 .691 frws , ukekwaho kunyereza amafaranga  make ni uyobora urwunge rw&#8217;amashuri rwa Juru, akaba ari 81.225.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Urwego rw&#8217;ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi abayobozi b&#8217;amashuri 10 muri 11 bakekwaho kunyereza amafaranga y&#8217;u Rwanda 27.970.419 mu karere ka Kayonza. Amakuru agera kuri Bwiza.com avuga ko ubugenzuzi bwakorewe mu bigo by&#8217;amashuri yose muri Kayonza kuva mu 2019, bwagaragaje ko hari ibibazo mu micungire y&#8217;umutungo w&#8217;amashuri ndetse bamwe bigaragara batashoboye kugaragaza icyo amafaranga yakoreshejwe. Mu [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":20,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[126],"class_list":["post-47507","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw","tag-amamenyesha"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Kayonza: Abayobozi b&#039;amashuri 10 bafunzwe bakekwaho kunyereza arenga miliyoni 27 - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=47507\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Kayonza: Abayobozi b&#039;amashuri 10 bafunzwe bakekwaho kunyereza arenga miliyoni 27 - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Urwego rw&#8217;ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi abayobozi b&#8217;amashuri 10 muri 11 bakekwaho kunyereza amafaranga y&#8217;u Rwanda 27.970.419 mu karere ka Kayonza. Amakuru agera kuri Bwiza.com avuga ko ubugenzuzi bwakorewe mu bigo by&#8217;amashuri yose muri Kayonza kuva mu 2019, bwagaragaje ko hari ibibazo mu micungire y&#8217;umutungo w&#8217;amashuri ndetse bamwe bigaragara batashoboye kugaragaza icyo amafaranga yakoreshejwe. Mu [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=47507\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2022-05-08T08:02:27+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Ngabonziza Justin\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Ngabonziza Justin\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=47507#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=47507\"},\"author\":{\"name\":\"Ngabonziza Justin\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/f78d3c23076080500e2913c10c270948\"},\"headline\":\"Kayonza: Abayobozi b&#8217;amashuri 10 bafunzwe bakekwaho kunyereza arenga miliyoni 27\",\"datePublished\":\"2022-05-08T08:02:27+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=47507\"},\"wordCount\":404,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"keywords\":[\"Amamenyesha\"],\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=47507#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=47507\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=47507\",\"name\":\"Kayonza: Abayobozi b'amashuri 10 bafunzwe bakekwaho kunyereza arenga miliyoni 27 - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2022-05-08T08:02:27+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=47507#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=47507\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=47507#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Kayonza: Abayobozi b&#8217;amashuri 10 bafunzwe bakekwaho kunyereza arenga miliyoni 27\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/f78d3c23076080500e2913c10c270948\",\"name\":\"Ngabonziza Justin\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=20\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Kayonza: Abayobozi b'amashuri 10 bafunzwe bakekwaho kunyereza arenga miliyoni 27 - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=47507","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Kayonza: Abayobozi b'amashuri 10 bafunzwe bakekwaho kunyereza arenga miliyoni 27 - BWIZA","og_description":"Urwego rw&#8217;ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi abayobozi b&#8217;amashuri 10 muri 11 bakekwaho kunyereza amafaranga y&#8217;u Rwanda 27.970.419 mu karere ka Kayonza. Amakuru agera kuri Bwiza.com avuga ko ubugenzuzi bwakorewe mu bigo by&#8217;amashuri yose muri Kayonza kuva mu 2019, bwagaragaje ko hari ibibazo mu micungire y&#8217;umutungo w&#8217;amashuri ndetse bamwe bigaragara batashoboye kugaragaza icyo amafaranga yakoreshejwe. Mu [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=47507","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2022-05-08T08:02:27+00:00","author":"Ngabonziza Justin","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Ngabonziza Justin","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=47507#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=47507"},"author":{"name":"Ngabonziza Justin","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/f78d3c23076080500e2913c10c270948"},"headline":"Kayonza: Abayobozi b&#8217;amashuri 10 bafunzwe bakekwaho kunyereza arenga miliyoni 27","datePublished":"2022-05-08T08:02:27+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=47507"},"wordCount":404,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"keywords":["Amamenyesha"],"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=47507#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=47507","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=47507","name":"Kayonza: Abayobozi b'amashuri 10 bafunzwe bakekwaho kunyereza arenga miliyoni 27 - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2022-05-08T08:02:27+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=47507#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=47507"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=47507#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Kayonza: Abayobozi b&#8217;amashuri 10 bafunzwe bakekwaho kunyereza arenga miliyoni 27"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/f78d3c23076080500e2913c10c270948","name":"Ngabonziza Justin","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=20"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/47507","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/20"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=47507"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/47507\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=47507"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=47507"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=47507"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}