{"id":4760,"date":"2017-02-01T07:29:17","date_gmt":"2017-02-01T07:29:17","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/02\/01\/uko-ikoranabuhanga-rishya-mu-kugenzura-umutekano-wo-mu-muhanda-rikora\/"},"modified":"2025-02-12T17:06:40","modified_gmt":"2025-02-12T15:06:40","slug":"uko-ikoranabuhanga-rishya-mu-kugenzura-umutekano-wo-mu-muhanda-rikora","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4760","title":{"rendered":"Uko ikoranabuhanga rishya mu kugenzura umutekano wo mu muhanda rikora"},"content":{"rendered":"<div>\nMu Kuboza umwaka ushize, Polisi y\u2019u Rwanda yatangije ku mugaragaro  uburyo bushya bw\u2019ikoranabuhanga ryo mu rwego rwo hejuru rikomatanya serivisi zitangwa na Polisi y\u2019u Rwanda, ishami ryayo rishinzwe umutekano wo mu muhanda ubusanzwe zakorwaga mu buryo bw\u2019intoki,  mu kugenzura no guhana abanyamakosa.\n<\/div>\n<div>\nUbwitwa Hand Held Terminal(HHT) ni ubwo kwishyura ihazabu waciwe kubera amakosa yo mu muhanda ariko hadakoreshwejwe amafaranga mu ntoki ahubwo hakoreshejwe ikoranabuhanga ryifashisha amakarita ya VISA(VISA card) naho  Automated Number Plate Recognition(ANPR) yo, kikaba ari icyuma gikora nka mudasobwa kiba mu modoka za Polisi, kigenzura byihuse imiterere n\u2019ubuziranenge bw\u2019imodoka zindi.\n<\/div>\n<div>\nUmuvugizi wa Polisi muri ririya shami, CIP Emmanuel Kabanda avuga ko buriya buryo bushya , hari bamwe bukomeje kugora mu myishyurire yabo aho agira ati:\u201d Ari HHT cyangwa ANPR ni bimwe mu bigize uburyo bwagutse bw\u2019ikoranabuhanga (Information Management System) Polisi igiye gukoresha bukaba buzasimbura serivisi hafi ya zose zakoreshwaga intoki zirimo gukora ibizami- ngiro n\u2019ibyanditse mu gukorera impushya zo gutwara ibinyabiziga n\u2019izindi,&#8230;\u201d<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]\n<\/div>\n<div>\n<b>Uko HHT ikora<\/b>\n<\/div>\n<div>\nCIP Kabanda agira ati:\u201d Hand-Held Terminal (HHT) , isimbura uburyo busanzweho bukoresha urupapuro ruzwi nka contravention. Ireba uruhushya rw\u2019umushoferi maze agahita yakira ubutumwa bumubwira ubwoko bw\u2019ikosa n\u2019icyo rihanishwa. Ituma uhanwe yakwishyurira aho ari ako kanya akoresheje VISA card n\u2019indi makarita akoreshwaho amafaranga, Mtn Mobile Money, Tigo Cash or Airtel Moneyn\u2019ubundi.\u201d\n<\/div>\n<div>\nKwishyura ukoresheje uburyo bwa banki, ujya mu rubuga Irembo, ukanda *909#, ugahitamo ururimi, ukajya kuri 14, ukinjizamo nimero y\u2019ihazabu(contravention number) ukohereza.\n<\/div>\n<div>\nAha CIP Kabanda agira ati:\u201d Hakoreshejwe ubu buryo, ntihazongera kubaho kugumana ibyangombwa by\u2019umushoferi, ntibizaba ngombwa kugendana amafaranga ari nayo gahunda ya Leta, bizagabanya ibyo gutonda imirongo kuri za banki ndetse no kujya kuri Polisi kuvanayo ibyangombwa biba byarafashwe; ibi byose byatwaraga umwanya n\u2019amafaranga y\u2019ingendo zijya mu biro bitandukanye twavuze.\u201d\n<\/div>\n<div>\nYavuze ariko ko, n\u2019uburyo bwari busanzwe nabwo bugikoreshwa ku waba abyifuza, kimwe no ku banyamahanga batanditswe mu byuma bya Polisi; aha akaba yanongeyeho  ati:\u201d Abafatiwe mu makosa baracyafite ya minsi itatu yo kwishyura bakoresheje bumwe muri ubu buryo  bwo kwishyura.\u201d\n<\/div>\n<div>\nYavuze ko kutishyura muri iyo minsi yagenwe, bituma umushoferi ashyirwa ku rutonde rw\u2019abitwara nabi . binatuma imyitwarire ye ikurikiranirwa hafi.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]\n<\/div>\n<div>\nYagize ati:\u201d Iri koranabuhanga rikoze ku buryo ikosa ryose rikozwe n\u2019umushoferi ryandikwarikabikwa, rikaba ryashingirwaho mu kumuhana igihe afatiwe mu yandi makosa, harimo no kumwambura uruhushya rwe.\u201d\n<\/div>\n<div>\nNaho icyuma cya ANPR cyo, kimenya niba imodoka iri ku rutonde rw\u2019izishakishwa kubera ibyaha runaka, kimenya byihuse igihe igenzura ry\u2019ubuziranenge bw\u2019imodoka rishigaje ngo hakorwe irindi, ubwishingizi, nyirayo ndetse n\u2019amakosa yaba yarakoze mbere.\n<\/div>\n<div>\nHakoreshejwe ubu buryo, nyir\u2019imodoka nawe azajya yandikwa mu ikoranabuhanga ashyirwe ku rutonde rw\u2019abagomba kugenzurirwa imodoka, icyo gihe kandi azajya anabona ubutumwa bumwibutsa ko imodoka ye iri mu zigomba kugenzurwa bityo yihutire kuyijyanayo.\n<\/div>\n<div>\nUburyo bw\u2019ikoranabuhanga bwagutse muri ibi bikorwa buzakoreshwa ku bufatanye bwa Polisi y\u2019u Rwanda n\u2019ibindi bigo nk\u2019ikigo cy\u2019igihugu gishinzwe imisoro n\u2019amahoro(RRA) ndetse n\u2019Ikigo cy\u2019igihugu cy\u2019irangamuntu, byose bigira uruhare mu kugenzura ibikorerwa mu muhanda.<br \/>\n <strong>K<a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong><br \/>\n <strong> <em>@Bwiza.com<\/em> <\/strong>\n<\/div>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Mu Kuboza umwaka ushize, Polisi y\u2019u Rwanda yatangije ku mugaragaro uburyo bushya bw\u2019ikoranabuhanga ryo mu rwego rwo hejuru rikomatanya serivisi zitangwa na Polisi y\u2019u Rwanda, ishami ryayo rishinzwe umutekano wo mu muhanda ubusanzwe zakorwaga mu buryo bw\u2019intoki, mu kugenzura no guhana abanyamakosa. Ubwitwa Hand Held Terminal(HHT) ni ubwo kwishyura ihazabu waciwe kubera amakosa yo mu [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-4760","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Uko ikoranabuhanga rishya mu kugenzura umutekano wo mu muhanda rikora - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=4760\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Uko ikoranabuhanga rishya mu kugenzura umutekano wo mu muhanda rikora - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Mu Kuboza umwaka ushize, Polisi y\u2019u Rwanda yatangije ku mugaragaro uburyo bushya bw\u2019ikoranabuhanga ryo mu rwego rwo hejuru rikomatanya serivisi zitangwa na Polisi y\u2019u Rwanda, ishami ryayo rishinzwe umutekano wo mu muhanda ubusanzwe zakorwaga mu buryo bw\u2019intoki, mu kugenzura no guhana abanyamakosa. Ubwitwa Hand Held Terminal(HHT) ni ubwo kwishyura ihazabu waciwe kubera amakosa yo mu [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=4760\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-02-01T07:29:17+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T15:06:40+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4760#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4760\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Uko ikoranabuhanga rishya mu kugenzura umutekano wo mu muhanda rikora\",\"datePublished\":\"2017-02-01T07:29:17+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T15:06:40+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4760\"},\"wordCount\":526,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4760#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4760\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4760\",\"name\":\"Uko ikoranabuhanga rishya mu kugenzura umutekano wo mu muhanda rikora - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-02-01T07:29:17+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T15:06:40+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4760#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4760\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4760#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Uko ikoranabuhanga rishya mu kugenzura umutekano wo mu muhanda rikora\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Uko ikoranabuhanga rishya mu kugenzura umutekano wo mu muhanda rikora - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4760","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Uko ikoranabuhanga rishya mu kugenzura umutekano wo mu muhanda rikora - BWIZA","og_description":"Mu Kuboza umwaka ushize, Polisi y\u2019u Rwanda yatangije ku mugaragaro uburyo bushya bw\u2019ikoranabuhanga ryo mu rwego rwo hejuru rikomatanya serivisi zitangwa na Polisi y\u2019u Rwanda, ishami ryayo rishinzwe umutekano wo mu muhanda ubusanzwe zakorwaga mu buryo bw\u2019intoki, mu kugenzura no guhana abanyamakosa. Ubwitwa Hand Held Terminal(HHT) ni ubwo kwishyura ihazabu waciwe kubera amakosa yo mu [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4760","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-02-01T07:29:17+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T15:06:40+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4760#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4760"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Uko ikoranabuhanga rishya mu kugenzura umutekano wo mu muhanda rikora","datePublished":"2017-02-01T07:29:17+00:00","dateModified":"2025-02-12T15:06:40+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4760"},"wordCount":526,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=4760#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4760","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4760","name":"Uko ikoranabuhanga rishya mu kugenzura umutekano wo mu muhanda rikora - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-02-01T07:29:17+00:00","dateModified":"2025-02-12T15:06:40+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4760#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=4760"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4760#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Uko ikoranabuhanga rishya mu kugenzura umutekano wo mu muhanda rikora"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/4760","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=4760"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/4760\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=4760"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=4760"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=4760"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}