{"id":47610,"date":"2022-05-10T17:43:37","date_gmt":"2022-05-10T17:43:37","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2022\/05\/10\/byamenyekanye-ko-bamporiki-yishyuye-uwigeze-kumurega-ko-yamwambuye\/"},"modified":"2022-05-10T17:43:37","modified_gmt":"2022-05-10T17:43:37","slug":"byamenyekanye-ko-bamporiki-yishyuye-uwigeze-kumurega-ko-yamwambuye","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=47610","title":{"rendered":"Byamenyekanye ko Bamporiki yishyuye uwigeze kumurega ko yamwambuye"},"content":{"rendered":"<p><strong>Byamenyekanye ko Bamporiki Edouard uheruse guhagarikwa ku nshingano y\u2019Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y\u2019urubyiruko n&#8217;umuco ushinzwe umuco, yishyuye uwitwa Mucyo Ezra wigeze kumurega ko yamwambuye.<\/strong><\/p>\n<p>Umunyamakuru Oswald Mutuyeyezu umenyerewe mu gukorera abaturage ubuvugizi ni we wabihishuye, ubwo yari mu kiganiro Ahabona kuri uyu wa 9 Gicurasi 2022, cyibanze ku ihagarikwa n\u2019ifungwa rya Bamporiki ukurikiranyweho icyaha cya ruswa n\u2019ibifitanye isano.<\/p>\n<p>Oswald n\u2019abandi banyamakuru baganiraga ku buryo Bamporiki yafatiwe muri hoteli ikorera mu karere ka Gasabo, maze avuga ko ari yo yakuyemo Mucyo, amuha akazi, nyuma bagirana ibibazo byatewe no kumwambura umushahara w&#8217;amezi atatu.<\/p>\n<p>Uyu munyamakuru yagize ati: \u201cWibuke ko yahavanye n\u2019umuhungu akajya kumukoresha muri hoteli ye ya Nyungwe hakurya, aramwambura. Yamwambuye uduhumbi 300 ariko yaratumwishyuye.\u201d<\/p>\n<p>Yakomeje asobanura ko kugira ngo Mucyo yishyurwe, yabigizemo uruhare. Ati: \u201cBampo, nabigizemo uruhare kuko uriya mu-petit namwandikiye DM, ampa nimero turaganira byose. Bari batangiye kuvuga ko ari imitego abantu baguteze ariko nabyinjiyemo nsanga waramwambuye, Urwego rw\u2019Umuvunyi ruramwishyuriza, arishyurwa!\u201d<\/p>\n<p><strong>Uko ikirego cyari giteye<\/strong><\/p>\n<p>Tariki ya 17 Gicurasi 2021 Mucyo yanditse kuri Twitter ubutumwa yise ubw\u2019agahinda yatewe na Bamporiki, asaba ko bishobotse yarenganurwa.<\/p>\n<p>Mucyo yasobanuye ko mu 2019 yahuriye na Bamporiki kuri hoteli yakoreragaho, aramwishimira, amusaba ko yajya kumukorera mu yo yari agiye gufungura, aramwemerera, bumvikana ko azajya amuhemba amafaranga y\u2019u Rwanda ibihumbi 100 ku kwezi.<\/p>\n<p>Ngo yakoze amezi abiri adahembwa, afata icyemezo cyo kukavamo ariko muri Nyakanga 2020 Bamporiki aramutumaho, amusaba kugasubiramo, anamwizeza kumukemurira ikibazo. Yarabyemeye, gusa ngo yakoze ukundi kwezi na bwo ntiyamuhemba, ni bwo batandukanye burundu, akajya amuhamagara kuri telefone ngo amwishyure ariko ntayifate.<\/p>\n<p>Mu gitondo cya tariki ya 18 Gicurasi 2021, Bamporiki yashyize ubutumwa kuri Twitter burebana n\u2019uruzinduko rwa Perezida Paul Kagame n\u2019umufasha we mu Bufaransa, maze uwitwa Kamali Aim\u00e9 amusaba kwishyura Mucyo, ni bwo yamusubije yita uwari umukozi we ushakira amaronko mu gusebanya.<\/p>\n<p>Bamporiki yasubije Kamali ati: \u201cUzaperereze. Ushakira amaronko mu gusebanya arisenya. Ndi mu kazi tjr.\u201d<\/p>\n<p>Soma iyi nkuru https:\/\/bwiza.com\/?Hon-Bamporiki-yavuze-ko-umushinja-ubwambuzi-ashaka-amaronko<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Byamenyekanye ko Bamporiki Edouard uheruse guhagarikwa ku nshingano y\u2019Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y\u2019urubyiruko n&#8217;umuco ushinzwe umuco, yishyuye uwitwa Mucyo Ezra wigeze kumurega ko yamwambuye. Umunyamakuru Oswald Mutuyeyezu umenyerewe mu gukorera abaturage ubuvugizi ni we wabihishuye, ubwo yari mu kiganiro Ahabona kuri uyu wa 9 Gicurasi 2022, cyibanze ku ihagarikwa n\u2019ifungwa rya Bamporiki ukurikiranyweho icyaha [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":11,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[126],"class_list":["post-47610","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw","tag-amamenyesha"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Byamenyekanye ko Bamporiki yishyuye uwigeze kumurega ko yamwambuye - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=47610\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Byamenyekanye ko Bamporiki yishyuye uwigeze kumurega ko yamwambuye - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Byamenyekanye ko Bamporiki Edouard uheruse guhagarikwa ku nshingano y\u2019Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y\u2019urubyiruko n&#8217;umuco ushinzwe umuco, yishyuye uwitwa Mucyo Ezra wigeze kumurega ko yamwambuye. Umunyamakuru Oswald Mutuyeyezu umenyerewe mu gukorera abaturage ubuvugizi ni we wabihishuye, ubwo yari mu kiganiro Ahabona kuri uyu wa 9 Gicurasi 2022, cyibanze ku ihagarikwa n\u2019ifungwa rya Bamporiki ukurikiranyweho icyaha [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=47610\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2022-05-10T17:43:37+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"TUYIZERE JD\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"TUYIZERE JD\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=47610#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=47610\"},\"author\":{\"name\":\"TUYIZERE JD\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320\"},\"headline\":\"Byamenyekanye ko Bamporiki yishyuye uwigeze kumurega ko yamwambuye\",\"datePublished\":\"2022-05-10T17:43:37+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=47610\"},\"wordCount\":322,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"keywords\":[\"Amamenyesha\"],\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=47610#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=47610\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=47610\",\"name\":\"Byamenyekanye ko Bamporiki yishyuye uwigeze kumurega ko yamwambuye - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2022-05-10T17:43:37+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=47610#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=47610\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=47610#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Byamenyekanye ko Bamporiki yishyuye uwigeze kumurega ko yamwambuye\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320\",\"name\":\"TUYIZERE JD\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=11\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Byamenyekanye ko Bamporiki yishyuye uwigeze kumurega ko yamwambuye - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=47610","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Byamenyekanye ko Bamporiki yishyuye uwigeze kumurega ko yamwambuye - BWIZA","og_description":"Byamenyekanye ko Bamporiki Edouard uheruse guhagarikwa ku nshingano y\u2019Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y\u2019urubyiruko n&#8217;umuco ushinzwe umuco, yishyuye uwitwa Mucyo Ezra wigeze kumurega ko yamwambuye. Umunyamakuru Oswald Mutuyeyezu umenyerewe mu gukorera abaturage ubuvugizi ni we wabihishuye, ubwo yari mu kiganiro Ahabona kuri uyu wa 9 Gicurasi 2022, cyibanze ku ihagarikwa n\u2019ifungwa rya Bamporiki ukurikiranyweho icyaha [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=47610","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2022-05-10T17:43:37+00:00","author":"TUYIZERE JD","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"TUYIZERE JD","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=47610#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=47610"},"author":{"name":"TUYIZERE JD","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320"},"headline":"Byamenyekanye ko Bamporiki yishyuye uwigeze kumurega ko yamwambuye","datePublished":"2022-05-10T17:43:37+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=47610"},"wordCount":322,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"keywords":["Amamenyesha"],"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=47610#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=47610","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=47610","name":"Byamenyekanye ko Bamporiki yishyuye uwigeze kumurega ko yamwambuye - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2022-05-10T17:43:37+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=47610#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=47610"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=47610#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Byamenyekanye ko Bamporiki yishyuye uwigeze kumurega ko yamwambuye"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320","name":"TUYIZERE JD","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=11"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/47610","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/11"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=47610"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/47610\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=47610"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=47610"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=47610"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}