{"id":47783,"date":"2022-05-17T11:08:17","date_gmt":"2022-05-17T11:08:17","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2022\/05\/17\/musanze-yasenyewe-inzu-n-uvuga-ko-ari-umuyobozi-ibiti-byayo-abikoresha-mu\/"},"modified":"2022-05-17T11:08:17","modified_gmt":"2022-05-17T11:08:17","slug":"musanze-yasenyewe-inzu-n-uvuga-ko-ari-umuyobozi-ibiti-byayo-abikoresha-mu","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=47783","title":{"rendered":"Musanze: Yasenyewe inzu n&#8217;uvuga ko ari umuyobozi ibiti byayo abikoresha mu kwenga ikigage"},"content":{"rendered":"<p><strong>Umuturage witwa Nzayisenga Cyprien wo mu Kagari ka Rungu mu Murenge wa Gataraga mu Karere ka Musanze,avuga ko yamaze imyaka ibiri aba mu bwiherero nyuma y\u2019uko inzu yabagamo isenywe n\u2019umuturage wiyita umuyobozi, wajyanye ibiti byari biyubatse, akajya kubicana ashigisha ikigage.<br \/>\n<em><\/h2>\n<p>Nzayisenga yabwiye TV10 dukesha iyi nkuru ko yasenyewe n\u2019umugabo uvuga ko ari umuyobozi w\u2019abikorera mu Kagari akaba ashinzwe n\u2019Amajyambere mu Mudugudu.<\/p>\n<p>Nzayisenga avuga ko &#8221; Uyu muturage wansenyeye yajyanye ibiti byari byubatse inzu yanjye ajya kubikoresha mu bikorwa byo gushigisha [kwenga] ikigage. Amabati barayafashe barayajyana, nihaye kuvuga ikibazo cyanjye mu nama, baramfata banjyana mu Kinigi baramfunga.\u201d<\/p>\n<p>Nyuma y\u2019uko inzu ye yari imaze gusenywa, uyu mugabo avuga ko yatangiye inzira y\u2019umusaraba n\u2019ubu akinyuramo kuko yatangiye kuba mu bwiherero bwari busigaye.<\/p>\n<p>Ati \u201cNdibuka neza ko narangije imyaka ibiri ndyama muri W.C, noneho nyuma yaho baranga, ba Mudugudu barayisenye n\u2019amabati barajyana, ibisima barasandaguza.\u201d<\/p>\n<p>Uyu muturage avuga ko iyo bwije areba aho yikinga kuko adafite aho arambika umusaya.<\/p>\n<p>Bamwe mu baturanyi bavuga ko bababazwa n\u2019umuturanyi wabo kuko nyuma y\u2019uko ahuye n\u2019ibi byago, ubuyobozi bwisubije isakaro aho kugira ngo bwongere bumwubakire. Umwe yagize ati \u201c Na W.C yararagamo yari isigaye muri icyo kibanza na yo barayisenye ivaho.\u201d<\/p>\n<p>Umunyamabanga Nshingwabikorwa w\u2019Umurenge wa Gataraga, Herman Micomyiza avuga ko uyu muturage yagaragaje imyitwarire idahwitse yo gushaka kugurisha amabati n\u2019inzugi byari biri kuri iyi nzu yubakiwe na Leta.<\/p>\n<p>Ati \u201cNubwo afite iyo myitwarire ntabwo twamureka ngo agumye kurara mu mazu nk\u2019ayo adahesheje umuntu agaciro, tuzongera twubake inzu tuyisakare.\u201d<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umuturage witwa Nzayisenga Cyprien wo mu Kagari ka Rungu mu Murenge wa Gataraga mu Karere ka Musanze,avuga ko yamaze imyaka ibiri aba mu bwiherero nyuma y\u2019uko inzu yabagamo isenywe n\u2019umuturage wiyita umuyobozi, wajyanye ibiti byari biyubatse, akajya kubicana ashigisha ikigage. Nzayisenga yabwiye TV10 dukesha iyi nkuru ko yasenyewe n\u2019umugabo uvuga ko ari umuyobozi w\u2019abikorera mu [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":12,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-47783","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Musanze: Yasenyewe inzu n&#039;uvuga ko ari umuyobozi ibiti byayo abikoresha mu kwenga ikigage - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=47783\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Musanze: Yasenyewe inzu n&#039;uvuga ko ari umuyobozi ibiti byayo abikoresha mu kwenga ikigage - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Umuturage witwa Nzayisenga Cyprien wo mu Kagari ka Rungu mu Murenge wa Gataraga mu Karere ka Musanze,avuga ko yamaze imyaka ibiri aba mu bwiherero nyuma y\u2019uko inzu yabagamo isenywe n\u2019umuturage wiyita umuyobozi, wajyanye ibiti byari biyubatse, akajya kubicana ashigisha ikigage. Nzayisenga yabwiye TV10 dukesha iyi nkuru ko yasenyewe n\u2019umugabo uvuga ko ari umuyobozi w\u2019abikorera mu [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=47783\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2022-05-17T11:08:17+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Fred Rugira\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Fred Rugira\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"1 minute\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=47783#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=47783\"},\"author\":{\"name\":\"Fred Rugira\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55\"},\"headline\":\"Musanze: Yasenyewe inzu n&#8217;uvuga ko ari umuyobozi ibiti byayo abikoresha mu kwenga ikigage\",\"datePublished\":\"2022-05-17T11:08:17+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=47783\"},\"wordCount\":269,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=47783#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=47783\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=47783\",\"name\":\"Musanze: Yasenyewe inzu n'uvuga ko ari umuyobozi ibiti byayo abikoresha mu kwenga ikigage - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2022-05-17T11:08:17+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=47783#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=47783\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=47783#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Musanze: Yasenyewe inzu n&#8217;uvuga ko ari umuyobozi ibiti byayo abikoresha mu kwenga ikigage\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55\",\"name\":\"Fred Rugira\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=12\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Musanze: Yasenyewe inzu n'uvuga ko ari umuyobozi ibiti byayo abikoresha mu kwenga ikigage - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=47783","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Musanze: Yasenyewe inzu n'uvuga ko ari umuyobozi ibiti byayo abikoresha mu kwenga ikigage - BWIZA","og_description":"Umuturage witwa Nzayisenga Cyprien wo mu Kagari ka Rungu mu Murenge wa Gataraga mu Karere ka Musanze,avuga ko yamaze imyaka ibiri aba mu bwiherero nyuma y\u2019uko inzu yabagamo isenywe n\u2019umuturage wiyita umuyobozi, wajyanye ibiti byari biyubatse, akajya kubicana ashigisha ikigage. Nzayisenga yabwiye TV10 dukesha iyi nkuru ko yasenyewe n\u2019umugabo uvuga ko ari umuyobozi w\u2019abikorera mu [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=47783","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2022-05-17T11:08:17+00:00","author":"Fred Rugira","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Fred Rugira","Est. reading time":"1 minute"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=47783#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=47783"},"author":{"name":"Fred Rugira","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55"},"headline":"Musanze: Yasenyewe inzu n&#8217;uvuga ko ari umuyobozi ibiti byayo abikoresha mu kwenga ikigage","datePublished":"2022-05-17T11:08:17+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=47783"},"wordCount":269,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=47783#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=47783","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=47783","name":"Musanze: Yasenyewe inzu n'uvuga ko ari umuyobozi ibiti byayo abikoresha mu kwenga ikigage - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2022-05-17T11:08:17+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=47783#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=47783"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=47783#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Musanze: Yasenyewe inzu n&#8217;uvuga ko ari umuyobozi ibiti byayo abikoresha mu kwenga ikigage"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55","name":"Fred Rugira","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=12"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/47783","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/12"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=47783"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/47783\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=47783"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=47783"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=47783"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}