{"id":4780,"date":"2017-02-02T11:56:34","date_gmt":"2017-02-02T11:56:34","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/02\/02\/umwami-kigeli-watanze-ari-ingaragu-ubu-akomeje-gutwererwa-abana-atemeye-ari\/"},"modified":"2025-02-12T17:06:28","modified_gmt":"2025-02-12T15:06:28","slug":"umwami-kigeli-watanze-ari-ingaragu-ubu-akomeje-gutwererwa-abana-atemeye-ari","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4780","title":{"rendered":"Umwami Kigeli watanze ari ingaragu, ubu akomeje gutwererwa abana atemeye ari muzima"},"content":{"rendered":"<p> <em>Kigeli v Ndahindurwa yatanze ku wa 16 Ugushyingo 2016, atangira ishyanga aho yabaga mu mujyi wa Virginia muri Leta zunze ubumwe za Amerika, ibyamuvuzweho byose akiriho nta muntu n\u2019umwe wigeze atangaza yo yaba yaramuteye inda cyangwa ngo hagaragare umwana uvuga ko yaba yarabyawe nawe.<\/em><br \/>\nUbwo Kigeli yari amaze gutanga ndetse akazanwa gutabarizwa mu Rwanda nyuma yaho nibwo inkuru zatangiye gusohoka mu binyamakuru ko yabyaye ariko mu byavuzwe n\u2019abari abajyanama be ibyo kubyara kwe ntibirimo, batangaje ko yapfuye ari ingaragu.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nUbwo umuryango wa Kigeri wari ukirimo gusigana uruhande rumwe rushaka ko atabarizwa muri USA abandi basaba ko yajyanwa mu Rwanda, nibwo ikinyamakuru cyo mu Rwanda Umusingi cyasohoye inkuru gitangaza ko cyakoze itohoza kiza gusanga Kigeri yarabyaye umwana muri Uganda.<br \/>\nIki kinyamakuru cyatangazaga ko Gen Mugisha Muntu, umusirikare wari ukomeye muri Uganda mbere yo guhunga ubu akaba atavuga rumwe na Leta ya Museveni, ari umuhungu wa Kigeri.<br \/>\n<figure id=\"attachment_56028\" aria-describedby=\"caption-attachment-56028\" style=\"width: 683px\" class=\"wp-caption alignnone\"><a href=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/02\/mugisha.jpg\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"wp-image-56028\" src=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/02\/mugisha.jpg\" alt=\"mugisha\" width=\"683\" height=\"520\" \/><\/a><figcaption id=\"caption-attachment-56028\" class=\"wp-caption-text\"><strong> <em>Gen Mugisha Muntu wahoze ari umusirikare wa Uganda<\/em> <\/strong><\/figcaption><\/figure><br \/>\nIki kinyamakuru cyatangazaga ko se wa Gen.Mugisha yitwaga Enock Ruzima Muntuyera, nyina akaba yitwa Aida Matama Muntuyera bakaba bakomoka ahitwa Ntungamo muri Ankole mu gihugu cya Uganda. <em> A<\/em> mazina ya se na nyina harimo Amanyarwanda kandi bivugwa ko akomoka muri Ankole.<br \/>\nAha muri Ankole ari naho habaga inkambi z\u2019impunzi z\u2019Abanyarwanda za Nyakivara by\u2019umwihariko umwami ngo akaba yarakundaga kuhaza cyane, ko bishoboka ko yaba yarabyaranye na Matama.<br \/>\nIkindi kandi ngo guhera cyera abantu bajyaga bavuga ko hari umusirikare w\u2019Umunyarwanda wanze gutaha nk\u2019abandi mu kubohoza igihugu, bamwe bakavuga Gen Muntu ariko impamvu ntivugwe.<br \/>\nUbwo abandi Banyarwanda bambariye urugamba rwo kubohora u Rwanda, ngo umwami yabujije Gen Mugisha Muntu kujya ku rugamba mu gihugu cy\u2019u Rwanda kubera ko yari azi ko azagaruka mu Rwanda nk\u2019Umwami bityo akazamugira umusimbura we ariko si ko byagenze kuko Umwami yatangiye mu mahanga.<br \/>\nIki kinyamakuru cyatangaje ibi umugogo w\u2019umwami Kigeri ukiri muri USA, gitangaza ko uzamusimbura akiri ibanga, yagejejwe mu Rwanda arinda atabarizwa i Nyanza iryo banga ry\u2019uzamusimbura abajyanama be bataritangaje, ngo bimenywe niba koko Muntu ari uwe.<br \/>\nAbumvishe iyi nkuru bategereje kumva ko abajyanama b\u2019umwami hari icyo bavuga kuri uyu Gen Mugisha Muntu, umwami arinda atabarizwa bitangazwa ko yari ingaragu.<br \/>\nKu Cyumweru tariki ya 15 Mutarama 2017, nibwo habaye umuhango w\u2019itabarizwa ry\u2019 umwami i Nyanza mu ntara y\u2019Amajyepfo mu Rwanda, nyuma y\u2019iminsi itanu gusa nibwo inkuru yasohotse mu kinyamakuru Igihe, gitangaza ko mu muhango wo gutabariza umwami hari umukobwa we yabyaye mu mwaka w\u20191975.<br \/>\nUyu mwana w\u2019umukobwa ngo bakundaga kuvugana akanamusura muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika aho yari mu buhungiro ariko ngo impamvu nta muntu n\u2019umwe wigeze abivuga ngo ni uko nta mwami wemerewe kubyarira hanze y\u2019igihugu.<br \/>\n<figure id=\"attachment_56029\" aria-describedby=\"caption-attachment-56029\" style=\"width: 661px\" class=\"wp-caption alignnone\"><a href=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/02\/Kigeri.jpg\"><img decoding=\"async\" class=\"wp-image-56029\" src=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/02\/Kigeri.jpg\" alt=\"kigeri\" width=\"661\" height=\"485\" \/><\/a><figcaption id=\"caption-attachment-56029\" class=\"wp-caption-text\"><em> <strong>Jackie, ucyekwa kuba umwana wa Kigeri <\/strong> <\/em><\/figcaption><\/figure><br \/>\nMu gihe na Mugisha Muntu byatangajwe ko yavukiye muri Uganda, n\u2019uyu mukobwa nawe byatangajwe ko yavutse mu Ukuboza 1975 muri Uganda aho uyu mwami yabaga mu buhunzi.<br \/>\nUyu mugore afite abana 4 biga mu Bwongereza, byumvikane ko abaye ari umwana wa Kigeri, yaba yaratanze asize umwana umwe n\u2019abuzukuru 4 (abahungu 2 n\u2019abakobwa2).<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\n <strong>Ese aba bana batwererwa umwami Kigeri umuryango urabazi?<\/strong><br \/>\nPasiteri Esra Mpyisi wabaye umugaragu w\u2019umwami ndetse akaba yari n\u2019umujyanama we, mu ijambo yavuze mu muhango wo gutabariza umwami, yatangaje ubutwari bwe, ubupfura bwe,&#8230;<br \/>\nYagize ati: \u201cKigeli ndamuzi akiri umwana, akiri agasore, yimikwa, mujyana i Nairobi, ajya muri Amerika(\u2026) yari imfura, aba yarishe ariko ntiyishe, ntabwo yiyandaritse, iyo abishaka yari kuba umunyamerika ariko yarabyanze, aravuga ati ndi Umunyarwanda kandi nkunda u Rwanda rwanjye, nzarutahamo(\u2026)\u201d.<br \/>\n<figure id=\"attachment_56031\" aria-describedby=\"caption-attachment-56031\" style=\"width: 640px\" class=\"wp-caption alignnone\"><a href=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/02\/ifoto.jpg\"><img decoding=\"async\" class=\"wp-image-56031 size-full\" src=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/02\/ifoto.jpg\" alt=\"ifoto\" width=\"640\" height=\"399\" \/><\/a><figcaption id=\"caption-attachment-56031\" class=\"wp-caption-text\">Mu gutabariza Kigeri, Jackie yari kumwe n&#8217;abo mu muryango w&#8217;umwami ariko ntiyagaragajwe nk&#8217;umwana w&#8217;umwami (ifoto\/igihe)<\/figcaption><\/figure><br \/>\nMu gihe Mpyisi avuga ko Kigeri atigeze yiyandarika, yanashimangiye ko abavuga ko yabyaye umwana ari abashaka kumuharabika.<br \/>\nMu ijambo yafashe ryamaze iminota 82 muri uwo muhango wo gutabariza umwami Kigeri iwabo i Nyanza, yavuze ubutwari bwe no gukunda u Rwanda ndetse anavuga ubupfura bwe ko atigeze yiyandarika aho yazengurukaga mu buhunzi, ntabwo yigeze avuga ngo hari umwana yasize ngo babe banamugaragaza muri uwo muhango wa se.<br \/>\nUmuhango wo gutabariza Umwami Kigeri watangijwe n\u2019igitambo cya  misa nyuma hatangwa ubutumwa butandukanye, muri ubwo butumwa n\u2019ubuhamya nta muntu n\u2019umwe haba abo mu muryango we cyangwa abayobozi wigeze avuga ati: \u201cKigeri asize abana bangana uku cyangwa abuzukuru\u201d.<br \/>\nJean Baptiste Ndahindurwa (Kigeli V Ndahindurwa) yavukiye i Rusizi mu Ntara y\u2019Uburengerazuba, yimye ingoma mu 1959 afite imyaka 23, asimbuye mukuru we Mutara III Rudahigwa watangiye i Bujumbura. Yatanze afite imyaka 80, ubu imva ye iri i Mwima ya Nyanza hafi y\u2019aho imva ya mukuru we, Umwami Mutara III Rudahigwa iri.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\n <strong><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">K<\/a><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong><br \/>\n <strong> <em>Itangishatse Th\u00e9oneste\/Bwiza.com<\/em> <\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Kigeli v Ndahindurwa yatanze ku wa 16 Ugushyingo 2016, atangira ishyanga aho yabaga mu mujyi wa Virginia muri Leta zunze ubumwe za Amerika, ibyamuvuzweho byose akiriho nta muntu n\u2019umwe wigeze atangaza yo yaba yaramuteye inda cyangwa ngo hagaragare umwana uvuga ko yaba yarabyawe nawe. Ubwo Kigeli yari amaze gutanga ndetse akazanwa gutabarizwa mu Rwanda nyuma [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-4780","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Umwami Kigeli watanze ari ingaragu, ubu akomeje gutwererwa abana atemeye ari muzima - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=4780\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Umwami Kigeli watanze ari ingaragu, ubu akomeje gutwererwa abana atemeye ari muzima - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Kigeli v Ndahindurwa yatanze ku wa 16 Ugushyingo 2016, atangira ishyanga aho yabaga mu mujyi wa Virginia muri Leta zunze ubumwe za Amerika, ibyamuvuzweho byose akiriho nta muntu n\u2019umwe wigeze atangaza yo yaba yaramuteye inda cyangwa ngo hagaragare umwana uvuga ko yaba yarabyawe nawe. Ubwo Kigeli yari amaze gutanga ndetse akazanwa gutabarizwa mu Rwanda nyuma [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=4780\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-02-02T11:56:34+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T15:06:28+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/02\/mugisha.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"4 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4780#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4780\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Umwami Kigeli watanze ari ingaragu, ubu akomeje gutwererwa abana atemeye ari muzima\",\"datePublished\":\"2017-02-02T11:56:34+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T15:06:28+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4780\"},\"wordCount\":806,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4780#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/02\\\/mugisha.jpg\",\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4780#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4780\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4780\",\"name\":\"Umwami Kigeli watanze ari ingaragu, ubu akomeje gutwererwa abana atemeye ari muzima - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4780#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4780#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/02\\\/mugisha.jpg\",\"datePublished\":\"2017-02-02T11:56:34+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T15:06:28+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4780#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4780\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4780#primaryimage\",\"url\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/02\\\/mugisha.jpg\",\"contentUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/02\\\/mugisha.jpg\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4780#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Umwami Kigeli watanze ari ingaragu, ubu akomeje gutwererwa abana atemeye ari muzima\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Umwami Kigeli watanze ari ingaragu, ubu akomeje gutwererwa abana atemeye ari muzima - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4780","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Umwami Kigeli watanze ari ingaragu, ubu akomeje gutwererwa abana atemeye ari muzima - BWIZA","og_description":"Kigeli v Ndahindurwa yatanze ku wa 16 Ugushyingo 2016, atangira ishyanga aho yabaga mu mujyi wa Virginia muri Leta zunze ubumwe za Amerika, ibyamuvuzweho byose akiriho nta muntu n\u2019umwe wigeze atangaza yo yaba yaramuteye inda cyangwa ngo hagaragare umwana uvuga ko yaba yarabyawe nawe. Ubwo Kigeli yari amaze gutanga ndetse akazanwa gutabarizwa mu Rwanda nyuma [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4780","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-02-02T11:56:34+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T15:06:28+00:00","og_image":[{"url":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/02\/mugisha.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"4 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4780#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4780"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Umwami Kigeli watanze ari ingaragu, ubu akomeje gutwererwa abana atemeye ari muzima","datePublished":"2017-02-02T11:56:34+00:00","dateModified":"2025-02-12T15:06:28+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4780"},"wordCount":806,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4780#primaryimage"},"thumbnailUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/02\/mugisha.jpg","articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=4780#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4780","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4780","name":"Umwami Kigeli watanze ari ingaragu, ubu akomeje gutwererwa abana atemeye ari muzima - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4780#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4780#primaryimage"},"thumbnailUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/02\/mugisha.jpg","datePublished":"2017-02-02T11:56:34+00:00","dateModified":"2025-02-12T15:06:28+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4780#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=4780"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4780#primaryimage","url":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/02\/mugisha.jpg","contentUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/02\/mugisha.jpg"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4780#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Umwami Kigeli watanze ari ingaragu, ubu akomeje gutwererwa abana atemeye ari muzima"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/4780","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=4780"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/4780\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=4780"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=4780"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=4780"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}