{"id":4806,"date":"2017-02-04T11:04:28","date_gmt":"2017-02-04T11:04:28","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/02\/04\/polisi-y-u-rwanda-n-abahanzi-nyarwanda-biyemeje-ubufatanye-mu-gukumira-ibyaha\/"},"modified":"2025-02-12T17:06:06","modified_gmt":"2025-02-12T15:06:06","slug":"polisi-y-u-rwanda-n-abahanzi-nyarwanda-biyemeje-ubufatanye-mu-gukumira-ibyaha","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4806","title":{"rendered":"Polisi y\u2019u Rwanda n\u2019abahanzi nyarwanda biyemeje ubufatanye mu gukumira ibyaha"},"content":{"rendered":"<div>\nPolisi y\u2019u Rwanda n\u2019abahanzi nyarwanda bibumbiye mu ihuriro ryabo ryo kuba  ba Ambasaderi mu gukumira ibyaha basinyanye amasezerano y\u2019ubufatanye mu bikorwa bitandukanye bigamije kubungabunga umutekano w\u2019abaturage no kugira uruhare muri gahunda za  Leta z\u2019iterambere ry\u2019abaturage.\n<\/div>\n<div>\nAya masezerano  ku ruhande rwa Polisi y\u2019u Rwanda yashyizweho umukono na Assistant Commissioner of Police (ACP) Celestin Twahirwa ushinzwe ishami rya Polisi rishinzwe imikoranire myiza n\u2019ubufatanye n\u2019abaturage n\u2019izindi nzego; mu gihe ku ruhande rw\u2019ihuriro ry\u2019abahanzi yasinywe na Ally Hussein Muganga, umuhuzabikorwa waryo.\n<\/div>\n<div>\nUyu muhango wabereye ku cyicaro cya Polisi y\u2019u Rwanda ku Kacyiru ku itariki ya 3 Gashyantare, uyoborwa n\u2019Umuyobozi mukuru wa Polisi y\u2019u Rwanda IGP, Emmanuel K. Gasana.\n<\/div>\n<div>\nMu bitabiriye uyu muhango hari Mufuruke Fred, umuyobozi mukuru ushinzwe ubuyobozi  n\u2019imikorere y\u2019inzego z\u2019ibanze muri Minisiteri y\u2019ubutegetsi bw\u2019igihugu ndetse na bamwe mu bakuriye amashami atandukanye ya Polisi y\u2019u Rwanda.\n<\/div>\n<div>\nHari kandi na  Gatabazi Jean Marie Vianney, intumwa ya rubanda mu nteko ishinga amategeko; aho asanzwe ashyigikira ibikorwa by\u2019iterambere by\u2019ubuhanzi mu bijyanye no gutunganya imiziki n\u2019indirimbo, itangazamakuru, amashusho, amakinamico n\u2019ibindi.\n<\/div>\n<div>\nAya masezerano akubiyemo ko impande zombi ziyemeje gufatanya mu bikorwa byo gukumira ibyaha n\u2019ubukangurambaga bwo kurwanya; ibiyobyabwenge,icuruzwa ry\u2019abantu,   ibikorwa bibi bishingiye ku myemerere n\u2019ubuhezanguni, ihohoterwa rishingiye ku gitsina n\u2019irikorerwa abana n\u2019ibindi.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]\n<\/div>\n<div>\nHakubiyemo kandi ko impande zombi zigomba kujya zihererekanya amakuru ku bijyanye no gufatanya gukumira no kurwanya ibyaha, kuba ijisho ry\u2019umuturanyi, kurengera ibidukikije,  kurengera no guteza imbere uburenganzira bw\u2019abaturage, kugira uruhare mu bikorwa bya Leta bigamije imibereho myiza n\u2019iterambere ry\u2019abaturage.\n<\/div>\n<div>\nUmuyobozi mukuru wa Polisi y\u2019u Rwanda yavuze ko kuba u Rwanda rufite umutekano usesuye biterwa n\u2019ubwo bufatanye ndetse no guhererekanya amakuru ku gukumira ibyaha.\n<\/div>\n<div>\nYagize ati:\u201d buri wese afite uruhare mu gukumira ibyaha. Murasabwa rero kurwanya ibiyobyabwenge, icuruzwa ry\u2019abantu n\u2019ibindi. Ibyo mukora byose muharanire ko habaho umutekano usesuye n\u2019iterambere. Mufite uruhare rukomeye mu gutuma igihugu kigira icyerekezo cyiza. Ibyo mukora bifite icyo byamarira abandi ndetse n\u2019urundi rubyiruko mu kwiteza imbere n\u2019igihugu cyabo\u201d.\n<\/div>\n<div>\nUmuyobozi mukuru wa Polisi y\u2019u Rwanda yakomeje avuga ko twese duharanira iterambere n\u2019umutekano ; bityo ko tugomba guharanira ubumwe, gukunda igihugu n\u2019ubunyangamugayo hagamijwe kubahiriza amategeko no kubungabunga umutekano w\u2019abaturage.\n<\/div>\n<div>\nMuyombo Thomas uzwi ku izina rya Tom Close umuvugizi w\u2019ihuriro ry\u2019abahanzi  ari nabo ba Ambasaderi mu gukumira ibyaha; yavuze ko igitekerezo cyabo cyo kwiyemeza ubu bufatanye cyaturutse ku buyobozi bwiza buyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika Paul Kagame.<br \/>\n <em> <strong><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">K<\/a><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong> <\/em><br \/>\n <em> <strong>@Bwiza.com<\/strong> <\/em>\n<\/div>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Polisi y\u2019u Rwanda n\u2019abahanzi nyarwanda bibumbiye mu ihuriro ryabo ryo kuba ba Ambasaderi mu gukumira ibyaha basinyanye amasezerano y\u2019ubufatanye mu bikorwa bitandukanye bigamije kubungabunga umutekano w\u2019abaturage no kugira uruhare muri gahunda za Leta z\u2019iterambere ry\u2019abaturage. Aya masezerano ku ruhande rwa Polisi y\u2019u Rwanda yashyizweho umukono na Assistant Commissioner of Police (ACP) Celestin Twahirwa ushinzwe ishami [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-4806","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Polisi y\u2019u Rwanda n\u2019abahanzi nyarwanda biyemeje ubufatanye mu gukumira ibyaha - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=4806\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Polisi y\u2019u Rwanda n\u2019abahanzi nyarwanda biyemeje ubufatanye mu gukumira ibyaha - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Polisi y\u2019u Rwanda n\u2019abahanzi nyarwanda bibumbiye mu ihuriro ryabo ryo kuba ba Ambasaderi mu gukumira ibyaha basinyanye amasezerano y\u2019ubufatanye mu bikorwa bitandukanye bigamije kubungabunga umutekano w\u2019abaturage no kugira uruhare muri gahunda za Leta z\u2019iterambere ry\u2019abaturage. Aya masezerano ku ruhande rwa Polisi y\u2019u Rwanda yashyizweho umukono na Assistant Commissioner of Police (ACP) Celestin Twahirwa ushinzwe ishami [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=4806\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-02-04T11:04:28+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T15:06:06+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4806#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4806\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Polisi y\u2019u Rwanda n\u2019abahanzi nyarwanda biyemeje ubufatanye mu gukumira ibyaha\",\"datePublished\":\"2017-02-04T11:04:28+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T15:06:06+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4806\"},\"wordCount\":449,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4806#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4806\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4806\",\"name\":\"Polisi y\u2019u Rwanda n\u2019abahanzi nyarwanda biyemeje ubufatanye mu gukumira ibyaha - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-02-04T11:04:28+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T15:06:06+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4806#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4806\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4806#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Polisi y\u2019u Rwanda n\u2019abahanzi nyarwanda biyemeje ubufatanye mu gukumira ibyaha\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Polisi y\u2019u Rwanda n\u2019abahanzi nyarwanda biyemeje ubufatanye mu gukumira ibyaha - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4806","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Polisi y\u2019u Rwanda n\u2019abahanzi nyarwanda biyemeje ubufatanye mu gukumira ibyaha - BWIZA","og_description":"Polisi y\u2019u Rwanda n\u2019abahanzi nyarwanda bibumbiye mu ihuriro ryabo ryo kuba ba Ambasaderi mu gukumira ibyaha basinyanye amasezerano y\u2019ubufatanye mu bikorwa bitandukanye bigamije kubungabunga umutekano w\u2019abaturage no kugira uruhare muri gahunda za Leta z\u2019iterambere ry\u2019abaturage. Aya masezerano ku ruhande rwa Polisi y\u2019u Rwanda yashyizweho umukono na Assistant Commissioner of Police (ACP) Celestin Twahirwa ushinzwe ishami [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4806","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-02-04T11:04:28+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T15:06:06+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4806#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4806"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Polisi y\u2019u Rwanda n\u2019abahanzi nyarwanda biyemeje ubufatanye mu gukumira ibyaha","datePublished":"2017-02-04T11:04:28+00:00","dateModified":"2025-02-12T15:06:06+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4806"},"wordCount":449,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=4806#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4806","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4806","name":"Polisi y\u2019u Rwanda n\u2019abahanzi nyarwanda biyemeje ubufatanye mu gukumira ibyaha - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-02-04T11:04:28+00:00","dateModified":"2025-02-12T15:06:06+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4806#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=4806"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4806#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Polisi y\u2019u Rwanda n\u2019abahanzi nyarwanda biyemeje ubufatanye mu gukumira ibyaha"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/4806","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=4806"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/4806\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=4806"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=4806"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=4806"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}