{"id":48218,"date":"2022-05-30T07:01:23","date_gmt":"2022-05-30T07:01:23","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2022\/05\/30\/umwuka-mubi-hagati-y-u-rwanda-na-rdc-ingabo-150-za-rdf-muri-uganda-n-umuburo-wa\/"},"modified":"2022-05-30T07:01:23","modified_gmt":"2022-05-30T07:01:23","slug":"umwuka-mubi-hagati-y-u-rwanda-na-rdc-ingabo-150-za-rdf-muri-uganda-n-umuburo-wa","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=48218","title":{"rendered":"Umwuka mubi hagati y\u2019u Rwanda na RDC, ingabo 150 za RDF muri Uganda n&#8217;umuburo wa Kainerugaba kuri FDLR: inkuru z\u2019icyumweru"},"content":{"rendered":"<p><strong>Icyumweru gishize cyatangiye tariki ya 23 Gicurasi 2022 cyaranzwe n\u2019inkuru nyamukuru zirebana na politiki, umutekano ndetse n\u2019ubutabera.<\/strong><\/p>\n<p>Harimo:<\/p>\n<p><strong>Umwuka mubi watutumbye mu mubano w\u2019u Rwanda na RDC<\/strong><\/p>\n<p>Guhera tariki ya 23 ubwo mu karere ka Musanze haraswaga ibisasu, hatutumbye umwuka mubi hagati ya Leta y\u2019u Rwanda n\u2019iya Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC).<\/p>\n<p>Igisirikare cy\u2019u Rwanda (RDF) cyasohoye itangazo gisaba urwego rw\u2019akarere k&#8217;ibiyaga bigari rushinzwe kugenzura umutekano wo ku mbibi, EJVM, gukora iperereza kuri ibi bisasu cyemeza ko byaturutse muri RDC.<\/p>\n<p>Guverinoma ya RDC na yo yaje gushinja u Rwanda gufasha umutwe wa M23, inatangaza ko yafatiye ku butaka bwayo abasirikare babiri ba RDF. Yanakumiriye indege za RwandAir, ihamagaza Ambasaderi Vincent Karega.<\/p>\n<p><strong>Ingabo z\u2019u Rwanda 150 zoherejwe muri Uganda<\/strong><\/p>\n<p>Leta y\u2019u Rwanda yohereje abasirikare 150 n\u2019abapolisi 36 muri Uganda, mu myitozo y\u2019inzego z\u2019umutekano z\u2019ibihugu bigize umuryango w&#8217;akarere ka Afurika y\u2019iburasirazuba izwi nka Ushirikiano Imara.<\/p>\n<p>Mu gitondo cya kare ku wa 28 Gicurasi, mu muhanda uva wa Mbarara-Kampala hagaragaye amakamyo ya RDF, bamwe barikanga, bibaza iyo yerekeza ariko igisirikare cya Uganda (UPDF) gisobanura ko bagiye muri iyi myitozo.<\/p>\n<p>Ibihugu 6 bigize uyu muryango byohereje abasirikare n\u2019abapolisi muri iyi myitozo, RDC iherutse kuwinjiramo vuba yohereza indorerezi esheshatu.<\/p>\n<p><strong>Gen. Kainerugaba yashyigikiye M23, yihanangiriza FDLR<\/strong><\/p>\n<p>Umugaba w\u2019ingabo za Uganda zirwanira ku butaka akaba n\u2019umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, Lt Muhoozi Kainerugaba, tariki ya 27 yagaragaje ko ashyigikiye umutwe witwaje intwaro wa M23 uhanganye n\u2019ingabo za RDC.<\/p>\n<p>Uyu musirikare yasobanuye ko M23 igizwe n\u2019Abanyekongo bo mu bwoko bw\u2019Abatutsi\/Abahima baharanira uburenganzira bwabo, kandi bamaze igihe kirekire bashaka ibiganiro hagati yabo na Leta, ariko ikabima amatwi.<\/p>\n<p>Mu bundi butumwa, Gen. Kainerugaba yagaragaje ko FDLR igizwe n\u2019abasize bakoze jenoside mu Rwanda ikwiye kwirukanwa ku butaka bwa RDC, bigizwemo uruhare na RDF na UPDF.<\/p>\n<p><strong>Umushinwa wahamwe icyaha cyo gukorera iyicarubozo Abanyarwanda mu iroza<\/strong><\/p>\n<p>Umushinwa Shujun Su wahamijwe n\u2019urukiko rwisumbuye rwa Karongi  icyaha cyo gukorera iyicarubozo Abanyarwanda batatu, rukanamukatira igifungo cy\u2019imyaka 20, tariki ya 25 yongeye kugaragara mu rukiko rukuru, urugereko rwihariye rwa Rusizi, aho yatanze ikirego cyihutirwa, asaba kuburana ubujurire adafunzwe.<\/p>\n<p>Shujun yavanwe muri gereza ya Rubavu afungiwemo, yambaye impuzankano y\u2019abagororwa ifite ibara ry\u2019iroza, agezwa ku rukiko arindiwe umutekano n\u2019abacungagereza.<\/p>\n<p>Gusa uru rubanza ntirwabaye bitewe n\u2019uko uwitwa Renzaho Alexis baburaniraga hamwe, banahamirijwe icyaha hamwe, atageze mu rukiko kuko ngo atanafunzwe n\u2019ubwo yakatiwe muri Mata 2022.<\/p>\n<p><strong>Sankara ateganya kwandikira Perezida Kagame<\/strong><\/p>\n<p>Nsabimana Callixte wamenyekanye nka Major Sankara, yavuze ko ateganya kwandikira Perezida Paul Kagame, amusaba imbabazi ku bw\u2019ibyaha yahamijwe n\u2019urukiko, rukamukatira igifungo cy\u2019imyaka 15.<\/p>\n<p>Uyu mugororwa yabimenyesheje abanyamakuru ku wa 26 ubwo abagororwa bari mu birori byo gusoza amasomo mu ishuri ry\u2019imyuga n\u2019ubumenyingiro ry\u2019urwego rushinzwe imfungwa n\u2019abagororwa, RCS.<\/p>\n<p>Sankara kuva yatangira kuburana mu rukiko rw\u2019ibanze, yemeye ibyaha yashinjwaga, ndetse yagiye anabwira abacamanza ko yafashije ubutabera kubona amakuru ku mutwe witwaje intwaro wa FLN yabereye umuvugizi. Byatumye yorohereza igihano.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Icyumweru gishize cyatangiye tariki ya 23 Gicurasi 2022 cyaranzwe n\u2019inkuru nyamukuru zirebana na politiki, umutekano ndetse n\u2019ubutabera. Harimo: Umwuka mubi watutumbye mu mubano w\u2019u Rwanda na RDC Guhera tariki ya 23 ubwo mu karere ka Musanze haraswaga ibisasu, hatutumbye umwuka mubi hagati ya Leta y\u2019u Rwanda n\u2019iya Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC). Igisirikare cy\u2019u [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":11,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[126,133],"class_list":["post-48218","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw","tag-amamenyesha","tag-in-business-today"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Umwuka mubi hagati y\u2019u Rwanda na RDC, ingabo 150 za RDF muri Uganda n&#039;umuburo wa Kainerugaba kuri FDLR: inkuru z\u2019icyumweru - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=48218\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Umwuka mubi hagati y\u2019u Rwanda na RDC, ingabo 150 za RDF muri Uganda n&#039;umuburo wa Kainerugaba kuri FDLR: inkuru z\u2019icyumweru - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Icyumweru gishize cyatangiye tariki ya 23 Gicurasi 2022 cyaranzwe n\u2019inkuru nyamukuru zirebana na politiki, umutekano ndetse n\u2019ubutabera. Harimo: Umwuka mubi watutumbye mu mubano w\u2019u Rwanda na RDC Guhera tariki ya 23 ubwo mu karere ka Musanze haraswaga ibisasu, hatutumbye umwuka mubi hagati ya Leta y\u2019u Rwanda n\u2019iya Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC). Igisirikare cy\u2019u [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=48218\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2022-05-30T07:01:23+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"TUYIZERE JD\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"TUYIZERE JD\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=48218#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=48218\"},\"author\":{\"name\":\"TUYIZERE JD\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320\"},\"headline\":\"Umwuka mubi hagati y\u2019u Rwanda na RDC, ingabo 150 za RDF muri Uganda n&#8217;umuburo wa Kainerugaba kuri FDLR: inkuru z\u2019icyumweru\",\"datePublished\":\"2022-05-30T07:01:23+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=48218\"},\"wordCount\":505,\"commentCount\":2,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"keywords\":[\"Amamenyesha\",\"In Business Today\"],\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=48218#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=48218\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=48218\",\"name\":\"Umwuka mubi hagati y\u2019u Rwanda na RDC, ingabo 150 za RDF muri Uganda n'umuburo wa Kainerugaba kuri FDLR: inkuru z\u2019icyumweru - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2022-05-30T07:01:23+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=48218#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=48218\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=48218#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Umwuka mubi hagati y\u2019u Rwanda na RDC, ingabo 150 za RDF muri Uganda n&#8217;umuburo wa Kainerugaba kuri FDLR: inkuru z\u2019icyumweru\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320\",\"name\":\"TUYIZERE JD\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=11\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Umwuka mubi hagati y\u2019u Rwanda na RDC, ingabo 150 za RDF muri Uganda n'umuburo wa Kainerugaba kuri FDLR: inkuru z\u2019icyumweru - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=48218","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Umwuka mubi hagati y\u2019u Rwanda na RDC, ingabo 150 za RDF muri Uganda n'umuburo wa Kainerugaba kuri FDLR: inkuru z\u2019icyumweru - BWIZA","og_description":"Icyumweru gishize cyatangiye tariki ya 23 Gicurasi 2022 cyaranzwe n\u2019inkuru nyamukuru zirebana na politiki, umutekano ndetse n\u2019ubutabera. Harimo: Umwuka mubi watutumbye mu mubano w\u2019u Rwanda na RDC Guhera tariki ya 23 ubwo mu karere ka Musanze haraswaga ibisasu, hatutumbye umwuka mubi hagati ya Leta y\u2019u Rwanda n\u2019iya Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC). Igisirikare cy\u2019u [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=48218","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2022-05-30T07:01:23+00:00","author":"TUYIZERE JD","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"TUYIZERE JD","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=48218#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=48218"},"author":{"name":"TUYIZERE JD","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320"},"headline":"Umwuka mubi hagati y\u2019u Rwanda na RDC, ingabo 150 za RDF muri Uganda n&#8217;umuburo wa Kainerugaba kuri FDLR: inkuru z\u2019icyumweru","datePublished":"2022-05-30T07:01:23+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=48218"},"wordCount":505,"commentCount":2,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"keywords":["Amamenyesha","In Business Today"],"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=48218#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=48218","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=48218","name":"Umwuka mubi hagati y\u2019u Rwanda na RDC, ingabo 150 za RDF muri Uganda n'umuburo wa Kainerugaba kuri FDLR: inkuru z\u2019icyumweru - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2022-05-30T07:01:23+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=48218#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=48218"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=48218#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Umwuka mubi hagati y\u2019u Rwanda na RDC, ingabo 150 za RDF muri Uganda n&#8217;umuburo wa Kainerugaba kuri FDLR: inkuru z\u2019icyumweru"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320","name":"TUYIZERE JD","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=11"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/48218","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/11"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=48218"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/48218\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=48218"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=48218"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=48218"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}