{"id":4828,"date":"2017-02-06T15:16:48","date_gmt":"2017-02-06T15:16:48","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/02\/06\/amabanga-y-039-urugamba-hagati-ya-kabila-na-gen-nkunda-ntaganda-na-makenga\/"},"modified":"2025-02-12T17:05:55","modified_gmt":"2025-02-12T15:05:55","slug":"amabanga-y-039-urugamba-hagati-ya-kabila-na-gen-nkunda-ntaganda-na-makenga","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4828","title":{"rendered":"Amabanga y&#039;urugamba hagati ya Kabila na Gen Nkunda,Ntaganda na Makenga"},"content":{"rendered":"<p>Mu gihe bivugwa ko M23 yaba yarongeye kugaba ibitero muri Congo ni nako hanacukumburwa amwe mu mabanga Perezida Kabila yari afitanye n&#8217;aba basirikare Gen Ntaganda, Nkunda na Makenga, bagiye bamugabaho ibitero nyuma yaho afatiye ubuyobozi.<br \/>\nGen Makenga ni umwe mu basirikare bavuzwe cyane guhera mu myaka yashize cyane cyane mu mashyamba ya Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo, aho rimwe avugwaho kuraswa, ubundi akongera akigaragaza, aho rimwe avugwaho gutsindanwa n\u2019umutwe we M23 ubundi ukumva yazuye agatwe n\u2019ibindi.<br \/>\nHari amwe mu makuru atarigeze amenyekana cyane kuri uyu musirikare ndetse n\u2019abo bakoranaga barimo ba Ntaganda.<br \/>\nMu mwaka wa 2013, Gen Makenga nibwo yitabye telefone ahabwa amakuru y\u2019incamugongo ko mugenzi we Gen Ntaganda ari mu kaga.<br \/>\nMbere yaho gato muri 2011, Minisitiri w\u2019Ububanyi n\u2019amahanga ndetse n\u2019uw\u2019Intebe bo mu gihugu cy\u2019u Bubiligi, nibwo baganiriye na perezida Kabila bavuga ko nyuma y\u2019amatora Gen Ntaganda azakurikiranwa n\u2019urukiko mpuzamahanga mpanabyaha ku byaha by\u2019ubugizi bwa nabi muri kongo.<br \/>\nAmakuru avuga ko nyuma y&#8217;icyo kiganiro aribwo na Kabila yagiranye ibiganiro na Gen Ntaganda, inyeshyamba zo mu mashyamba ya Kongo zikagabanya akarindi kugira ngo igikorwa cy\u2019amatora yo muri 2011 kizagende neza.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nBamwe mu bahoze muri CNDP aribo baje kuvukamo inyeshyamba za M23 zavutse 2012, bashinjaga Ntaganda gukomeza ibikorwa bisa n\u2019imyigaragambyo byakomeje gukorerwa muri Kivu ya Ruguru ndetse no mu tundi duce two mu Burasirazuba bwa Kongo mu gihe na Kabila we yashakaga ko bikorwa mu mahoro no mu bwumvikane.<br \/>\nNyuma y\u2019amatora, Tshisedeki yatangaje ko ariwe watorewe kuyobora Kongo, ibi bikaba byaratumye Kabila agaruka ku ruhande rwa Ntaganda kuko na we yashakaga guhangana na Tshisedeki wiyise Perezida atatsinze amatora.<br \/>\nKu itariki ya 2 Mata 2013, ingabo za Ntaganda zakubiswe bidasubirwaho mu Majyaruguru ya Goma, aho na zo zahitanye abatari bacye, ibi bikaba byaratumye Joseph Kabila yongera kwisubiraho agasaba ko Ntaganda afungwa.<br \/>\nNk&#8217;uko bitangazwa na Chimpreports, muri icyo gihe, nibwo Gen Makenga yongeye gutekerezwaho nk\u2019umuyobozi w\u2019inyeshyamba wibereye aho mu mashyamba na we ari gukurikirana agakino yicecekeye, ahamagarwa na Laurent Nkunda ku murongo wa Telefone amusaba guhisha Ntaganda ariko biba iby\u2019ubusa kuko nubundi yaje gufatwa ajyanwa mu rukiko.<br \/>\nNtaganda ubwo yabonaga ashakishwa uruhindu, Perezida Kabila amushakira hasi no hejuru nibwo yafashe icyemezo cyo kuva muri Goma, ahungira mu Rwanda yishyira mu maboko y&#8217;Ambasade ya USA aho gusanga Makenga kandi bari barashwanye ubwo M23 yacikagamo ibice bibiri.<br \/>\nGen Makenga yaje gufatwa nk\u2019umurwanyi ukomeye mu karere kuko atigeze atabwa muri yombi nk\u2019uko byagiye bigenda ku bandi barwanyi bo mu mashyamba ya Kongo ahubwo akaba yaritabazwaga ngo ahishe cyangwa arwanirire abandi barwanyi bari mu mashyamba.<br \/>\nGusa n&#8217;ubwo mbere Gen Ntaganda yasaga naho ayobora Gen Makenga, ntibigeze bahuza kuko bari bafite intekerezo n\u2019intego zitandukanye dore ko Makenga we atanavugwaga cyane.<br \/>\nUbwo Gen Makenga yari yatangiye kwigaragaza mu rugamba, yaje gufata umujyi wa Goma biteza urusaku mu rwego mpuzamahanga, aho ibihugu bihana imbibi na Kongo byatangiye gushaka gutera inkunga Kongo yo kwirukana aba barwanyi ariko Makenga na we ngo akaba atarahwemye kugirana ibiganiro na Museveni by\u2019aho ingabo ze zishobora kujya ziramutse zikubiswe.<br \/>\nMuri 2013 ubwo Gen Makenga  yari yararangije kwitandukanya na Ntaganda, yakomeje guhangana n\u2019ingabo mpuzamahanga zirimo izo mu bihugu nka Tanzania, Malawi, Afurika y\u2019Epfo ndetse n\u2019iza DRC.<br \/>\nIzi ngabo zose zakubise iza Gen Makenga ahungira muri Uganda aho yari akiri kugeza na n&#8217;ubu.<br \/>\nGen Makenga avugwaho kuba umurwanyi ukomeye w\u2019akarere kuko yagiye ahangana n\u2019ibihugu byinshi byabaga byaje gutera ingabo mu bitugu ingabo za kongo ariko zikamusiga amahoro nubwo abantu be benshi bagiye bahasiga ubuzima.<br \/>\nKugeza ubu, Ntaganda arafunze naho Makenga we ingabo za Uganda zivuga ko zitazi aho aherereye, ariko andi makuru akavuga ko yaba yaragabweho ibitero akameneshwa ndetse akanakomereka.<br \/>\nGen Makenga n&#8217;ingabo ze bahangayikishije Leta ya Congo, n&#8217;ubu igikomye cyose bikanga ari we ugarutse dore ko ubu bikekwa ko yanasubiye iy&#8217;ishyamba nyuma yaho Uganda itangarije ko itakimufite.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\n <em> <strong><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">K<\/a><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong> <\/em><br \/>\n <strong> <em>Nsengimana@Bwiza.com<\/em> <\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Mu gihe bivugwa ko M23 yaba yarongeye kugaba ibitero muri Congo ni nako hanacukumburwa amwe mu mabanga Perezida Kabila yari afitanye n&#8217;aba basirikare Gen Ntaganda, Nkunda na Makenga, bagiye bamugabaho ibitero nyuma yaho afatiye ubuyobozi. Gen Makenga ni umwe mu basirikare bavuzwe cyane guhera mu myaka yashize cyane cyane mu mashyamba ya Repubulika iharanira Demokarasi [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-4828","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Amabanga y&#039;urugamba hagati ya Kabila na Gen Nkunda,Ntaganda na Makenga - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=4828\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Amabanga y&#039;urugamba hagati ya Kabila na Gen Nkunda,Ntaganda na Makenga - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Mu gihe bivugwa ko M23 yaba yarongeye kugaba ibitero muri Congo ni nako hanacukumburwa amwe mu mabanga Perezida Kabila yari afitanye n&#8217;aba basirikare Gen Ntaganda, Nkunda na Makenga, bagiye bamugabaho ibitero nyuma yaho afatiye ubuyobozi. Gen Makenga ni umwe mu basirikare bavuzwe cyane guhera mu myaka yashize cyane cyane mu mashyamba ya Repubulika iharanira Demokarasi [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=4828\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-02-06T15:16:48+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T15:05:55+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4828#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4828\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Amabanga y&#039;urugamba hagati ya Kabila na Gen Nkunda,Ntaganda na Makenga\",\"datePublished\":\"2017-02-06T15:16:48+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T15:05:55+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4828\"},\"wordCount\":674,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4828#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4828\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4828\",\"name\":\"Amabanga y&#039;urugamba hagati ya Kabila na Gen Nkunda,Ntaganda na Makenga - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-02-06T15:16:48+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T15:05:55+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4828#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4828\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4828#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Amabanga y&#039;urugamba hagati ya Kabila na Gen Nkunda,Ntaganda na Makenga\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Amabanga y&#039;urugamba hagati ya Kabila na Gen Nkunda,Ntaganda na Makenga - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4828","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Amabanga y&#039;urugamba hagati ya Kabila na Gen Nkunda,Ntaganda na Makenga - BWIZA","og_description":"Mu gihe bivugwa ko M23 yaba yarongeye kugaba ibitero muri Congo ni nako hanacukumburwa amwe mu mabanga Perezida Kabila yari afitanye n&#8217;aba basirikare Gen Ntaganda, Nkunda na Makenga, bagiye bamugabaho ibitero nyuma yaho afatiye ubuyobozi. Gen Makenga ni umwe mu basirikare bavuzwe cyane guhera mu myaka yashize cyane cyane mu mashyamba ya Repubulika iharanira Demokarasi [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4828","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-02-06T15:16:48+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T15:05:55+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4828#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4828"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Amabanga y&#039;urugamba hagati ya Kabila na Gen Nkunda,Ntaganda na Makenga","datePublished":"2017-02-06T15:16:48+00:00","dateModified":"2025-02-12T15:05:55+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4828"},"wordCount":674,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=4828#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4828","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4828","name":"Amabanga y&#039;urugamba hagati ya Kabila na Gen Nkunda,Ntaganda na Makenga - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-02-06T15:16:48+00:00","dateModified":"2025-02-12T15:05:55+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4828#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=4828"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4828#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Amabanga y&#039;urugamba hagati ya Kabila na Gen Nkunda,Ntaganda na Makenga"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/4828","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=4828"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/4828\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=4828"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=4828"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=4828"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}