{"id":4831,"date":"2017-02-06T17:04:20","date_gmt":"2017-02-06T17:04:20","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/02\/06\/musaza-wanjye-yaranejeje-mu-buriri-none-nifuza-ko-ari-we-wazambera-umugabo\/"},"modified":"2025-07-01T19:54:06","modified_gmt":"2025-07-01T17:54:06","slug":"musaza-wanjye-yaranejeje-mu-buriri-none-nifuza-ko-ari-we-wazambera-umugabo","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4831","title":{"rendered":"Musaza wanjye yaranejeje mu buriri none nifuza ko ari we wazambera umugabo-UBUHAMYA"},"content":{"rendered":"<p>Nifuje ko ubuhamya bwanjye nabwo bwajya hanze, nakoze amahano na musaza wanjye ariko nibyo bitumye mbagisha inama.<br \/>\nMusaza wanjye nkurikira andusha imyaka ibiri kuko njye mfite 24 ans, ubwo twajyanaga mu bukwe nibwo twaryamanye mu buryo nantwe twatunguwe, byose byakozwe n\u2019inzoga twari twanyoye.<br \/>\nTwakomeje kunywa inzoga nabo twari kumwe, gusa hari umusore twari twahahuriye tuziranye kuko twigeze no kuba inshuti nkiga muri segonderi, nanyoye inzoga ndabyina karahava, nabanje mbyinana n\u2019abakobwa bagenze banjye, bigeze aho mbyinana na wa musore.<\/p>\n<p>Nyuma naje kubyinana na musaza wanjye, ari nako tunywa inzoga za likeri, twese twaje gusinda tujya kwirambika ku buriri, mu bwenge buke nari nsigaranye sinigeze nibwira ko ndi kumwe na musaza wanjye kimwe nuko nawe atamenye ko ari njye. Njye numvaga ari wa musore wundi.<br \/>\nUbwo twakoraga amahano twese turi mu munyenga udasanzwe nibwo telefone yanjye yasonnye, ariko ubwo twabyinaga nari nayihaye musaza wanjye, isonnye nshidukira ejuru njya kuyireba kuko uko yasonaga nari mbizi, musaza wanjye nawe yashidukiye ejuru ayishaka.<br \/>\nAyikuye mu mufuka nibwo namubonye mu maso nsanga ni we, ndamubaza nti ni ibiki bitubayeho araceceka, twese twaguye mu kantu nubwo bwose twari twanyoye, nta numwe wavugishije undi, kuko twese twahise tugwa mu kantu.<br \/>\nImyaka ibaye ibiri ibyo bibaye, nta numwe wigeze abaza undi ku byatubayeho, yaryumyeho nanjye ndaceceka, ariko iyo ndyamye nijoro ndota twasubiye muri ibyo bihe ku buryo numva naranahuzwe n\u2019abandi basore, iyo umusore agerageje kuntereta anyereka urukundo mpita nsubira muri bya bihe.<br \/>\nMu byukuri nabuze nuko nabigenza, icyo nzi cyo nubwo namubwira ko mukunda kurusha urwo namugaragariza urukundo nka musaza wanjye byankoraho, nabuze icyo nakora, iminota mike twamaranye mu buriri niyo igiye kuzankoraho kandi hari abasore benshi bangaragariza ko bankeneye banifuza ko twabana ariko nkahura niki kibazo. Mungire inama.<\/p>\n<p> <em> <strong><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">K<\/a><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong> <\/em><br \/>\n <em> <strong>@Bwiza.com<\/strong> <\/em> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Nifuje ko ubuhamya bwanjye nabwo bwajya hanze, nakoze amahano na musaza wanjye ariko nibyo bitumye mbagisha inama. Musaza wanjye nkurikira andusha imyaka ibiri kuko njye mfite 24 ans, ubwo twajyanaga mu bukwe nibwo twaryamanye mu buryo nantwe twatunguwe, byose byakozwe n\u2019inzoga twari twanyoye. Twakomeje kunywa inzoga nabo twari kumwe, gusa hari umusore twari twahahuriye tuziranye [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-4831","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Musaza wanjye yaranejeje mu buriri none nifuza ko ari we wazambera umugabo-UBUHAMYA - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=4831\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Musaza wanjye yaranejeje mu buriri none nifuza ko ari we wazambera umugabo-UBUHAMYA - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Nifuje ko ubuhamya bwanjye nabwo bwajya hanze, nakoze amahano na musaza wanjye ariko nibyo bitumye mbagisha inama. Musaza wanjye nkurikira andusha imyaka ibiri kuko njye mfite 24 ans, ubwo twajyanaga mu bukwe nibwo twaryamanye mu buryo nantwe twatunguwe, byose byakozwe n\u2019inzoga twari twanyoye. Twakomeje kunywa inzoga nabo twari kumwe, gusa hari umusore twari twahahuriye tuziranye [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=4831\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-02-06T17:04:20+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-07-01T17:54:06+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"1 minute\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4831#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4831\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Musaza wanjye yaranejeje mu buriri none nifuza ko ari we wazambera umugabo-UBUHAMYA\",\"datePublished\":\"2017-02-06T17:04:20+00:00\",\"dateModified\":\"2025-07-01T17:54:06+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4831\"},\"wordCount\":310,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4831#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4831\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4831\",\"name\":\"Musaza wanjye yaranejeje mu buriri none nifuza ko ari we wazambera umugabo-UBUHAMYA - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-02-06T17:04:20+00:00\",\"dateModified\":\"2025-07-01T17:54:06+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4831#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4831\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4831#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Musaza wanjye yaranejeje mu buriri none nifuza ko ari we wazambera umugabo-UBUHAMYA\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Musaza wanjye yaranejeje mu buriri none nifuza ko ari we wazambera umugabo-UBUHAMYA - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4831","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Musaza wanjye yaranejeje mu buriri none nifuza ko ari we wazambera umugabo-UBUHAMYA - BWIZA","og_description":"Nifuje ko ubuhamya bwanjye nabwo bwajya hanze, nakoze amahano na musaza wanjye ariko nibyo bitumye mbagisha inama. Musaza wanjye nkurikira andusha imyaka ibiri kuko njye mfite 24 ans, ubwo twajyanaga mu bukwe nibwo twaryamanye mu buryo nantwe twatunguwe, byose byakozwe n\u2019inzoga twari twanyoye. Twakomeje kunywa inzoga nabo twari kumwe, gusa hari umusore twari twahahuriye tuziranye [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4831","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-02-06T17:04:20+00:00","article_modified_time":"2025-07-01T17:54:06+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"1 minute"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4831#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4831"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Musaza wanjye yaranejeje mu buriri none nifuza ko ari we wazambera umugabo-UBUHAMYA","datePublished":"2017-02-06T17:04:20+00:00","dateModified":"2025-07-01T17:54:06+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4831"},"wordCount":310,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=4831#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4831","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4831","name":"Musaza wanjye yaranejeje mu buriri none nifuza ko ari we wazambera umugabo-UBUHAMYA - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-02-06T17:04:20+00:00","dateModified":"2025-07-01T17:54:06+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4831#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=4831"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4831#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Musaza wanjye yaranejeje mu buriri none nifuza ko ari we wazambera umugabo-UBUHAMYA"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/4831","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=4831"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/4831\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=4831"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=4831"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=4831"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}