{"id":4832,"date":"2017-02-06T17:50:46","date_gmt":"2017-02-06T17:50:46","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/02\/06\/ni-kuki-perezida-robert-mugabe-na-donald-trump-bashyirwa-mu-gatebo-kamwe\/"},"modified":"2017-02-06T17:50:46","modified_gmt":"2017-02-06T17:50:46","slug":"ni-kuki-perezida-robert-mugabe-na-donald-trump-bashyirwa-mu-gatebo-kamwe","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4832","title":{"rendered":"Ni kuki Perezida Robert Mugabe na Donald Trump bashyirwa mu gatebo kamwe?"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Mu gihe amakuru avuga ko Perezida mushya wa Amerika, Donald Trump afite muri gahunda guhangana n\u2019Abaperezida bo ku mugabane wa Afurika bagundira ubutegetsi, kuri ubu hari andi makuru agaragaza ko uyu muperezida hari ibyo yaba ahuriyeho na perezida wa Zimbabwe, Robert Mugabe.<\/em> <\/strong><br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nKuri ubu Perezida Trump yabaye icyamamare mu bitangazamakuru bitandukanye hirya no hino ku isi kubera ibikorwa bye bisa n\u2019ibyihariye, bimwe muri byo bikaba bijya gusa n\u2019ibyigeze kugaragazwa na perezida Mugabe wa Zimbabwe.<br \/>\nBimwe mu biri kugarukwaho aba baperezida bahuriyeho harimo gufata umwanzuro ukawutsimbararaho ndetse no kutumva ibitekerezo byawe.<br \/>\nIbi bigaragarira mu mihigo Perezida Trump yahize ubwo yiyamamazaga mu mwaka ushize, aho yavuze ko azirukana abimukira biganjemo abisilamu n\u2019abirabura bari ku mugabane wa Amerika.<br \/>\nN&#8217;ubwo atari ikintu cyoroshye, na n&#8217;ubu Perezida Trump aracyatsimbaraye ku mugambi we ku buryo bamwe mu bimukira bo kuri uriya mugabane banatangiye koherezwa mu bihugu bakomokamo nubwo byateje ingaruka nyinshi ku mugabane ariko ukaba usanga nta cyo bimubwiye.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nIbi bijya gusa n\u2019ibyo perezida Robert Mugabe wa Zimbabwe mu myaka yashize yakoze ubwo yashakaga kwirukana Abazungu n\u2019abandi bantu bose bafite uruhu rwera mu gihugu cye nubwo bitaje kumuhira ariko bikanga yabigerageje ndetse nyuma bamwe muri bo bari bafite imitungo itimukanwa irimo ubutaka bakayamburwa.<br \/>\nNi byo koko buri wese agira amarangamutima ye ndetse n\u2019imyumvire, Perezida Mugabe yumvaga ko adashaka abantu batari abirabura mu gihugu cye nk\u2019uko Perezida Trump adashaka abirabura muri Amerika.<br \/>\nN&#8217;ubwo ntawamenya neza impamvu nyamukuru iri gutuma Perezida Trump yirukana abanyamahanga kuri uriya mugabane uretse kuvuga ko ari bamwe mu bazana iterabwoba no gukwirakwiza ibiyobyabwenge, Perezida Mugabe we yumvaga afitiye abazungu urwango rukabije kubera kwiyumvisha ko bose ari bamwe kuko bakoloneje ibihugu bya Afurika ndetse bakanigarurira imitungo yabyo.<br \/>\nMu kwezi kwa 4 mu 2015, Perezida Mugabe yanze kuvugisha itangazamakuru ubwo yari muri Repubulika ya Afurika y\u2019Epfo  kubera ko yari abonye ko muri abo banyamakuru bamusabaga kubavugisha harimo n\u2019uruhu rwera.<br \/>\nNta gushidikanya ko urwango Perezida Mugabe yanga abazungu ari nk\u2019urwo Perezida Trump w\u2019Amerika yanga abirabura binatewe no kuba abamenesha kandi yaraje ku butegetsi bari kuri uriya mugabane hakaba harimo n\u2019abafite ubwenegihugu.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nNubwo bigaragara ko hari utuntu tumwe na tumwe tugaragaza ko Perezida Mugabe na Trump bahuriyeho, Perezida Robert Mugabe aza ku mwanya wa mbere ku rutonde rw\u2019Abaperezida bo ku mugabane wa Afurika barambye ku butegetsi, ibintu birya mu mutwe Perezida Trump.<br \/>\n <em> <strong><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">K<\/a><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong> <\/em><br \/>\n <strong>Nsengimana@Bwiza.com<\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Mu gihe amakuru avuga ko Perezida mushya wa Amerika, Donald Trump afite muri gahunda guhangana n\u2019Abaperezida bo ku mugabane wa Afurika bagundira ubutegetsi, kuri ubu hari andi makuru agaragaza ko uyu muperezida hari ibyo yaba ahuriyeho na perezida wa Zimbabwe, Robert Mugabe. [xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;] Kuri ubu Perezida Trump yabaye icyamamare mu bitangazamakuru bitandukanye hirya no [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-4832","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Ni kuki Perezida Robert Mugabe na Donald Trump bashyirwa mu gatebo kamwe? - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=4832\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ni kuki Perezida Robert Mugabe na Donald Trump bashyirwa mu gatebo kamwe? - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Mu gihe amakuru avuga ko Perezida mushya wa Amerika, Donald Trump afite muri gahunda guhangana n\u2019Abaperezida bo ku mugabane wa Afurika bagundira ubutegetsi, kuri ubu hari andi makuru agaragaza ko uyu muperezida hari ibyo yaba ahuriyeho na perezida wa Zimbabwe, Robert Mugabe. [xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;] Kuri ubu Perezida Trump yabaye icyamamare mu bitangazamakuru bitandukanye hirya no [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=4832\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-02-06T17:50:46+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4832#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4832\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Ni kuki Perezida Robert Mugabe na Donald Trump bashyirwa mu gatebo kamwe?\",\"datePublished\":\"2017-02-06T17:50:46+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4832\"},\"wordCount\":428,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4832#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4832\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4832\",\"name\":\"Ni kuki Perezida Robert Mugabe na Donald Trump bashyirwa mu gatebo kamwe? - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-02-06T17:50:46+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4832#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4832\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4832#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ni kuki Perezida Robert Mugabe na Donald Trump bashyirwa mu gatebo kamwe?\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ni kuki Perezida Robert Mugabe na Donald Trump bashyirwa mu gatebo kamwe? - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4832","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ni kuki Perezida Robert Mugabe na Donald Trump bashyirwa mu gatebo kamwe? - BWIZA","og_description":"Mu gihe amakuru avuga ko Perezida mushya wa Amerika, Donald Trump afite muri gahunda guhangana n\u2019Abaperezida bo ku mugabane wa Afurika bagundira ubutegetsi, kuri ubu hari andi makuru agaragaza ko uyu muperezida hari ibyo yaba ahuriyeho na perezida wa Zimbabwe, Robert Mugabe. [xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;] Kuri ubu Perezida Trump yabaye icyamamare mu bitangazamakuru bitandukanye hirya no [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4832","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-02-06T17:50:46+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4832#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4832"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Ni kuki Perezida Robert Mugabe na Donald Trump bashyirwa mu gatebo kamwe?","datePublished":"2017-02-06T17:50:46+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4832"},"wordCount":428,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=4832#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4832","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4832","name":"Ni kuki Perezida Robert Mugabe na Donald Trump bashyirwa mu gatebo kamwe? - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-02-06T17:50:46+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4832#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=4832"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4832#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ni kuki Perezida Robert Mugabe na Donald Trump bashyirwa mu gatebo kamwe?"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/4832","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=4832"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/4832\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=4832"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=4832"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=4832"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}