{"id":4839,"date":"2017-02-07T13:31:39","date_gmt":"2017-02-07T13:31:39","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/02\/07\/kagame-yibukije-abashoramari-ko-bagomba-kubanza-guhaza-abaturarwanda\/"},"modified":"2025-02-12T17:05:48","modified_gmt":"2025-02-12T15:05:48","slug":"kagame-yibukije-abashoramari-ko-bagomba-kubanza-guhaza-abaturarwanda","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4839","title":{"rendered":"Kagame yibukije abashoramari ko  bagomba kubanza guhaza abaturarwanda"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Perezida wa Repubulika y\u2019u Rwanda Paul Kagame yibukije abashoramari ko batagomba kwihutira kohereza ibicuruzwa hanze mu gihe bo ubwabo batarabasha kwihaza, ahubwo abakangurira gukora cyane kandi ibintu byiza bifite agaciro kadahanitse cyane ku buryo bigomba kubanza gupigana mu masoko y\u2019imbere mu gihugu.<\/em> <\/strong><br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nIbi ni bimwe mu bikubiye mu butumwa Perezida Kagame yatanze kuri uyu wa kabiri tariki ya 7 Gashyantare 2017, ubwo yasuraga agace kahariwe inganda gaherereye mu karere ka Gasabo, aho yagize ati\u201d Tugomba gukora ibintu byiza, by&#8217;igiciro kidahanitse. Ibi bizatuma duhangana ku masoko y&#8217;imbere mu gihugu no hanze.\u201d<br \/>\nPerezida Kagame yaboneyeho gusaba abakora ibikorwa bitanduanye bikorerwa mu Rwanda ko bagomba kujya babishyira ku giciro gito ku buryo abanyarwanda bibonamo, kuko bigomba kubanza gukorerwa abanyarwanda mbere y\u2019uko bikorerwa abanyamahanga.<br \/>\nYagize ati\u201d Intambwe imaze guterwa iragaragara ariko turacyafite urugendo rurerure. Ni byiza kohereza ibicuruzwa mu mahanga, ariko ijya kurisha ihera ku rugo, tugomba kubanza kwihaza ubwacu.\u201d<br \/>\nPerezida Kagame kandi yijeje aba bashoramari ko leta izakomeza kubaba hafi ariko na bo bagakora aho bwabaga mu kunoza serivisi batanga no gutanga umusaruro mwiza, anasaba ko ibyo bakora mu nganda babikora bagamije guteza abanyarwanda imbere mbere yo kumva ko ari bo byateza imbere.<br \/>\nNi mu gihe mu mpera z\u2019umwaka washize, Urugaga rw\u2019Abikorera mu Rwanda, ihuriro ry\u2019inganda muri Kenya ndetse na Uganda bose bari bemeje ko iyo umuriro w\u2019amashanyarazi uhenze bituma n\u2019ibyo inganda zikora bigurishwa ku giciro cyo hejuru.<br \/>\nLeta y\u2019u Rwanda yijeje kugabanya igiciro cy\u2019umuriro ku kigereranyo cya 50% kuko hari ingomero nshya ziri kubakwa, ibi bizongera umusaruro w\u2019inganda zikorera mu gihugu.<br \/>\nUmuyobozi mu Kigo cy\u2019Igihugu cy\u2019ingufu uyobora ishami ryo kongera ingufu (EDCL) , Kamanzi Emmanuel, yavuze ko mu gihe hakirebwa uko hakongerwa umuriro mu rwego rwo kugabanya igiciro cyawo, kuri ubu ngo REG yashyize imbaraga mu kongerera ubushobozi imashini zisanzwe.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nIkigo gishinzwe ubushakashatsi n\u2019Iterambere ry\u2019Inganda mu Rwanda (NIRDA) nk\u2019ibikizitiye inganda zo mu gihugu bituma zitabasha gutanga umusaruro mwiza, harimo ibura ry\u2019abakozi b\u2019inzobere, ibikoresho by\u2019ibanze, kutagira za Laboratwari zabugenewe, abatekinisiye kabuhariwe, ibura ry\u2019amazi n\u2019umuriro mu nganda, kubura ibyo gupfunyikamo.<br \/>\nUmusaruro w\u2019ibituruka mu nganda  muri 2010 wari kuri 13% naho muri 2015 wari uri ku kigero cya 15% mu gihe hifuzwa ko waba wageze kuri 17% muri uyu mwaka wa 2017.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\n <em> <strong><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">K<\/a><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong> <\/em><br \/>\n <strong>Nsengimana@Bwiza.com<\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Perezida wa Repubulika y\u2019u Rwanda Paul Kagame yibukije abashoramari ko batagomba kwihutira kohereza ibicuruzwa hanze mu gihe bo ubwabo batarabasha kwihaza, ahubwo abakangurira gukora cyane kandi ibintu byiza bifite agaciro kadahanitse cyane ku buryo bigomba kubanza gupigana mu masoko y\u2019imbere mu gihugu. [xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;] Ibi ni bimwe mu bikubiye mu butumwa Perezida Kagame yatanze kuri [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-4839","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Kagame yibukije abashoramari ko bagomba kubanza guhaza abaturarwanda - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=4839\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Kagame yibukije abashoramari ko bagomba kubanza guhaza abaturarwanda - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Perezida wa Repubulika y\u2019u Rwanda Paul Kagame yibukije abashoramari ko batagomba kwihutira kohereza ibicuruzwa hanze mu gihe bo ubwabo batarabasha kwihaza, ahubwo abakangurira gukora cyane kandi ibintu byiza bifite agaciro kadahanitse cyane ku buryo bigomba kubanza gupigana mu masoko y\u2019imbere mu gihugu. [xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;] Ibi ni bimwe mu bikubiye mu butumwa Perezida Kagame yatanze kuri [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=4839\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-02-07T13:31:39+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T15:05:48+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4839#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4839\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Kagame yibukije abashoramari ko bagomba kubanza guhaza abaturarwanda\",\"datePublished\":\"2017-02-07T13:31:39+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T15:05:48+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4839\"},\"wordCount\":405,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4839#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4839\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4839\",\"name\":\"Kagame yibukije abashoramari ko bagomba kubanza guhaza abaturarwanda - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-02-07T13:31:39+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T15:05:48+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4839#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4839\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4839#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Kagame yibukije abashoramari ko bagomba kubanza guhaza abaturarwanda\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Kagame yibukije abashoramari ko bagomba kubanza guhaza abaturarwanda - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4839","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Kagame yibukije abashoramari ko bagomba kubanza guhaza abaturarwanda - BWIZA","og_description":"Perezida wa Repubulika y\u2019u Rwanda Paul Kagame yibukije abashoramari ko batagomba kwihutira kohereza ibicuruzwa hanze mu gihe bo ubwabo batarabasha kwihaza, ahubwo abakangurira gukora cyane kandi ibintu byiza bifite agaciro kadahanitse cyane ku buryo bigomba kubanza gupigana mu masoko y\u2019imbere mu gihugu. [xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;] Ibi ni bimwe mu bikubiye mu butumwa Perezida Kagame yatanze kuri [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4839","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-02-07T13:31:39+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T15:05:48+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4839#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4839"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Kagame yibukije abashoramari ko bagomba kubanza guhaza abaturarwanda","datePublished":"2017-02-07T13:31:39+00:00","dateModified":"2025-02-12T15:05:48+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4839"},"wordCount":405,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=4839#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4839","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4839","name":"Kagame yibukije abashoramari ko bagomba kubanza guhaza abaturarwanda - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-02-07T13:31:39+00:00","dateModified":"2025-02-12T15:05:48+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4839#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=4839"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4839#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Kagame yibukije abashoramari ko bagomba kubanza guhaza abaturarwanda"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/4839","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=4839"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/4839\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=4839"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=4839"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=4839"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}