{"id":48403,"date":"2022-06-03T16:04:57","date_gmt":"2022-06-03T16:04:57","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2022\/06\/03\/uganda-umugabo-ushinjwa-kwandagaza-abarimo-perezida-kagame-ntabwo-afunzwe\/"},"modified":"2022-06-03T16:04:57","modified_gmt":"2022-06-03T16:04:57","slug":"uganda-umugabo-ushinjwa-kwandagaza-abarimo-perezida-kagame-ntabwo-afunzwe","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=48403","title":{"rendered":"Uganda: Umugabo ushinjwa &#8216;kwandagaza&#8217; abarimo Perezida Kagame ntabwo afunzwe"},"content":{"rendered":"<p><strong>Umuyobozi w&#8217;Urwego rw&#8217;Itangazamakuru muri Uganda, (Uganda Media Centre, UMC), Ofwono Opondo akaba n&#8217;Umuvugizi wa Guverinoma, avuga ko umwe mu bakozi b&#8217;uru rwego, Obed Katureebe, ukurikiranweho kwandagaza abayobozi b&#8217; u Rwanda barimo Perezida Kagame Paul, atagifunzwe, ko ahubwo ari ahantu acungiwe umutekano.<br \/>\n<em><\/h2>\n<p>Katureebe ashinzwe ibikorwa bya rubanda muri UMC, yafunzwe mu ntangiriro za Gicurasi, akekwaho kwifashisha imbuga nkoranyambaga akandagaza u Rwanda, akoresheje amazina mahimbano, Robert Patrick Fati Gakwerere.<\/p>\n<p>Kuwa Kane, Opondo yavuze ko Katureebe adafunzwe nk&#8217;uko bamwe babyibwira, ko ahubwo aho ari &#8221; Acungiwe umutekano kuko hari abashakaga kumugirira nabi.&#8221;<\/p>\n<p>Yagize ati &#8221; Obed yafunzwe mu kwezi gushize. Impamvu nabwiwe izwi ni  uko ubuzima bwe bwari mu kaga. Ubu acungiwe umutekano n&#8217;inzego zacu z&#8217;umutekano. Sindi buvuge ngo ari aha naha.  Buri cyumweru mugeraho cyo kimwe n&#8217;umugore we.  Ntabwo ari muri gereza, nabibahamiriza niyo mwabaza umuryango we wabyemeza ko adafunzwe.&#8221;<\/p>\n<p>Opondo yemeje ko Katureebe akurikiranweho gusebya &#8221; Igihugu gituranyi&#8221; atavuze izina.<\/p>\n<p>Yagize ati &#8221; Obed arimo kuregwa kwandagaza igihugu duturanye turimo kunoza umubano nacyo. Icyo nasaba ni uko iperereza ryakorwa neza. Obed ntabwo ibi abifiteho ikibazo.&#8221;<\/p>\n<p>Uyu muyobozi yavuze ko &#8221; Ntifuza kubona hari umuntu wiciwe ku muhanda cyangwa washimuswe. Sinshaka ko Obed yajya muri icyo cyerekezo. Na perezida yambwiye kuri iki kibazo, yewe na Obed bakivuganyeho.&#8221;<\/p>\n<p>N&#8217;ubwo Katureebe atidegembya, haracyari urujijo kuko konte z\u2019imbuga nkoranyambaga bikekwa ko ari ize ziri mu mazina ya \u2018RPF Gakwerere\u2019 zakomeje gukora, uzikoresha atangaza ko Katureebe yibeshyweho.<\/p>\n<p>RPF Gakwerere wivuga ko ari umusirikare umaranye imyaka irenga 30 ipeti rya Corporal yagize ati: \u201cEjo ku wa 2 Gicurasi 2022, Bwana Obed Katureebe, umunya-Uganda utarigeze yica itegeko na rimwe, yafunzwe na Muhoozi Kainerugaba amushinja kuba njyewe\u201d.<\/p>\n<p>Ikinyamakuru Chimpreports mu makuru cyahawe na bamwe bakora mu biro by\u2019Umukuru w\u2019Igihugu, kivuga ko ubwo Leta y\u2019u Rwanda yari yaragaragaje ko \u2018Katureebe\u2019 ayisebya, Perezida Yoweri Museveni wa Uganda yamuhamagaye, amubaza kuri iki kirego.<\/p>\n<p>Katureebe ngo yasubije Umukuru w\u2019Igihugu ko atari we RPF Gakwerere, asobanura ko ahubwo ari ikirego yahimbiwe n\u2019umunyamakuru w\u2019Umunyarwanda wigeze kuba inshuti ye. Museveni yiyemeje kubikoraho iperereza, uwihishe inyuma y\u2019iri zina akamenyekana.<\/p>\n<p>Tariki ya 11 Werurwe 2022, Katureebe yatangaje inkuru y\u2019igitekerezo cye kuri iki kinyamakuru, ashimira uruhare rw\u2019umuhungu wa Museveni, Lt Gen. Muhoozi Kainerugaba mu kuzahura umubano wa Uganda n\u2019u Rwanda wari umaze igihe kinini warazambye.<\/p>\n<p>Katureebe yasobanuye ibihe yanyuzemo mu gihe ibi bihugu byari bibanye nabi, birimo n\u2019ibyo gushinjwa kuba inyuma y\u2019izina Gakwerere. Ati: \u201cKu giti cyanjye niswe umuntu usebya Leta y\u2019u Rwanda, wihisha inyuma y\u2019izina ry\u2019uwiyita RPF Gakwerere. Birababaje kuko nanjye simuzi\u201d.<\/p>\n<p>Yakomeje agira ati: \u201cNahisemo kudasubiza ibi birego byinshi by\u2019abo mu Rwanda kubera ko nta magambo nari gukoresha kugira ngo andengere mu gihe ibihugu byombi byari bikibanye nabi\u201d.<\/p>\n<p>Katureebe na we wabaye umunyamakuru, yashimiye Imana ko umubano mubi w\u2019ibi bihugu uri kurangira, ibiganiro birimo gusasa inzobe hagati yabyo bigikomeje, kandi ko igihe cya ba \u2018rusahuriramu duru batangaza ibinyoma kugana ku iherezo\u2019.<\/p>\n<p>Kuri we, ngo nta gushidikanya, ameherezo RPF Gakwerere wa nyawe azamenyekana.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umuyobozi w&#8217;Urwego rw&#8217;Itangazamakuru muri Uganda, (Uganda Media Centre, UMC), Ofwono Opondo akaba n&#8217;Umuvugizi wa Guverinoma, avuga ko umwe mu bakozi b&#8217;uru rwego, Obed Katureebe, ukurikiranweho kwandagaza abayobozi b&#8217; u Rwanda barimo Perezida Kagame Paul, atagifunzwe, ko ahubwo ari ahantu acungiwe umutekano. Katureebe ashinzwe ibikorwa bya rubanda muri UMC, yafunzwe mu ntangiriro za Gicurasi, akekwaho kwifashisha [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":12,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-48403","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Uganda: Umugabo ushinjwa &#039;kwandagaza&#039; abarimo Perezida Kagame ntabwo afunzwe - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=48403\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Uganda: Umugabo ushinjwa &#039;kwandagaza&#039; abarimo Perezida Kagame ntabwo afunzwe - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Umuyobozi w&#8217;Urwego rw&#8217;Itangazamakuru muri Uganda, (Uganda Media Centre, UMC), Ofwono Opondo akaba n&#8217;Umuvugizi wa Guverinoma, avuga ko umwe mu bakozi b&#8217;uru rwego, Obed Katureebe, ukurikiranweho kwandagaza abayobozi b&#8217; u Rwanda barimo Perezida Kagame Paul, atagifunzwe, ko ahubwo ari ahantu acungiwe umutekano. Katureebe ashinzwe ibikorwa bya rubanda muri UMC, yafunzwe mu ntangiriro za Gicurasi, akekwaho kwifashisha [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=48403\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2022-06-03T16:04:57+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Fred Rugira\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Fred Rugira\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=48403#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=48403\"},\"author\":{\"name\":\"Fred Rugira\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55\"},\"headline\":\"Uganda: Umugabo ushinjwa &#8216;kwandagaza&#8217; abarimo Perezida Kagame ntabwo afunzwe\",\"datePublished\":\"2022-06-03T16:04:57+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=48403\"},\"wordCount\":501,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=48403#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=48403\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=48403\",\"name\":\"Uganda: Umugabo ushinjwa 'kwandagaza' abarimo Perezida Kagame ntabwo afunzwe - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2022-06-03T16:04:57+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=48403#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=48403\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=48403#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Uganda: Umugabo ushinjwa &#8216;kwandagaza&#8217; abarimo Perezida Kagame ntabwo afunzwe\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55\",\"name\":\"Fred Rugira\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=12\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Uganda: Umugabo ushinjwa 'kwandagaza' abarimo Perezida Kagame ntabwo afunzwe - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=48403","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Uganda: Umugabo ushinjwa 'kwandagaza' abarimo Perezida Kagame ntabwo afunzwe - BWIZA","og_description":"Umuyobozi w&#8217;Urwego rw&#8217;Itangazamakuru muri Uganda, (Uganda Media Centre, UMC), Ofwono Opondo akaba n&#8217;Umuvugizi wa Guverinoma, avuga ko umwe mu bakozi b&#8217;uru rwego, Obed Katureebe, ukurikiranweho kwandagaza abayobozi b&#8217; u Rwanda barimo Perezida Kagame Paul, atagifunzwe, ko ahubwo ari ahantu acungiwe umutekano. Katureebe ashinzwe ibikorwa bya rubanda muri UMC, yafunzwe mu ntangiriro za Gicurasi, akekwaho kwifashisha [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=48403","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2022-06-03T16:04:57+00:00","author":"Fred Rugira","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Fred Rugira","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=48403#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=48403"},"author":{"name":"Fred Rugira","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55"},"headline":"Uganda: Umugabo ushinjwa &#8216;kwandagaza&#8217; abarimo Perezida Kagame ntabwo afunzwe","datePublished":"2022-06-03T16:04:57+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=48403"},"wordCount":501,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=48403#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=48403","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=48403","name":"Uganda: Umugabo ushinjwa 'kwandagaza' abarimo Perezida Kagame ntabwo afunzwe - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2022-06-03T16:04:57+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=48403#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=48403"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=48403#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Uganda: Umugabo ushinjwa &#8216;kwandagaza&#8217; abarimo Perezida Kagame ntabwo afunzwe"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55","name":"Fred Rugira","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=12"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/48403","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/12"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=48403"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/48403\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=48403"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=48403"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=48403"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}