{"id":4846,"date":"2017-02-08T06:54:53","date_gmt":"2017-02-08T06:54:53","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/02\/08\/rulindo-polisi-y-039-u-rwanda-yigishije-abaturage-uburyo-bwo-kugenda-no\/"},"modified":"2017-02-08T06:54:53","modified_gmt":"2017-02-08T06:54:53","slug":"rulindo-polisi-y-039-u-rwanda-yigishije-abaturage-uburyo-bwo-kugenda-no","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4846","title":{"rendered":"Rulindo: Polisi y&#039;u Rwanda yigishije abaturage uburyo bwo kugenda no kwambuka umuhanda"},"content":{"rendered":"<div>\nMu rwego rwo gukomeza kwigisha abaturage amategeko y\u2019umuhanda no kwirinda impanuka, Polisi y\u2019u Rwanda ikorera mu karere ka Rulindo, kuwa kabiri tariki ya 7 Gashyantare 2017 yigishije abaturage bo mu murenge wa Mukoto, uko bagenda kandi bakambuka umuhanda cyane cyane bagakoresha ahagenewe kwambukirwa n\u2019abanyamaguru hazwi nka &#8220;Zebra Crossing&#8221;, kandi bagatabara vuba ugize impanuka kugirango agezwe kwa muganga.\n<\/div>\n<div>\nUbu bukangurambaga bukaba buri muri gahunda za Polisi y\u2019u Rwanda, ariko na none mu minsi ishize muri aka karere hakaba haragiye hagaragara impanuka, akenshi zitewe n\u2019abanyamaguru kandi abaturage ntibihutire gutabara.<br \/>\nUmuyobozi wa Polisi mu karere ka Rulindo Superintendent of Police (SP) Aphrodis Gashumba, yasobanuriye abaturage uko bambuka umuhanda avuga ati:\u201dBirakwiye ko umunyamaguru ugiye kwambuka umuhanda abanza akareba iburyo n\u2019ibumoso, akareba ko nta modoka iri hafi ku buryo yambutse batahurira hagati mu muhanda, maze akabona kwambuka, kandi nabwo akambuka yihuta, akirinda kumara akanya kanini hagati mu muhanda, yirinda kwambuka avugira kuri telephone cyangwa arimo yandika ubutumwa bugufi.\u201d<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]\n<\/div>\n<div>\nSP Gashumba yanasabye abanyamaguru cyane cyane abanyeshuri kwirinda gukinira mu muhanda kuko baba bashyira ubuzima bwabo mu kaga kuko umuhanda atari umuharuro.<br \/>\nUmuyobozi w\u2019ishami rishinzwe umutekano wo mu muhanda muri aka karere Inspector of Police (IP) Francois Ndayambaje, yasabye abaturage ko igihe cyose habaye impanuka, bajya  bihutira gutabara, aho yavuze ati:\u201dMu Rwanda dufite umuco wo gutabarana, ariko bamwe muri mwe hari igihe hano nk\u2019ikamyo ipakiye inzoga ikora impanuka, mukihutira kunywa inzoga ipakiye aho gutabara uri mu kaga. Uyu si umuco nyarwanda kandi mumenye ko kudatabara uri mu kaga bihanwa n\u2019amategeko.\u201d\n<\/div>\n<div>\nYabasabye kandi kujya batanga amakuru y\u2019abashoferi bajugunya imyanda mu muhanda, akaba yavuze ati:\u201dMu rwego rwo gukomeza kugira isuku umuco mu gihugu cyacu, turabasaba ko umushoferi mubonye ujugunya imyanda mu muhanda mwahita mutubwira agahanwa, kuko Polisi n\u2019ubuyobozi bw\u2019akarere barabibakanguriye.\u201d<br \/>\nAbaturage bashimiye inama bagiriwe na Polisi bavuga ko ibyo babigishije bagiye kubigira umuco.<br \/>\n <strong>K<a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong><br \/>\n <em> <strong>@Bwiza.com<\/strong> <\/em>\n<\/div>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Mu rwego rwo gukomeza kwigisha abaturage amategeko y\u2019umuhanda no kwirinda impanuka, Polisi y\u2019u Rwanda ikorera mu karere ka Rulindo, kuwa kabiri tariki ya 7 Gashyantare 2017 yigishije abaturage bo mu murenge wa Mukoto, uko bagenda kandi bakambuka umuhanda cyane cyane bagakoresha ahagenewe kwambukirwa n\u2019abanyamaguru hazwi nka &#8220;Zebra Crossing&#8221;, kandi bagatabara vuba ugize impanuka kugirango agezwe [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-4846","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Rulindo: Polisi y&#039;u Rwanda yigishije abaturage uburyo bwo kugenda no kwambuka umuhanda - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=4846\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Rulindo: Polisi y&#039;u Rwanda yigishije abaturage uburyo bwo kugenda no kwambuka umuhanda - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Mu rwego rwo gukomeza kwigisha abaturage amategeko y\u2019umuhanda no kwirinda impanuka, Polisi y\u2019u Rwanda ikorera mu karere ka Rulindo, kuwa kabiri tariki ya 7 Gashyantare 2017 yigishije abaturage bo mu murenge wa Mukoto, uko bagenda kandi bakambuka umuhanda cyane cyane bagakoresha ahagenewe kwambukirwa n\u2019abanyamaguru hazwi nka &#8220;Zebra Crossing&#8221;, kandi bagatabara vuba ugize impanuka kugirango agezwe [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=4846\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-02-08T06:54:53+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4846#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4846\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Rulindo: Polisi y&#039;u Rwanda yigishije abaturage uburyo bwo kugenda no kwambuka umuhanda\",\"datePublished\":\"2017-02-08T06:54:53+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4846\"},\"wordCount\":338,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4846#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4846\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4846\",\"name\":\"Rulindo: Polisi y&#039;u Rwanda yigishije abaturage uburyo bwo kugenda no kwambuka umuhanda - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-02-08T06:54:53+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4846#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4846\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4846#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Rulindo: Polisi y&#039;u Rwanda yigishije abaturage uburyo bwo kugenda no kwambuka umuhanda\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Rulindo: Polisi y&#039;u Rwanda yigishije abaturage uburyo bwo kugenda no kwambuka umuhanda - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4846","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Rulindo: Polisi y&#039;u Rwanda yigishije abaturage uburyo bwo kugenda no kwambuka umuhanda - BWIZA","og_description":"Mu rwego rwo gukomeza kwigisha abaturage amategeko y\u2019umuhanda no kwirinda impanuka, Polisi y\u2019u Rwanda ikorera mu karere ka Rulindo, kuwa kabiri tariki ya 7 Gashyantare 2017 yigishije abaturage bo mu murenge wa Mukoto, uko bagenda kandi bakambuka umuhanda cyane cyane bagakoresha ahagenewe kwambukirwa n\u2019abanyamaguru hazwi nka &#8220;Zebra Crossing&#8221;, kandi bagatabara vuba ugize impanuka kugirango agezwe [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4846","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-02-08T06:54:53+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4846#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4846"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Rulindo: Polisi y&#039;u Rwanda yigishije abaturage uburyo bwo kugenda no kwambuka umuhanda","datePublished":"2017-02-08T06:54:53+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4846"},"wordCount":338,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=4846#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4846","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4846","name":"Rulindo: Polisi y&#039;u Rwanda yigishije abaturage uburyo bwo kugenda no kwambuka umuhanda - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-02-08T06:54:53+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4846#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=4846"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4846#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Rulindo: Polisi y&#039;u Rwanda yigishije abaturage uburyo bwo kugenda no kwambuka umuhanda"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/4846","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=4846"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/4846\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=4846"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=4846"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=4846"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}