{"id":4863,"date":"2017-02-09T10:15:43","date_gmt":"2017-02-09T10:15:43","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/02\/09\/rusizi-batinya-kuboneza-urubyaro-ngo-abagabo-batabanga\/"},"modified":"2017-02-09T10:15:43","modified_gmt":"2017-02-09T10:15:43","slug":"rusizi-batinya-kuboneza-urubyaro-ngo-abagabo-batabanga","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4863","title":{"rendered":"Rusizi: Batinya kuboneza urubyaro ngo abagabo batabanga"},"content":{"rendered":"<p>Abagore bo murenge wa Nzahaha mu karere ka Rusizi nibo baherutse guhishurira Radio Rwanda ko kuboneza urubyaro bigira ingaruka ku buzima bwabo, bigatuma abagabo babazinukwa. Nyamara sibo gusa, kuko no mu mijyi hari abagore batangira iyo gahunda, abagabo nabo bagafata inzira yo hanze.<br \/>\nUbuhamya bw\u2019umugore wo mu karere ka Rusizi, avuga ko yabyaye abana 6, yaranze kuboneza urubyaro, nubwo umugabo atahwemaga kubimusaba. Uyu mugore ngo bagenzi be bamubwiraga ko imiti iboneza urubyaro ihindura umubiri, maze umugabo ntiyongere kubenguka umugore. Rugorirwera Tabita, avuga ko ari nko kubyibuha cyane, kurwara umutwe n\u2019umugongo udakira, kugira imihango idashira, kuzinukwa imibonano mpuzabitsina n\u2019ibindi.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nUbushakashatsi bugaragaza ko izo zose ari ingaruka zishobora kugaragara mu buzima bw\u2019umugore ufata ibinini cyangwa witeza inshinge. Udakoresha ibi, akoresha urunigi abara iminsi, agakingirizo, gakondo yo kwiyamana (ndi mu bihe bibi) no kwiyakana.<br \/>\n <strong>Yakoreshaga agakingirizo, umukozi amubwira ko amurusha kuryoha<\/strong><br \/>\nUbuhamya bw\u2019umugore wo mu mujyi wa Kigali, avuga ko aherutse kwirukana umukozi wo mu rugo yamusanze asambana n\u2019umugabo we. Ati \u201cnarababonye nkubitwa n\u2019inkuba, ariko ibyo umukozi yambwiye byo byantesheje umutwe kurushaho\u201d.<br \/>\nUmukozi wo mu rugo akimara kwirukanwa, yandikiye nyirabuja ubutumwa bumusaba imbabazi, ko nawe yashutswe. Ubutumwa bugira buti \u201cnanjye sinjye, bosi (sebuja) yamfashe ku ngufu ndaceceka, nyuma akajya ampa amafaranga ngo ndyoshye kukurusha, ngo kuko wowe akoresha agakingirizo, njyewe rero ngo meze neza kuko akorera aho\u201d.<br \/>\nUyu mugore byaramutunguye, ajya kugisha inama abandi bagore. Mu gahinda ke ababazwa n\u2019uko akoresha agakingirizo ngo adasama, kandi yarabivuganye n\u2019umugabo. Ati \u201cnanze ko antera inda none agiye kuyitera abandi\u201d. Akomeza avuga ko ubu buryo babuhisemo ari uko inshinge n\u2019ibinini bimurambiye, kubera umubyibuho n\u2019umugongo udakira.<br \/>\nBagenzi be bamugiriye inama yo kwihangana, ngo ndetse n\u2019ubutaha nabibona azamere nk\u2019utabibonye, ngo kuko ibyaba bikorerwa kure y\u2019aho ari byaba ari byo byinshi. Gusa ngo ntiyakwivumbura ngo areke kuboneza urubyaro kandi kurera bigora.<br \/>\n <em> <strong><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">K<\/a><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong> <\/em><br \/>\n <strong>Karegeya Jean Baptiste\/Bwiza.com<\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Abagore bo murenge wa Nzahaha mu karere ka Rusizi nibo baherutse guhishurira Radio Rwanda ko kuboneza urubyaro bigira ingaruka ku buzima bwabo, bigatuma abagabo babazinukwa. Nyamara sibo gusa, kuko no mu mijyi hari abagore batangira iyo gahunda, abagabo nabo bagafata inzira yo hanze. Ubuhamya bw\u2019umugore wo mu karere ka Rusizi, avuga ko yabyaye abana 6, [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[26],"tags":[],"class_list":["post-4863","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-iterambere-ryumuryango"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Rusizi: Batinya kuboneza urubyaro ngo abagabo batabanga - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=4863\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Rusizi: Batinya kuboneza urubyaro ngo abagabo batabanga - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Abagore bo murenge wa Nzahaha mu karere ka Rusizi nibo baherutse guhishurira Radio Rwanda ko kuboneza urubyaro bigira ingaruka ku buzima bwabo, bigatuma abagabo babazinukwa. Nyamara sibo gusa, kuko no mu mijyi hari abagore batangira iyo gahunda, abagabo nabo bagafata inzira yo hanze. Ubuhamya bw\u2019umugore wo mu karere ka Rusizi, avuga ko yabyaye abana 6, [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=4863\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-02-09T10:15:43+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4863#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4863\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Rusizi: Batinya kuboneza urubyaro ngo abagabo batabanga\",\"datePublished\":\"2017-02-09T10:15:43+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4863\"},\"wordCount\":333,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"iterambere-ryumuryango\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4863#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4863\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4863\",\"name\":\"Rusizi: Batinya kuboneza urubyaro ngo abagabo batabanga - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-02-09T10:15:43+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4863#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4863\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4863#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Rusizi: Batinya kuboneza urubyaro ngo abagabo batabanga\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Rusizi: Batinya kuboneza urubyaro ngo abagabo batabanga - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4863","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Rusizi: Batinya kuboneza urubyaro ngo abagabo batabanga - BWIZA","og_description":"Abagore bo murenge wa Nzahaha mu karere ka Rusizi nibo baherutse guhishurira Radio Rwanda ko kuboneza urubyaro bigira ingaruka ku buzima bwabo, bigatuma abagabo babazinukwa. Nyamara sibo gusa, kuko no mu mijyi hari abagore batangira iyo gahunda, abagabo nabo bagafata inzira yo hanze. Ubuhamya bw\u2019umugore wo mu karere ka Rusizi, avuga ko yabyaye abana 6, [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4863","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-02-09T10:15:43+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4863#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4863"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Rusizi: Batinya kuboneza urubyaro ngo abagabo batabanga","datePublished":"2017-02-09T10:15:43+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4863"},"wordCount":333,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["iterambere-ryumuryango"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=4863#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4863","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4863","name":"Rusizi: Batinya kuboneza urubyaro ngo abagabo batabanga - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-02-09T10:15:43+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4863#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=4863"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4863#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Rusizi: Batinya kuboneza urubyaro ngo abagabo batabanga"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/4863","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=4863"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/4863\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=4863"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=4863"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=4863"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}