{"id":4864,"date":"2017-02-09T11:03:27","date_gmt":"2017-02-09T11:03:27","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/02\/09\/amerika-uwiyise-umuvandimwe-wa-twagiramungu-yahamijwe-ibyaha-bya-jenoside\/"},"modified":"2025-02-12T17:05:34","modified_gmt":"2025-02-12T15:05:34","slug":"amerika-uwiyise-umuvandimwe-wa-twagiramungu-yahamijwe-ibyaha-bya-jenoside","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4864","title":{"rendered":"Amerika: Uwiyise umuvandimwe wa Twagiramungu yahamijwe ibyaha bya Jenoside"},"content":{"rendered":"<p> <em> <strong>Umunyarwanda uba muri leta zunze ubumwe z\u2019Amerika ari impunzi, Gervais Ngombwa akurikiranyweho ibyaha byo kubeshya ubutabera agamije kuba muri Amerika nk\u2019impunzi, yanahamijwe ibyaha birimo kugira uruhare muri jenoside yakorewe abatutsi mu Rwanda mu 1994.<\/strong> <\/em><br \/>\nIjwi ry\u2019Amerika dukesha iyi nkuru rivuga ko urukiko rwahamije uyu Gervais ibyaha bya jenoside yo muri Mata 1994, nyuma y\u2019ubuhamya bwatanzwe n\u2019abantu batandukanye bavuga ko bamwiboneye yica abatutsi ndetse akigarurira ibyabo.<br \/>\n <strong> [xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<\/strong><br \/>\nGervais Ngombwa w\u2019imyaka 56 y\u2019amavuko, yanabaye umuyobozi w\u2019ishyaka MDR-Power ryarwanyaga Abatutsi, iri shyaka rikaba rishinjwa kuba ryarahitanye Abatutsi batari bacye mu gihe cya jenoside. Abatangabuhamya bavuga ko uyu mugabo ubwe yishe ndetse akanakangurira abahutu kwica abatutsi bashakaga ubuhungiro mu nsengero aho yari atuye mu karere ka Bugesera.<br \/>\nUru rukiko ruvuga ko uyu mugabo yari yahamagajwe n\u2019urukiko rwa Gacaca ubwo yari akiri mu Rwanda, akaba akurikiranyweho kubeshya kuva ageze muri Amerika agamije kubona ubuhungiro.<br \/>\n <strong>Mu byaha byo kubeshya ashinjwa birimo <\/strong><br \/>\nKubeshya ko afitanye isano na bamwe mu bahutu bari abayobozi icyo gihe,<br \/>\nKuba hari abavandimwe be bakiri mu Rwanda,<br \/>\nKuba ari umuvandimwe wa Faustin Twagiramungu nawe uri mu buhungiro mu gihugu cy\u2019u Bubiligi,<br \/>\nKuba afite abana mu Rwanda,<br \/>\nKuba yaravuze ko yashyingiranywe inshuro imwe n\u2019umugore witwa Mukakabanda Antoinette<br \/>\nKuba afite abavandimwe n\u2019ababyeyi mu gisirikare cy\u2019u Rwanda,<br \/>\nKubeshya ko umugore we na nyina bishwe n\u2019abasirikare ba leta mu  1990 mbere y\u2019itangira rya jenoside n\u2019ibindi.<br \/>\nUyu mugabo kandi ashinjwa kwitwikira inzu ye ubwe yabagamo mu gace ka Cedar Rapids aho yari atuye hanyuma akajya kubibwira ubuyobozi yaka ubwishingizi muri 2013.<br \/>\nGervais kandi ashinjwa guha ibikoresho interahamwe mu gihe cya jenoside ndetse no kugira uruhare mu bwicanyi bwakorerwaga abatutsi.<br \/>\nUru rukiko rwanzuye ko afungwa imyaka iri hagati 8-10 kubera ibyaha byo kubeshya no kwigira umwere agamije kuba muri Amerika ariko yarangiza igihano akoherezwa mu Rwanda gukurikiranwaho ibya jenoside ashinjwa.<br \/>\nMu mwaka wa 2004, uyu mugabo yakatiwe igifungo cy\u2019imyaka 15 na Gacaca mu karere ka Bugesera aho yari atuye, nyuma aza gucika ajya ku mugabane w\u2019Amerika abeshya ko ari impunzi ndetse anagaragaza amanyanga atandukanye ngo abone ubuhungiro.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nMu 2014, nibwo leta y\u2019u Rwanda yasabye ko uyu mugabo akomeza gukurikiranirwa aho ari ndetse hakabaho guhana amakuru ku mpande zombi.<br \/>\n <strong> <\/strong><br \/>\n <strong>Nsengimna@Bwiza.com<\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umunyarwanda uba muri leta zunze ubumwe z\u2019Amerika ari impunzi, Gervais Ngombwa akurikiranyweho ibyaha byo kubeshya ubutabera agamije kuba muri Amerika nk\u2019impunzi, yanahamijwe ibyaha birimo kugira uruhare muri jenoside yakorewe abatutsi mu Rwanda mu 1994. Ijwi ry\u2019Amerika dukesha iyi nkuru rivuga ko urukiko rwahamije uyu Gervais ibyaha bya jenoside yo muri Mata 1994, nyuma y\u2019ubuhamya bwatanzwe [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-4864","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Amerika: Uwiyise umuvandimwe wa Twagiramungu yahamijwe ibyaha bya Jenoside - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=4864\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Amerika: Uwiyise umuvandimwe wa Twagiramungu yahamijwe ibyaha bya Jenoside - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Umunyarwanda uba muri leta zunze ubumwe z\u2019Amerika ari impunzi, Gervais Ngombwa akurikiranyweho ibyaha byo kubeshya ubutabera agamije kuba muri Amerika nk\u2019impunzi, yanahamijwe ibyaha birimo kugira uruhare muri jenoside yakorewe abatutsi mu Rwanda mu 1994. Ijwi ry\u2019Amerika dukesha iyi nkuru rivuga ko urukiko rwahamije uyu Gervais ibyaha bya jenoside yo muri Mata 1994, nyuma y\u2019ubuhamya bwatanzwe [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=4864\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-02-09T11:03:27+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T15:05:34+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4864#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4864\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Amerika: Uwiyise umuvandimwe wa Twagiramungu yahamijwe ibyaha bya Jenoside\",\"datePublished\":\"2017-02-09T11:03:27+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T15:05:34+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4864\"},\"wordCount\":377,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4864#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4864\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4864\",\"name\":\"Amerika: Uwiyise umuvandimwe wa Twagiramungu yahamijwe ibyaha bya Jenoside - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-02-09T11:03:27+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T15:05:34+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4864#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4864\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4864#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Amerika: Uwiyise umuvandimwe wa Twagiramungu yahamijwe ibyaha bya Jenoside\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Amerika: Uwiyise umuvandimwe wa Twagiramungu yahamijwe ibyaha bya Jenoside - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4864","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Amerika: Uwiyise umuvandimwe wa Twagiramungu yahamijwe ibyaha bya Jenoside - BWIZA","og_description":"Umunyarwanda uba muri leta zunze ubumwe z\u2019Amerika ari impunzi, Gervais Ngombwa akurikiranyweho ibyaha byo kubeshya ubutabera agamije kuba muri Amerika nk\u2019impunzi, yanahamijwe ibyaha birimo kugira uruhare muri jenoside yakorewe abatutsi mu Rwanda mu 1994. Ijwi ry\u2019Amerika dukesha iyi nkuru rivuga ko urukiko rwahamije uyu Gervais ibyaha bya jenoside yo muri Mata 1994, nyuma y\u2019ubuhamya bwatanzwe [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4864","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-02-09T11:03:27+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T15:05:34+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4864#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4864"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Amerika: Uwiyise umuvandimwe wa Twagiramungu yahamijwe ibyaha bya Jenoside","datePublished":"2017-02-09T11:03:27+00:00","dateModified":"2025-02-12T15:05:34+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4864"},"wordCount":377,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=4864#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4864","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4864","name":"Amerika: Uwiyise umuvandimwe wa Twagiramungu yahamijwe ibyaha bya Jenoside - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-02-09T11:03:27+00:00","dateModified":"2025-02-12T15:05:34+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4864#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=4864"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4864#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Amerika: Uwiyise umuvandimwe wa Twagiramungu yahamijwe ibyaha bya Jenoside"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/4864","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=4864"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/4864\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=4864"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=4864"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=4864"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}