{"id":4892,"date":"2017-02-12T10:40:07","date_gmt":"2017-02-12T10:40:07","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/02\/12\/hari-abatazi-bimwe-mu-bice-by-umubiri-mu-kinyarwanda\/"},"modified":"2017-02-12T10:40:07","modified_gmt":"2017-02-12T10:40:07","slug":"hari-abatazi-bimwe-mu-bice-by-umubiri-mu-kinyarwanda","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4892","title":{"rendered":"Hari abatazi bimwe mu bice by\u2019umubiri mu Kinyarwanda"},"content":{"rendered":"<p> <em> <strong>Ururimi rw\u2019Ikinyarwanda ruracyari ikibazo kuri bamwe mu barukoresha, cyane cyane mu byerekeye ibice by\u2019umubiri w\u2019umuntu. Benshi bakenera ababasobanurira iyo bahuye n\u2019uvuga ikinyarwanda cy\u2019umwimerere, dore ko ubu no mu mashuri aya masomo yigwa guhera muwa kane, kandi mu cyongereza.<\/strong> <\/em><br \/>\nNta kabura imvano, muri ki gitondo, umunyamakuru ayobeje umutumirwa wasobanuraga iby\u2019indwara. Umunturage ahamagaye avuga ko afite ikibazo ku \u201c <strong> <em>umurundi<\/em> <\/strong> \u201d-igice kiri hagati y\u2019ivi n\u2019ikirenge, gikomemeye kigizwe n\u2019igufwa wumva nta nyama iriho. Umutumirwa ntiyabashije kubyumva, umunyamakuru aramusobanurira aramuyobya. Ati \u201cumurundi ni ku kuguru ahagana inyuma\u201d.<br \/>\n <strong>[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<\/strong><br \/>\nMu gisubizo umuganga yatanze agira ati \u201cubwo zaba ari imbwa zigufata, kuko waba warakoze siporo nyinshi ukaza kuzihagarika. Uzaze turebe\u201d.  <em>NDLR imbwa zifata ku murundi<\/em> . Ibi ntibitangaje cyane, kuko hari benshi mu bakoresha uru rurimi  batazi byose uko byitwa. Impamvu ni nyinshi nko kuba batarize mu Rwanda cyangwa batararubayemo cyane.<br \/>\nUmunyeshuri wiga mu mwaka wa 6 w\u2019amashuri abanza, nawe avuga ko atazi iki gice. Agira ati \u201cibice by\u2019umubiri tubyiga kuva mu wa kane, kandi tubyiga mu cyongereza.  <em>Nabwo <strong> batwigisha amara n\u2019umwijima, i<\/strong> <\/em> byo by\u2019inyuma ntabyo twiga\u201d. Iki gisubizo kigaragaza ko umuti wabyo utari hafi kuboneka, nyamara abanyarwanda benshi baba mu cyaro n\u2019abatarabashije kwiga mu ndimi z\u2019amahanga, bivugira icyo Kinyarwanda cy\u2019umwimerere.<br \/>\n <strong>Bimwe mu bice by\u2019umubiri bigoranye kumenya<\/strong><br \/>\n <strong>1.Umurundi<\/strong> : Igice cy\u2019imbere ku kuguru, kiri hagati y\u2019ivi n\u2019ikirenge. Kirakomeye, kigizwe n\u2019igufwa ritwikiriye agahu gato nta nyama nyinshi ziriho. Niho hava ijambo \u201cIgicamurundi\u201d, igihe hagize ukubita kuri icyo gice, cyane mu mukino w\u2019amaguru n\u2019imirwano ya gakondo.<br \/>\n <strong>2.Ruseke<\/strong> : Ni igufwa ririmo imbere mu murundi. Rifatiye runini ukuguru kuko rihuza ivi n\u2019akabumbampore kugana ku kirenge.<br \/>\n <strong>3.Ubujana<\/strong> : Igice gihuza ikiganza n\u2019ukuboko. Ni ahantu hajegajega hatuma ikiganza gikora byinshi kisanzuye: guhina, kugana inyuma n\u2019imbere ndetse n\u2019ibindi. Nk\u2019umumotari udafite ubujana buzima ntiyabasha kongeza umuriro kuri moto.<br \/>\n <strong>4.Igihumbi\/mu gihumbi<\/strong> : Igice cy\u2019inyuma hejuru y\u2019umugongo ugana ku ijosi. Nicyo gishamitsemo intugu n\u2019irugu. Ni nka Lento(urufatiro rw\u2019inzu) ku muntu.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\n <strong>5.Nyiramivumbi<\/strong> : Agace k\u2019umutwe, hagati y\u2019ijisho n\u2019ugutwi, hamwe hakunda kurega umutsi igihe umuntu ananiwe cyanwa arakaye. Benshi bahita mu cyico, kuko ngo uhakubiswe agwa hasi agahwera.<br \/>\n <strong>6.Iyasha\/amayasha<\/strong> : Igice cyo hasi, hagati y\u2019amatako n\u2019igitsina. Ni inguni ubona ko ariho itako ricomekeye, iyo umuntu ahuje amaguru amayasha aba atagaragara.<br \/>\n <strong>7.Urwano\/ibyano<\/strong> : Igice kiri mu gituza ugana ku rutugu.  <strong> <em>Kugarika ibyano<\/em> <\/strong>  ku mukobwa ni ukugaragaza ikimero, uteze amaboko nk\u2019ubyina.<br \/>\n <strong>8.Inguge<\/strong> : Ni igice kiri munsi aho umugongo urangirira, ugahura n\u2019ikibuno. Aha bavuga ko uhavunitse adapfa gukira, kuko nirwo rufatiro rw\u2019umugongo. Hari n\u2019abahita urukenyerero.<br \/>\n <strong>9.Mugabuzi<\/strong> : Ni mu gituza hagati, aho imbavu zihurira(urubavu rwa nyuma hasi). Munsi ya mugabuzi hahita hatangira inda, itagira igufwa. Mbese mugabuzi niyo irangiza igice kikomeye mu gatuza. Hari abavuga ko kuhita mugabuzi byaba bivuga ko iyo umuntu ashonje haratebera, yaba ahazi hakeguka.<br \/>\n <strong>10.Utubumbampore\/utubumbambari<\/strong> : Ihiniro ry\u2019ikirenge, aho gihurira n\u2019ukuguru. Buri kuguru kugira tubiri, ubwo umuntu agira tune. Nacyo ni igice gikomeye, kuko iyo kirwaye umuntu ntabasha gutambuka.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nIbyo ni bimwe mu bice abantu badakunze kumenya, kenshi kubera ko mu mvugo isanzwe bidakoreshwa, usibye nko mu buvuzi.<br \/>\n <strong> <em><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">K<\/a><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/em> <\/strong><br \/>\n <strong>Karegeya Jean Baptiste@Bwiza.com<\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ururimi rw\u2019Ikinyarwanda ruracyari ikibazo kuri bamwe mu barukoresha, cyane cyane mu byerekeye ibice by\u2019umubiri w\u2019umuntu. Benshi bakenera ababasobanurira iyo bahuye n\u2019uvuga ikinyarwanda cy\u2019umwimerere, dore ko ubu no mu mashuri aya masomo yigwa guhera muwa kane, kandi mu cyongereza. Nta kabura imvano, muri ki gitondo, umunyamakuru ayobeje umutumirwa wasobanuraga iby\u2019indwara. Umunturage ahamagaye avuga ko afite ikibazo [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[7],"tags":[],"class_list":["post-4892","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-utuntu-nutundi"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Hari abatazi bimwe mu bice by\u2019umubiri mu Kinyarwanda - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=4892\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Hari abatazi bimwe mu bice by\u2019umubiri mu Kinyarwanda - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Ururimi rw\u2019Ikinyarwanda ruracyari ikibazo kuri bamwe mu barukoresha, cyane cyane mu byerekeye ibice by\u2019umubiri w\u2019umuntu. Benshi bakenera ababasobanurira iyo bahuye n\u2019uvuga ikinyarwanda cy\u2019umwimerere, dore ko ubu no mu mashuri aya masomo yigwa guhera muwa kane, kandi mu cyongereza. Nta kabura imvano, muri ki gitondo, umunyamakuru ayobeje umutumirwa wasobanuraga iby\u2019indwara. Umunturage ahamagaye avuga ko afite ikibazo [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=4892\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-02-12T10:40:07+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4892#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4892\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Hari abatazi bimwe mu bice by\u2019umubiri mu Kinyarwanda\",\"datePublished\":\"2017-02-12T10:40:07+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4892\"},\"wordCount\":555,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"utuntu-nutundi\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4892#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4892\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4892\",\"name\":\"Hari abatazi bimwe mu bice by\u2019umubiri mu Kinyarwanda - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-02-12T10:40:07+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4892#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4892\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4892#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Hari abatazi bimwe mu bice by\u2019umubiri mu Kinyarwanda\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Hari abatazi bimwe mu bice by\u2019umubiri mu Kinyarwanda - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4892","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Hari abatazi bimwe mu bice by\u2019umubiri mu Kinyarwanda - BWIZA","og_description":"Ururimi rw\u2019Ikinyarwanda ruracyari ikibazo kuri bamwe mu barukoresha, cyane cyane mu byerekeye ibice by\u2019umubiri w\u2019umuntu. Benshi bakenera ababasobanurira iyo bahuye n\u2019uvuga ikinyarwanda cy\u2019umwimerere, dore ko ubu no mu mashuri aya masomo yigwa guhera muwa kane, kandi mu cyongereza. Nta kabura imvano, muri ki gitondo, umunyamakuru ayobeje umutumirwa wasobanuraga iby\u2019indwara. Umunturage ahamagaye avuga ko afite ikibazo [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4892","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-02-12T10:40:07+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4892#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4892"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Hari abatazi bimwe mu bice by\u2019umubiri mu Kinyarwanda","datePublished":"2017-02-12T10:40:07+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4892"},"wordCount":555,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["utuntu-nutundi"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=4892#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4892","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4892","name":"Hari abatazi bimwe mu bice by\u2019umubiri mu Kinyarwanda - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-02-12T10:40:07+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4892#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=4892"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4892#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Hari abatazi bimwe mu bice by\u2019umubiri mu Kinyarwanda"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/4892","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=4892"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/4892\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=4892"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=4892"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=4892"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}