{"id":4894,"date":"2017-02-12T13:39:51","date_gmt":"2017-02-12T13:39:51","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/02\/12\/menya-inkomoko-y-umunsi-w-abarwayi-wizihizwa-buri-11-gashyantare\/"},"modified":"2025-02-25T14:19:38","modified_gmt":"2025-02-25T12:19:38","slug":"menya-inkomoko-y-umunsi-w-abarwayi-wizihizwa-buri-11-gashyantare","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4894","title":{"rendered":"Menya inkomoko y\u2019umunsi w\u2019abarwayi wizihizwa buri 11 Gashyantare"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Ku itariki ya 11 Gashyantare buri mwaka, ni umunsi mpuzamahanga w\u2019abarwayi, uyu munsi wizihizwa ahantu hose ku isi ndwtse no mu Rwanda. Wizihizwa hegeranywa inkunga yo gufasha abarwayi n\u2019indembe hirya no hino mu bitaro bitandukanye, ndetse hamwe na hamwe hagakorerwa ibitramo by\u2019ivugabutumwa bigamije guhumurizwa. Ibyo bigakorerwa no mu bigo nderabuzima n\u2019ahandi hari abarwayi babasha kumva ubwo butumwa.<\/em> <\/strong><br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nUyu munsi rero, washyizweho na Papa Yohani Pawulo wa II mu 1992. Ukaba ari umunsi uhurirana n\u2019uko muri kiliziya gatulika hizihijwe umunsi mukuru wa Bikira Mariya wa Lourdes, kuko kuri iyi tariki  ari bwo yabonekeyeho umukobwa witwa Bernadeta maze mu butumwa yamuhaye kugeza ku isi hakazamo kenshi akibanda ku bwo gusabira abarwayi no kubitaho.<br \/>\nPapa Yohani Pawulo II yaje kwemeza ubu butumwa mu rwego rwo kugira ngo ubu butumwa bujye bwifashishwa mu gukangurira abantu kumenya agaciro k\u2019ububabare bwa bagenzi babo.<br \/>\nUbushakashatsi bwakozwe n\u2019umuryango w\u2019Abibumbye agashami kita ku buzima OMS muri 2012, bwerekana ko abasaga miliyoni 56 bapfa buri mwaka bitewe n\u2019impamvu zitandukanye.<br \/>\nUbu bushakashatsi kandi bwagaragaje ko indwara zandura, iz\u2019imirire mibi ndetse n\u2019iz\u2019uruhererekane mu muryango ngo zihitana abagera kuri 23%, mu gihe ngo abagera ku 9% abapfa bazize impanuka.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nOMS ivuga ko indwara zitandura ari zo ziri ku isonga mu guhitana benshi ku isi, aho ngo ziyongereye kuko ngo mu bushakashatsi bakoze kuri uwo mwaka wa 2012 basanze zihitana abagera kuri 68% mu gihe zahitanaga abagera kuri 60% mu mwaka w\u20192000. Indwara ziza ku isonga kandi mu guhitana benshi ku isi ni indwara z\u2019umutima, canser, diabete ndetse n\u2019indwara zo mu myanya y\u2019ubuhumekero. Ishyirahamwe mpuzamahanga ryita ku ndwara ya diabete rivuga ko mu bantu bakuru batuye iyi si, ngo 8,4% barwaye diabete.<br \/>\nUbu bushakashatsi kandi mwerekana ko indwara z\u2019umutima zahitanye abasaga miliyoni 17,5  ku isi muri 2012, bangana abantu 3 ku 10 barwaye. Aha hakiyongeraho n\u2019abandi basaga miliyoni 7,4 bishwe n\u2019iturika ry\u2019imitsi yo mu bwonko.<br \/>\nOMS kandi ivuga ko mu bihugu bikize abagejeje ku myaka 70 kuzamura ari bo bicwa n\u2019izi ndwara cyane kuko ngo bagera kuri 7\/10 mu gihe abana bari munsi y\u2019imyaka 15 y\u2019amavuko abahitanwa na zo ari 1%. Naho ngo mu bihugu bikennye ngo izi ndwara zivugana abana bari munsi y\u2019imyaka 15 bagera kuri 4\/10, mu gihe abashaje bahitanwa na zo ku isi bagera kuri 2\/10.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nMuri rusange, indwara z\u2019umutima ndetse na Diabete ngo ni zo zica abaturage bo ku mugabane w\u2019Afrika cyane aho ngo baruta abicwa n\u2019icyorezo cya Sida. Ngo abanyafrika bagera kuri 5,7% barwaye diabete.<br \/>\nIndwara ya Maraliya, nayo iri mu zihitana benshi muri Afrika. Mu bushakakashatsi OMS yakoze muri 2013 yagaragaje ko abantu basaga miliyoni 198 barwaye malariya, aho abasaga ibihumbi 584 000 bahitanywe nayo, muri bo abagera ku bihumbi 437 000 ni abana bo ku mugabane w\u2019Afrika bari munsi y\u2019imyaka 5 y\u2019amavuko.<br \/>\nKu ruhande rw\u2019u Rwanda, indwara zitandura nizo ziri ku isonga mu guhitana benshi, nka Cancer, umutima, indwara z\u2019imyanya y\u2019ubuhumekero, diabetes, impyiko, indwara zo mu mutwe n\u2019izindi, aho mu mwaka wa 2014 ngo zahitanye abagera kuri 36% by\u2019abarwayi, mu gihe muri 2011 zari zahitanye 29%.<br \/>\nKomisiyo y\u2019imibereho myiza y\u2019abaturage mu Rwanda iherutse kugeza kuri Sena y\u2019u Rwanda imiterere y\u2019ikibazo cy\u2019indwara zitandura, aho mu mbogamizi zagaraye zirimo kuba abanyarwanda bazimenya ari uko barembye, kuba ngo ubuvuzi bwazo buhenze ndetse na bamwe mu bavuzi gakondo babeshya abarwayi ko bazivura, maze bigatuma zihitana benshi.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nUmunsi mpuzamahanga w\u2019abarwayi ubusanzwe wizihizwa mu ibigo bitandukanye n\u2019abantu ku giti cyabo begera abarwayi aho bari bakabafasha mu buryo butandukanye, mu rwego rwo kubahumuriza no kubarinda kwiheba.<br \/>\nInsanganyamatsiko y\u2019uyu munsi kuri iyi nshuro igira iti: \u201cUgutangarira ibyo Imana ikora\u201d<br \/>\n\u00a0<br \/>\n <strong><a href=\"mailto:Nsengimana@Bwiza.com\">Nsengimana@Bwiza.com<\/a><\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ku itariki ya 11 Gashyantare buri mwaka, ni umunsi mpuzamahanga w\u2019abarwayi, uyu munsi wizihizwa ahantu hose ku isi ndwtse no mu Rwanda. Wizihizwa hegeranywa inkunga yo gufasha abarwayi n\u2019indembe hirya no hino mu bitaro bitandukanye, ndetse hamwe na hamwe hagakorerwa ibitramo by\u2019ivugabutumwa bigamije guhumurizwa. Ibyo bigakorerwa no mu bigo nderabuzima n\u2019ahandi hari abarwayi babasha kumva [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[371],"tags":[],"class_list":["post-4894","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-iyobokamana-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Menya inkomoko y\u2019umunsi w\u2019abarwayi wizihizwa buri 11 Gashyantare - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=4894\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Menya inkomoko y\u2019umunsi w\u2019abarwayi wizihizwa buri 11 Gashyantare - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Ku itariki ya 11 Gashyantare buri mwaka, ni umunsi mpuzamahanga w\u2019abarwayi, uyu munsi wizihizwa ahantu hose ku isi ndwtse no mu Rwanda. Wizihizwa hegeranywa inkunga yo gufasha abarwayi n\u2019indembe hirya no hino mu bitaro bitandukanye, ndetse hamwe na hamwe hagakorerwa ibitramo by\u2019ivugabutumwa bigamije guhumurizwa. Ibyo bigakorerwa no mu bigo nderabuzima n\u2019ahandi hari abarwayi babasha kumva [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=4894\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-02-12T13:39:51+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-25T12:19:38+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4894#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4894\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Menya inkomoko y\u2019umunsi w\u2019abarwayi wizihizwa buri 11 Gashyantare\",\"datePublished\":\"2017-02-12T13:39:51+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-25T12:19:38+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4894\"},\"wordCount\":606,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"iyobokamana\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4894#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4894\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4894\",\"name\":\"Menya inkomoko y\u2019umunsi w\u2019abarwayi wizihizwa buri 11 Gashyantare - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-02-12T13:39:51+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-25T12:19:38+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4894#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4894\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4894#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Menya inkomoko y\u2019umunsi w\u2019abarwayi wizihizwa buri 11 Gashyantare\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Menya inkomoko y\u2019umunsi w\u2019abarwayi wizihizwa buri 11 Gashyantare - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4894","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Menya inkomoko y\u2019umunsi w\u2019abarwayi wizihizwa buri 11 Gashyantare - BWIZA","og_description":"Ku itariki ya 11 Gashyantare buri mwaka, ni umunsi mpuzamahanga w\u2019abarwayi, uyu munsi wizihizwa ahantu hose ku isi ndwtse no mu Rwanda. Wizihizwa hegeranywa inkunga yo gufasha abarwayi n\u2019indembe hirya no hino mu bitaro bitandukanye, ndetse hamwe na hamwe hagakorerwa ibitramo by\u2019ivugabutumwa bigamije guhumurizwa. Ibyo bigakorerwa no mu bigo nderabuzima n\u2019ahandi hari abarwayi babasha kumva [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4894","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-02-12T13:39:51+00:00","article_modified_time":"2025-02-25T12:19:38+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4894#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4894"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Menya inkomoko y\u2019umunsi w\u2019abarwayi wizihizwa buri 11 Gashyantare","datePublished":"2017-02-12T13:39:51+00:00","dateModified":"2025-02-25T12:19:38+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4894"},"wordCount":606,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["iyobokamana"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=4894#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4894","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4894","name":"Menya inkomoko y\u2019umunsi w\u2019abarwayi wizihizwa buri 11 Gashyantare - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-02-12T13:39:51+00:00","dateModified":"2025-02-25T12:19:38+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4894#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=4894"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4894#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Menya inkomoko y\u2019umunsi w\u2019abarwayi wizihizwa buri 11 Gashyantare"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/4894","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=4894"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/4894\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=4894"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=4894"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=4894"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}