{"id":49409,"date":"2022-07-05T12:22:38","date_gmt":"2022-07-05T12:22:38","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2022\/07\/05\/perezida-kagame-yahishuye-ko-hari-abashatse-kudobya-chogm-muri-kigali\/"},"modified":"2022-07-05T12:22:38","modified_gmt":"2022-07-05T12:22:38","slug":"perezida-kagame-yahishuye-ko-hari-abashatse-kudobya-chogm-muri-kigali","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=49409","title":{"rendered":"Perezida Kagame yahishuye ko hari abashatse kudobya CHOGM muri Kigali"},"content":{"rendered":"<p><strong>Mu gihe abantu bagera ku 6000 bari bateraniye i Kigali mu Nama y\u2019ibihugu bikoresha Icyongereza yiswe CHOGM, hari abantu bashatse kuyirogoya binyuze mu guhungabanya umutekano w\u2019abatuye Kigali ariko inzego z\u2019umutekano zibatanga imbere.<br \/>\n<em><\/h2>\n<p>Perezida Paul Kagame yabibwiye RBA ubwo bamubazaga icyo avuga ku bantu bavugaga ko abarashe mu Rwanda muri Musanze na Burera bibwiraga ko ubuyobozi buhuze k\u2019uburyo butabona umwanya wo gukurikirana ikibazo nka kiriya.<\/p>\n<p>Umukuru w\u2019u Rwanda yavuze ko uko ibintu byaba bihugije Abanyarwanda kose, badashobora guhuga k\u2019uburyo umutekano wabo wahungabana.<\/p>\n<p>Umunyamakuru wa RBA yabwiye Umukuru w\u2019u Rwanda ko ubwo hari ibisasu byaraswaga muri Musanze no muri Burera, hari abaturage bamwe bavugaga ko ababirasa barimo bagerageza u Rwanda ngo barebe ko rujya mu ntambara yeruye na DRC \u00a0bityo CHOGM ikomwe mu nkokora.<\/p>\n<p>Kagame yavuze ko mu mutekano hari ibintu bigari birebwa, ko agakomye kose kadahita gakura abantu umutima ngo bafate imyanzuro rimwe na rimwe ishobora kuba ihubikiwe, ahubwo ko hari ibirebwa mu buryo bw\u2019igihe kirekire.<\/p>\n<p>Yavuze ko inzego z\u2019umutekano w\u2019u Rwanda hari abantu zakomye mu nkokora bari bafite icyifuzo cyo guhungabanya umutekano w\u2019i Kigali ahaberaga inama ya CHOGM.<br \/>\nAti: \u201c Ababikoze byarabananiye kandi n\u2019abazatekereza kubikora nabo ntabwo bizabashobokera.\u201d<\/p>\n<p>Hashize ibyumweru bigera kuri bitatu Minisiteri y\u2019ingabo z\u2019u Rwanda \u00a0isabye Abanyarwanda gushyira umutima mu\u00a0 nda kuko n\u2019ubwo hari ibindi bisasu byaguye k\u2019ubutaka bw\u2019u Rwanda bivuye muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo\u00a0 ahitwa Bunagana bikagwa mu Murenge wa Kinigi mu Karere ka Musanze, ibintu bitari byafashe intera yo hejuru.<\/p>\n<p>Iriya yari inshuro ya kabiri biriya bisasu biguye mu Rwanda biva muri \u00a0Repubulika ya Demukarasi ya Congo bigwa mu Rwanda.<\/p>\n<p>Ubwo bwagwaga mu Rwanda mu mpera za Gicurasi, 2022 ku nshuro ya mbere, hari abantu byakomereje ndetse byangiza n\u2019inyubako.<\/p>\n<p>Icyakora ku nshuro ya kabiri\u00a0 nta muntu byahitanye ariko ngo cyarushijeho gukura abantu umutima.<\/p>\n<p>Mbere gato y\u2019uko CHOGM itangira, hari taliki 18, Kamena, 2022, hari itangazo Polisi y\u2019u Rwanda yasohoye rivuga ko hari abantu bitwaje intwaro barasiye abantu mu modoka mu Karere ka Nyamagabe hapfa babiri. Byabereye ahitwa Kitabi.<\/p>\n<p>Abarashe bariya bantu babarasiye mu\u00a0 modoka yari irimo abantu benshi hapfa umushoferi n\u2019undi muntu umwe.<\/p>\n<p>Hari abandi bantu batandatu bakomeretse bajyanwa ku bitaro bya Kaminuza bya Butare ngo bavurwe nyuma umwe wari wakomeretse cyane ajyanwa CHUK.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Mu gihe abantu bagera ku 6000 bari bateraniye i Kigali mu Nama y\u2019ibihugu bikoresha Icyongereza yiswe CHOGM, hari abantu bashatse kuyirogoya binyuze mu guhungabanya umutekano w\u2019abatuye Kigali ariko inzego z\u2019umutekano zibatanga imbere. Perezida Paul Kagame yabibwiye RBA ubwo bamubazaga icyo avuga ku bantu bavugaga ko abarashe mu Rwanda muri Musanze na Burera bibwiraga ko ubuyobozi [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":12,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[126],"class_list":["post-49409","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw","tag-amamenyesha"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Perezida Kagame yahishuye ko hari abashatse kudobya CHOGM muri Kigali - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=49409\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Perezida Kagame yahishuye ko hari abashatse kudobya CHOGM muri Kigali - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Mu gihe abantu bagera ku 6000 bari bateraniye i Kigali mu Nama y\u2019ibihugu bikoresha Icyongereza yiswe CHOGM, hari abantu bashatse kuyirogoya binyuze mu guhungabanya umutekano w\u2019abatuye Kigali ariko inzego z\u2019umutekano zibatanga imbere. Perezida Paul Kagame yabibwiye RBA ubwo bamubazaga icyo avuga ku bantu bavugaga ko abarashe mu Rwanda muri Musanze na Burera bibwiraga ko ubuyobozi [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=49409\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2022-07-05T12:22:38+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Fred Rugira\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Fred Rugira\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=49409#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=49409\"},\"author\":{\"name\":\"Fred Rugira\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55\"},\"headline\":\"Perezida Kagame yahishuye ko hari abashatse kudobya CHOGM muri Kigali\",\"datePublished\":\"2022-07-05T12:22:38+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=49409\"},\"wordCount\":386,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"keywords\":[\"Amamenyesha\"],\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=49409#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=49409\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=49409\",\"name\":\"Perezida Kagame yahishuye ko hari abashatse kudobya CHOGM muri Kigali - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2022-07-05T12:22:38+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=49409#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=49409\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=49409#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Perezida Kagame yahishuye ko hari abashatse kudobya CHOGM muri Kigali\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55\",\"name\":\"Fred Rugira\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=12\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Perezida Kagame yahishuye ko hari abashatse kudobya CHOGM muri Kigali - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=49409","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Perezida Kagame yahishuye ko hari abashatse kudobya CHOGM muri Kigali - BWIZA","og_description":"Mu gihe abantu bagera ku 6000 bari bateraniye i Kigali mu Nama y\u2019ibihugu bikoresha Icyongereza yiswe CHOGM, hari abantu bashatse kuyirogoya binyuze mu guhungabanya umutekano w\u2019abatuye Kigali ariko inzego z\u2019umutekano zibatanga imbere. Perezida Paul Kagame yabibwiye RBA ubwo bamubazaga icyo avuga ku bantu bavugaga ko abarashe mu Rwanda muri Musanze na Burera bibwiraga ko ubuyobozi [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=49409","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2022-07-05T12:22:38+00:00","author":"Fred Rugira","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Fred Rugira","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=49409#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=49409"},"author":{"name":"Fred Rugira","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55"},"headline":"Perezida Kagame yahishuye ko hari abashatse kudobya CHOGM muri Kigali","datePublished":"2022-07-05T12:22:38+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=49409"},"wordCount":386,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"keywords":["Amamenyesha"],"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=49409#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=49409","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=49409","name":"Perezida Kagame yahishuye ko hari abashatse kudobya CHOGM muri Kigali - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2022-07-05T12:22:38+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=49409#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=49409"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=49409#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Perezida Kagame yahishuye ko hari abashatse kudobya CHOGM muri Kigali"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55","name":"Fred Rugira","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=12"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/49409","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/12"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=49409"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/49409\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=49409"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=49409"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=49409"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}