{"id":49468,"date":"2022-07-06T16:14:11","date_gmt":"2022-07-06T16:14:11","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2022\/07\/06\/umugore-witwa-phiona-yandikiye-museveni-avuga-ko-gen-kainerugaba-akora-icyo-u\/"},"modified":"2022-07-06T16:14:11","modified_gmt":"2022-07-06T16:14:11","slug":"umugore-witwa-phiona-yandikiye-museveni-avuga-ko-gen-kainerugaba-akora-icyo-u","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=49468","title":{"rendered":"Umugore witwa Phiona yandikiye Museveni avuga ko Gen Kainerugaba akora icyo u Rwanda rumusabye"},"content":{"rendered":"<p><strong>Uwitwa Phiona Kanuuna akaba umugore w&#8217;umukozi ukorera Urwego rushinzwe Itangazamakuru muri Uganda, Uganda Media Centre (UMC), yandikiye Perezida Museveni  Yoweli kaguta, amusaba kuhagoboka kuko asanga umuhungu we akaba n&#8217;Umugaba w&#8217;Ingabo zirwanira ku Butaka, Lt. Gen. Muhoozi Kainerugaba, akora ibyo u Rwanda rumusabye byose, ibintu avuga ko biteye inkeke.<br \/>\n<em><\/h2>\n<p>Uyu mugore avuga ko umugabo we Katureebe yafashwe mu mezi abiri ashize, akaba yaraburiwe irengero, ku mabwiriza yatanzwe na Lt. Gen. Kainerugaba ariko ngo yabisabwe na Kigali.<\/p>\n<p>Mu ibaruwa yo kuwa 3 Nyakanga 2022 imenyesha Museveni ku ibura rya Katureebe, Kanuuna avuga ko &#8221; Umugabo wanjye yafashwe ku mabwiriza ya Gen Kainerugaba.&#8221;<\/p>\n<p>Muri iyo baruwa, hari aho  Kanuuna agira ati &#8221; Bimaze kugaragara ko Gen Kainerugaba ari hejuru y&#8217;amategeko kandi igiteye impungenge ni uko yiteguye nta kujijinganya gukora ibyo u Rwanda rumusaba.&#8221;<\/p>\n<p>Hari icyo uyu mugore yibajije, ati &#8221; Nanone kureba ko ibivugwa ari ukuri, ni gute ibirego byazamuwe n&#8217;ikindi gihugu byatuma umwenegihugu, umukozi muri perezidansi afatwa agafungwa amezi abiri bitazwi? Ese ubwo Uganda ni igihugu gifite ubusugire? Ese ubwo iracyagendera ku mategeko? Noneho ubu tuvuge ko dukolonijwe n&#8217; u Rwanda?&#8221;<\/p>\n<p>Daily Monitor dukesha iyi nkuru ivuga ko Umuyobozi w&#8217;Urwego rw&#8217;Ubutasi bwa Gisirikare (CMI), Maj. Gen. Birungi James, yahawe kopi ariko ku mugoroba w&#8217;ejo akaba yaremeye ngo &#8216;Nitwe tumufite. Yafashwe mu buryo buzwi ntabwo yashimuswe, hari ibirego turi kumubazaho.&#8221;<\/p>\n<p>Kanuuna kandi agaruka ku gikorwa yise &#8221; Igiteye isoni.&#8221; Kubona Gen Birungi ubwo yajyaga i Kigali kuwa 5 Kamena yarajyanye telefoni ngendanwa, mudasobwa bya Katureebe akabiha abo ku ruhande rw&#8217; u Rwanda. Binyuranyije n&#8217;amategeko kuko si urukiko rwabitegetse, turateganya kugana inkiko.&#8221;<\/p>\n<p>Ku rundi ruhande ariko Gen Kainerugaba ntacyo aratangaza ku kuba Obed Katureebe bivugwa ko ashinjwa gusebya Perezida Kagame n&#8217;abandi bayobozi ba Kigali bakomeye, binyuze ku mbuga nkoranyambaga; Facebook na Twitter mu mazina mahimbano (Robert Patrick Fati Gakwerere).<\/p>\n<p>Ntibyakunze ko abayobozi muri ambasade y&#8217; u Rwanda muri Uganda bagira icyo batangariza Daily Monitor kuri iki kibazo, gusa abayobozi b&#8217; u Rwanda nta n&#8217;umwe wigeze avuga kuri iki kibazo cya Katureebe, bivugwa ko Kigali ifite akaboko mu ifatwa rye.<\/p>\n<p>Katureebe yakunze guhakana ko ari we Gakwerere, avuga ko ibyo ashinjwa byahimbwe n&#8217;Umwe mu banyamakuru baba mu Rwanda bahoze ari inshuti ze. Umuyobozi we, Ofonwo Opondo yari yavuze ko Katureebe atafunzwe, ahubwo yagiye gucungirwa umutekano kuko hari abamuhigaga ngo bamwivugane.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Uwitwa Phiona Kanuuna akaba umugore w&#8217;umukozi ukorera Urwego rushinzwe Itangazamakuru muri Uganda, Uganda Media Centre (UMC), yandikiye Perezida Museveni Yoweli kaguta, amusaba kuhagoboka kuko asanga umuhungu we akaba n&#8217;Umugaba w&#8217;Ingabo zirwanira ku Butaka, Lt. Gen. Muhoozi Kainerugaba, akora ibyo u Rwanda rumusabye byose, ibintu avuga ko biteye inkeke. Uyu mugore avuga ko umugabo we Katureebe [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":12,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-49468","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Umugore witwa Phiona yandikiye Museveni avuga ko Gen Kainerugaba akora icyo u Rwanda rumusabye - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=49468\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Umugore witwa Phiona yandikiye Museveni avuga ko Gen Kainerugaba akora icyo u Rwanda rumusabye - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Uwitwa Phiona Kanuuna akaba umugore w&#8217;umukozi ukorera Urwego rushinzwe Itangazamakuru muri Uganda, Uganda Media Centre (UMC), yandikiye Perezida Museveni Yoweli kaguta, amusaba kuhagoboka kuko asanga umuhungu we akaba n&#8217;Umugaba w&#8217;Ingabo zirwanira ku Butaka, Lt. Gen. Muhoozi Kainerugaba, akora ibyo u Rwanda rumusabye byose, ibintu avuga ko biteye inkeke. Uyu mugore avuga ko umugabo we Katureebe [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=49468\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2022-07-06T16:14:11+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Fred Rugira\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Fred Rugira\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=49468#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=49468\"},\"author\":{\"name\":\"Fred Rugira\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55\"},\"headline\":\"Umugore witwa Phiona yandikiye Museveni avuga ko Gen Kainerugaba akora icyo u Rwanda rumusabye\",\"datePublished\":\"2022-07-06T16:14:11+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=49468\"},\"wordCount\":394,\"commentCount\":2,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=49468#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=49468\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=49468\",\"name\":\"Umugore witwa Phiona yandikiye Museveni avuga ko Gen Kainerugaba akora icyo u Rwanda rumusabye - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2022-07-06T16:14:11+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=49468#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=49468\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=49468#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Umugore witwa Phiona yandikiye Museveni avuga ko Gen Kainerugaba akora icyo u Rwanda rumusabye\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55\",\"name\":\"Fred Rugira\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=12\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Umugore witwa Phiona yandikiye Museveni avuga ko Gen Kainerugaba akora icyo u Rwanda rumusabye - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=49468","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Umugore witwa Phiona yandikiye Museveni avuga ko Gen Kainerugaba akora icyo u Rwanda rumusabye - BWIZA","og_description":"Uwitwa Phiona Kanuuna akaba umugore w&#8217;umukozi ukorera Urwego rushinzwe Itangazamakuru muri Uganda, Uganda Media Centre (UMC), yandikiye Perezida Museveni Yoweli kaguta, amusaba kuhagoboka kuko asanga umuhungu we akaba n&#8217;Umugaba w&#8217;Ingabo zirwanira ku Butaka, Lt. Gen. Muhoozi Kainerugaba, akora ibyo u Rwanda rumusabye byose, ibintu avuga ko biteye inkeke. Uyu mugore avuga ko umugabo we Katureebe [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=49468","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2022-07-06T16:14:11+00:00","author":"Fred Rugira","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Fred Rugira","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=49468#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=49468"},"author":{"name":"Fred Rugira","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55"},"headline":"Umugore witwa Phiona yandikiye Museveni avuga ko Gen Kainerugaba akora icyo u Rwanda rumusabye","datePublished":"2022-07-06T16:14:11+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=49468"},"wordCount":394,"commentCount":2,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=49468#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=49468","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=49468","name":"Umugore witwa Phiona yandikiye Museveni avuga ko Gen Kainerugaba akora icyo u Rwanda rumusabye - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2022-07-06T16:14:11+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=49468#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=49468"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=49468#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Umugore witwa Phiona yandikiye Museveni avuga ko Gen Kainerugaba akora icyo u Rwanda rumusabye"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55","name":"Fred Rugira","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=12"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/49468","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/12"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=49468"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/49468\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=49468"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=49468"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=49468"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}