{"id":49640,"date":"2022-07-12T10:21:16","date_gmt":"2022-07-12T10:21:16","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2022\/07\/12\/perezida-wa-ibuka-ntiyumva-ukuntu-meya-wa-rubavu-yatinze-gufatira-icyemezo\/"},"modified":"2022-07-12T10:21:16","modified_gmt":"2022-07-12T10:21:16","slug":"perezida-wa-ibuka-ntiyumva-ukuntu-meya-wa-rubavu-yatinze-gufatira-icyemezo","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=49640","title":{"rendered":"Perezida wa IBUKA ntiyumva ukuntu Meya wa Rubavu \u2018yatinze&#8217; gufatira icyemezo uwohereje umukozi wo mu gikoni mu kwibuka"},"content":{"rendered":"<p><strong>Perezida wa IBUKA, Nkuranga Egide, yagaragaje ko atumva uburyo ubuyobozi bw\u2019akarere ka Rubavu bwari bumaze ukwezi butarafatira icyemezo umukozi ushinzwe uburezi mu murenge wa Rugerero wohereje umutetsi ngo amuhagararire mu muhango wo kwibuka.<\/strong><\/p>\n<p>Nkuranga mu kiganiro yagiranye na BWIZA mu gitondo cy\u2019uyu wa 12 Nyakanga 2022 nyuma y\u2019inkuru y\u2019iyirukanwa ry\u2019uyu mukozi witwa Nyiraneza Esp\u00e9rance, yavuze ko icyo uyu muyobozi ushinzwe uburezi yakoze ari ugupfobya jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.<\/p>\n<p>Tariki ya 3 Kamena 2022 ni bwo Umunyamabanga Nshingwabikorwa w\u2019umurenge wa Rugerero, Murenzi Augustin, wagombaga guhagararira akarere mu muhango wo kwibuka mu rwunge rw\u2019amashuri rwa Nkama, ariko ntiyaboneka kubera ko yagombaga gusezeranya abageni.<\/p>\n<p>Gitifu Murenzi yamenyesheje Nyiraneza ko ajya kumuhagararira muri uyu muhango muri G.S Nkama, ariko ntiyajyayo, ahubwo yohereza umutetsi w&#8217;ishuri ryisumbuye rya Coll\u00e8ge Inyemeramihigo de Gisenyi witwa Mbarushimana Jean Claude.<\/p>\n<p>Igikorwa cyo kwibuka nticyagenze neza kuko ngo ubwo abari bacyitabiriye bamenyeshwaga ko uyu mutetsi ari we uhagarariye akarere, bamwe mu barokotse jenoside barahungabanye, Mbarushimana asabwa guhita ava aho cyaberaga.<\/p>\n<p>Soma inkuru yabanje https:\/\/bwiza.com\/?Rubavu-Umukwikwi-yahagarariye-akarere-mu-gikorwa-cyo-kwibuka-biteza-ihungabana<\/p>\n<p><strong>IBUKA ibona akarere karakerewe gufata icyemezo<\/strong><\/p>\n<p>Nkuranga yasobanuriye iki kinyamakuru ko ibi bikimara kuba, Gitifu Murenzi n\u2019abarokotse jenoside muri Rugerero bahise bakora raporo, bayoherereza ubuyobozi bw\u2019akarere ka Rubavu. Yagize ati: &#8220;Executif w\u2019umurenge yahise anakora ka raporo afatanyije n\u2019abacitse ku icumu, bayikorera akarere.&#8221;<\/p>\n<p>Ntabwo yumva uburyo hashize ukwezi umuyobozi w\u2019akarere atarafata icyemezo. Ati : &#8220;Ariko reba ko hashize ukwezi kose harabuze ufata icyemezo. Njyewe ikosa ndarishyira ku muyobozi w\u2019akarere. Kubera iki? Yananiwe gufata icyemezo.&#8221;<\/p>\n<p>Nkuranga avuga ko komite ishinzwe imyitwarire ku rwego rw\u2019akarere yateranye nyuma yo kwakira iyi raporo, ifata icyemezo cyo kwirukana Nyiraneza, ariko ngo Meya wa Rubavu, Kambogo Ildephonse atinda gusinyaho, ahubwo abanza guhamagara abantu \u2018bose\u2019. <\/p>\n<p>Iki kinyamakuru cyamenye ko ubwo Meya Kambogo yashyikirizwaga icyemezo na komite ishinzwe imyitwarire, we yahisemo kuyibika mu kabati ku mpamvu zitazwi ariko zivugwaho ibintu bitandukanye.<\/p>\n<p>Ntabwo byashobotse ko BWIZA ivugana na Meya Kambogo kuko kuri uyu wa 11 Nyakanga yasobanuye ko araza kugira icyo asobanura naramuka abonetse. Nta gisubizo cye kiraboneka kugeza ubu, ariko nikiza kuboneka kirongerwa mu nkuru.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Perezida wa IBUKA, Nkuranga Egide, yagaragaje ko atumva uburyo ubuyobozi bw\u2019akarere ka Rubavu bwari bumaze ukwezi butarafatira icyemezo umukozi ushinzwe uburezi mu murenge wa Rugerero wohereje umutetsi ngo amuhagararire mu muhango wo kwibuka. Nkuranga mu kiganiro yagiranye na BWIZA mu gitondo cy\u2019uyu wa 12 Nyakanga 2022 nyuma y\u2019inkuru y\u2019iyirukanwa ry\u2019uyu mukozi witwa Nyiraneza Esp\u00e9rance, yavuze [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":11,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[126,132],"class_list":["post-49640","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw","tag-amamenyesha","tag-featured-post"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Perezida wa IBUKA ntiyumva ukuntu Meya wa Rubavu \u2018yatinze&#039; gufatira icyemezo uwohereje umukozi wo mu gikoni mu kwibuka - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=49640\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Perezida wa IBUKA ntiyumva ukuntu Meya wa Rubavu \u2018yatinze&#039; gufatira icyemezo uwohereje umukozi wo mu gikoni mu kwibuka - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Perezida wa IBUKA, Nkuranga Egide, yagaragaje ko atumva uburyo ubuyobozi bw\u2019akarere ka Rubavu bwari bumaze ukwezi butarafatira icyemezo umukozi ushinzwe uburezi mu murenge wa Rugerero wohereje umutetsi ngo amuhagararire mu muhango wo kwibuka. Nkuranga mu kiganiro yagiranye na BWIZA mu gitondo cy\u2019uyu wa 12 Nyakanga 2022 nyuma y\u2019inkuru y\u2019iyirukanwa ry\u2019uyu mukozi witwa Nyiraneza Esp\u00e9rance, yavuze [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=49640\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2022-07-12T10:21:16+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"TUYIZERE JD\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"TUYIZERE JD\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=49640#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=49640\"},\"author\":{\"name\":\"TUYIZERE JD\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320\"},\"headline\":\"Perezida wa IBUKA ntiyumva ukuntu Meya wa Rubavu \u2018yatinze&#8217; gufatira icyemezo uwohereje umukozi wo mu gikoni mu kwibuka\",\"datePublished\":\"2022-07-12T10:21:16+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=49640\"},\"wordCount\":362,\"commentCount\":18,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"keywords\":[\"Amamenyesha\",\"Featured Post\"],\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=49640#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=49640\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=49640\",\"name\":\"Perezida wa IBUKA ntiyumva ukuntu Meya wa Rubavu \u2018yatinze' gufatira icyemezo uwohereje umukozi wo mu gikoni mu kwibuka - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2022-07-12T10:21:16+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=49640#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=49640\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=49640#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Perezida wa IBUKA ntiyumva ukuntu Meya wa Rubavu \u2018yatinze&#8217; gufatira icyemezo uwohereje umukozi wo mu gikoni mu kwibuka\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320\",\"name\":\"TUYIZERE JD\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=11\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Perezida wa IBUKA ntiyumva ukuntu Meya wa Rubavu \u2018yatinze' gufatira icyemezo uwohereje umukozi wo mu gikoni mu kwibuka - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=49640","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Perezida wa IBUKA ntiyumva ukuntu Meya wa Rubavu \u2018yatinze' gufatira icyemezo uwohereje umukozi wo mu gikoni mu kwibuka - BWIZA","og_description":"Perezida wa IBUKA, Nkuranga Egide, yagaragaje ko atumva uburyo ubuyobozi bw\u2019akarere ka Rubavu bwari bumaze ukwezi butarafatira icyemezo umukozi ushinzwe uburezi mu murenge wa Rugerero wohereje umutetsi ngo amuhagararire mu muhango wo kwibuka. Nkuranga mu kiganiro yagiranye na BWIZA mu gitondo cy\u2019uyu wa 12 Nyakanga 2022 nyuma y\u2019inkuru y\u2019iyirukanwa ry\u2019uyu mukozi witwa Nyiraneza Esp\u00e9rance, yavuze [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=49640","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2022-07-12T10:21:16+00:00","author":"TUYIZERE JD","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"TUYIZERE JD","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=49640#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=49640"},"author":{"name":"TUYIZERE JD","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320"},"headline":"Perezida wa IBUKA ntiyumva ukuntu Meya wa Rubavu \u2018yatinze&#8217; gufatira icyemezo uwohereje umukozi wo mu gikoni mu kwibuka","datePublished":"2022-07-12T10:21:16+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=49640"},"wordCount":362,"commentCount":18,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"keywords":["Amamenyesha","Featured Post"],"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=49640#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=49640","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=49640","name":"Perezida wa IBUKA ntiyumva ukuntu Meya wa Rubavu \u2018yatinze' gufatira icyemezo uwohereje umukozi wo mu gikoni mu kwibuka - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2022-07-12T10:21:16+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=49640#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=49640"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=49640#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Perezida wa IBUKA ntiyumva ukuntu Meya wa Rubavu \u2018yatinze&#8217; gufatira icyemezo uwohereje umukozi wo mu gikoni mu kwibuka"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320","name":"TUYIZERE JD","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=11"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/49640","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/11"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=49640"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/49640\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=49640"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=49640"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=49640"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}