{"id":4967,"date":"2017-02-17T11:06:37","date_gmt":"2017-02-17T11:06:37","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/02\/17\/miliyari-68-zigiye-gukoreshwa-mu-gukundisha-abanyarwanda-umuco-wo-gusoma\/"},"modified":"2025-02-12T17:04:37","modified_gmt":"2025-02-12T15:04:37","slug":"miliyari-68-zigiye-gukoreshwa-mu-gukundisha-abanyarwanda-umuco-wo-gusoma","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4967","title":{"rendered":"Miliyari 68 zigiye gukoreshwa mu gukundisha Abanyarwanda umuco wo gusoma ibitabo"},"content":{"rendered":"<p> <em> <strong>Leta y\u2019u Rwanda iratangaza ko igihe gukundisha abanyarwanda umuco wo gusoma ibitabo by\u2019ikinyarwanda hibandwa ku bakiri bato, iyi gahunda ikaba izatuma byibuze abana basaga Miliyoni 1 bazaba bamaze gufashwa muri ubu buryo mu gihe cy\u2019imyaka 4 iri imbere.<\/strong> <\/em><br \/>\nIbi ni ibyatangajwe ku munsi w\u2019ejo tariki ya 16 Gashyantare 2017, ubwo hatangizwaga uyu mushinga wo gutera inkunga abana b\u2019abanyarwanda ngo babashe gukunda gusoma ikinyarwanda mu rwego rwo gukomeza guteza imbere ururimi rw\u2019ikinyarwanda.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nUyu muhango waranzwe n\u2019amasezerano y\u2019ubufatanye ku nkunga y\u2019umuryango nterankunga nyamerika wa USAID ukaba ari na wo uatera inkunga iyi gahunda.<br \/>\nIyi gahunda yo gufasha abanyarwanda gukunda umuco wo gusoma, ikubiye mu nsanganyamatsiko zirimo amoko atandukanye, aho zimwe zishingiye kuri gahunda yo gutoza abanyeshuri, abarezi n\u2019abandi.<br \/>\nIzi gahuda zirimo \u201cMureke dusome\u201d izaba igamije guha uruhare ababyeyi rwo kwicarana n\u2019abana bagasoma ibitabo bizaba byaragenwe, ibi ngo bikaba bizafasha ku mpande zombi gukundishanya gusoma ikinyarwanda.<br \/>\nIndi gahunda ni nka \u201cSoma umenye\u201d, iyi yo ikaba izaba igamije gutoza abalimu gusoma no kubaha ibikoresho bihagije bibongerera ubumenyi cyane cyane mu buryo bya interineti mu rwego rwo kugira ngo na bo babashe kubitoza abo barera n\u2019izindi.<br \/>\nUhagarariye Amerika mu Rwanda, Erica Barks-Ruggles wari muri uyu muhango, yavuze ko bari gutera inkunga iyi gahunda mu rwego rwo kugira ngo abana babashe gukura bazi ururimi rwabo kavukire, bazi kuruvuga, kurwandika no kurwumva.<br \/>\nYagize ati\u201dumubano wacu n\u2019u Rwanda ugamije kurufasha kugera ku ntego z\u2019icyerekezo 2020, guteza imbere ubumenyi bw\u2019ururimi rw\u2019ikinyarwanda mu bana b\u2019u Rwanda ikaba ari imwe muri gahunda zacu.\u201d<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nUyu muyobozi yakomeje avuga ko batera inkunga Guverinoma y\u2019u Rwanda kuko na yo iba yagaragaje uruhare n\u2019umuhati mu guteza imbere uburere bw\u2019umwana.<br \/>\nIsaac Munyakazi, ni umunyamabanga wa leta ushinzwe amashuri abanza n\u2019ayisumbuye muri Minisiteri y\u2019uburezi. Avuga ko iyi gahunda izafasha igihugu gutera imbere mu bukungu kuko intego za cyo zizaba zirimo ubumenyi buhagije.<br \/>\n <strong> <em><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">K<\/a><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/em> <\/strong><br \/>\n <strong> <em><a href=\"mailto:Nsengimana@Bwiza.com\">Nsengimana@Bwiza.com<\/a><\/em> <\/strong><br \/>\n <strong> <em> <\/em> <\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Leta y\u2019u Rwanda iratangaza ko igihe gukundisha abanyarwanda umuco wo gusoma ibitabo by\u2019ikinyarwanda hibandwa ku bakiri bato, iyi gahunda ikaba izatuma byibuze abana basaga Miliyoni 1 bazaba bamaze gufashwa muri ubu buryo mu gihe cy\u2019imyaka 4 iri imbere. Ibi ni ibyatangajwe ku munsi w\u2019ejo tariki ya 16 Gashyantare 2017, ubwo hatangizwaga uyu mushinga wo gutera [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-4967","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Miliyari 68 zigiye gukoreshwa mu gukundisha Abanyarwanda umuco wo gusoma ibitabo - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=4967\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Miliyari 68 zigiye gukoreshwa mu gukundisha Abanyarwanda umuco wo gusoma ibitabo - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Leta y\u2019u Rwanda iratangaza ko igihe gukundisha abanyarwanda umuco wo gusoma ibitabo by\u2019ikinyarwanda hibandwa ku bakiri bato, iyi gahunda ikaba izatuma byibuze abana basaga Miliyoni 1 bazaba bamaze gufashwa muri ubu buryo mu gihe cy\u2019imyaka 4 iri imbere. Ibi ni ibyatangajwe ku munsi w\u2019ejo tariki ya 16 Gashyantare 2017, ubwo hatangizwaga uyu mushinga wo gutera [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=4967\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-02-17T11:06:37+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T15:04:37+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4967#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4967\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Miliyari 68 zigiye gukoreshwa mu gukundisha Abanyarwanda umuco wo gusoma ibitabo\",\"datePublished\":\"2017-02-17T11:06:37+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T15:04:37+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4967\"},\"wordCount\":346,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4967#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4967\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4967\",\"name\":\"Miliyari 68 zigiye gukoreshwa mu gukundisha Abanyarwanda umuco wo gusoma ibitabo - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-02-17T11:06:37+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T15:04:37+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4967#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4967\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4967#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Miliyari 68 zigiye gukoreshwa mu gukundisha Abanyarwanda umuco wo gusoma ibitabo\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Miliyari 68 zigiye gukoreshwa mu gukundisha Abanyarwanda umuco wo gusoma ibitabo - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4967","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Miliyari 68 zigiye gukoreshwa mu gukundisha Abanyarwanda umuco wo gusoma ibitabo - BWIZA","og_description":"Leta y\u2019u Rwanda iratangaza ko igihe gukundisha abanyarwanda umuco wo gusoma ibitabo by\u2019ikinyarwanda hibandwa ku bakiri bato, iyi gahunda ikaba izatuma byibuze abana basaga Miliyoni 1 bazaba bamaze gufashwa muri ubu buryo mu gihe cy\u2019imyaka 4 iri imbere. Ibi ni ibyatangajwe ku munsi w\u2019ejo tariki ya 16 Gashyantare 2017, ubwo hatangizwaga uyu mushinga wo gutera [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4967","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-02-17T11:06:37+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T15:04:37+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4967#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4967"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Miliyari 68 zigiye gukoreshwa mu gukundisha Abanyarwanda umuco wo gusoma ibitabo","datePublished":"2017-02-17T11:06:37+00:00","dateModified":"2025-02-12T15:04:37+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4967"},"wordCount":346,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=4967#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4967","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4967","name":"Miliyari 68 zigiye gukoreshwa mu gukundisha Abanyarwanda umuco wo gusoma ibitabo - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-02-17T11:06:37+00:00","dateModified":"2025-02-12T15:04:37+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4967#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=4967"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4967#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Miliyari 68 zigiye gukoreshwa mu gukundisha Abanyarwanda umuco wo gusoma ibitabo"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/4967","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=4967"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/4967\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=4967"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=4967"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=4967"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}