{"id":50154,"date":"2022-07-31T10:45:00","date_gmt":"2022-07-31T10:45:00","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2022\/07\/31\/musanze-umugore-aravuga-ko-yakubiswe-n-umukozi-wa-wasac-akamubwira-kujya-kurega\/"},"modified":"2022-07-31T10:45:00","modified_gmt":"2022-07-31T10:45:00","slug":"musanze-umugore-aravuga-ko-yakubiswe-n-umukozi-wa-wasac-akamubwira-kujya-kurega","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=50154","title":{"rendered":"Musanze: Umugore aravuga ko yakubiswe n&#8217;umukozi wa WASAC akamubwira kujya kurega iyo ashaka"},"content":{"rendered":"<p><strong>Umugore witwa Yvonne Iribagiza w&#8217;imyaka 25 wo mu Mudugudu wa Ngugu, Akagari ka Byahi mu Murenge wa Rubavu mu Karere ka Rubavu, aravuga ko yakubitiwe mu Mudugudu wa Kungo, Akagari ka Kabeza mu Murenge wa Cyuve, Akarere ka Musanze, bikozwe n&#8217;uwitwa Makuza Jean Damascene, utuye ahitwa ku Ngagi, akaba asanzwe ari umukozi wa WASAC mu Karere ka Burera na Musanze, wamubwiye kujya kurega aho ashaka mu gihugu hose ku bw&#8217;ibyo amukoreye.<br \/>\n<em><\/h2>\n<p>Uyu mugore ufite umwana umwe ahetse, yatangarije BWIZA ko ibi byabaye kuwa 22 Kamena 2022, ubwo yazindukaga mu gitondo agiye kureba Makuza ngo amusabe kujya kumuhinduriza icyangombwa cy&#8217;ubutaka cy&#8217;umurima ufite UPI 4\/04\/03\/02\/2407 uri mu Mudugudu wa Mataba, Akagari ka Gisovu, Umurenge wa Cyanika mu Karere ka Burera, wari waraguzwe n&#8217;umugabo we, Murangira Patrick, Frw miliyoni ebyiri mu 2017.<\/p>\n<p><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\" aligncenter size-full wp-image-50149\" src=\"https:\/\/new.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2022\/07\/img_20220729_112159_051-scaled.jpg\" alt=\"img_20220729_112159_051.jpg\" align=\"center\" width=\"1968\" height=\"2560\" srcset=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2022\/07\/img_20220729_112159_051-scaled.jpg 1968w, https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2022\/07\/img_20220729_112159_051-231x300.jpg 231w, https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2022\/07\/img_20220729_112159_051-787x1024.jpg 787w, https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2022\/07\/img_20220729_112159_051-768x999.jpg 768w, https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2022\/07\/img_20220729_112159_051-1181x1536.jpg 1181w, https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2022\/07\/img_20220729_112159_051-1574x2048.jpg 1574w, https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2022\/07\/img_20220729_112159_051-860x1119.jpg 860w, https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2022\/07\/img_20220729_112159_051-1536x1998.jpg 1536w\" sizes=\"(max-width: 1968px) 100vw, 1968px\" \/><br \/>\n<strong>Kopi y&#8217;Amasezerano y&#8217;ubugure hagati ya Makuza Jean Damascene n&#8217;umugabo wa Iribagiza Yvonne ari we, Murangira Patrick<br \/>\n<em><\/h2>\n<p>Avuga ko akihagera yabwiye Makuza ikimugenza ariko undi aramukubita  we n&#8217;umugore we, Dusabeyezu Philomene, banamusohora mu gipangu cye nabi, ariko na we yatabaje abaturanyi ba Makuza, avuga ko ari gukubitwa.<\/p>\n<p>Mu ijwi ririmo ikiniga ati &#8221; Nagurishije umurima nari nagabanye iwacu kwa data nkiri umunyeshuri, nyaha umugabo wanjye ngo yongereho ajye kuyaguramo undi murima. Yumvikanye na Makuza Jean Damascene amuca Frw miliyoni ebyiri. Yabaye amuhaye Frw miliyoni n&#8217;igice, bemeranya ko Frw 500,000 asigaye azayamuha mu mezi make. Umugabo wanjye Makuza yamuhaye icyangombwa cy&#8217;ubutaka banandikanwa amasezerano y&#8217;ubugure, n&#8217;umugore we arabisinyira nk&#8217;uko inyandiko mfite ibyerekana. Ibyo byangombwa umugabo yarabinsigiye ajya gupagasa muri Uganda ngo abone Frw 500,000 yari abasigayemo ariko Corona ituma bidashoboka kuko akazi karabuze&#8230;&#8221;<\/p>\n<p>Akomeza agira ati &#8221; Umugore wa Makuza (Dusabeyezu Philomene) yarampamagaye ambwira ko impapuro dufite ari impimbano. Yambwiye ko atigeze asinya ku masezerano y&#8217;ubugure, ngo umugabo we yaramusinyiye. Yanambwiye ko iyo sambu ari we wayigabanye mu muryango w&#8217;iwabo, ko ahubwo ibyo twakoze bizadukoraho, antera ubwoba ngo bazaadufunga. Mbajije umugabo wanjye uko byagenze, niba koko umugore wa Makuza atarasinye, yambwiye ko Makuza yamubwiye ko umugore we arwariye umugongo mu Bitaro bya Ruhengeri, bityo yamuhaye amasezerano y&#8217;ubugure, ayajyanira umugore we kwa muganga arasinya, Makuza yayamusubije ku izina ry&#8217;umugore we hasinye. Njye nari ngiye kureba Makuza ngo nibura niba atemera kuduhinduriza, adusubize amafaranga yacu kuko bari bari no kudusohora  mu nzu.&#8221;<\/p>\n<p><img decoding=\"async\" class=\" aligncenter size-full wp-image-50150\" src=\"https:\/\/new.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2022\/07\/img_20220729_120859_056.jpg\" alt=\"img_20220729_120859_056.jpg\" align=\"center\" width=\"800\" height=\"600\" srcset=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2022\/07\/img_20220729_120859_056.jpg 800w, https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2022\/07\/img_20220729_120859_056-300x225.jpg 300w, https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2022\/07\/img_20220729_120859_056-768x576.jpg 768w\" sizes=\"(max-width: 800px) 100vw, 800px\" \/><br \/>\n<strong>Iribagiza Yvonne uvuga ko yakubiswe na Makuza Jean Damascene ubuyobozi bw&#8217;Akagari ka Kabeza bugatambamira ko yabona ubutabera\/BWIZA 2022<br \/>\n<em><\/h2>\n<p>Iribagiza ariko avuga ko ibi  bitamunyuze ahubwo byatumye anyarukira i Musanze ngo abaze Makuza Jean Damascene iby&#8217;icyo kibazo uko giteye ari nabwo ngo Makuza yamukubise,  nawe agatabaza. Avuga ko ibi byabonywe na benshi ko ahubwo ikibazo kuba atavuka i Musanze, atamenye ababa barabibonye.<\/p>\n<p>Yagize ati &#8221; Umugabo yavuye muri Uganda mubwira uko umugore wa Makuza yampamagaye kuri telefoni ambwira ko umugabo we yaduhaye impapuro mpimbano.  Umugabo wanjye yagiye kureba Makuza amubaza iby&#8217;icyo kibazo, Makuza amubwira ko umugore we ubwo ari we uri gushaka kumutekera imitwe. Yongeye gusubirayo, asaba Makuza kumusubiza Frw ye, arabyemera ko azayamuha muri Nyakanga 2022 ariko icyo gihe ngo yashatse no kumukubita. Yagiye amubeshya kenshi ko agiye kuyamusubiza ariko ntabikore kugeza ubwo yagiye kumurega ku Kagari ka Kabeza ariko ntibyagira icyo bitanga. Yasanze Makuza bamutinya, arakomeye hano i Musanze.&#8221;<\/p>\n<p><strong>Makuza Jean Damascene yakubise Iribagiza<br \/>\n<\/strong><\/p>\n<p>Anketi  BWIZA ifitiye kopi, yakozwe kuwa 22 Kamena 2022 ubwo Iribagiza yari amaze gukubitwa na Makuza Jean Damascene,  ivuga ko &#8220;Ari impamo ko uyu mugabo yakubise uyu mugore.&#8221;<\/p>\n<p>Ni anketi yakozwe n&#8217;Umuyobozi w&#8217;Umudugudu wa Kungo, Christophe Bangangira n&#8217;ushinzwe umutekano muri uwo mudugudu, Deo Hategekimana, abayobozi bo muri aka gace ibi byabereyemo.<\/p>\n<p> Muri iyi anketi harimo n&#8217;abatangabuhamya babiri bumvise Iribagiza atabaza, avuga ko ari gukubitwa na Makuza.<\/p>\n<p>Anketi iti &#8221; Duhamagawe n&#8217;uwitwa Iribagiza Yvonne atubwira ko ahohotewe, agakubitwa na Makuza Jean Damascene. Yatubwiye ko yagiye muri urwo rugo agiye kubwira Makuza ko bajya kumuhinduriza ubutaka bamugurishije, Makuza akamukubita ubwe.&#8221;<\/p>\n<p>Ikomeza ivuga ko Makuza Jean Damascene yasuzuguye ubuyobozi bw&#8217;umudugudu. Iti  &#8220;Tugeze kwa Makuza tugira ngo tuvugane na we, banga kudukingurira.&#8221; Aha Iribagiza avuga ko Makuza yari mu rugo ndetse ko n&#8217;umugore we, Dusabeyezu yahamagawe kuri telefoni yanga kwitaba ngo nabo muri iyo anketi bagire ibyo babazwa.<\/p>\n<p><img decoding=\"async\" class=\" aligncenter size-full wp-image-50151\" src=\"https:\/\/new.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2022\/07\/img_20220729_111155_083.jpg\" alt=\"img_20220729_111155_083.jpg\" align=\"center\" width=\"540\" height=\"796\" srcset=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2022\/07\/img_20220729_111155_083.jpg 540w, https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2022\/07\/img_20220729_111155_083-204x300.jpg 204w\" sizes=\"(max-width: 540px) 100vw, 540px\" \/><br \/>\n<strong>Anketi isobanura uko byagenze<br \/>\n<em><\/h2>\n<p><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\" aligncenter size-full wp-image-50152\" src=\"https:\/\/new.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2022\/07\/img_20220729_111212_448-scaled.jpg\" alt=\"img_20220729_111212_448.jpg\" align=\"center\" width=\"1707\" height=\"2560\" srcset=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2022\/07\/img_20220729_111212_448-scaled.jpg 1707w, https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2022\/07\/img_20220729_111212_448-200x300.jpg 200w, https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2022\/07\/img_20220729_111212_448-683x1024.jpg 683w, https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2022\/07\/img_20220729_111212_448-768x1152.jpg 768w, https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2022\/07\/img_20220729_111212_448-1024x1536.jpg 1024w, https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2022\/07\/img_20220729_111212_448-1366x2048.jpg 1366w, https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2022\/07\/img_20220729_111212_448-860x1290.jpg 860w, https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2022\/07\/img_20220729_111212_448-1536x2304.jpg 1536w\" sizes=\"(max-width: 1707px) 100vw, 1707px\" \/><\/p>\n<p>Abatangabuhamya muri iyo anketi bavuga ko batabaye Iribagiza wavugaga ko ari gukubitwa na Makuza Jean Damascene. Umwe muribo, usanzwe acururiza hafi aho ibyo kurya, Irakiza Blaise, yabwiye ubuyobozi ko &#8221; Twumvise umuntu utabaza, tuhageze dusanga atagitaka ariko yavugaga ko yakubitwaga na Makuza.&#8221;<\/p>\n<p>Uwitwa Bigirimana Jean Pierre wabumbiraga amatafari hafi aho, muri iyo anketi avuga ko yumvise Iribagiza ari gukubitwa.<\/p>\n<p>Yagize ati &#8221; Nagiye gutabara nsanga bari kumusunika ngo nabavire mu rugo banaseka cyane, we yavugaga ko bamukubise.&#8221;<\/p>\n<p>Muri iyo anketi, ubuyobozi bw&#8217;umudugudu bukimara kumva abatangabuhamya, bwanzuye ko Iribagiza yakubiswe koko, bumwohereza ku Kagari ka Kabeza ngo bamuterere kashi, ajye kuri RIB.<\/p>\n<p><strong>Akagari ka Kabeza katunzwe agatoki ko kuba rushorera muri iki kibazo<br \/>\n<\/strong><\/p>\n<p>Iribagiza avuga ko akimara gukubitwa abantu batabaye, agakorerwa anketi, yagiye gutanga ikirego kuri RIB, bamusaba kujya kuyitersha kashi ku  Kagari ka Kabeza, ubundi bakabona gukurikirana ikibazo cye.<\/p>\n<p>Yagize ati &#8221; Umugabo akimara kuva muri Uganda, yakunze kubaza Makuza uko iki kibazo kizakemuka akamubwira ngo n&#8217;abe aretse bizakemuka. Byageze aho ajya kumurega ku Kagari ka Kabeza.  Umugore wa Makuza ni umuyobozi w&#8217;Abunzi mu murenge mu gihe Makuza na we akomeye aho i Musanze. Bamuhaye isaha ya mu gitondo saa tatu ahageze nka saa mbiri n&#8217;igice baramubwira ngo Makuza yamutegereje aramubura arigendera kandi n&#8217;igihe bari bamuhaye umugabo wanjye kitari cyakageze.&#8221;<\/p>\n<p>Yakomeje ati &#8221; Nagiye kuri RIB ngezeyo mbabwira uko bimeze barambwira ngo ninjye ku kagari banterere kashi, mpageze mapasanga gitifu arambwira ngo mbese ni uku barega abayobozi? iyo ureka mukumvikana? Yari kumwe na SEDO, bamaze kubona anketi yanjye barongorerana ngo dore bya bibazo byo kwa Makuza. Byumvikana ko basiragije umugabo wanjye kandi ikibazo cye bakizi. Gitifu Yagarukaga cyane ku kumbaza ngo simba nagiye kuri RIB, ngo siko barega umuyobozi. Ngo ariko wari ubizi ko umugore w&#8217;uriya mugabo ari umuyobozi w&#8217;abunzi? Namubwiye ko umugabo wanjye nta kintu yigeze amufasha kandi icyo kibazo barakizi. Ngo wari uziko umugore wa Makuza ari umuyobozi? wari uziko Makuza ari umuyobozi muri WASAC i Burera? Namubwiye ko ibyo bitatuma bandenganya. Nagiye kuri RIB nabo ntibagira icyo bamfasha. Ndataha numva ntameze neza njya kwivuza. Nari niriwe i Musanze, mfite umwana, mbona saa kumi zirageze ndataha njya kwa muganga.&#8221;<\/p>\n<p><strong>Jya kurega iyo ushaka<br \/>\n<\/strong><\/p>\n<p>Iribagiza avuga ko ubwo Makuza yamukubitaga yamubwiye ko yajya kurega iyo ashaka.<\/p>\n<p>Yagize ati &#8221; Nagiye kureba Makuza ngezeyo mubwira ko ndi umugore wa Murangira kuko umugore we Dusabeyezu Philomene yari yambwiye ko batanzi. Yarambajije ndamwibwira. Narabibwiye arambaza ngo mbese mfite amasezerano y&#8217;ubugure, nti ndayafite. Yahise agira umujinya, arasohoka ajya gufunga igipangu, ahita agaruka ankubita inshyi arambwira ngo genda jya kuri RIB ariko ngo no kuri RIB nujyayo, urasangayo umuhungu wanjye. Yarambwiye ngo njye kurega iyo nshaka.&#8221;<\/p>\n<p>Akomeza agira ati &#8221; Hagati aho turi kuvugana, yavugiraga kuri telefone avugana n&#8217;abo muri RIB ngo naje kumukorera violence a domicille, ngo namusakurije mugitondo, ngo mbese babihanisha iki?&#8221;<\/p>\n<p>BWIZA yavuganye n&#8217;umugabo wa Iribagiza, Patrick Murangira, avuga ko &#8221; Niko byagenze nanjye nigeze kujyayo ashaka kunkubita. Namureze ku kagari nkabona nta muntu ushaka kunkemurira ikibazo, ndazibukira. Bampaye konfokasiyo nyiha Makuza, ntiyitaba. Undi munsi nabwo bampaye saa tatu, mpageze saa mbiri n&#8217;igice bambwira ko ngo Makuza yagiye. Ntabwo nari nishe igihe. Nifuza ko ubuyobozi bundenganura kuko sinashobora guhangana na Makuza w&#8217;umuyobozi. Nifuza ko ansubiza amafaranga yanjye nk&#8217;uko yari yabyemeye kuko isambu yari yangurishije, irimo amakimbirane. Ubu tubayeho nabi, nta kazi ngira mbese ni ibibazo gusa.&#8221;<\/p>\n<p>Ku ngingo y&#8217;ikubitwa ry&#8217;umugore we, Murangira yavuze ngo &#8221; Byarambabaje ariko ntacyo nabikoraho. Sinajya guhangana n&#8217;uriya mugabo.&#8221;<\/p>\n<p><strong>Hari icyo Iribagiza asaba ubuyobozi<br \/>\n<\/strong><\/p>\n<p>Iribagiza aratabaza ubuyobozi kumuha ubutabera ku bwo gukubitwa na Makuza Jean Damascene, wanze no kubasubiza amafaranga yabo mu gihe bigaragara ko yagurishije isambu atabyumvikanyeho n&#8217;umugore we, uvuga ko yamuhimbiye umukono.<\/p>\n<p>Yagize ati &#8221; Nifuza ko ubuyobozi bumfasha Makuza akansubiza amafaranga yanjye. Twoye kuzajya turengana ngo n&#8217;uko tutari abayobozi. Ubwo abantu bose bazabe abayobozi kugira ngo ikibazo cyabo cyumvikane? Nifuza ko na Perezida Kagame abimenya ko abantu bakirengana kuko ababarenganya bitwaza icyo baricyo. Nshaka ko amenya ko hakiri ruswa abantu bakaba basigaye barengana.&#8221;<\/p>\n<p>Uyu mubyeyi akeka ko hari ruswa muri iki kibazo kuko aho yageze hose; haba kuri RIB no ku Kagari ka Kabeza bagiye bamurerega, ati &#8221; Nasangaga Makuza hari ibyo yababwiye.&#8221; Agatangazwa n&#8217;uburyo yabwiwe ngo umuyobozi ntibamurega. Yifashe ku itama, yibajije ngo &#8221; Bambwire n&#8217;uburyo bwaba bwarashyizweho bushya baregamo abayobozi, ariko ndenganurwe.<\/p>\n<p>Makuza Jean Damascene yatangarije BWIZA ko uyu mugore Yvonne Iribagiza atamuzi, ko we ari umugabo watangirwa ubuhamya haba mu kazi no mu baturanyi, ko atajya arwana.<\/p>\n<p>Yagize ati &#8221; Uwo Yvonne simuzi 100%. Ndi umusaza utagira amahane.Wabaza mu baturanyi rwose ibyo bintu sinabikora. Arabeshya&#8221;<\/p>\n<p>Yahakanye ko ibyo bintu bitabayeho, ko nta muntu yakubise ngo amubwire kujya kurega iyo ashaka. Ku kijyanye n&#8217;isambu, yakunze kwibaza uwo Murangira uwo ari we, ati &#8221; Uwo Murangira (umugabo wa Iribagiza) ni muntu ki? yarapfuye?&#8221;<\/p>\n<p>Makuza yavuze ko imyaka ye (Yavutse mu 1965 nk&#8217;uko icyangombwa cy&#8217;ubutaka BWIZA yabonye kibivuga), itamwemerera kugira uwo akubita kandi ko no mu kazi amazemo imyaka 30 ari indakemwa mu mico no mu myifatire.<\/p>\n<p>Iribagiza we avuga ko nibikomeza gutyo, atazagarukira i Musanze gusa ko ahubwo agiye kuzajya i Kigali kwibonanira na Perezida Kagame Paul.<\/p>\n<p><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\" aligncenter size-full wp-image-50153\" src=\"https:\/\/new.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2022\/07\/img_20220729_120853_989.jpg\" alt=\"img_20220729_120853_989.jpg\" align=\"center\" width=\"800\" height=\"520\" srcset=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2022\/07\/img_20220729_120853_989.jpg 800w, https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2022\/07\/img_20220729_120853_989-300x195.jpg 300w, https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2022\/07\/img_20220729_120853_989-768x499.jpg 768w\" sizes=\"(max-width: 800px) 100vw, 800px\" \/><br \/>\n<strong>Iribagiza Yvonne avuga ko Perezida Kagame akwiye kumenya ko rubanda rukirengana ku bw&#8217;intege nke\/BWIZA 2022<br \/>\n<em><\/h2>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umugore witwa Yvonne Iribagiza w&#8217;imyaka 25 wo mu Mudugudu wa Ngugu, Akagari ka Byahi mu Murenge wa Rubavu mu Karere ka Rubavu, aravuga ko yakubitiwe mu Mudugudu wa Kungo, Akagari ka Kabeza mu Murenge wa Cyuve, Akarere ka Musanze, bikozwe n&#8217;uwitwa Makuza Jean Damascene, utuye ahitwa ku Ngagi, akaba asanzwe ari umukozi wa WASAC mu [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":12,"featured_media":50149,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[126],"class_list":["post-50154","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru-rw","tag-amamenyesha"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Musanze: Umugore aravuga ko yakubiswe n&#039;umukozi wa WASAC akamubwira kujya kurega iyo ashaka - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=50154\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Musanze: Umugore aravuga ko yakubiswe n&#039;umukozi wa WASAC akamubwira kujya kurega iyo ashaka - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Umugore witwa Yvonne Iribagiza w&#8217;imyaka 25 wo mu Mudugudu wa Ngugu, Akagari ka Byahi mu Murenge wa Rubavu mu Karere ka Rubavu, aravuga ko yakubitiwe mu Mudugudu wa Kungo, Akagari ka Kabeza mu Murenge wa Cyuve, Akarere ka Musanze, bikozwe n&#8217;uwitwa Makuza Jean Damascene, utuye ahitwa ku Ngagi, akaba asanzwe ari umukozi wa WASAC mu [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=50154\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2022-07-31T10:45:00+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2022\/07\/img_20220729_112159_051-scaled.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"1968\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"2560\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Fred Rugira\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Fred Rugira\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"7 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=50154#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=50154\"},\"author\":{\"name\":\"Fred Rugira\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55\"},\"headline\":\"Musanze: Umugore aravuga ko yakubiswe n&#8217;umukozi wa WASAC akamubwira kujya kurega iyo ashaka\",\"datePublished\":\"2022-07-31T10:45:00+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=50154\"},\"wordCount\":1556,\"commentCount\":22,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=50154#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2022\\\/07\\\/img_20220729_112159_051-scaled.jpg\",\"keywords\":[\"Amamenyesha\"],\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=50154#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=50154\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=50154\",\"name\":\"Musanze: Umugore aravuga ko yakubiswe n'umukozi wa WASAC akamubwira kujya kurega iyo ashaka - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=50154#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=50154#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2022\\\/07\\\/img_20220729_112159_051-scaled.jpg\",\"datePublished\":\"2022-07-31T10:45:00+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=50154#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=50154\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=50154#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2022\\\/07\\\/img_20220729_112159_051-scaled.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2022\\\/07\\\/img_20220729_112159_051-scaled.jpg\",\"width\":1968,\"height\":2560,\"caption\":\"img_20220729_112159_051.jpg\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=50154#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Musanze: Umugore aravuga ko yakubiswe n&#8217;umukozi wa WASAC akamubwira kujya kurega iyo ashaka\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55\",\"name\":\"Fred Rugira\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=12\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Musanze: Umugore aravuga ko yakubiswe n'umukozi wa WASAC akamubwira kujya kurega iyo ashaka - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=50154","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Musanze: Umugore aravuga ko yakubiswe n'umukozi wa WASAC akamubwira kujya kurega iyo ashaka - BWIZA","og_description":"Umugore witwa Yvonne Iribagiza w&#8217;imyaka 25 wo mu Mudugudu wa Ngugu, Akagari ka Byahi mu Murenge wa Rubavu mu Karere ka Rubavu, aravuga ko yakubitiwe mu Mudugudu wa Kungo, Akagari ka Kabeza mu Murenge wa Cyuve, Akarere ka Musanze, bikozwe n&#8217;uwitwa Makuza Jean Damascene, utuye ahitwa ku Ngagi, akaba asanzwe ari umukozi wa WASAC mu [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=50154","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2022-07-31T10:45:00+00:00","og_image":[{"width":1968,"height":2560,"url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2022\/07\/img_20220729_112159_051-scaled.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"Fred Rugira","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Fred Rugira","Est. reading time":"7 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=50154#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=50154"},"author":{"name":"Fred Rugira","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55"},"headline":"Musanze: Umugore aravuga ko yakubiswe n&#8217;umukozi wa WASAC akamubwira kujya kurega iyo ashaka","datePublished":"2022-07-31T10:45:00+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=50154"},"wordCount":1556,"commentCount":22,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=50154#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2022\/07\/img_20220729_112159_051-scaled.jpg","keywords":["Amamenyesha"],"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=50154#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=50154","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=50154","name":"Musanze: Umugore aravuga ko yakubiswe n'umukozi wa WASAC akamubwira kujya kurega iyo ashaka - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=50154#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=50154#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2022\/07\/img_20220729_112159_051-scaled.jpg","datePublished":"2022-07-31T10:45:00+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=50154#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=50154"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=50154#primaryimage","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2022\/07\/img_20220729_112159_051-scaled.jpg","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2022\/07\/img_20220729_112159_051-scaled.jpg","width":1968,"height":2560,"caption":"img_20220729_112159_051.jpg"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=50154#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Musanze: Umugore aravuga ko yakubiswe n&#8217;umukozi wa WASAC akamubwira kujya kurega iyo ashaka"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55","name":"Fred Rugira","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=12"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/50154","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/12"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=50154"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/50154\/revisions"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/media\/50149"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=50154"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=50154"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=50154"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}