{"id":50182,"date":"2022-07-31T14:13:04","date_gmt":"2022-07-31T14:13:04","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2022\/07\/31\/rubavu-gitifu-arashinjwa-gukura-amenyo-umukobwa-ukora-mu-kabari-wamwangiye-ko\/"},"modified":"2022-07-31T14:13:04","modified_gmt":"2022-07-31T14:13:04","slug":"rubavu-gitifu-arashinjwa-gukura-amenyo-umukobwa-ukora-mu-kabari-wamwangiye-ko","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=50182","title":{"rendered":"Rubavu: Gitifu arashinjwa gukura amenyo umukobwa ukora mu kabari &#8216;wamwangiye ko baryamana&#8217;"},"content":{"rendered":"<p><strong>Umukobwa ukora mu kabari mu murenge wa Kanzenze w&#8217;akarere ka Rubavu arashinja Nkurunziza Faustin uwuyobora kumukubita akamukura iryinyo ku mpamvu avuga ko ari iz&#8217;uko yamwangiye ko baryamana, ibyo uyu muyobozi avuga ko ari &#8216;umugambi mubisha&#8217; umaze igihe utegurwa n&#8217;agatsiko kagamije kumuharabika.<\/strong><\/p>\n<p>Uyu mukobwa witwa Uwimanimpaye Claudine avuga ko mbere y&#8217;uko akubitwa na Gitifu wa Kanzenze yari yaramukaniye, nyuma yo kumwangira ko baryamana.<\/p>\n<p>Avuga ko Gitifu Nkurunziza yari yaramubwiye ati: &#8220;Uraje uzambone!&#8221;<\/p>\n<p>Uwimanimpaye bigaragara ko yavuyemo iryinyo rimwe ryo hasi, avuga ko Gitifu Nkurunziza Faustin ari we warimukuye ubwo yamukubitaga.<\/p>\n<p>Ni ibirego uyu muyobozi avuga ko ari umugambi mubisha umaze igihe utegurwa n&#8217;agatsiko ka bamwe mu bantu biyemeje kumuharabika mu itangazamakuru.<\/p>\n<p>Yabwiye BWIZA ati: &#8220;Ntabwo ari byo, ni umugambi mubisha umaze igihe utegurwa n&#8217;agatsiko kagamije kumparabika no kwangisha abaturage ubuyobozi. Bahimba inkuru z&#8217;ibinyoma banyuza mu itangazamakuru bakoresheje bamwe mu baturage batari inyangamugayo.&#8221;<\/p>\n<p>Gitifu wa Kanzenze yunzemo ko kuba hari abaturage bakoreshwa mu nkuru mpimbano z&#8217;ibinyoma bagamije kumusebya ibyo ari ibisanzwe.<\/p>\n<p>Yasobanuye ko uriya mukobwa nyuma y&#8217;ubugenzuzi bwakozwe n&#8217;inzego z&#8217;umutekano zifatanyije n&#8217;izibanze (command post y&#8217;umurenge) muri centre z&#8217;ubucuruzi n&#8217;ahahurira abantu benshi, basanze abantu benshi mu kabari barabakingira.<\/p>\n<p>Uwimanimpaye we ngo yanze kwerekana ibyangombwa byerekana ko yaba yarikingije, ahubwo atuka ubuyobozi ku buryo byabaye ngombwa ko ajyanwa kuri Transit Center ya Kanzenze, bijyanye n&#8217;uko yari yanze kugaragaza ibimuranga akanasuzugura inzego z&#8217;ubuyobozi.<\/p>\n<p>Gitifu yasobanuye ko nyuma ari bwo haje umugabo ufite akabari akoramo yitwaje fotokopi y&#8217;indangamuntu ye, birangira arekuwe arataha.<\/p>\n<p>Yunzemo ati: &#8220;Nyuma twaje gutungurwa no kumva umukozi ushinzwe imari n&#8217;ubutegetsi mu murenge wa kanzenze usanzwe ukekweho gukoresha itangazamakuru amparabika, ahamagara abanyamakuru ngo nakubise umukozi wo mu kabari kuko atikingije mukura amenyo.&#8221;<\/p>\n<p>Gitifu Nkurunziza Faustin yavuze kandi ko uriya mukobwa wanze  kwerekana ibyangombwa ari gukoreshwa na nyirakabari, bijyanye no kuba asanzwe akora amakosa menshi ndetse akagirwa inama ntiyikosore bikaba ngombwa ko ahanwa.<\/p>\n<p>Ati: &#8220;Bityo rero arakoresha uriya mukozi agamije kwihimura ku buyobozi, ngo kuko akunda gucibwa amande kubera amakosa akora kenshi ndetse twigeze no kumufungira akabari kubera urugomo rukorerwamo.&#8221;<\/p>\n<p>Yavuze kandi ko we ubwe yamaze kumenyesha inzego zimukuriye ibyamubayeho, ku buryo nta wutazi ukuri gutandukanye na buriya binyoma by&#8217;abo avuga ko batamwifuriza amahoro.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umukobwa ukora mu kabari mu murenge wa Kanzenze w&#8217;akarere ka Rubavu arashinja Nkurunziza Faustin uwuyobora kumukubita akamukura iryinyo ku mpamvu avuga ko ari iz&#8217;uko yamwangiye ko baryamana, ibyo uyu muyobozi avuga ko ari &#8216;umugambi mubisha&#8217; umaze igihe utegurwa n&#8217;agatsiko kagamije kumuharabika. Uyu mukobwa witwa Uwimanimpaye Claudine avuga ko mbere y&#8217;uko akubitwa na Gitifu wa Kanzenze [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":17,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-50182","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Rubavu: Gitifu arashinjwa gukura amenyo umukobwa ukora mu kabari &#039;wamwangiye ko baryamana&#039; - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=50182\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Rubavu: Gitifu arashinjwa gukura amenyo umukobwa ukora mu kabari &#039;wamwangiye ko baryamana&#039; - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Umukobwa ukora mu kabari mu murenge wa Kanzenze w&#8217;akarere ka Rubavu arashinja Nkurunziza Faustin uwuyobora kumukubita akamukura iryinyo ku mpamvu avuga ko ari iz&#8217;uko yamwangiye ko baryamana, ibyo uyu muyobozi avuga ko ari &#8216;umugambi mubisha&#8217; umaze igihe utegurwa n&#8217;agatsiko kagamije kumuharabika. Uyu mukobwa witwa Uwimanimpaye Claudine avuga ko mbere y&#8217;uko akubitwa na Gitifu wa Kanzenze [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=50182\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:author\" content=\"BenjaminBabou\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2022-07-31T14:13:04+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:creator\" content=\"@BenjaminBabou3\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=50182#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=50182\"},\"author\":{\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\"},\"headline\":\"Rubavu: Gitifu arashinjwa gukura amenyo umukobwa ukora mu kabari &#8216;wamwangiye ko baryamana&#8217;\",\"datePublished\":\"2022-07-31T14:13:04+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=50182\"},\"wordCount\":381,\"commentCount\":8,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=50182#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=50182\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=50182\",\"name\":\"Rubavu: Gitifu arashinjwa gukura amenyo umukobwa ukora mu kabari 'wamwangiye ko baryamana' - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2022-07-31T14:13:04+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=50182#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=50182\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=50182#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Rubavu: Gitifu arashinjwa gukura amenyo umukobwa ukora mu kabari &#8216;wamwangiye ko baryamana&#8217;\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\",\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"description\":\"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.\",\"sameAs\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"BenjaminBabou\",\"https:\\\/\\\/x.com\\\/@BenjaminBabou3\"],\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=17\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Rubavu: Gitifu arashinjwa gukura amenyo umukobwa ukora mu kabari 'wamwangiye ko baryamana' - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=50182","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Rubavu: Gitifu arashinjwa gukura amenyo umukobwa ukora mu kabari 'wamwangiye ko baryamana' - BWIZA","og_description":"Umukobwa ukora mu kabari mu murenge wa Kanzenze w&#8217;akarere ka Rubavu arashinja Nkurunziza Faustin uwuyobora kumukubita akamukura iryinyo ku mpamvu avuga ko ari iz&#8217;uko yamwangiye ko baryamana, ibyo uyu muyobozi avuga ko ari &#8216;umugambi mubisha&#8217; umaze igihe utegurwa n&#8217;agatsiko kagamije kumuharabika. Uyu mukobwa witwa Uwimanimpaye Claudine avuga ko mbere y&#8217;uko akubitwa na Gitifu wa Kanzenze [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=50182","og_site_name":"BWIZA","article_author":"BenjaminBabou","article_published_time":"2022-07-31T14:13:04+00:00","author":"B\u00e9njamin BABOU","twitter_card":"summary_large_image","twitter_creator":"@BenjaminBabou3","twitter_misc":{"Written by":"B\u00e9njamin BABOU","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=50182#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=50182"},"author":{"name":"B\u00e9njamin BABOU","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9"},"headline":"Rubavu: Gitifu arashinjwa gukura amenyo umukobwa ukora mu kabari &#8216;wamwangiye ko baryamana&#8217;","datePublished":"2022-07-31T14:13:04+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=50182"},"wordCount":381,"commentCount":8,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=50182#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=50182","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=50182","name":"Rubavu: Gitifu arashinjwa gukura amenyo umukobwa ukora mu kabari 'wamwangiye ko baryamana' - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2022-07-31T14:13:04+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=50182#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=50182"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=50182#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Rubavu: Gitifu arashinjwa gukura amenyo umukobwa ukora mu kabari &#8216;wamwangiye ko baryamana&#8217;"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9","name":"B\u00e9njamin BABOU","description":"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.","sameAs":["https:\/\/bwiza.com\/","BenjaminBabou","https:\/\/x.com\/@BenjaminBabou3"],"url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=17"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/50182","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/17"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=50182"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/50182\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=50182"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=50182"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=50182"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}