{"id":50518,"date":"2022-08-12T15:39:46","date_gmt":"2022-08-12T15:39:46","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2022\/08\/12\/nyuma-y-uruzinduko-rwa-blinken-umukobwa-wa-rusebagina-aravuga-ko-byanga-bikunze\/"},"modified":"2022-08-12T15:39:46","modified_gmt":"2022-08-12T15:39:46","slug":"nyuma-y-uruzinduko-rwa-blinken-umukobwa-wa-rusebagina-aravuga-ko-byanga-bikunze","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=50518","title":{"rendered":"Nyuma y&#8217;uruzinduko rwa Blinken, umukobwa  wa Rusebagina aravuga ko byanga bikunze u Rwanda ruzarekura se"},"content":{"rendered":"<p><strong>Carine Kanimba umukobwa wa Paul Rusesabagina ufungiye hano mu Rwanda nyuma yo guhamywa ibyaha by&#8217;iterabwoba, yiteguye kugumya guhangana ku buryo afite icyizere cy&#8217;uko se azarekurwa.<\/strong><\/p>\n<p>Carine Kanimba yatangaje ibi nyuma y&#8217;uruzinduko Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe Ububanyi n&#8217;Amahanga Anthony Blinken aheruka kugirira hano mu Rwanda.<\/p>\n<p>Ni uruzinduko rwari rugamije gutsura umubano usanzweho hagati y&#8217;u Rwanda na Amerika, ariko nanone Blinken yarukoreshaga nk&#8217;amahirwe y&#8217;icyiswe &#8216;kotsa igitutu Leta y&#8217;u Rwanda&#8217; ngo irekure Rusesabagina.<\/p>\n<p>Minisitiri w&#8217;Ububanyi n&#8217;Amahanga w&#8217;u Rwanda Dr Vincent Biruta mu kiganiro n&#8217;abanyamakuru, yavuze ko u Rwanda rudashobora kugamburuzwa ngo rube rwarekura Rusesabagina kuko urubanza rwe rwamaze kurangira.<\/p>\n<p>Yagize ati: &#8220;Kuri twebwe rero urubanza rwararangiye, rwaraciwe burundu. Yarakatiwe, arafunze nk\u2019abandi banyabyaha bandi bashobora kuba bari muri gereza kubera ibyaha bitandukanye baregewe inkiko, zikabacira urubanza, zikabakatira. Twebwe ni aho bigarukira.&#8221;<\/p>\n<p>Minisitiri Biruta yavuze ko ibyo kwitwaza ko ari umuntu wari ufite uburenganzira bwo gutura muri Amerika ko ibyo yakora byose atabibazwa, bidashobora gukora.<\/p>\n<p>Ati: &#8220;Yarakatiwe, ararangiza ibihano bye nk\u2019abandi benshi bakatiwe n\u2019inkiko.&#8221;<\/p>\n<p>Minisitiri Biruta abajijwe niba iki gitutu kidashobora kuzatuma u Rwanda rugamburuzwa rukarekura Rusesabagina, yavuze ko &#8220;Kugamburuzwa kwa Guverinoma y\u2019u Rwanda ni ubwa mbere byaba bibayeho mu mateka y\u2019iki gihugu, ariko ntabwo biteganyijwe. Umuntu yarakatiwe, afite igihano yahawe, arafunze. Azarangiza igihano cye.&#8221;<\/p>\n<p>Yunzemo ati: &#8220;Ibindi bijyanye no kuba yarekurwa\u2026 ibyo byose bifite amategeko abigenga, kandi hari ibiba bikeneye kuzuzwa kugira ngo n\u2019ayo mategeko abashe kubahirizwa. Ubwo rero gutekereza ko hari igitutu kizatuma Abanyarwanda bazabyuka mu gitondo bakumva ngo hari umuntu wafunguwe kubera igitutu cy\u2019amahanga, nta biriho, ntabyo.&#8221;<\/p>\n<p>Carine Kanimba mu kiganiro na VOA, yavuze ko nk&#8217;umuryango wa Rusesabagina bishimiye ko abayobozi ba Amerika bakomeje kuganira n\u2019u Rwanda ku kibazo cy\u2019uriya mugabo.<\/p>\n<p>Yavuze ko ikibazo cya Rusesabagina &#8220;kizakomeza kuvugwa ku rwego rwo hejuru mu biganiro byose Amerika igirana n\u2019u Rwanda nk&#8217;uko byasabwe n\u2019Abadepite b\u2019Inteko Ishinga Amategeko ya Amerika.&#8221;<\/p>\n<p>Kanimba yavuze ko Amerika itazacora gukomeza kotsa igitutu u Rwanda mu gihe cyose Rusesabagina azaba agifunze.<\/p>\n<p>Yavuze ko atari Amerika yonyine izakomeza kotsa igututu u Rwanda, kuko hari ibindi bihugu byemeza ko afunzwe mu buryo budakurikije amategeko.<\/p>\n<p>Ati: &#8220;N&#8217;ibindi bihugu na byo bibyemera bizakomeza gusaba ko amategeko mpuzamahanga yubahirizwa. Ikigaraga iki kibazo u Rwanda ruzagishakira umuti uboneke kuko ntaho bazagihungira.&#8221;<\/p>\n<p>Hahati aho Carine Kanimba aravuga ibi mu gihe Perezida Paul Kagame aheruka gutangaza ko ibyo kotsa u Rwanda igitutu ngo rurekure Rusesabagina nta cyo bishobora gutanga.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Carine Kanimba umukobwa wa Paul Rusesabagina ufungiye hano mu Rwanda nyuma yo guhamywa ibyaha by&#8217;iterabwoba, yiteguye kugumya guhangana ku buryo afite icyizere cy&#8217;uko se azarekurwa. Carine Kanimba yatangaje ibi nyuma y&#8217;uruzinduko Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe Ububanyi n&#8217;Amahanga Anthony Blinken aheruka kugirira hano mu Rwanda. Ni uruzinduko rwari rugamije gutsura umubano usanzweho [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":17,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-50518","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Nyuma y&#039;uruzinduko rwa Blinken, umukobwa wa Rusebagina aravuga ko byanga bikunze u Rwanda ruzarekura se - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=50518\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Nyuma y&#039;uruzinduko rwa Blinken, umukobwa wa Rusebagina aravuga ko byanga bikunze u Rwanda ruzarekura se - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Carine Kanimba umukobwa wa Paul Rusesabagina ufungiye hano mu Rwanda nyuma yo guhamywa ibyaha by&#8217;iterabwoba, yiteguye kugumya guhangana ku buryo afite icyizere cy&#8217;uko se azarekurwa. Carine Kanimba yatangaje ibi nyuma y&#8217;uruzinduko Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe Ububanyi n&#8217;Amahanga Anthony Blinken aheruka kugirira hano mu Rwanda. Ni uruzinduko rwari rugamije gutsura umubano usanzweho [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=50518\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:author\" content=\"BenjaminBabou\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2022-08-12T15:39:46+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:creator\" content=\"@BenjaminBabou3\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=50518#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=50518\"},\"author\":{\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\"},\"headline\":\"Nyuma y&#8217;uruzinduko rwa Blinken, umukobwa wa Rusebagina aravuga ko byanga bikunze u Rwanda ruzarekura se\",\"datePublished\":\"2022-08-12T15:39:46+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=50518\"},\"wordCount\":428,\"commentCount\":10,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=50518#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=50518\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=50518\",\"name\":\"Nyuma y'uruzinduko rwa Blinken, umukobwa wa Rusebagina aravuga ko byanga bikunze u Rwanda ruzarekura se - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2022-08-12T15:39:46+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=50518#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=50518\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=50518#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Nyuma y&#8217;uruzinduko rwa Blinken, umukobwa wa Rusebagina aravuga ko byanga bikunze u Rwanda ruzarekura se\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\",\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"description\":\"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.\",\"sameAs\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"BenjaminBabou\",\"https:\\\/\\\/x.com\\\/@BenjaminBabou3\"],\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=17\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Nyuma y'uruzinduko rwa Blinken, umukobwa wa Rusebagina aravuga ko byanga bikunze u Rwanda ruzarekura se - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=50518","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Nyuma y'uruzinduko rwa Blinken, umukobwa wa Rusebagina aravuga ko byanga bikunze u Rwanda ruzarekura se - BWIZA","og_description":"Carine Kanimba umukobwa wa Paul Rusesabagina ufungiye hano mu Rwanda nyuma yo guhamywa ibyaha by&#8217;iterabwoba, yiteguye kugumya guhangana ku buryo afite icyizere cy&#8217;uko se azarekurwa. Carine Kanimba yatangaje ibi nyuma y&#8217;uruzinduko Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe Ububanyi n&#8217;Amahanga Anthony Blinken aheruka kugirira hano mu Rwanda. Ni uruzinduko rwari rugamije gutsura umubano usanzweho [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=50518","og_site_name":"BWIZA","article_author":"BenjaminBabou","article_published_time":"2022-08-12T15:39:46+00:00","author":"B\u00e9njamin BABOU","twitter_card":"summary_large_image","twitter_creator":"@BenjaminBabou3","twitter_misc":{"Written by":"B\u00e9njamin BABOU","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=50518#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=50518"},"author":{"name":"B\u00e9njamin BABOU","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9"},"headline":"Nyuma y&#8217;uruzinduko rwa Blinken, umukobwa wa Rusebagina aravuga ko byanga bikunze u Rwanda ruzarekura se","datePublished":"2022-08-12T15:39:46+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=50518"},"wordCount":428,"commentCount":10,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=50518#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=50518","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=50518","name":"Nyuma y'uruzinduko rwa Blinken, umukobwa wa Rusebagina aravuga ko byanga bikunze u Rwanda ruzarekura se - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2022-08-12T15:39:46+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=50518#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=50518"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=50518#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Nyuma y&#8217;uruzinduko rwa Blinken, umukobwa wa Rusebagina aravuga ko byanga bikunze u Rwanda ruzarekura se"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9","name":"B\u00e9njamin BABOU","description":"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.","sameAs":["https:\/\/bwiza.com\/","BenjaminBabou","https:\/\/x.com\/@BenjaminBabou3"],"url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=17"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/50518","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/17"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=50518"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/50518\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=50518"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=50518"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=50518"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}