{"id":50614,"date":"2022-08-16T10:45:02","date_gmt":"2022-08-16T10:45:02","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2022\/08\/16\/nduhungirehe-na-busingye-bongeye-kuvuga-ku-myambarire-iri-guteza-impaka\/"},"modified":"2022-08-16T10:45:02","modified_gmt":"2022-08-16T10:45:02","slug":"nduhungirehe-na-busingye-bongeye-kuvuga-ku-myambarire-iri-guteza-impaka","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=50614","title":{"rendered":"Nduhungirehe na Busingye bongeye kuvuga ku myambarire iri guteza impaka"},"content":{"rendered":"<p><strong>Ambasaderi Olivier Nduhungirehe na Busingye Johnston bongeye kuvuga ku myambarire iri guteza impaka ku mbuga nkoranyambaga no mu bitangazamakuru.<\/strong><\/p>\n<p>Mu 2018, kuri izi mbuga higeze kwanduka impaka ku myambarire y\u2019amajipo magufi azwi nka \u2018Mini\u2019. Nduhungirehe uhagarariye u Rwanda mu Buholandi, icyo gihe yari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y\u2019ububanyi n\u2019amahanga, yavuze ko abakobwa badakwiye guhozwa ku nkeke kubera iki kibazo.<\/p>\n<p>Muri ubu butumwa yatangaje tariki ya 4 Kamena 2018, Nduhungirehe yagize ati: &#8220;Birarambiranye ko abana b\u2019abakobwa bahozwa ku nkeke kubera imyambarire yabo. Ibi ntabwo bihuye n\u2019igihe tugezemo. Ufite ikibazo hano ntabwo ari umukobwa wambaye ijipo, ahubwo ni umugabo uhora umureba, akamugenzura maze akamugenera ibyo yambara. We need to stop this nonsense!\u201d<\/p>\n<p>Busingye wari Minisitiri w\u2019ubutabera, ubu akaba ari Intumwa Nkuru y\u2019u Rwanda mu Bwongereza, icyo gihe yatanze igitekerezo ku butumwa bwa Nduhungirehe ati: \u201cUrakoze Minisitiri, iyi gahunda yo kugenzura imyitwarire ntikwiye.\u201d<\/p>\n<p>Umunyapolitiki Tito Rutaremara uri mu bagize akanama k\u2019igihugu k\u2019inararibonye na we mu kiganiro yigeze kugirana n\u2019umunyamakuru wa televiziyo y\u2019igihugu, yavuze ko ntacyo bitwaye kuba umukobwa yakwambara ijipo yerekana amaguru ye meza.<\/p>\n<p>Rutaremara yagize ati: \u201cAfite amaguru meza, agashaka kuyerekana, ari bushimishe abantu, pourquoi pas? Uwuhe se muco? Ko kera hejuru ntacyo bambaraga, ukabona umukobwa ufite amabere ahagaze, bakambara amashabure, umukobwa afite amaguru meza bakayabona, pourquoi pas?\u201d<\/p>\n<p><strong>Nduhungirehe na Busingye ntibashyigikiye abambara \u2018impenure\u2019 cyangwa \u2018ubusa\u2019<\/strong><\/p>\n<p>Izi mpaka zikomeje ku mbuga nkoranyambaga no mu binyamakuru ziri guterwa n\u2019imyambarire y&#8217;urubyiruko, by\u2019umwihariko abakobwa, mu bitaramo bitandukanye biri kubera mu gihugu.<\/p>\n<p>Minisitiri w\u2019ubutegetsi bw\u2019igihugu, Gatabazi Jean Marie Vianney, aherutse kubigereranya no kwambara ubusa, abwira urubyiruko ko kubwambara atari ko kwambara neza. Ati: \u201cHari ibintu biguha agaciro muri community, mu bandi, kandi ushobora gukora neza. Ushobora kwambara neza, ukanaberwa utagombye kwambara ubusa ngo wishyire ku karubanda.\u201d<\/p>\n<p>Umuvugizi wa Polisi y\u2019u Rwanda, CP John Bosco Kabera, we aherutse kuvuga ko uru rwego rutazihanganira abakomeje kwambara impenure, asobanura ko zihabanye n\u2019indangagaciro z\u2019umuco nyarwanda. Ati: \u201cTuravuga yuko nka Polisi tutazabyemera. Ngira ngo na bo babyumve. Ubwo butumwa tugomba kubutanga.\u201d<\/p>\n<p>Abashyigikiye ko urubyiruko rwambara uko rushaka barimo impirimbanyi y\u2019uburenganzira bw\u2019abagore, Sylvie Nsanga, zagaragaje ko Ambasaderi Nduhungirehe na Busingye bari mu bayobozi babari inyuma, bashingiye kuri ubu butumwa aba badipolomate batanze mu 2018.<\/p>\n<p>Nsanga kuri uyu wa 15 Kanama 2022 yagize ati: \u201cHon. Busingye Johnston azahora yibukwa nk\u2019umwe mu bayobozi bashyigikiye impirimbanyi z\u2019uburenganzira bw\u2019abagore mu bihe byacu. Arakabaho. Yarahagurukaga, agashyira umuco ku bibazo by\u2019uburenganzira bw\u2019ikiremwamuntu n\u2019ubw\u2019abagore. Ndamukumbuye.\u201d<\/p>\n<p>Ambasaderi Busingye yasubije Nsanga ko icyo yashyigikiye gitandukanye n\u2019ikiriho ubu. Ati: \u201cMs Sylvie, igisubizo cyanjye cyo mu 2018 cyari cyerekeye ikibazo cyihariye muri icyo gihe. Ikiriho ubu cy\u2019abakiri bato banywa ibikobyabwenge, bakagera mu ruhame basa n\u2019abambaye ubusa ntigishimishije. Nshyigikiye uruhare rw\u2019abayobozi, RNP (Polisi), ababyeyi, urubyiruko, itangazamakuru n\u2019abandi, kugira ngo gikemuke.\u201d<\/p>\n<p>Ambasaderi Nduhungirehe na we yagaragaje ikibazo yavuzeho mu 2018 gitandukanye n\u2019ikiriho ubu. Yavuze ku butumwa bwe bwo muri uyu mwaka, ati: \u201cIyi nyandiko ni iya cyera kandi ntabwo ihuye n&#8217;ikibazo cyagaragaye muri iyi minsi mu rubyiruko rw&#8217;abahungu n&#8217;abakobwa. Nk&#8217;abayobozi ndetse b&#8217;ababyeyi twiyemeje kugishakira umuti urambye urengera urubyiruko n&#8217;indangagaciro nyarwanda, kandi wubahiriza uburenganzira bwabo bw&#8217;ibanze.\u201d<\/p>\n<p>Izi mpaka zatangiye mu mpera z&#8217;ukwezi gushize nyuma y&#8217;igitaramo cy&#8217;umuhanzi w&#8217;Umufaransa ukomoka muri Cameroon, Julien Bouadjie wamamaye nka Tayc, yakoreye i Kigali. Ni bwo hagaragaye abakobwa bari bambaye mu buryo butamenyerewe muri iki gihugu, Polisi itangira kwihanangiriza bene iyi myambarire.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ambasaderi Olivier Nduhungirehe na Busingye Johnston bongeye kuvuga ku myambarire iri guteza impaka ku mbuga nkoranyambaga no mu bitangazamakuru. Mu 2018, kuri izi mbuga higeze kwanduka impaka ku myambarire y\u2019amajipo magufi azwi nka \u2018Mini\u2019. Nduhungirehe uhagarariye u Rwanda mu Buholandi, icyo gihe yari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y\u2019ububanyi n\u2019amahanga, yavuze ko abakobwa badakwiye guhozwa [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":11,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[126,133],"class_list":["post-50614","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw","tag-amamenyesha","tag-in-business-today"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Nduhungirehe na Busingye bongeye kuvuga ku myambarire iri guteza impaka - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=50614\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Nduhungirehe na Busingye bongeye kuvuga ku myambarire iri guteza impaka - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Ambasaderi Olivier Nduhungirehe na Busingye Johnston bongeye kuvuga ku myambarire iri guteza impaka ku mbuga nkoranyambaga no mu bitangazamakuru. Mu 2018, kuri izi mbuga higeze kwanduka impaka ku myambarire y\u2019amajipo magufi azwi nka \u2018Mini\u2019. Nduhungirehe uhagarariye u Rwanda mu Buholandi, icyo gihe yari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y\u2019ububanyi n\u2019amahanga, yavuze ko abakobwa badakwiye guhozwa [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=50614\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2022-08-16T10:45:02+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"TUYIZERE JD\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"TUYIZERE JD\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=50614#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=50614\"},\"author\":{\"name\":\"TUYIZERE JD\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320\"},\"headline\":\"Nduhungirehe na Busingye bongeye kuvuga ku myambarire iri guteza impaka\",\"datePublished\":\"2022-08-16T10:45:02+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=50614\"},\"wordCount\":578,\"commentCount\":14,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"keywords\":[\"Amamenyesha\",\"In Business Today\"],\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=50614#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=50614\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=50614\",\"name\":\"Nduhungirehe na Busingye bongeye kuvuga ku myambarire iri guteza impaka - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2022-08-16T10:45:02+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=50614#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=50614\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=50614#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Nduhungirehe na Busingye bongeye kuvuga ku myambarire iri guteza impaka\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320\",\"name\":\"TUYIZERE JD\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=11\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Nduhungirehe na Busingye bongeye kuvuga ku myambarire iri guteza impaka - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=50614","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Nduhungirehe na Busingye bongeye kuvuga ku myambarire iri guteza impaka - BWIZA","og_description":"Ambasaderi Olivier Nduhungirehe na Busingye Johnston bongeye kuvuga ku myambarire iri guteza impaka ku mbuga nkoranyambaga no mu bitangazamakuru. Mu 2018, kuri izi mbuga higeze kwanduka impaka ku myambarire y\u2019amajipo magufi azwi nka \u2018Mini\u2019. Nduhungirehe uhagarariye u Rwanda mu Buholandi, icyo gihe yari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y\u2019ububanyi n\u2019amahanga, yavuze ko abakobwa badakwiye guhozwa [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=50614","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2022-08-16T10:45:02+00:00","author":"TUYIZERE JD","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"TUYIZERE JD","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=50614#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=50614"},"author":{"name":"TUYIZERE JD","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320"},"headline":"Nduhungirehe na Busingye bongeye kuvuga ku myambarire iri guteza impaka","datePublished":"2022-08-16T10:45:02+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=50614"},"wordCount":578,"commentCount":14,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"keywords":["Amamenyesha","In Business Today"],"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=50614#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=50614","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=50614","name":"Nduhungirehe na Busingye bongeye kuvuga ku myambarire iri guteza impaka - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2022-08-16T10:45:02+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=50614#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=50614"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=50614#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Nduhungirehe na Busingye bongeye kuvuga ku myambarire iri guteza impaka"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320","name":"TUYIZERE JD","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=11"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/50614","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/11"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=50614"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/50614\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=50614"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=50614"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=50614"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}