{"id":5089,"date":"2017-02-25T12:24:08","date_gmt":"2017-02-25T12:24:08","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/02\/25\/dukomeze-umuco-w-039-umuganda-twese-dukorere-hamwe-twongere-umusaruro-udutunga\/"},"modified":"2025-02-12T16:59:40","modified_gmt":"2025-02-12T14:59:40","slug":"dukomeze-umuco-w-039-umuganda-twese-dukorere-hamwe-twongere-umusaruro-udutunga","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5089","title":{"rendered":"Dukomeze umuco w&#039;umuganda twese dukorere hamwe twongere umusaruro udutunga &#8211; Kagame"},"content":{"rendered":"<p>Umuganda ni umuco wo gukorera hamwe, tugashyira imbaraga zacu hamwe mu kubaka u Rwanda. Ibi ni ibyatangajwe na perezida Kagame kuri uyu wa gatandatu, itariki 25 Gashyantare ubwo yitabiraga igikorwa cy\u2019umuganda ngarukakwezi mu Karere ka Gatsibo ahagiye kubakwa ishuri.<\/p>\n<p>Perezida Kagame yavuze ko uyu munsi bafatanyije mu gikorwa cyo kubaka amashuri kugira ngo abana boroherezwe ntibazajye bakora ingendo ndende bajya gushaka ubumenyi, aho yavuze ko aya mashuri azarangira vuba abana bakabona aho biga neza. Aya mashuri akazanashyirwamo ikoranabuhanga rikagera ku banyarwanda bose nk\u2019uko yakomeje avuga.<\/p>\n<p>Yagize ati: \u201cAho abana bacu bigira hagomba kuba ahantu hari ibikoresho bigezweho bibafasha kubona ubumenyi.\u201d<\/p>\n<p><a href=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/02\/C5f5rrcWcAEDdg3.jpg\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-57809 size-large\" src=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/02\/C5f5rrcWcAEDdg3-768x1024.jpg\" alt=\"c5f5rrcwcaeddg3\" width=\"768\" height=\"1024\" \/><\/a> <a href=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/02\/C5f5rtHWMAMTMyu.jpg\"><img decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-57810 size-large\" src=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/02\/C5f5rtHWMAMTMyu-1024x768.jpg\" alt=\"c5f5rthwmamtmyu\" width=\"1024\" height=\"768\" \/><\/a><\/p>\n<p>Perezida Kagame waherekejwe na madamu we, Jeannette Kagame, bakaba bifatanyije n\u2019abaturage bo mu Murenge wa Kabarore, Akagari ka Simbwa kubaka ibyumba by\u2019ishuri ribanza rizaba rifite ubushobozi bwo kwakira abana 300 bo muri ako gace.<\/p>\n<p>[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<\/p>\n<p>Umukuru w\u2019igihugu yakomeje avuga ko mu burezi ari ho hanatangirira umuco wo kwigisha abana gukora no gukunda umurimo.<\/p>\n<p><a href=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/02\/C5f5rxIWYAAZEks.jpg\"><img decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-57812 size-large\" src=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/02\/C5f5rxIWYAAZEks-768x1024.jpg\" alt=\"c5f5rxiwyaazeks\" width=\"768\" height=\"1024\" \/><\/a><\/p>\n<p>Perezida Kagame kandi yasabye abaturage gufata neza ibikorwaremezo begerezwa agira ati: \u201cIri terambere rigenda ribageraho turabasaba kurikoresha neza no kurifata neza. Ni iryacu.\u201d<\/p>\n<p>Yakomeje yizeza ko n\u2019ikibazo cy\u2019itumanaho ritagera muri iki gice cy\u2019igihugu neza nacyo kigiye gukemuka vuba, asaba ko umuco w\u2019umuganda wakomezwa hakabaho gukorera hamwe hakongerwa umusaruro utunga abaturage kandi ukabyara inyungu.<\/p>\n<p><a href=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/02\/C5fg3JbWUAACjFh.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-57813 size-large\" src=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/02\/C5fg3JbWUAACjFh-768x1024.jpg\" alt=\"c5fg3jbwuaacjfh\" width=\"768\" height=\"1024\" \/><\/a><\/p>\n<p>Ku rundi ruhande, muri aka Karere ka Gatsibo n&#8217;ubundi, abandi bayobozi b&#8217;igihugu bagiye mu Umwiherero ku nshuro ya 14 nabo bifatanyije n&#8217;abaturage ba Kabarore mu muganda, aho Minisitiri w&#8217;Intebe, Anastase Murekezi mu ijambo rye yabagejejeho ubutumwa bwa perezida wa repubulika bubashimira uruhare rwabo mu iterambere ryabo.<\/p>\n<p><a href=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/02\/C5f7tiBXEAAV_OS.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-57817 size-large\" src=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/02\/C5f7tiBXEAAV_OS-768x1024.jpg\" alt=\"c5f7tibxeaav_os\" width=\"768\" height=\"1024\" \/><\/a><\/p>\n<p>Minisitiri w&#8217;Intebe yaboneyeho gushimira aba baturage ba Kabarore kubw&#8217;umuhanda ureshya na m 500 bikoreye, abasaba gukomeza gukora cyane biteza imbere, anabasaba kwitegura igihembwe cy&#8217;ihinga cyenda gutangira.<\/p>\n<p>Minisitiri w&#8217;Intebe yavuze ku ruhare Abanyarwanda bagomba kugira mu rwego rwo gutura neza. Yagize ati: &#8220;Gutura neza kandi heza bifasha Abanyarwanda kwirinda ibiza bikunze guhitana ubuzima bwa bamwe mu Banyarwanda kandi bikangiza n\u2019ibintu byinshi. Gutura neza kandi bituma ibikorwa remezo bitandukanye nk\u2019amashuri, amavuriro, amazi, amashaynyarazi, imihanda, amabanki, ibikoresho by\u2019ikoranabuhanga nka  <em>Fibre Optique<\/em> , bigezwe ku Banyarwanda benshi ku buryo bworoshye. Binatuma gucunga umutekano w\u2019abantu n\u2019ibyabo byoroha.&#8221;<\/p>\n<p>Yaboneyeho gusaba abanyarwanda kubahiriza ibishushanyo mbonera by\u2019Imijyi itandukanye byemejwe, by\u2019umwiharoko asaba abatuye mu Mujyi wa Kabarore, ko wakura vuba cyane, bakirinda imiturire yo mu kajagari.<\/p>\n<p>Yasabye kandi ubuyobozi bw\u2019Akarere ka Gatsibo gukomeza gukorana n\u2019izindi Nzego zose bireba, kugira ngo ibikorwa remezo byose bikenewe bigezwe muri uyu Mujyi wa Kabarore. yagize ati: &#8220;Ibi nibyo bizatuma abantu benshi bashishikarira kuza gutura muri uyu Mujyi no kuhakorera ibikorwa byinshi bitandukanye bizatuma uyu Mujyi urushaho gukura vuba.<\/p>\n<p>Ingingo y&#8217;ingenzi ya kabiri yavuzeho irebana n&#8217;Umunsi Mpuzamhanga w&#8217;Umugore uzizihizwa ku isi yose kuwa 08 Werurwe 2017 ukazaba ufite Insanganyamatsiko izarangaza imbere ibikorwa byo kwitegura uyu Munsi Mukuru igira iti: \u201c <em>Munyarwandakazi Komeza Usigasire Agaciro Wasubijwe\u201d<\/em> .<\/p>\n<p>Yasabye Abanyarwanda bose kuzitabira ibikorwa byateguwe hirya no hino mu Midugudu yabo, kugira ngo bifashe kuzarushaho kumva neza ko gushyigikira Abagore ari inshingano ku Banyarwanda bose.<\/p>\n<p>By\u2019umwihariko, abagore barasabwa kongera imbaraga mu gukorana n\u2019Amabanki n\u2019Ibigo by\u2019Imari. Imibare yo mu myaka itanu ishize, igaragaza ko ku nguzanyo nshya zatanzwe, Abagore batararenza 22.5%. Minisitiri w&#8217;Intebe akaba yavuze ko hifuzwa ko bihinduka nibura inguzanyo abagore bahabwa zikangana n\u2019iza basaza babo.<\/p>\n<p>Yanasabye Inzego z\u2019Abagore ndetse n\u2019izindi Nzego zishinzwe kubateza imbere, kwigira hamwe uko Abagore barushaho kubyaza umusaruro amahirwe Leta y\u2019u Rwanda yabashyireyeho arimo nka BDF ibafasha kubona ingwate ku nguzanyo.<\/p>\n<p>Minisitiri w&#8217;Intebe Anastase Murekezi kandi yibukije Abanyarwanda bose bujuje imyaka yo gutora, kuzagira uruhare mu matora ya Perezida wa Repubulika azaba ku itariki ya 04\/08\/2017 ku bari mu Rwanda no ku ya 03\/08\/2017 ku Banyarwanda baba hanze.<\/p>\n<p>Kuzitabira amatora ya Perezida wa Repubulika ni uburyo bwiza bwo kubahiriza iki cyemezo twifatiye nk\u2019Abanyarwanda. Ndasaba rero Abanyarwanda bose, kuzagira uruhare mu migendekere myiza y\u2019aya matora. Abagomba kwiyandikisha kuri lisite y\u2019itora kuko aribwo bacyuzuza imyaka yo gutora babigire vuba, kandi bafate irangamuntu kuko ariyo izatuma bajya kuri lisite y\u2019itora. Abasanzwe batora nabo bihutire kureba ko bari kuri lisite y\u2019itora.<\/p>\n<p>Yasabye Abanyarwanda kuzakomeza kwereka amahanga ko amatora yo mu Rwanda atandukanye n\u2019andi ajya arangwa n&#8217;imvururu. yagize ati: &#8220;Tuzabereke ko iwacu amatora aba ari nk\u2019ubukwe twateguye neza. Tuzabereke muri make ko tuzi ibidufitiye akamaro. Ntabwo amahanga ariyo aza kutwigisha uko dutora. Tuzi agaciro kacu. Tuzi ahabi twavuye n\u2019uwahatuvanye. Tuzi aho tujya. Tuzi uko tuzagerayo&#8221;.<\/p>\n<p> <strong> <em><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">K<\/a><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/em> <\/strong> <\/p>\n<p> <strong>Dennis Ns.\/Bwiza.com<\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umuganda ni umuco wo gukorera hamwe, tugashyira imbaraga zacu hamwe mu kubaka u Rwanda. Ibi ni ibyatangajwe na perezida Kagame kuri uyu wa gatandatu, itariki 25 Gashyantare ubwo yitabiraga igikorwa cy\u2019umuganda ngarukakwezi mu Karere ka Gatsibo ahagiye kubakwa ishuri. Perezida Kagame yavuze ko uyu munsi bafatanyije mu gikorwa cyo kubaka amashuri kugira ngo abana boroherezwe [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-5089","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Dukomeze umuco w&#039;umuganda twese dukorere hamwe twongere umusaruro udutunga - Kagame - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=5089\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Dukomeze umuco w&#039;umuganda twese dukorere hamwe twongere umusaruro udutunga - Kagame - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Umuganda ni umuco wo gukorera hamwe, tugashyira imbaraga zacu hamwe mu kubaka u Rwanda. Ibi ni ibyatangajwe na perezida Kagame kuri uyu wa gatandatu, itariki 25 Gashyantare ubwo yitabiraga igikorwa cy\u2019umuganda ngarukakwezi mu Karere ka Gatsibo ahagiye kubakwa ishuri. Perezida Kagame yavuze ko uyu munsi bafatanyije mu gikorwa cyo kubaka amashuri kugira ngo abana boroherezwe [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=5089\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-02-25T12:24:08+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T14:59:40+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/02\/C5f5rrcWcAEDdg3-768x1024.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"4 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5089#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5089\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Dukomeze umuco w&#039;umuganda twese dukorere hamwe twongere umusaruro udutunga &#8211; Kagame\",\"datePublished\":\"2017-02-25T12:24:08+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T14:59:40+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5089\"},\"wordCount\":767,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5089#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/02\\\/C5f5rrcWcAEDdg3-768x1024.jpg\",\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5089#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5089\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5089\",\"name\":\"Dukomeze umuco w&#039;umuganda twese dukorere hamwe twongere umusaruro udutunga - Kagame - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5089#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5089#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/02\\\/C5f5rrcWcAEDdg3-768x1024.jpg\",\"datePublished\":\"2017-02-25T12:24:08+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T14:59:40+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5089#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5089\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5089#primaryimage\",\"url\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/02\\\/C5f5rrcWcAEDdg3-768x1024.jpg\",\"contentUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/02\\\/C5f5rrcWcAEDdg3-768x1024.jpg\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5089#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Dukomeze umuco w&#039;umuganda twese dukorere hamwe twongere umusaruro udutunga &#8211; Kagame\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Dukomeze umuco w&#039;umuganda twese dukorere hamwe twongere umusaruro udutunga - Kagame - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5089","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Dukomeze umuco w&#039;umuganda twese dukorere hamwe twongere umusaruro udutunga - Kagame - BWIZA","og_description":"Umuganda ni umuco wo gukorera hamwe, tugashyira imbaraga zacu hamwe mu kubaka u Rwanda. Ibi ni ibyatangajwe na perezida Kagame kuri uyu wa gatandatu, itariki 25 Gashyantare ubwo yitabiraga igikorwa cy\u2019umuganda ngarukakwezi mu Karere ka Gatsibo ahagiye kubakwa ishuri. Perezida Kagame yavuze ko uyu munsi bafatanyije mu gikorwa cyo kubaka amashuri kugira ngo abana boroherezwe [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5089","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-02-25T12:24:08+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T14:59:40+00:00","og_image":[{"url":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/02\/C5f5rrcWcAEDdg3-768x1024.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"4 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5089#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5089"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Dukomeze umuco w&#039;umuganda twese dukorere hamwe twongere umusaruro udutunga &#8211; Kagame","datePublished":"2017-02-25T12:24:08+00:00","dateModified":"2025-02-12T14:59:40+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5089"},"wordCount":767,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5089#primaryimage"},"thumbnailUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/02\/C5f5rrcWcAEDdg3-768x1024.jpg","articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=5089#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5089","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5089","name":"Dukomeze umuco w&#039;umuganda twese dukorere hamwe twongere umusaruro udutunga - Kagame - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5089#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5089#primaryimage"},"thumbnailUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/02\/C5f5rrcWcAEDdg3-768x1024.jpg","datePublished":"2017-02-25T12:24:08+00:00","dateModified":"2025-02-12T14:59:40+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5089#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=5089"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5089#primaryimage","url":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/02\/C5f5rrcWcAEDdg3-768x1024.jpg","contentUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/02\/C5f5rrcWcAEDdg3-768x1024.jpg"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5089#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Dukomeze umuco w&#039;umuganda twese dukorere hamwe twongere umusaruro udutunga &#8211; Kagame"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/5089","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=5089"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/5089\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=5089"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=5089"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=5089"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}