{"id":5095,"date":"2017-02-25T16:55:07","date_gmt":"2017-02-25T16:55:07","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/02\/25\/icyaha-ni-gatozi-ariko-umugayo-ni-karande-cnlg-nurc\/"},"modified":"2025-02-12T16:59:38","modified_gmt":"2025-02-12T14:59:38","slug":"icyaha-ni-gatozi-ariko-umugayo-ni-karande-cnlg-nurc","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5095","title":{"rendered":"Icyaha ni gatozi, ariko umugayo ni karande -CNLG\/NURC"},"content":{"rendered":"<p> <strong>Aya ni amwe mu magambo avugwa n\u2019umuyobozi wa Komisiyo y\u2019igihugu yo kurwanya Jenoside, Dr Bizimana Jean Damascene, mu kiganiro yahaga abanyamakuru n\u2019abayobozi b\u2019ibitangazamakuru. Yaje gushimangirwa kandi n\u2019umukozi  muri Komisiyo y\u2019ubumwe n\u2019ubwiyunge Mugaga Jonston, avuga ko gahunda ya Ndi umunyarwanda yaje kuvana ipfunwe ku bana bakomoka ku babyeyi bakoze Jenoside.<\/strong><br \/>\nBagira bati \u00ab Nimwibaze umwana w\u2019umukobwa, w\u2019ikimero cyiza kandi w\u2019umuhanga, ariko yatambuka bakaryana inzara ngo ni mwene ruharwa runaka. Uwo nawe agenda yikandagira azi ko bamuvuga, hakaba n\u2019aho we ubwe yiheza akeka ko yahorwa ibyo se cyangwa nyina yakoze \u00bb. Hagarutswe no ku buhamya bwatanzwe n\u2019umukozi mu biro by\u2019umukuru w\u2019igihugu wavuze ko mu babyeyi akurikiranweho ibyaha bifitanye isano na Jenoside.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nDr Bizimana ati \u00ab Yego icyaha ni gatozi, ariko umugayo ni karande \u00bb. Naho Mugaga ati \u00ab Icyaha ni gatozi, ariko umugayo ugira inkurikizi, ni icyasha \u00bb. Hifashishijwe insemburamatsiko y\u2019umugani w\u2019abanyankore, Mugaga yarekana ko umugayo mu muryango udasaza.<br \/>\nUwo mugani uvuga umugabo wahemutse mu bakwe. Ubwo bari baje gusaba umugeni, yashatse gusura, arimunyamunya biranga biramucika. Ubwo aba \u00ab asuze mu bakwe \u00bb- no mu kinyarwanda abakwe barubahwa, gusura mu bakwe ni umugayo ukomeye.<br \/>\nUbundi mu banyankore ukoze ibyo yahitaga yiyahura, ariko uyu yaratorongeye ajya mu ishyamba. Yibera iyo ariko akaba azi aho inka ze zirisha, abashumba batamuzi. Kera kabaye yaje kubaza umwuzukuru we wari uziragiye, ati \u00ab ese sha izi nka uragiye ziba izande ? \u00bb Umwana aramusubiza ati \u00ab ni iza sogokuru \u00bb.<br \/>\nUmugabo ati  \u00ab ese uwo sogokuru wawe abaho ? \u00bb, Umwana ati \u00ab ngo yasuze mu bakwe bimutera ikimwaro aratorongera, byabaye kera ntaravuka \u00bb. Umugabo ati \u00ab na n\u2019ubu baracyabivuga se \u00bb, umwana ati \u00ab biri ubu ahubwo niyo nkuru \u00bb. Nguwo rero umugayo, ukuntu ukurikirana kandi utibagirana.<br \/>\n <strong>Uruhare rw\u2019abanyamakuru<\/strong><br \/>\nDr Bizimana arasaba abanyamakuru gutangaza ibijyanye na Jenoside, muri iki gihe twitegura kwibuka ku ncuro ya 23, no mu bindi bihe. Barasabwa kandi gusobanura no gutangaza uko itegeko rirebana n\u2019ingengabitekerezo ya Jenoside ryubahirizwa.<br \/>\nIryo tegeko ryerekeye icyaha cy\u2019ingengabitekerezo ya jenoside n\u2019ibindi byaha bifitanye isano na yo, ryagiyeho mu 2003, rivugururwa mu 2008, irya nyuma ni  n\u00b0 84\/2013 ryo kuwa 11\/09\/2013.<br \/>\nDr Bizimana ati \u00ab itangazamakuru rigire uruhare mu gusobanura iki cyaha, ingorane ziri mu kugikurikirana, uko inkiko n\u2019abacamanza bakibona, ndetse no gutanga inama ku byanozwa \u00bb.<br \/>\nMuri uru rwego, abanyamakuru 16 boherejwe mu turere twa Musanze na Rubavu, ku bufatanye bwa CNLG, NURC n\u2019inama nkuru y\u2019itangazamakuru (MHC). Mu gihe cy\u2019icyumweru, bazaba bareba uko ingengabitekerezo ya Jenoside ihagaze muri utwo turere, banarebe aho gahunda ya Ndi umunyarwanda igeze.<br \/>\nKuva mu 2010 kugeza 2015, ibyaha bijyanye n\u2019ingengabitekerezo ya Jenoside byagabanutseho 85%, kuko byavuye ku 157 bigera kuri 25.<br \/>\n <strong> <em><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">K<\/a><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/em> <\/strong><br \/>\n <em> <strong>Karegeya Jean Baptiste\/Bwiza.com<\/strong> <\/em><br \/>\n\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Aya ni amwe mu magambo avugwa n\u2019umuyobozi wa Komisiyo y\u2019igihugu yo kurwanya Jenoside, Dr Bizimana Jean Damascene, mu kiganiro yahaga abanyamakuru n\u2019abayobozi b\u2019ibitangazamakuru. Yaje gushimangirwa kandi n\u2019umukozi muri Komisiyo y\u2019ubumwe n\u2019ubwiyunge Mugaga Jonston, avuga ko gahunda ya Ndi umunyarwanda yaje kuvana ipfunwe ku bana bakomoka ku babyeyi bakoze Jenoside. Bagira bati \u00ab Nimwibaze umwana w\u2019umukobwa, [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-5095","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Icyaha ni gatozi, ariko umugayo ni karande -CNLG\/NURC - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=5095\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Icyaha ni gatozi, ariko umugayo ni karande -CNLG\/NURC - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Aya ni amwe mu magambo avugwa n\u2019umuyobozi wa Komisiyo y\u2019igihugu yo kurwanya Jenoside, Dr Bizimana Jean Damascene, mu kiganiro yahaga abanyamakuru n\u2019abayobozi b\u2019ibitangazamakuru. Yaje gushimangirwa kandi n\u2019umukozi muri Komisiyo y\u2019ubumwe n\u2019ubwiyunge Mugaga Jonston, avuga ko gahunda ya Ndi umunyarwanda yaje kuvana ipfunwe ku bana bakomoka ku babyeyi bakoze Jenoside. Bagira bati \u00ab Nimwibaze umwana w\u2019umukobwa, [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=5095\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-02-25T16:55:07+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T14:59:38+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5095#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5095\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Icyaha ni gatozi, ariko umugayo ni karande -CNLG\\\/NURC\",\"datePublished\":\"2017-02-25T16:55:07+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T14:59:38+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5095\"},\"wordCount\":452,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5095#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5095\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5095\",\"name\":\"Icyaha ni gatozi, ariko umugayo ni karande -CNLG\\\/NURC - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-02-25T16:55:07+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T14:59:38+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5095#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5095\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5095#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Icyaha ni gatozi, ariko umugayo ni karande -CNLG\\\/NURC\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Icyaha ni gatozi, ariko umugayo ni karande -CNLG\/NURC - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5095","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Icyaha ni gatozi, ariko umugayo ni karande -CNLG\/NURC - BWIZA","og_description":"Aya ni amwe mu magambo avugwa n\u2019umuyobozi wa Komisiyo y\u2019igihugu yo kurwanya Jenoside, Dr Bizimana Jean Damascene, mu kiganiro yahaga abanyamakuru n\u2019abayobozi b\u2019ibitangazamakuru. Yaje gushimangirwa kandi n\u2019umukozi muri Komisiyo y\u2019ubumwe n\u2019ubwiyunge Mugaga Jonston, avuga ko gahunda ya Ndi umunyarwanda yaje kuvana ipfunwe ku bana bakomoka ku babyeyi bakoze Jenoside. Bagira bati \u00ab Nimwibaze umwana w\u2019umukobwa, [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5095","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-02-25T16:55:07+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T14:59:38+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5095#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5095"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Icyaha ni gatozi, ariko umugayo ni karande -CNLG\/NURC","datePublished":"2017-02-25T16:55:07+00:00","dateModified":"2025-02-12T14:59:38+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5095"},"wordCount":452,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=5095#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5095","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5095","name":"Icyaha ni gatozi, ariko umugayo ni karande -CNLG\/NURC - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-02-25T16:55:07+00:00","dateModified":"2025-02-12T14:59:38+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5095#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=5095"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5095#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Icyaha ni gatozi, ariko umugayo ni karande -CNLG\/NURC"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/5095","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=5095"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/5095\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=5095"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=5095"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=5095"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}