{"id":5097,"date":"2017-02-26T08:05:30","date_gmt":"2017-02-26T08:05:30","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/02\/26\/gen-mugisha-muntu-umusirikare-wa-museveni-wivanye-ku-ibere-imburagihe\/"},"modified":"2025-02-12T16:59:36","modified_gmt":"2025-02-12T14:59:36","slug":"gen-mugisha-muntu-umusirikare-wa-museveni-wivanye-ku-ibere-imburagihe","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5097","title":{"rendered":"Gen Mugisha Muntu, umusirikare wa Museveni wivanye ku ibere imburagihe"},"content":{"rendered":"<p>Igihugu cya Uganda ni kimwe mu bihugu byakuwe kure, bibona Demokarasi nyuma y\u2019urugamba rutoroshye rwari ruyobowe na Perezida Museveni wari utewe ingabo mu bitugu n\u2019abasirikare b\u2019urugamba barimo n\u2019abana b\u2019u Rwanda.<br \/>\nMuri aba bana b\u2019igihugu Museveni yifashishije kugirango avane igihugu mu manga, harimo abagiye bamwiyomoraho nyuma yaho afashe igihugu wasubiza amaso inyuma ugasanga yari yarabafashe nk\u2019abavandimwe cyangwa abana be.<br \/>\nGen Major Mugisha Muntu ni umwe mu basirikare ba Museveni umuntu atatinya kuvuga ko ari umusirikare w\u2019urugamba bitewe n\u2019ibikorwa bye, bagiye bitandukanya na Museveni mu gihe we yari yaramwiyegereje nk\u2019umujyanama we.<br \/>\n <strong>Gen Mugisha Muntu:<\/strong><br \/>\nMuntu Mugisha yavutse tariki ya 7 Ukwakira 1958, avukira ku butaka bwa Uganda mu karere ka Ntungamo, yakuriye mu gihugu n\u2019amashuli ayigira mu gihugu dore ko yari afite se witwa Enock Ruzima Muntuyera wari warashakanye na Aida Matama Muntuyera, se yari azwi cyane ndetse ari n\u2019inshuti ya Perezida Obote.<br \/>\n<a href=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/02\/muntu.jpg\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-57878 size-full\" src=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/02\/muntu.jpg\" alt=\"muntu\" width=\"595\" height=\"400\" \/><\/a><br \/>\nGen.Mugisha Muntu akaba yarize mu mashuri atandukanye aho yatangiriye muri Mbarara Junior School, Kitunga Primary School na  Kitunga High School, nyuma yaje no kwiga muri Kaminuza ya Makerere ikomeye mu gihugu cya Uganda ndetse no mu karere. Icyiciro cya kabiri cya kaminuza yagisoje mu ishami rya Siyansi politiki (Political Science).<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nIzina niryo muntu, Mugisha yari umunyamahirwe cyane, kubera se wari waranditse izina kugera naho Perezida Obote yamwitiriye ikigo cy\u2019amashuli (Kitunga High School , Obote yari yarayise Muntuyera High School).<br \/>\nIbi byafashije Muntu gukundwa ndetse no kwizerwa na Perezida, ubwo yari arangije kaminuza, Obote yibwiraga ko umwana yafataga nk\u2019umuhungu we arangije amashuli ndetse ko agiye kumuha umwanya mu buyobozi, ibi Mugisha Muntu ntiyabikojejwe ahubwo yahise agana iy\u2019ishyamba ajya mu ishyaka NRA (Nationala Resistance Army) rya Museveni. Ibintu byashenguye umutima Perezida Obote.<br \/>\nBivugwa ko Muntu yaje kuraswa mu gituza ubwo bari mu ishyamba ariko ntiyapfa aza kuvurizwa Kampala arakira. Amaze gukira yasubiye ku rugamba ararwana intambara arayisoza.<br \/>\n <strong>Museveni n\u2019ingabo ze bamaze kubohora igihugu<\/strong><br \/>\nMu 1986, ubwo Perezida Museveni yari amaze gufata igihugu, yahise agira Mugisha umuyobozi mukuru w\u2019urwego rushinzwe iperereza. Mugisha yaje koherezwa kwiga mu Burusiya ibya gisirikare avuyeyo ahita ashingwa kuyobora urugamba mu Majyaruguru ya Uganda aho inyeshyamba zari zimeze nabi [yari afite ipeti rya Majoro]. Yahavanye intsinzi bituma Museveni akomeza kumukunda no kumwizera.<br \/>\n<a href=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/02\/mugisha-1.jpg\"><img decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-57877 size-full\" src=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/02\/mugisha-1.jpg\" alt=\"mugisha\" width=\"940\" height=\"716\" \/><\/a><br \/>\nMugisha yazamuwe mu ntera hutihuti, kugeza ubwo yabaye n\u2019umugaba mukuru w\u2019ingabo za Uganda UPDF (Chief of Defence Forces of Uganda). Museveni nawe kubera urukundo yamukundaga iyo urebye usanga nawe yaramufataga nk\u2019umuhungu we. Yaramuzamuye mu mapeti amugeza ku rya General Major.<br \/>\nIri peti rya Genaral Major, Mugisha Muntu yari agezeho, ubu ni naryo Muhoozi Kainerugaba, umuhungu wa Museveni agezeho, iyi mfura ye nayo ayizamura mu ntera amanywa n&#8217;ijoro.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nMuntu yabaye Minisitiri, yabaye umujyana wa Perezida Museveni mu bya politiki ndetse n\u2019igisirikare, yizerwa ndetse anakundwa na Perezida n\u2019abandi basirikare bagenzi be. 2001 yatoranyijwe ari umwe mu basirikare 9 bari bahagarariye igisirikare cya Uganda mu nteko.<br \/>\n <strong>Gen Mugisha Muntu yaje kwivana ku ibere agikunzwe:<\/strong><br \/>\nGen.Mugisha Muntu yaje guteza ikibazo mu gisirikare aho abasirikare bakuru(officers) batize atabahaga icyubahiro cyabo kubera ko batize ahubwo agashyigikira abize, byatumye abarimo Gen.Kazini bamurwanya bityo birangira igisirikare akivuyemo atangira kurwanya Perezida Museveni.<br \/>\nMu mwaka wa 2012, Gen Mugisha yinjiye mu ishyaka FDC (Forum for Democratic Change) ritavuga rumwe na Leta ya Museveni, iri shyaka ubu riyobowe na Dr Kizza Besigye nawe wahoranye na Gen Muntu ku rugamba rwo kubohora igihugu, Dr Kizza we akaba yari n\u2019umuganga wa Museveni.<br \/>\nUku kurwanya ubutegetsi bwa Museveni yabonye bitamuhira ahitamo guhunga igihugu, ubu avugira hanze arwanya Leta ya Museveni, uku kwivana ku ibere kwe imburagihe kandi Perezida yari amukunze byagiye bituma benshi bamugarukaho cyane cyane abarwanya Leta.<br \/>\nMu 2015, ikinyamakuru Daily Monitor cyo muri Uganda cyatangaje uburyo Mugisha aterana amagambo na Museveni, umwe asebya ishyaka rya mugenzi we.<br \/>\nMugisha Muntu yavugaga ko Perezida Museveni ari umubeshyi, ko iyo yiyamamaza akoresha ibinyoma ashaka guhuma amaso abaturage kugirango bamutore, abizeza ibintu byinshi ariko bikarangira nta na kimwe akoze.<br \/>\nYakomeje avuga ko Perezida Museveni akurura yishyira, avuga ko imitungo yose ya Uganda iri mu maboko y\u2019ishyaka rye rya NRM, akongeraho ko Museveni agomba kumenya ko umutungo w\u2019igihugu uri mu maboko y\u2019abana b\u2019igihugu.<br \/>\nIbi bisa nk\u2019ibyababaje Museveni maze nawe ahanura abaturage ababwira kutita ku bivugwa na Gen Muntu. Aha Museveni yashishikarizaga abaturage kuzatora umuyobozi w\u2019akarere ka Bugiri  wo muri NRA, ababuza kuzatora ukomoka muri FDC ko rigizwe n\u2019abanyabinyoma.<br \/>\nMugisha Muntu atangaza ko azataha ariko agategerezwa reka da. Mu buzima busanzwe yashakanye na Julia Kakonge Muntu mu 1992, bafitanye abana 2, umwe w\u2019umuhungu wavutse mu 1993 n\u2019umukobwa wavutse 1996.<br \/>\n <strong> <em><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">K<\/a><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/em> <\/strong><br \/>\n <em> <strong>Itangishatse Th\u00e9oneste\/Bwiza.com<\/strong> <\/em><br \/>\n <strong> <\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Igihugu cya Uganda ni kimwe mu bihugu byakuwe kure, bibona Demokarasi nyuma y\u2019urugamba rutoroshye rwari ruyobowe na Perezida Museveni wari utewe ingabo mu bitugu n\u2019abasirikare b\u2019urugamba barimo n\u2019abana b\u2019u Rwanda. Muri aba bana b\u2019igihugu Museveni yifashishije kugirango avane igihugu mu manga, harimo abagiye bamwiyomoraho nyuma yaho afashe igihugu wasubiza amaso inyuma ugasanga yari yarabafashe nk\u2019abavandimwe [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-5097","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Gen Mugisha Muntu, umusirikare wa Museveni wivanye ku ibere imburagihe - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=5097\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Gen Mugisha Muntu, umusirikare wa Museveni wivanye ku ibere imburagihe - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Igihugu cya Uganda ni kimwe mu bihugu byakuwe kure, bibona Demokarasi nyuma y\u2019urugamba rutoroshye rwari ruyobowe na Perezida Museveni wari utewe ingabo mu bitugu n\u2019abasirikare b\u2019urugamba barimo n\u2019abana b\u2019u Rwanda. Muri aba bana b\u2019igihugu Museveni yifashishije kugirango avane igihugu mu manga, harimo abagiye bamwiyomoraho nyuma yaho afashe igihugu wasubiza amaso inyuma ugasanga yari yarabafashe nk\u2019abavandimwe [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=5097\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-02-26T08:05:30+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T14:59:36+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/02\/muntu.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"4 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5097#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5097\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Gen Mugisha Muntu, umusirikare wa Museveni wivanye ku ibere imburagihe\",\"datePublished\":\"2017-02-26T08:05:30+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T14:59:36+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5097\"},\"wordCount\":785,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5097#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/02\\\/muntu.jpg\",\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5097#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5097\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5097\",\"name\":\"Gen Mugisha Muntu, umusirikare wa Museveni wivanye ku ibere imburagihe - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5097#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5097#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/02\\\/muntu.jpg\",\"datePublished\":\"2017-02-26T08:05:30+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T14:59:36+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5097#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5097\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5097#primaryimage\",\"url\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/02\\\/muntu.jpg\",\"contentUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/02\\\/muntu.jpg\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5097#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Gen Mugisha Muntu, umusirikare wa Museveni wivanye ku ibere imburagihe\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Gen Mugisha Muntu, umusirikare wa Museveni wivanye ku ibere imburagihe - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5097","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Gen Mugisha Muntu, umusirikare wa Museveni wivanye ku ibere imburagihe - BWIZA","og_description":"Igihugu cya Uganda ni kimwe mu bihugu byakuwe kure, bibona Demokarasi nyuma y\u2019urugamba rutoroshye rwari ruyobowe na Perezida Museveni wari utewe ingabo mu bitugu n\u2019abasirikare b\u2019urugamba barimo n\u2019abana b\u2019u Rwanda. Muri aba bana b\u2019igihugu Museveni yifashishije kugirango avane igihugu mu manga, harimo abagiye bamwiyomoraho nyuma yaho afashe igihugu wasubiza amaso inyuma ugasanga yari yarabafashe nk\u2019abavandimwe [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5097","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-02-26T08:05:30+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T14:59:36+00:00","og_image":[{"url":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/02\/muntu.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"4 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5097#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5097"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Gen Mugisha Muntu, umusirikare wa Museveni wivanye ku ibere imburagihe","datePublished":"2017-02-26T08:05:30+00:00","dateModified":"2025-02-12T14:59:36+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5097"},"wordCount":785,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5097#primaryimage"},"thumbnailUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/02\/muntu.jpg","articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=5097#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5097","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5097","name":"Gen Mugisha Muntu, umusirikare wa Museveni wivanye ku ibere imburagihe - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5097#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5097#primaryimage"},"thumbnailUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/02\/muntu.jpg","datePublished":"2017-02-26T08:05:30+00:00","dateModified":"2025-02-12T14:59:36+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5097#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=5097"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5097#primaryimage","url":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/02\/muntu.jpg","contentUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/02\/muntu.jpg"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5097#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Gen Mugisha Muntu, umusirikare wa Museveni wivanye ku ibere imburagihe"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/5097","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=5097"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/5097\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=5097"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=5097"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=5097"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}