{"id":5118,"date":"2017-02-27T14:10:03","date_gmt":"2017-02-27T14:10:03","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/02\/27\/ese-koko-imiti-iboneza-urubyaro-yaba-igira-ingaruka-ku-bagore\/"},"modified":"2017-02-27T14:10:03","modified_gmt":"2017-02-27T14:10:03","slug":"ese-koko-imiti-iboneza-urubyaro-yaba-igira-ingaruka-ku-bagore","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5118","title":{"rendered":"Ese koko imiti iboneza urubyaro yaba igira ingaruka ku bagore?"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Hirya no hino ku isi by\u2019umwihariko mu Rwanda hariho gahunda zimaze imyaka itari micye zo kuringaniza urubyaro mu rwego rwo kubyara abo umuntu abashije kurera. Nyamara kugeza ubu, haracyari bamwe mu baturage bafite imyumvire n\u2019imyumvire ko ibi bishobora kubagiraho ingaruka bityo bikaba byatuma hari abatitabira iyi gahunda cyangwa bikabatera kuyikoresha nabi uko bidakwiye.<\/em> <\/strong><br \/>\nBamwe mu batrage baherutse kuganira n\u2019iki kinyamakuru kuri iki kintu kijyanye no kuboneza urubyaro bagaragaje imbogamizi baba bahura na zo cyane cyane ku bagore bashatse vuba ndetse n\u2019abakobwa baringaniza imbyaro batarashaka.<br \/>\nFrancine Mukakarangwa wo mu murenge wa Gacurabwenge ho mu karere ka Kamonyi yavuze ko iyo akoresha ibinini birinda gusama bimugiraho ingaruka z\u2019umubyibuho ukabije bityo akagaragaza impungenge ko bishobora no kuzamugiraho ingaruka zikomeye.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nYagize ati\u201dntaratangira gukoresha iyi miti napimaga ibiro 58 ariko ubu aho maze kubikoreshereza ngejeje kuri 66 kandi nta myaka 2 ndamara mbifata.\u201d<br \/>\nUyu mugore yakomeje avuga ko yumva abyibuha umunsi ku wundi ariko akavuga ko bimubangamiye kuko asobora kuzagira ibiro biruta uko angana mu gihagararo.<br \/>\nUretse uyu mugore ubyaye 2 gusa waganiriye n\u2019ikii kinyamakuru, abandi batandukanye bavuga ko hari abo iyi miti itera kunanuka kurusha uko bari basanzwe bangana bityo na bo bakavuga ko bibagiraho ingaruka.<br \/>\nAba bagore kandi bagaragaza ko iyo imiti batangiye kuyifata bacyonsa bituma abana bao barwaragurika kuko batangira gufata iyi miti hakiri kare ngo badasama mu gihe bonsa nk\u2019uko bisanzwe.<br \/>\nInzego z\u2019ubuyobozi zitandukanye mu Rwanda na zo ntizihwema kwigisha no gukangurira abaturage iyi gahunda detse no kubagira inama uko bagomba gufata iyi miti bityo ntibagire igihugu kiganjemo abana b\u2019umuhanda cyangwa abatagira ibikenerwa by\u2019ibanze kuko bavutse ari benshi iwabo nta bushobozi bafite bwo kubitaho.<br \/>\nMu kiganiro Hon Depite Depite Mukakarangwa Clautilde aherutse kugirana n\u2019abaturage bo mu mudugudu wa Nyaruhengeri, akagari ka Mukinga mu murenge wa Nyamiyaga ho mu karere ka Kamonyi nyuma y\u2019igikorwa cy\u2019umuganda, uyu muyobozi na we yagarutse kuri iyi ngingo yo kuringaniza imbyaro.<br \/>\nYagize ati\u201d mugane uburyo bwose bwo kuboneza urubyaro kuko mwabwegerejwe kandi nta n\u2019ingaruka bugira kuwabukoresheje ahubwo bimurinda ibibazo yari guhura na byo bifatiye ku kubyara nta gahunda.\u201d<br \/>\nNyuma y&#8217;umuganda wo kuwa 25 Gashyantare 2017, mu karere ka Nyagatare na ho bagarutse kuri iyi ngingo yo kuringaniza imbyaro. Hon.Sebuhoro yagize ati &#8220;Kubyara ni kimwe, kurera &#038;gukuza na byo ni ikindi abantu tugomba kubyara abo twateganyirije imibereho yabo.&#8221;<br \/>\nNubwo aba baturage bagaragaza imbogamizi, ntibyakuraho kuba babyara abo bashoboye ndetse bakaba banakangurirwa umunsi ku wundi kongera imbaraga muri iyi gahunda ya leta igamije kubazanira ibyiza.<br \/>\nIyi gahunda yo kuboneza urubyaro yatangiriye ku bagore aho bamwe bafataga ibinini cyangwa bagaterwa inshinge zibarinda gusama mu gihe bakoze imibonano mpuzabitsina idakingiye, nyuma n\u2019abagabo bakangurirwa kuyitabira aho kugeza ubu bamwe banifungisha burundu.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nIyi gahunda kandi yashyizweho na Guverinoma y\u2019u Rwanda igamije kurinda abaturage b\u2019Abanyarwanda kubyara abo badashoboye kurera no guha ibyangombwa byose bijyanye n\u2019uburere bw\u2019umwana, kugeza ubu abagabo basaga 410 mu karere ka Gatsibo, no mu tundi turere.<br \/>\n <em>  <strong><a style=\"font-weight: inherit\" href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">K<\/a><a style=\"font-weight: inherit\" href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a style=\"font-weight: inherit\" href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong> <\/em><br \/>\n <strong> <em><a href=\"mailto:Nsengimana@Bwiza.com\">Nsengimana@Bwiza.com<\/a><\/em> <\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Hirya no hino ku isi by\u2019umwihariko mu Rwanda hariho gahunda zimaze imyaka itari micye zo kuringaniza urubyaro mu rwego rwo kubyara abo umuntu abashije kurera. Nyamara kugeza ubu, haracyari bamwe mu baturage bafite imyumvire n\u2019imyumvire ko ibi bishobora kubagiraho ingaruka bityo bikaba byatuma hari abatitabira iyi gahunda cyangwa bikabatera kuyikoresha nabi uko bidakwiye. Bamwe mu [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[7],"tags":[],"class_list":["post-5118","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-utuntu-nutundi"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Ese koko imiti iboneza urubyaro yaba igira ingaruka ku bagore? - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=5118\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ese koko imiti iboneza urubyaro yaba igira ingaruka ku bagore? - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Hirya no hino ku isi by\u2019umwihariko mu Rwanda hariho gahunda zimaze imyaka itari micye zo kuringaniza urubyaro mu rwego rwo kubyara abo umuntu abashije kurera. Nyamara kugeza ubu, haracyari bamwe mu baturage bafite imyumvire n\u2019imyumvire ko ibi bishobora kubagiraho ingaruka bityo bikaba byatuma hari abatitabira iyi gahunda cyangwa bikabatera kuyikoresha nabi uko bidakwiye. Bamwe mu [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=5118\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-02-27T14:10:03+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5118#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5118\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Ese koko imiti iboneza urubyaro yaba igira ingaruka ku bagore?\",\"datePublished\":\"2017-02-27T14:10:03+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5118\"},\"wordCount\":513,\"commentCount\":2,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"utuntu-nutundi\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5118#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5118\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5118\",\"name\":\"Ese koko imiti iboneza urubyaro yaba igira ingaruka ku bagore? - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-02-27T14:10:03+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5118#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5118\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5118#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ese koko imiti iboneza urubyaro yaba igira ingaruka ku bagore?\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ese koko imiti iboneza urubyaro yaba igira ingaruka ku bagore? - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5118","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ese koko imiti iboneza urubyaro yaba igira ingaruka ku bagore? - BWIZA","og_description":"Hirya no hino ku isi by\u2019umwihariko mu Rwanda hariho gahunda zimaze imyaka itari micye zo kuringaniza urubyaro mu rwego rwo kubyara abo umuntu abashije kurera. Nyamara kugeza ubu, haracyari bamwe mu baturage bafite imyumvire n\u2019imyumvire ko ibi bishobora kubagiraho ingaruka bityo bikaba byatuma hari abatitabira iyi gahunda cyangwa bikabatera kuyikoresha nabi uko bidakwiye. Bamwe mu [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5118","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-02-27T14:10:03+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5118#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5118"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Ese koko imiti iboneza urubyaro yaba igira ingaruka ku bagore?","datePublished":"2017-02-27T14:10:03+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5118"},"wordCount":513,"commentCount":2,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["utuntu-nutundi"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=5118#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5118","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5118","name":"Ese koko imiti iboneza urubyaro yaba igira ingaruka ku bagore? - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-02-27T14:10:03+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5118#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=5118"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5118#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ese koko imiti iboneza urubyaro yaba igira ingaruka ku bagore?"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/5118","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=5118"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/5118\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=5118"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=5118"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=5118"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}