{"id":5123,"date":"2017-02-28T09:43:03","date_gmt":"2017-02-28T09:43:03","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/02\/28\/nta-mukobwa-wavuga-ngo-barandongoye-bampa-akazi-acp-mbonyumuvunyi\/"},"modified":"2025-02-12T16:59:21","modified_gmt":"2025-02-12T14:59:21","slug":"nta-mukobwa-wavuga-ngo-barandongoye-bampa-akazi-acp-mbonyumuvunyi","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5123","title":{"rendered":"Nta mukobwa wavuga ngo \u201cbarandongoye bampa akazi\u201d ACP Mbonyumuvunyi"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Umuyobozi wa Polisi y&#8217;u Rwanda, ishami rishinzwe kurwanya ruswa, ACP Mbonyumuvunyi Jean Nepo avuga ko bitoroshye kumenya uwatanze cyangwa uwasabye ruswa y&#8217;igitsina kuko bikorerwa mu rwihisho kandi babyumvikanyeho. Avuga kandi ko abahanye bene iyi ruswa babigira ibanga rikomeye biyo bikaba bigoye kubona ibimenyetso kuri iki kibazo.<\/em> <\/strong><br \/>\n\u00a0<br \/>\nIki kibazo cya ruswa ishingiye ku gitsina ni kimwe mu byagarutsweho na bamwe mu badepite bagize Inteko ishinga amategeko y\u2019u Rwanda mu kiganiro cyabaye hagati y\u2019ihuriro ry\u2019Abadepite bashinzwe gukurikirana ikibazo cya ruswa ndetse n\u2019abayobozi bafite kuyikumira mu nshingano za bo.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nGusa aba badepite na bo bavuga ko bitoroshye gutahura uwayitanze cyangwa uwayatsi kuko bikorwa mu ibanga ariko Polisi yo ikavuga ko iri gukora ibishoboka byose wenda ngo izagire uwo igwa gitumo igahita imushyira ahagaragara.<br \/>\nBamwe  mu banyeshuri bo muri Kaminuza zitandukanye baganiriye na Tv 1 dukesha iyi nkuru bavuga ko iyo ruswa iriho cyane cyane ku banyeshuri bashaka amanota ku barimu ndetse no kuri bamwe bashakisha imirimo mu gihe barangije amasomo.<br \/>\nUmwe utatangarijwe amazina yagize ati\u201dnubwo bitambayeho ariko akenshi umuntu ashobora akuba afite amanota macye kandi ashaka gutsinda bityo yanabona n\u2019uburyo na mwalimu amwiyumvamo bagahita babirangiza.\u201d Undi yagize ati \u201cuko iriya ruswa itangwa bisaba ubwumvikane, iyo rero bari kumvikana uko bari buyihane bitewe n\u2019icyo umwe akenewe ku wundi bumvikana n\u2019aho bari buhurire ubundi bakabikora.\u201d<br \/>\nKimwe n\u2019abandi batandukanye, iyi ruswa ivugwa mu mashuri kimwe no mu mitangirwe y\u2019akazi ku banyeshuri barangije amasomo, bavuga ko iyi ruswa igira ingaruka cyane ku bakobwa kuko ari bo bayakwa kurusha abahungu.<br \/>\nHon. Depite Yuvenali Nkusi, umuyobozi wa komisiyo igenzura imikoreshereze y\u2019ingengo y\u2019imari n\u2019umutungo wa leta mu nteko ishinga amategeko, avuga ko gutahura iki cyaha bitoroshye.<br \/>\nNtabwo ibintu nk\u2019ibingibi by\u2019amakosa bibera ahantu nk\u2019ahangaha hacanye, bibera ahantu hihishe.\u201d Kimwe n\u2019umuvunyi mukuru Aloysie Cyanzayire nawe agaruka kuri iki kibazo kitoroshye kukibonera umuti. \u201cbitew n\u2019uko ababikora bombi babifitemo inyungu bituma nta n\u2019umwe muri bo wavamo ngo ajye gutanga amakuru.bigatuma rero binagorana kwegeranya ibimenyetso.\u201d<br \/>\nAri abanyeshuri ndetse n\u2019aba bayobozi bose basanga bitewe nuko ari abasaba n\u2019abatanga iyi ruswa bose baba bakeneranye kandi bose bagashakana, bituma bigorana kubona ibimenyetso.<br \/>\nAba banyeshuri bavuga ko kwigishwa indangagaciro na kirazira by\u2019umuco nyarwanda ku basaba n\u2019abatanga akazi ari byo byonyine bishobora gutuma iki kibazo gicika kuko gufata ababikoze btoroshye.<br \/>\nNaho ku ruhande rwa Polisi y\u2019u Rwanda ishami rishinzwe kurwanya ruswa, na yo yemera ko iki kibazo gihari ndetse ko bagiye gukomeza gukora ibishoboka byose bakareba ko cyacika.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nACP Mbonyumuvunyi  Jean Nepo, umuyobozi ushinzwe agashami k&#8217;ubugenzuzi muri Polisi y&#8217;u Rwanda agira ati\u201dRuswa y\u2019igitsina mu Rwanda irahari. Yatangwa mbere, yatangwa nyuma riko irahari. Gusa nta muntu wakubwira ati barandngoye ngo bampe akazi kuko yaba yiyiciye isoko akaba yazabura umugabo ariko aho tuzayikeka tuzayikurikirana kugeza tubafashe tkabashyira ku karubanda.\u201d<br \/>\nRuswa ni kimwe mu bibazo byugarije u Rwanda n\u2019isi muri rusange ndetse ikagaragara mu nzego zose zijyanye n\u2019imiyoborere. Gusa imiryango ifite gukurikirana ibibazo bya ruswa mu nshingano ntihwema imbaraga mu guhangana n\u2019iki kibazo nubwo kuyirandura Burundu bitoroshye.<br \/>\n <em> <strong><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">K<\/a><a style=\"font-weight: inherit\" href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a style=\"font-weight: inherit\" href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong> <\/em><br \/>\n <strong> <em><a href=\"mailto:Nsengimana@Bwiza.com\">Nsengimana@Bwiza.com<\/a><\/em> <\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umuyobozi wa Polisi y&#8217;u Rwanda, ishami rishinzwe kurwanya ruswa, ACP Mbonyumuvunyi Jean Nepo avuga ko bitoroshye kumenya uwatanze cyangwa uwasabye ruswa y&#8217;igitsina kuko bikorerwa mu rwihisho kandi babyumvikanyeho. Avuga kandi ko abahanye bene iyi ruswa babigira ibanga rikomeye biyo bikaba bigoye kubona ibimenyetso kuri iki kibazo. \u00a0 Iki kibazo cya ruswa ishingiye ku gitsina ni [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-5123","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Nta mukobwa wavuga ngo \u201cbarandongoye bampa akazi\u201d ACP Mbonyumuvunyi - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=5123\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Nta mukobwa wavuga ngo \u201cbarandongoye bampa akazi\u201d ACP Mbonyumuvunyi - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Umuyobozi wa Polisi y&#8217;u Rwanda, ishami rishinzwe kurwanya ruswa, ACP Mbonyumuvunyi Jean Nepo avuga ko bitoroshye kumenya uwatanze cyangwa uwasabye ruswa y&#8217;igitsina kuko bikorerwa mu rwihisho kandi babyumvikanyeho. Avuga kandi ko abahanye bene iyi ruswa babigira ibanga rikomeye biyo bikaba bigoye kubona ibimenyetso kuri iki kibazo. \u00a0 Iki kibazo cya ruswa ishingiye ku gitsina ni [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=5123\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-02-28T09:43:03+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T14:59:21+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5123#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5123\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Nta mukobwa wavuga ngo \u201cbarandongoye bampa akazi\u201d ACP Mbonyumuvunyi\",\"datePublished\":\"2017-02-28T09:43:03+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T14:59:21+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5123\"},\"wordCount\":539,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5123#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5123\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5123\",\"name\":\"Nta mukobwa wavuga ngo \u201cbarandongoye bampa akazi\u201d ACP Mbonyumuvunyi - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-02-28T09:43:03+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T14:59:21+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5123#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5123\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5123#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Nta mukobwa wavuga ngo \u201cbarandongoye bampa akazi\u201d ACP Mbonyumuvunyi\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Nta mukobwa wavuga ngo \u201cbarandongoye bampa akazi\u201d ACP Mbonyumuvunyi - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5123","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Nta mukobwa wavuga ngo \u201cbarandongoye bampa akazi\u201d ACP Mbonyumuvunyi - BWIZA","og_description":"Umuyobozi wa Polisi y&#8217;u Rwanda, ishami rishinzwe kurwanya ruswa, ACP Mbonyumuvunyi Jean Nepo avuga ko bitoroshye kumenya uwatanze cyangwa uwasabye ruswa y&#8217;igitsina kuko bikorerwa mu rwihisho kandi babyumvikanyeho. Avuga kandi ko abahanye bene iyi ruswa babigira ibanga rikomeye biyo bikaba bigoye kubona ibimenyetso kuri iki kibazo. \u00a0 Iki kibazo cya ruswa ishingiye ku gitsina ni [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5123","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-02-28T09:43:03+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T14:59:21+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5123#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5123"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Nta mukobwa wavuga ngo \u201cbarandongoye bampa akazi\u201d ACP Mbonyumuvunyi","datePublished":"2017-02-28T09:43:03+00:00","dateModified":"2025-02-12T14:59:21+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5123"},"wordCount":539,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=5123#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5123","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5123","name":"Nta mukobwa wavuga ngo \u201cbarandongoye bampa akazi\u201d ACP Mbonyumuvunyi - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-02-28T09:43:03+00:00","dateModified":"2025-02-12T14:59:21+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5123#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=5123"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5123#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Nta mukobwa wavuga ngo \u201cbarandongoye bampa akazi\u201d ACP Mbonyumuvunyi"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/5123","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=5123"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/5123\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=5123"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=5123"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=5123"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}