{"id":51490,"date":"2022-09-13T09:08:00","date_gmt":"2022-09-13T09:08:00","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2022\/09\/13\/igice-cya-mbere-monastir-twari-kuba-twayitsinze-ibitego-byinshi_gen-james\/"},"modified":"2022-09-13T09:08:00","modified_gmt":"2022-09-13T09:08:00","slug":"igice-cya-mbere-monastir-twari-kuba-twayitsinze-ibitego-byinshi_gen-james","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=51490","title":{"rendered":"Igice cya mbere Monastir twari kuba twayitsinze ibitego byinshi_Gen James Kabarebe"},"content":{"rendered":"<p><strong>Perezida w&#8217;icyubahiro wa APR FC, Gen James Kabarebe, yashimiye abakinnyi b&#8217;iyi kipe uko bitwaye imbere ya US Monastir; gusa abasaba nanone gukora ibishoboka byose bakayitsindira muri Tunisia.<\/strong><\/p>\n<p>Hari mu butumwa yahaga abakinnyi b&#8217;iyi kipe y&#8217;Ingabo z&#8217;Igihugu ubwo yari yabasuye mu myitozo ejo ku wa Mbere, abashimira uko bitwaye imbere ya US Monastir baheruka gutsindira i Huye igitego 1-0.<\/p>\n<p>Igitego rukumbi cya rutahizamu Mugunga Yves ni cyo cyafashije APR FC kubona intsinzi kuri Monastir, mbere y&#8217;uko amakipe yombi ahurira mu mukino wo kwishyura wa CAF Champions league uzabera muri Tunisia ku Cyumweru gitaha.<\/p>\n<p>Gen Kabarebe ubwo yasuraga abakinnyi ba APR FC aherekejwe na Lt Gen Mubarakh Muganga usanzwe ari Chairman w&#8217;iriya kipe, babwiye abakinnyi ko banyuzwe n&#8217;uburyo bitwaye i Huye.<\/p>\n<p>Mu gice cya mbere cy&#8217;uriya mukino APR FC yabonye uburyo bw&#8217;ibitego bubarirwa muri butanu, gusa ubwo ku munota wa 19 w&#8217;umukino bwa Mugunga aba ari bwo buvamo igitego cyatandukanyije impande zombi.<\/p>\n<p>Ibi Gen Kabarebe wakurikiranye uriya mukino abiheraho avuga ko Abarabu bakabaye barariye ibitego byinshi mu gice cya mbere cy&#8217;umukino, gusa bakaza kugira amahirwe.<\/p>\n<p>Yabwiye abakinnyi ati: &#8220;Ibyo nababwiye mbere mwarabikoze kandi mwerekanye ko nta wuzava hano byoroshye. Umupira narawurebye, igice cya mbere iriya kipe twari kuba twayitsinze ibitego byinshi kuko mwarayirushije cyane.&#8221;<\/p>\n<p>Gen Kabarebe yaboneyeho gusaba abakinnyi ba APR FC kuzotsa Monastir igitutu cyinshi mu mukino wo kwishyura, kuko hari icyizere cyo kuyisezerera.<\/p>\n<p>Ati: &#8220;Turashaka ko bigera no kumunota wa 60 mukiri hejuru muyotsa igitutu. Muratanga icyizere ko tuzayisezerera kuko mwamaze kwiremamo icyizere, rero ni na cyo kigomba kubakomeza mukayisezerera kuko mwarabigaragaje.&#8221;<\/p>\n<p>Yunzemo ati: &#8220;Hano muri APR FC buri mukinnyi uri muri iyi kipe aba ashoboye kuko nta wujya kuza hano tutaramukurikiranye, ibyo rero ni byo biba bigomba gutuma duhorana intsinzi. Mubigaragaze na hariya mugiye kwerekeza, kandi nzi ko muzabikora tukabakira neza mutahukanye intsinzi.&#8221;<\/p>\n<p>Afande Kabarebe yijeje abakinnyi ba APR FC ko ubuyobozi bwiteguye kubashimira byimazeyo mu gihe baba basezereye iriya kipe.<\/p>\n<p>Biteganyijwe ko kuri uyu wa Kabiri ari bwo APR FC ihaguruka i Kigali yerekeza muri Tunisia, ahazabera umukino wo kwishyura.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Perezida w&#8217;icyubahiro wa APR FC, Gen James Kabarebe, yashimiye abakinnyi b&#8217;iyi kipe uko bitwaye imbere ya US Monastir; gusa abasaba nanone gukora ibishoboka byose bakayitsindira muri Tunisia. Hari mu butumwa yahaga abakinnyi b&#8217;iyi kipe y&#8217;Ingabo z&#8217;Igihugu ubwo yari yabasuye mu myitozo ejo ku wa Mbere, abashimira uko bitwaye imbere ya US Monastir baheruka gutsindira i [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":17,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-51490","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Igice cya mbere Monastir twari kuba twayitsinze ibitego byinshi_Gen James Kabarebe - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=51490\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Igice cya mbere Monastir twari kuba twayitsinze ibitego byinshi_Gen James Kabarebe - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Perezida w&#8217;icyubahiro wa APR FC, Gen James Kabarebe, yashimiye abakinnyi b&#8217;iyi kipe uko bitwaye imbere ya US Monastir; gusa abasaba nanone gukora ibishoboka byose bakayitsindira muri Tunisia. Hari mu butumwa yahaga abakinnyi b&#8217;iyi kipe y&#8217;Ingabo z&#8217;Igihugu ubwo yari yabasuye mu myitozo ejo ku wa Mbere, abashimira uko bitwaye imbere ya US Monastir baheruka gutsindira i [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=51490\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:author\" content=\"BenjaminBabou\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2022-09-13T09:08:00+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:creator\" content=\"@BenjaminBabou3\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=51490#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=51490\"},\"author\":{\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\"},\"headline\":\"Igice cya mbere Monastir twari kuba twayitsinze ibitego byinshi_Gen James Kabarebe\",\"datePublished\":\"2022-09-13T09:08:00+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=51490\"},\"wordCount\":354,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=51490#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=51490\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=51490\",\"name\":\"Igice cya mbere Monastir twari kuba twayitsinze ibitego byinshi_Gen James Kabarebe - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2022-09-13T09:08:00+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=51490#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=51490\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=51490#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Igice cya mbere Monastir twari kuba twayitsinze ibitego byinshi_Gen James Kabarebe\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\",\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"description\":\"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.\",\"sameAs\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"BenjaminBabou\",\"https:\\\/\\\/x.com\\\/@BenjaminBabou3\"],\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=17\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Igice cya mbere Monastir twari kuba twayitsinze ibitego byinshi_Gen James Kabarebe - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=51490","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Igice cya mbere Monastir twari kuba twayitsinze ibitego byinshi_Gen James Kabarebe - BWIZA","og_description":"Perezida w&#8217;icyubahiro wa APR FC, Gen James Kabarebe, yashimiye abakinnyi b&#8217;iyi kipe uko bitwaye imbere ya US Monastir; gusa abasaba nanone gukora ibishoboka byose bakayitsindira muri Tunisia. Hari mu butumwa yahaga abakinnyi b&#8217;iyi kipe y&#8217;Ingabo z&#8217;Igihugu ubwo yari yabasuye mu myitozo ejo ku wa Mbere, abashimira uko bitwaye imbere ya US Monastir baheruka gutsindira i [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=51490","og_site_name":"BWIZA","article_author":"BenjaminBabou","article_published_time":"2022-09-13T09:08:00+00:00","author":"B\u00e9njamin BABOU","twitter_card":"summary_large_image","twitter_creator":"@BenjaminBabou3","twitter_misc":{"Written by":"B\u00e9njamin BABOU","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=51490#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=51490"},"author":{"name":"B\u00e9njamin BABOU","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9"},"headline":"Igice cya mbere Monastir twari kuba twayitsinze ibitego byinshi_Gen James Kabarebe","datePublished":"2022-09-13T09:08:00+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=51490"},"wordCount":354,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=51490#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=51490","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=51490","name":"Igice cya mbere Monastir twari kuba twayitsinze ibitego byinshi_Gen James Kabarebe - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2022-09-13T09:08:00+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=51490#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=51490"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=51490#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Igice cya mbere Monastir twari kuba twayitsinze ibitego byinshi_Gen James Kabarebe"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9","name":"B\u00e9njamin BABOU","description":"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.","sameAs":["https:\/\/bwiza.com\/","BenjaminBabou","https:\/\/x.com\/@BenjaminBabou3"],"url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=17"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/51490","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/17"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=51490"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/51490\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=51490"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=51490"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=51490"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}