{"id":51535,"date":"2022-09-14T09:48:20","date_gmt":"2022-09-14T09:48:20","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2022\/09\/14\/mukuralinda-yavuze-uko-yakiriye-kumva-umuturage-amugereranya-na-leon-mugesera\/"},"modified":"2022-09-14T09:48:20","modified_gmt":"2022-09-14T09:48:20","slug":"mukuralinda-yavuze-uko-yakiriye-kumva-umuturage-amugereranya-na-leon-mugesera","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=51535","title":{"rendered":"Mukuralinda yavuze uko yakiriye kumva umuturage amugereranya na L\u00e9on Mugesera"},"content":{"rendered":"<p><strong>Umuvugizi wungirije wa guverinoma y\u2019u Rwanda, Alain Mukuralinda, yagize icyo avuga ku muturage wo mu gace ka Bannyahe mu kagari ka Nyarutarama mu karere ka Gasabo witwa Shikama Jean de Dieu wamugereranyije na L\u00e9on Mugesera wakanguriye abaturage gukora jenoside.<\/strong><\/p>\n<p>Shikama aherutse gukwirakwiza ijwi ku mbuga nkoranyambaga rumvikanamo amagambo arimo agira ati: \u201cNkimara kumva amagambo yavuzwe n\u2019Umuvugizi wa Leta wungirije, Alain Mukuralinda, ayavugiye TV1 cyangwa Radio 1, <\/p>\n<p>nibuka amagambo uwitwa L\u00e9on Mugesera yavugiye ahitwa i Kabaya yakurikiranweho mu minsi ishize, nyahuza n\u2019aho uwo muyobozi, nsanga icyo Alain Mukuralinda yakoze kingana n\u2019amagambo uwitwa L\u00e9on Mugesera yavugiye ku Kabaya, ubwo yavugaga ngo Abatutsi bakomoka muri Ethiopia, ngo bazasubizweho.\u201d<\/p>\n<p>Shikama yakomeje ati: \u201cIbi bintu rero, kuba Bannyahe yariswe Bannyahe, Alain Mukuralinda akavuga ngo &#8216;Ariko mwumvise n\u2019uko aho hantu hitwa?&#8217; Bwa mbere na mbere Leta iri gushingira ko twitwa Bannyahe, mbese twagizwe igice runaka, dukorerwa ivangura. Tugiye gukurwa mu Banyarwanda kubera izina twiswe. Ntabwo tuzi uwaritwise ngo ni nde?\u201d<\/p>\n<p>Mu kiganiro yagiriye kuri TV1 mu minsi itanu ishize asobanura gahunda yo kwimura abatuye muri Bannyahe [ni cyo Shikama yavuzeho], Mukuralinda yagize ati: \u201cRimwe na rimwe abantu batinya kuvuga ibintu cyangwa bakabica ku ruhande. Niba abantu batuye ahantu, n\u2019abaturage baho bahatuye, n\u2019abandi ku ruhande bahatuye, bakahita muri Bannyahe, ni uko ari heza se? <\/p>\n<p>Uyu munsi abantu batuye ahantu amaze y\u2019imvura atagira aho aca, amazi y\u2019umwanda atagira aho aca, ahubwo iyo imvura iguye biza bikaba ibidendezi, ugansanga abantu barimo barabikandagiramo. Ibyo ngibyo bitera indwara, bitera ibyorezo.\u201d<\/p>\n<p><strong>Icyo avuga ku kugereranywa na Mugesera<\/strong><\/p>\n<p>Mu kiganiro yagiriye kuri Ukwezi TV kuri uyu wa 13 Nzeri 2022, Mukuralinda yabajijwe uko yakiriye kumva agereranywa na Mugesera wahamijwe ibyaha bya jenoside.<\/p>\n<p>Mukuralinda yabanje guseka, maze asubiza ko ntacyo byamuhungabanyijeho kuko asanzwe ari umunyamategeko. Ati: \u201cAmahirwe nagize ni uko nabyumvise ndi umunyamategeko, icyo ni kimwe. Ikindi kitatumye nahungabana cyangwa nagira gute, ni uko yavuze ngo ni nanjye wahise muri Bannyahe. Ibyo ngibyo ngira ngo n\u2019umwana muto uciye akenge, twese twararihasanze.\u201d<\/p>\n<p>Mukuralinda abona Shikama kuba yaramugeraranyije na Mugesera ari uburyo yahisemo bwo kugira ngo ubutumwa bwe bwumvikane, agira ati: \u201cNabifashe njyewe nk\u2019ibisanzwe. Ahubwo naratangaye numvise nimugoroba ngo bamufashe. Njye numvise ko asanzwe avuga, ndavuga nti ibi ngibi, usesenguye vraiement, nabyita nko gusaza imigeri cyangwa se amatakirangoyi.\u201d<\/p>\n<p>Nk\u2019uko Mukuralinda yabivuze, Shikama wavuze ko Bannyahe iri gutegurirwa jenoside yatawe muri yombi n\u2019urwego rw\u2019igihugu rushinzwe ubugenzacyaha (RIB) tariki ya 10 Nzeri. Rumukurikiranyeho icyaha cyo gupfobya jenoside no kubiba amacakubiri, bijyanye n\u2019iri jwi yakwirakwije.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umuvugizi wungirije wa guverinoma y\u2019u Rwanda, Alain Mukuralinda, yagize icyo avuga ku muturage wo mu gace ka Bannyahe mu kagari ka Nyarutarama mu karere ka Gasabo witwa Shikama Jean de Dieu wamugereranyije na L\u00e9on Mugesera wakanguriye abaturage gukora jenoside. Shikama aherutse gukwirakwiza ijwi ku mbuga nkoranyambaga rumvikanamo amagambo arimo agira ati: \u201cNkimara kumva amagambo yavuzwe [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":11,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[126,133],"class_list":["post-51535","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw","tag-amamenyesha","tag-in-business-today"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Mukuralinda yavuze uko yakiriye kumva umuturage amugereranya na L\u00e9on Mugesera - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=51535\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Mukuralinda yavuze uko yakiriye kumva umuturage amugereranya na L\u00e9on Mugesera - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Umuvugizi wungirije wa guverinoma y\u2019u Rwanda, Alain Mukuralinda, yagize icyo avuga ku muturage wo mu gace ka Bannyahe mu kagari ka Nyarutarama mu karere ka Gasabo witwa Shikama Jean de Dieu wamugereranyije na L\u00e9on Mugesera wakanguriye abaturage gukora jenoside. Shikama aherutse gukwirakwiza ijwi ku mbuga nkoranyambaga rumvikanamo amagambo arimo agira ati: \u201cNkimara kumva amagambo yavuzwe [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=51535\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2022-09-14T09:48:20+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"TUYIZERE JD\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"TUYIZERE JD\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=51535#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=51535\"},\"author\":{\"name\":\"TUYIZERE JD\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320\"},\"headline\":\"Mukuralinda yavuze uko yakiriye kumva umuturage amugereranya na L\u00e9on Mugesera\",\"datePublished\":\"2022-09-14T09:48:20+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=51535\"},\"wordCount\":421,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"keywords\":[\"Amamenyesha\",\"In Business Today\"],\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=51535#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=51535\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=51535\",\"name\":\"Mukuralinda yavuze uko yakiriye kumva umuturage amugereranya na L\u00e9on Mugesera - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2022-09-14T09:48:20+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=51535#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=51535\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=51535#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Mukuralinda yavuze uko yakiriye kumva umuturage amugereranya na L\u00e9on Mugesera\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320\",\"name\":\"TUYIZERE JD\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=11\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Mukuralinda yavuze uko yakiriye kumva umuturage amugereranya na L\u00e9on Mugesera - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=51535","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Mukuralinda yavuze uko yakiriye kumva umuturage amugereranya na L\u00e9on Mugesera - BWIZA","og_description":"Umuvugizi wungirije wa guverinoma y\u2019u Rwanda, Alain Mukuralinda, yagize icyo avuga ku muturage wo mu gace ka Bannyahe mu kagari ka Nyarutarama mu karere ka Gasabo witwa Shikama Jean de Dieu wamugereranyije na L\u00e9on Mugesera wakanguriye abaturage gukora jenoside. Shikama aherutse gukwirakwiza ijwi ku mbuga nkoranyambaga rumvikanamo amagambo arimo agira ati: \u201cNkimara kumva amagambo yavuzwe [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=51535","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2022-09-14T09:48:20+00:00","author":"TUYIZERE JD","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"TUYIZERE JD","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=51535#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=51535"},"author":{"name":"TUYIZERE JD","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320"},"headline":"Mukuralinda yavuze uko yakiriye kumva umuturage amugereranya na L\u00e9on Mugesera","datePublished":"2022-09-14T09:48:20+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=51535"},"wordCount":421,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"keywords":["Amamenyesha","In Business Today"],"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=51535#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=51535","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=51535","name":"Mukuralinda yavuze uko yakiriye kumva umuturage amugereranya na L\u00e9on Mugesera - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2022-09-14T09:48:20+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=51535#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=51535"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=51535#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Mukuralinda yavuze uko yakiriye kumva umuturage amugereranya na L\u00e9on Mugesera"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320","name":"TUYIZERE JD","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=11"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/51535","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/11"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=51535"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/51535\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=51535"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=51535"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=51535"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}