{"id":51575,"date":"2022-09-15T11:22:26","date_gmt":"2022-09-15T11:22:26","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2022\/09\/15\/depite-mukabunani-yemeza-ko-leta-yagize-intege-nke-mu-gukemura-ikibazo-cya\/"},"modified":"2022-09-15T11:22:26","modified_gmt":"2022-09-15T11:22:26","slug":"depite-mukabunani-yemeza-ko-leta-yagize-intege-nke-mu-gukemura-ikibazo-cya","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=51575","title":{"rendered":"Depite Mukabunani yemeza ko Leta yagize intege nke mu gukemura ikibazo cya Bannyahe"},"content":{"rendered":"<p><strong>Umudepite uhagarariye ishyaka PS Imberakuri mu nteko ishinga amategeko y\u2019u Rwanda, Mukabunani Christine, avuga ko Leta yagize intege nke mu gukemura ikibazo cy\u2019abatuye mu gace kitwa Bannyahe, akagari ka Nyarutarama, umurenge wa Remera, banze kwimukira mu nyubako zubatswe mu Busanza.<\/strong><\/p>\n<p>Hashize igihe kinini abaturage bamwe banze kujya mu nyubako zo mu Busanza batumvikana n\u2019ubuyobozi bw&#8217;umujyi wa Kigali bubasaba kwimuka muri Bannyahe ku mpamvu z\u2019inyungu rusange.<\/p>\n<p>Abayobozi batandukanye muri uyu mujyi no muri guverinoma basimburana kenshi, basaba aba baturage kwimukira mu Busanza, ariko ababyanze bagasaba ingurane ikwiye kugira ngo bimukire aho bashaka.<\/p>\n<p>Ikibazo cyagejejwe mu rukiko, ariko mu gihe urubanza rutararangira, ubukangurambaga bwo kubasaba kwimukira muri izi nyubako burakomeje, bamwe bemera kuzijyamo ariko hari n\u2019abakomeje kunangira.<\/p>\n<p>Abakomeje kwinangira bo mu cyumweru gishize bahawe icyumweru kimwe ngo bazabe bavuye muri Bannyahe, baranihanangirizwa, bamenyeshwa ko kwigomeka ku byemezo bya Leta ari icyaha gihanwa n\u2019itegeko.<\/p>\n<p><strong>Depite Mukabunani abona Leta yaragize intege nke<\/strong><\/p>\n<p>Uyu mudepite mu kiganiro yagiriye ku muyoboro wa Primo Media Rwanda kuri uyu wa 14 Nzeri 2022, yabajijwe impamvu abona yaba yaratumye iki kibazo kimaze imyaka myinshi kigeza ubu kitarakemuka, asubiza ko byatewe n\u2019intege nke za Leta.<\/p>\n<p>Umunyamakuru ati: &#8220;Kuki kidakemuka iki kibazo?\u201d, Mukabunani asubiza ati: \u201cNi intege nke za Leta. Ikibazo cy\u2019abaturage se cyananira Leta gute? Birashoboka ko hari abantu babifitemo inyungu zabo banga yuko ikibazo gikemuka ariko mu by\u2019ukuri ikibazo cy\u2019abaturage gikwiye gukemuka. Nta kibazo gikwiye kunanira Leta.\u201d<\/p>\n<p>Depite Mukabunani yasobanuye ko igisubizo Leta ikwiye gushakira iki kibazo ari ikiri mu nyungu z\u2019abaturage. Ati: \u201cHakwiye kugaragara igisubizo giha inyungu abaturage, yego na Leta ntihombe, ariko n\u2019abaturage bagakomeza ubuzima, ntibuhagarare. Kuba rero iki kibazo kinanirana ni intege nkeya z\u2019ubuyobozi.\u201d<\/p>\n<p>Bamwe mu baturage bakiri muri Bannyahe mu gitondo cy\u2019uyu wa 15 Nzeri 2022 babyutse bahuruza, basobanura ko inzego z\u2019umutekano zagose aka gace, bategekwa kwimuka ku ngufu.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umudepite uhagarariye ishyaka PS Imberakuri mu nteko ishinga amategeko y\u2019u Rwanda, Mukabunani Christine, avuga ko Leta yagize intege nke mu gukemura ikibazo cy\u2019abatuye mu gace kitwa Bannyahe, akagari ka Nyarutarama, umurenge wa Remera, banze kwimukira mu nyubako zubatswe mu Busanza. Hashize igihe kinini abaturage bamwe banze kujya mu nyubako zo mu Busanza batumvikana n\u2019ubuyobozi bw&#8217;umujyi [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":11,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[126],"class_list":["post-51575","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw","tag-amamenyesha"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Depite Mukabunani yemeza ko Leta yagize intege nke mu gukemura ikibazo cya Bannyahe - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=51575\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Depite Mukabunani yemeza ko Leta yagize intege nke mu gukemura ikibazo cya Bannyahe - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Umudepite uhagarariye ishyaka PS Imberakuri mu nteko ishinga amategeko y\u2019u Rwanda, Mukabunani Christine, avuga ko Leta yagize intege nke mu gukemura ikibazo cy\u2019abatuye mu gace kitwa Bannyahe, akagari ka Nyarutarama, umurenge wa Remera, banze kwimukira mu nyubako zubatswe mu Busanza. Hashize igihe kinini abaturage bamwe banze kujya mu nyubako zo mu Busanza batumvikana n\u2019ubuyobozi bw&#8217;umujyi [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=51575\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2022-09-15T11:22:26+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"TUYIZERE JD\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"TUYIZERE JD\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=51575#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=51575\"},\"author\":{\"name\":\"TUYIZERE JD\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320\"},\"headline\":\"Depite Mukabunani yemeza ko Leta yagize intege nke mu gukemura ikibazo cya Bannyahe\",\"datePublished\":\"2022-09-15T11:22:26+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=51575\"},\"wordCount\":319,\"commentCount\":6,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"keywords\":[\"Amamenyesha\"],\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=51575#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=51575\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=51575\",\"name\":\"Depite Mukabunani yemeza ko Leta yagize intege nke mu gukemura ikibazo cya Bannyahe - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2022-09-15T11:22:26+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=51575#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=51575\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=51575#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Depite Mukabunani yemeza ko Leta yagize intege nke mu gukemura ikibazo cya Bannyahe\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320\",\"name\":\"TUYIZERE JD\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=11\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Depite Mukabunani yemeza ko Leta yagize intege nke mu gukemura ikibazo cya Bannyahe - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=51575","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Depite Mukabunani yemeza ko Leta yagize intege nke mu gukemura ikibazo cya Bannyahe - BWIZA","og_description":"Umudepite uhagarariye ishyaka PS Imberakuri mu nteko ishinga amategeko y\u2019u Rwanda, Mukabunani Christine, avuga ko Leta yagize intege nke mu gukemura ikibazo cy\u2019abatuye mu gace kitwa Bannyahe, akagari ka Nyarutarama, umurenge wa Remera, banze kwimukira mu nyubako zubatswe mu Busanza. Hashize igihe kinini abaturage bamwe banze kujya mu nyubako zo mu Busanza batumvikana n\u2019ubuyobozi bw&#8217;umujyi [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=51575","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2022-09-15T11:22:26+00:00","author":"TUYIZERE JD","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"TUYIZERE JD","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=51575#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=51575"},"author":{"name":"TUYIZERE JD","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320"},"headline":"Depite Mukabunani yemeza ko Leta yagize intege nke mu gukemura ikibazo cya Bannyahe","datePublished":"2022-09-15T11:22:26+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=51575"},"wordCount":319,"commentCount":6,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"keywords":["Amamenyesha"],"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=51575#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=51575","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=51575","name":"Depite Mukabunani yemeza ko Leta yagize intege nke mu gukemura ikibazo cya Bannyahe - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2022-09-15T11:22:26+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=51575#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=51575"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=51575#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Depite Mukabunani yemeza ko Leta yagize intege nke mu gukemura ikibazo cya Bannyahe"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320","name":"TUYIZERE JD","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=11"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/51575","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/11"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=51575"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/51575\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=51575"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=51575"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=51575"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}