{"id":5186,"date":"2017-03-03T16:56:04","date_gmt":"2017-03-03T16:56:04","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/03\/03\/zimwe-mu-mpamvu-zituma-abagabo-n-abagore-bacana-inyuma-batabireka\/"},"modified":"2025-07-01T19:53:52","modified_gmt":"2025-07-01T17:53:52","slug":"zimwe-mu-mpamvu-zituma-abagabo-n-abagore-bacana-inyuma-batabireka","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5186","title":{"rendered":"Zimwe mu mpamvu zituma abagabo n\u2019abagore bacana inyuma batabireka"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Iyo uganiriye n\u2019abasheshe akanguhe muri iyi minsi, bagusobanurira uko babona impamvu zaba zituma habago gucana inyuma cyane mu minsi ya none. bavuga ko kuri ubu ingo nyinshi zicana inyuma ariko ntibipfe kumenyekana kuko bikorwa mu ibanga ndetse hakaba n\u2019aho usanga umugore n\u2019umugabo babikora nk\u2019aho ari uguhimanwa.<\/em> <\/strong><br \/>\nNubwo hari abihangana bakarenzaho ngo usanga mu ngo abantu benshi baba barashize mu mitima yabo kubera abo bashakanye.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nZimwe mu mpamvu zituma bacana inyuma kandi ntibabireke.<br \/>\n <strong>Kudashimishanya mu buriri<\/strong><br \/>\nAbantu bakuru baganiriye na Bwiza.com bagaragaje ko impamvu ya mbere ituma abashakanye bacana inyuma ari ukuba badashimishanya mu buriri. Iyi ikaba ari na yo mpamvu nyamukuru.<br \/>\nUmugore utabashije kugera ku byishimo mu gihe cyo gusabana n\u2019umugabo we akenshi bituma ajya gushaka undi baryamana kugira ngo amushimishe mu kimbo cy\u2019umugabo we.<br \/>\nGusambana rero burya cyane cyane ku bantu bashatse, ngo bimera nk\u2019indwara idakira kuko uwabikoze ahora yumva afite agatima karehareha ashaka kongera gusubirayo.<br \/>\n <strong>Hari abagabo batabasha gutegura abagore babo na byo bikaba byatuma abagore babaca inyuma.<\/strong><br \/>\nUmusaza utarashatse ko tumutangariza  amazina yavuze ko hari igihe umugore agerammo abona umugabo we atagifite imbaraga bigatuma ajya gushaka abasore bakiri bato bamwibutsa ibihe byiza bibanziriza igikorwa cyo guhuza ibitsina.<br \/>\nUyu musaza yavuze ko hari utuntu umugore akenera nko gusomana, gukorakorana n\u2019ibindi bituma abaryamana biyumvanamo cyane. Ibi rero iyo umwe mu bashakanye atabibona nta kabuza ajya gushaka ababimukorera.<br \/>\n <strong>Ingeso y\u2019ubusambanyi<\/strong><br \/>\nNk\u2019uko byavuzwe haruguru, gusambana hari igihe kigera bikaba nk\u2019indwara idakira. Iyo umwe mu bashakanye yakundaga guhura n\u2019abantu benshi batandukanye mu buriri, nta kabuza n\u2019iyo amaze gushaka ya ngeso iranga.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nIcyo gihe usanga umwe yumva atahazwa n\u2019umugabo umwe cyangwa umugore umwe bikaba byatuma iyo abonye akanya gato cyane akabyaza umusaruro agahita aca inyuma uwo basambanye.<br \/>\n <strong>Kutisanzura ahakorerwa imibonano<\/strong><br \/>\nAkenshi usanga kugira ngo umugore aryoherwe n\u2019imibonano mpuzabitsina bisaba ko bayikorera ahantu hisanzuye ndetse hitaruye ku buryo nta kintu kiri bubangamire.<br \/>\nNiyo mpamvu uzasanga hari abakora imibonano mpuzabitsina ku manywa mu gihe abana bagiye ku masomo iyo bahari aho kubikora nijoro kuko hari n\u2019abana barara bakanuye ngo bumve ibyo ababyeyi babo bararamo.<br \/>\nAbandi usanga bakunda gukorera imibonano mpuzabitsina ahandi hatari mu ngo zabo nko mu gihe basohotse n\u2019ibindi. Nicyo gituma abakora imibonano mpuzabitsina kugira ngo baryogerwe n\u2019igikorwa barimo bibasaba kumva ko bari mu yindi si ntetse ntibanatekereze ko bari ahantu runaka hababangamiye, utaka agataka, usakuza agasakuza n\u2019ibindi kuko ibi byose ari bimwe mu bituma iki gikorwa kigenda neza.<br \/>\nAha rero, iyo umugore cyangwa umugabo acuye urwaho uwo bashakanye agasohokana rimwe n\u2019undi muntu, byanze bikonze basubirayo n\u2019izindi nshuro kuko baba barahagiriye ibihe byiza.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nGucana inyuma ni kimwe mu bibazo bihangayikishije isi n\u2019u Rwanda muri rusange kuko ari imwe mu ntandaro zo gusenyuka kw\u2019ingo.<br \/>\nInama yatangwa ni uko cyane cyane nko ku bashakanye nta wukwiye kumva ko adahagijwe n\u2019uwo bashakanye kuko bajya gushakana baba barabaje gufata igihe cyo kuganira no kumenyana. Kutararikira abagore b\u2019abandi cyangwa abakobwa kuko icya mbere ni urukundo kuko n\u2019urugo rudashingiye ku rukundo nta rugo na rumwe rwasigara ruhagaze zose zasenyuma<br \/>\n <strong> <em><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">K<\/a><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/em> <\/strong><br \/>\n <strong> <em>N.<a href=\"mailto:J@Bwiza.com\">J@Bwiza.com<\/a><\/em> <\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Iyo uganiriye n\u2019abasheshe akanguhe muri iyi minsi, bagusobanurira uko babona impamvu zaba zituma habago gucana inyuma cyane mu minsi ya none. bavuga ko kuri ubu ingo nyinshi zicana inyuma ariko ntibipfe kumenyekana kuko bikorwa mu ibanga ndetse hakaba n\u2019aho usanga umugore n\u2019umugabo babikora nk\u2019aho ari uguhimanwa. Nubwo hari abihangana bakarenzaho ngo usanga mu ngo abantu [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-5186","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Zimwe mu mpamvu zituma abagabo n\u2019abagore bacana inyuma batabireka - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=5186\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Zimwe mu mpamvu zituma abagabo n\u2019abagore bacana inyuma batabireka - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Iyo uganiriye n\u2019abasheshe akanguhe muri iyi minsi, bagusobanurira uko babona impamvu zaba zituma habago gucana inyuma cyane mu minsi ya none. bavuga ko kuri ubu ingo nyinshi zicana inyuma ariko ntibipfe kumenyekana kuko bikorwa mu ibanga ndetse hakaba n\u2019aho usanga umugore n\u2019umugabo babikora nk\u2019aho ari uguhimanwa. Nubwo hari abihangana bakarenzaho ngo usanga mu ngo abantu [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=5186\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-03-03T16:56:04+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-07-01T17:53:52+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5186#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5186\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Zimwe mu mpamvu zituma abagabo n\u2019abagore bacana inyuma batabireka\",\"datePublished\":\"2017-03-03T16:56:04+00:00\",\"dateModified\":\"2025-07-01T17:53:52+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5186\"},\"wordCount\":543,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5186#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5186\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5186\",\"name\":\"Zimwe mu mpamvu zituma abagabo n\u2019abagore bacana inyuma batabireka - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-03-03T16:56:04+00:00\",\"dateModified\":\"2025-07-01T17:53:52+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5186#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5186\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5186#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Zimwe mu mpamvu zituma abagabo n\u2019abagore bacana inyuma batabireka\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Zimwe mu mpamvu zituma abagabo n\u2019abagore bacana inyuma batabireka - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5186","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Zimwe mu mpamvu zituma abagabo n\u2019abagore bacana inyuma batabireka - BWIZA","og_description":"Iyo uganiriye n\u2019abasheshe akanguhe muri iyi minsi, bagusobanurira uko babona impamvu zaba zituma habago gucana inyuma cyane mu minsi ya none. bavuga ko kuri ubu ingo nyinshi zicana inyuma ariko ntibipfe kumenyekana kuko bikorwa mu ibanga ndetse hakaba n\u2019aho usanga umugore n\u2019umugabo babikora nk\u2019aho ari uguhimanwa. Nubwo hari abihangana bakarenzaho ngo usanga mu ngo abantu [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5186","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-03-03T16:56:04+00:00","article_modified_time":"2025-07-01T17:53:52+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5186#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5186"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Zimwe mu mpamvu zituma abagabo n\u2019abagore bacana inyuma batabireka","datePublished":"2017-03-03T16:56:04+00:00","dateModified":"2025-07-01T17:53:52+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5186"},"wordCount":543,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=5186#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5186","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5186","name":"Zimwe mu mpamvu zituma abagabo n\u2019abagore bacana inyuma batabireka - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-03-03T16:56:04+00:00","dateModified":"2025-07-01T17:53:52+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5186#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=5186"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5186#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Zimwe mu mpamvu zituma abagabo n\u2019abagore bacana inyuma batabireka"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/5186","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=5186"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/5186\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=5186"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=5186"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=5186"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}