{"id":51897,"date":"2022-09-25T18:41:12","date_gmt":"2022-09-25T18:41:12","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2022\/09\/25\/mutabazi-uvuga-ko-yanze-amafaranga-y-ikigarasha-yasabye-perezida-kagame\/"},"modified":"2022-09-25T18:41:12","modified_gmt":"2022-09-25T18:41:12","slug":"mutabazi-uvuga-ko-yanze-amafaranga-y-ikigarasha-yasabye-perezida-kagame","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=51897","title":{"rendered":"Mutabazi uvuga ko yanze &#8216;amafaranga y\u2019ikigarasha&#8217;, yasabye Perezida Kagame kumwishyurira amadeni"},"content":{"rendered":"<p><strong>Ap\u00f4tre Mutabazi Kabarira Maurice uvuga ko yanze amafaranga y\u2019ikigarasha yasabye Perezida w\u2019u Rwanda, Paul Kagame, kumwishyurira amafaranga yise utudenideni abereyemo abantu kugira ngo akorere igihugu kuko ngo hari abatwuririraho bamurwanya.<\/strong><\/p>\n<p>Mutabazi wemeza ko ari umuvugabutumwa akaba n\u2019umunyapolitiki w&#8217;umusimbura uvuga rumwe n&#8217;ubutegetsi bw&#8217;u Rwanda, yatangiye ubu busabe mu kiganiro yagiranye n\u2019abanyamakuru kuri uyu wa 25 Nzeri 2022.<\/p>\n<p>Iki kiganiro cyabayeho nyuma y\u2019inkuru imaze iminsi ikwirakwira mu binyamakuru no ku mbuga nkoranyambaga y\u2019uko yambuye umuturage wo mu murenge wa Kinyinya mu karere ka Gasabo amafaranga y\u2019ubukode bw\u2019amezi arindwi.<\/p>\n<p>Ap\u00f4tre Mutabazi yasobanuriye abanyamakuru ko koko afite ibibazo by\u2019amafaranga agera muri miliyoni 30 kandi yemera ko yabuze ubwishyu, gusa ngo ayavuzwe bikagera ku karubanda ntarenze miliyoni imwe n\u2019ibihumbi Magana abiri (1.200.000 Frw).<\/p>\n<p>Yagize ati: \u201cNi byo koko Cyitatire cya Mutabazi mfite ibibazo nk\u2019uko n\u2019abandi Banyarwanda babifite. Sinjya hano kubizeza ko abo mwabonye biyesura ngo mbarimo amafaranga ari bo ba nyuma kuko ibibazo mfite by\u2019amafaranga bikabakaba miliyoni 30 z\u2019amanyarwanda, kandi ibyo mumaze kumva, n\u2019ubwo bivanzemo ibinyoma, ntibirengeje miliyoni imwe y\u2019amanyarwanda cyangwa miliyoni na Magana abiri.\u201d<\/p>\n<p>Ap\u00f4tre Mutabazi yavuze ko ari umwe mu bakorera igihugu bibasirwa kandi badahembwa. Ati: \u201cBiduca intege kubona abakorera igihugu badahembwa twibasirwa n\u2019abahembwa badakora ahubwo umwanya wabo wose bakawurangiriza mu ndonke, kwigwizaho imitungo no kudakemura ibibazo by\u2019abaturage.\u201d<\/p>\n<p>Uyu muvugabutumwa yavuze ko mu masaa munani y\u2019urukerera rwo kuri uyu wa 25 Nzeri 2022 hari umuntu washatse kumwishyurira umwenda wose, ariko ngo kubera ko \u201curusha nyina w\u2019umwana imbabazi, aba ashaka kumurya\u201d, yanze iyi nkunga akeka ko yari umutego w\u2019abo yita \u2018Ibigarasha\u2019.<\/p>\n<p>Yasabye Perezida Kagame kumwishyurira uyu mwenda, agakorera u Rwanda yemye mu buhanga bwe. Ati: \u201cNyakubahwa Perezida wa Repubulika, Imana ni yo yavuze iti \u2018nkunda abankunda kandi abanshakana umwete bazambona\u2019, kandi ndahamya ko byakugezeho ko ngukunda bizira uburyarya. Wasanga no mu byo banziza na byo birimo.<\/p>\n<p>Nimba mbagiriyeho umugisha, ndabasaba ko aho kwishyurirwa n\u2019ibyo bigarasha cyangwa se n\u2019abandi bigize ibigarasha kugira ngo bantege uwo mutego\u2026nk\u2019umubyeyi w\u2019Abanyarwanda, utwo tudenideni abatanyifuza mu kibuga cya politiki buririraho mwatunyishyurira ari mwebwe, ubundi mu buhanga nzwiho ngakorera u Rwanda nemye, ntububa. Uretse ko nta na gahunda yo kububa njya ngira.\u201d<\/p>\n<p>Ap\u00f4tre Mutabazi yasobanuriye abanyamakuru ko inzu y\u2019icyumba na salo avugwaho gusiga akinze, ntiyishyure uwayimukodesheje, yayivuyemo ku bw\u2019umutekano we, kuko ngo yari yamaze kumenya amakuru y\u2019uko hari abashaka kumufungisha n\u2019umugore we.<\/p>\n<p>Uyu muvugabutumwa yatangaje ko ku bw\u2019umutekano we, iyo ari muri hoteli akamenya ko hari abashaka kumugirira nabi, ashobora kuhasiga imodoka ye ya Benz, akajya kurara ahandi, mu rwego rwo kubajijisha.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ap\u00f4tre Mutabazi Kabarira Maurice uvuga ko yanze amafaranga y\u2019ikigarasha yasabye Perezida w\u2019u Rwanda, Paul Kagame, kumwishyurira amafaranga yise utudenideni abereyemo abantu kugira ngo akorere igihugu kuko ngo hari abatwuririraho bamurwanya. Mutabazi wemeza ko ari umuvugabutumwa akaba n\u2019umunyapolitiki w&#8217;umusimbura uvuga rumwe n&#8217;ubutegetsi bw&#8217;u Rwanda, yatangiye ubu busabe mu kiganiro yagiranye n\u2019abanyamakuru kuri uyu wa 25 Nzeri [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":11,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[126],"class_list":["post-51897","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw","tag-amamenyesha"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Mutabazi uvuga ko yanze &#039;amafaranga y\u2019ikigarasha&#039;, yasabye Perezida Kagame kumwishyurira amadeni - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=51897\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Mutabazi uvuga ko yanze &#039;amafaranga y\u2019ikigarasha&#039;, yasabye Perezida Kagame kumwishyurira amadeni - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Ap\u00f4tre Mutabazi Kabarira Maurice uvuga ko yanze amafaranga y\u2019ikigarasha yasabye Perezida w\u2019u Rwanda, Paul Kagame, kumwishyurira amafaranga yise utudenideni abereyemo abantu kugira ngo akorere igihugu kuko ngo hari abatwuririraho bamurwanya. Mutabazi wemeza ko ari umuvugabutumwa akaba n\u2019umunyapolitiki w&#8217;umusimbura uvuga rumwe n&#8217;ubutegetsi bw&#8217;u Rwanda, yatangiye ubu busabe mu kiganiro yagiranye n\u2019abanyamakuru kuri uyu wa 25 Nzeri [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=51897\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2022-09-25T18:41:12+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"TUYIZERE JD\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"TUYIZERE JD\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=51897#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=51897\"},\"author\":{\"name\":\"TUYIZERE JD\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320\"},\"headline\":\"Mutabazi uvuga ko yanze &#8216;amafaranga y\u2019ikigarasha&#8217;, yasabye Perezida Kagame kumwishyurira amadeni\",\"datePublished\":\"2022-09-25T18:41:12+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=51897\"},\"wordCount\":444,\"commentCount\":48,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"keywords\":[\"Amamenyesha\"],\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=51897#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=51897\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=51897\",\"name\":\"Mutabazi uvuga ko yanze 'amafaranga y\u2019ikigarasha', yasabye Perezida Kagame kumwishyurira amadeni - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2022-09-25T18:41:12+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=51897#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=51897\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=51897#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Mutabazi uvuga ko yanze &#8216;amafaranga y\u2019ikigarasha&#8217;, yasabye Perezida Kagame kumwishyurira amadeni\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320\",\"name\":\"TUYIZERE JD\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=11\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Mutabazi uvuga ko yanze 'amafaranga y\u2019ikigarasha', yasabye Perezida Kagame kumwishyurira amadeni - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=51897","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Mutabazi uvuga ko yanze 'amafaranga y\u2019ikigarasha', yasabye Perezida Kagame kumwishyurira amadeni - BWIZA","og_description":"Ap\u00f4tre Mutabazi Kabarira Maurice uvuga ko yanze amafaranga y\u2019ikigarasha yasabye Perezida w\u2019u Rwanda, Paul Kagame, kumwishyurira amafaranga yise utudenideni abereyemo abantu kugira ngo akorere igihugu kuko ngo hari abatwuririraho bamurwanya. Mutabazi wemeza ko ari umuvugabutumwa akaba n\u2019umunyapolitiki w&#8217;umusimbura uvuga rumwe n&#8217;ubutegetsi bw&#8217;u Rwanda, yatangiye ubu busabe mu kiganiro yagiranye n\u2019abanyamakuru kuri uyu wa 25 Nzeri [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=51897","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2022-09-25T18:41:12+00:00","author":"TUYIZERE JD","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"TUYIZERE JD","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=51897#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=51897"},"author":{"name":"TUYIZERE JD","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320"},"headline":"Mutabazi uvuga ko yanze &#8216;amafaranga y\u2019ikigarasha&#8217;, yasabye Perezida Kagame kumwishyurira amadeni","datePublished":"2022-09-25T18:41:12+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=51897"},"wordCount":444,"commentCount":48,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"keywords":["Amamenyesha"],"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=51897#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=51897","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=51897","name":"Mutabazi uvuga ko yanze 'amafaranga y\u2019ikigarasha', yasabye Perezida Kagame kumwishyurira amadeni - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2022-09-25T18:41:12+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=51897#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=51897"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=51897#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Mutabazi uvuga ko yanze &#8216;amafaranga y\u2019ikigarasha&#8217;, yasabye Perezida Kagame kumwishyurira amadeni"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320","name":"TUYIZERE JD","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=11"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/51897","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/11"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=51897"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/51897\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=51897"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=51897"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=51897"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}