{"id":51975,"date":"2022-09-28T11:02:37","date_gmt":"2022-09-28T11:02:37","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2022\/09\/28\/umutagatifu-wanjye-ni-sentore-hakaza-yezu-na-bikiramariya-masamba\/"},"modified":"2022-09-28T11:02:37","modified_gmt":"2022-09-28T11:02:37","slug":"umutagatifu-wanjye-ni-sentore-hakaza-yezu-na-bikiramariya-masamba","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=51975","title":{"rendered":"Umutagatifu wanjye ni Sentore, hakaza Yezu na Bikiramariya: Masamba"},"content":{"rendered":"<p><strong>Umuhanzi Masamba Intore umenyerewe mu ndirimbo gakondo aremeza ko umutagatifu we ari se, Sentore Athanase, abandi barimo Yezu na Bikiramariya bakaza bakurikiraho.<\/strong><\/p>\n<p>Mu kiganiro yagiriye kuri Isimbi TV, Masamba yasobanuye ko iyo ari gutegura igitaramo, yiyambaza umubyeyi we wamusigiye impano kugira ngo kigende neza.<\/p>\n<p>Ubusanzwe ngo ntazi kubandwa cyangwa guterekera, ariko ngo yifuza umupfumu Rutangarwamaboko yazabimwigisha, gusa ngo mu gihe atarabimenya yumva ko abakurambere be ari bo bamuha imbaraga. Ati: &#8220;Uburyo rero mbikora ni ukumva ko abakurambere banjye batagiye ngo bahere, bahari. Ibyo nkora byose babireba kandi banyoherereza imbaraga.\u201d<\/p>\n<p>Masamba yakomeje ati: &#8220;Mbere y\u2019uko nkora concert, icyo ari cyo cyose ngiye gukora, ndiherera ahantu ngasenga, nasenga kandi ngasaba umutagatifu, ni ko nabyita, Sentore ngo ambe hafi ku byo ngiye gukora kuko n\u2019ubundi ni na we wabindaze.\u201d<\/p>\n<p>Asubirishijwemo niba koko Sentore ari umutagatifu we, Masamba yabishimangiye ati: &#8220;Ni we mutagatifu nemera ahubwo. Hakaza Yezu, hakaza Bikiramariya. Burya nkunda ba Mama cyane, ababyeyi batubyara, nkabashushanyamo Bikiramariya, ariko urumva Mutagatifu wanjye ni Sentore.\u201d<\/p>\n<p>Masamba Intore avuga ko ariko kuba Sentore ari umutagatifu we bitamubuza kuba umuyoboke wa Kiliziya Gatolika, ngo n\u2019ubwo adaheruka gusengera muri kiliziya bitewe n\u2019akazi kenshi. <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umuhanzi Masamba Intore umenyerewe mu ndirimbo gakondo aremeza ko umutagatifu we ari se, Sentore Athanase, abandi barimo Yezu na Bikiramariya bakaza bakurikiraho. Mu kiganiro yagiriye kuri Isimbi TV, Masamba yasobanuye ko iyo ari gutegura igitaramo, yiyambaza umubyeyi we wamusigiye impano kugira ngo kigende neza. Ubusanzwe ngo ntazi kubandwa cyangwa guterekera, ariko ngo yifuza umupfumu Rutangarwamaboko [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":11,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[126],"class_list":["post-51975","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw","tag-amamenyesha"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Umutagatifu wanjye ni Sentore, hakaza Yezu na Bikiramariya: Masamba - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=51975\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Umutagatifu wanjye ni Sentore, hakaza Yezu na Bikiramariya: Masamba - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Umuhanzi Masamba Intore umenyerewe mu ndirimbo gakondo aremeza ko umutagatifu we ari se, Sentore Athanase, abandi barimo Yezu na Bikiramariya bakaza bakurikiraho. Mu kiganiro yagiriye kuri Isimbi TV, Masamba yasobanuye ko iyo ari gutegura igitaramo, yiyambaza umubyeyi we wamusigiye impano kugira ngo kigende neza. Ubusanzwe ngo ntazi kubandwa cyangwa guterekera, ariko ngo yifuza umupfumu Rutangarwamaboko [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=51975\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2022-09-28T11:02:37+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"TUYIZERE JD\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"TUYIZERE JD\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"1 minute\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=51975#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=51975\"},\"author\":{\"name\":\"TUYIZERE JD\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320\"},\"headline\":\"Umutagatifu wanjye ni Sentore, hakaza Yezu na Bikiramariya: Masamba\",\"datePublished\":\"2022-09-28T11:02:37+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=51975\"},\"wordCount\":198,\"commentCount\":6,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"keywords\":[\"Amamenyesha\"],\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=51975#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=51975\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=51975\",\"name\":\"Umutagatifu wanjye ni Sentore, hakaza Yezu na Bikiramariya: Masamba - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2022-09-28T11:02:37+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=51975#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=51975\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=51975#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Umutagatifu wanjye ni Sentore, hakaza Yezu na Bikiramariya: Masamba\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320\",\"name\":\"TUYIZERE JD\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=11\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Umutagatifu wanjye ni Sentore, hakaza Yezu na Bikiramariya: Masamba - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=51975","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Umutagatifu wanjye ni Sentore, hakaza Yezu na Bikiramariya: Masamba - BWIZA","og_description":"Umuhanzi Masamba Intore umenyerewe mu ndirimbo gakondo aremeza ko umutagatifu we ari se, Sentore Athanase, abandi barimo Yezu na Bikiramariya bakaza bakurikiraho. Mu kiganiro yagiriye kuri Isimbi TV, Masamba yasobanuye ko iyo ari gutegura igitaramo, yiyambaza umubyeyi we wamusigiye impano kugira ngo kigende neza. Ubusanzwe ngo ntazi kubandwa cyangwa guterekera, ariko ngo yifuza umupfumu Rutangarwamaboko [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=51975","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2022-09-28T11:02:37+00:00","author":"TUYIZERE JD","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"TUYIZERE JD","Est. reading time":"1 minute"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=51975#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=51975"},"author":{"name":"TUYIZERE JD","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320"},"headline":"Umutagatifu wanjye ni Sentore, hakaza Yezu na Bikiramariya: Masamba","datePublished":"2022-09-28T11:02:37+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=51975"},"wordCount":198,"commentCount":6,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"keywords":["Amamenyesha"],"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=51975#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=51975","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=51975","name":"Umutagatifu wanjye ni Sentore, hakaza Yezu na Bikiramariya: Masamba - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2022-09-28T11:02:37+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=51975#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=51975"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=51975#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Umutagatifu wanjye ni Sentore, hakaza Yezu na Bikiramariya: Masamba"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320","name":"TUYIZERE JD","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=11"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/51975","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/11"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=51975"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/51975\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=51975"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=51975"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=51975"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}