{"id":52154,"date":"2022-10-04T11:13:11","date_gmt":"2022-10-04T11:13:11","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2022\/10\/04\/kenya-yashinje-gen-muhoozi-kuyitangizaho-intambara-no-kugambirira-guhirika-ruto\/"},"modified":"2022-10-04T11:13:11","modified_gmt":"2022-10-04T11:13:11","slug":"kenya-yashinje-gen-muhoozi-kuyitangizaho-intambara-no-kugambirira-guhirika-ruto","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=52154","title":{"rendered":"Kenya yashinje Gen Muhoozi kuyitangizaho intambara no kugambirira guhirika Ruto"},"content":{"rendered":"<p><strong>Umwuka mubi ukomeje gututumba hagati ya Kenya na Uganda, nyuma y&#8217;amagambo atarikiwe neza n&#8217;abanya-Kenya yatangajwe na Lt Gen Muhoozi Kainerugaba usanzwe ari Umugaba w&#8217;Ingabo za Uganda zirwanira ku butaka.<\/strong><\/p>\n<p>Intandaro y&#8217;uyu mwuka mubi yabaye ubutumwa uyu musirikare usanzwe ari umuhungu wa Perezida Yoweri Kaguta Museveni aheruka kwandika ku rubuga rwe rwa Twitter.<\/p>\n<p>Lt Gen Muhoozi yanditse avuga ko we n&#8217;Ingabo ze byabatwara igihe kitageze ku byumweru bibiri ngo babe bamaze kwigarurira Umujyi wa Nairobi usanzwe ari Umurwa Mukuru wa Kenya.<\/p>\n<p>Ati: &#8220;Njye n\u2019ingabo zanjye ntabwo byadutwara ibyumweru bibiri ngo tube twafashe Nairobi&#8221;.<\/p>\n<p>Yunzemo ati: &#8220;Nejejwe no kuba abagize akarere kacu muri Kenya bansubije bishimye. Biracyari ibyumweru bibiri. Ahubwo se tumaze gufata Nairobi, natura hehe? Westlands cyangwa Riverside?\u201d<\/p>\n<p>Ubu butumwa bwaje bukurikira ubundi uyu mugabo yari yanditse, avuga ko atumva impamvu &#8216;umuvandimwe we&#8217; Uhuru Kenyatta atiyamamarije kuyobora Kenya muri manda ya gatatu; ngo kuko yari gutsinda amatora mu buryo bworoshye cyane.<\/p>\n<p>Ni ubutumwa bwatumye abanya-Kenya bibasira Muhoozi, bamwibutsa ko Kenya nk&#8217;igihugu kigendera kuri demukarasi itandukanye na Uganda aho ubutegetsi bumaze imyaka hafi 40 mu maboko ya se.<\/p>\n<p>Gen Muhoozi ku rundi ruhande we yabwiraga ko iby&#8217;itegekonshinga n&#8217;amategeko ntacyo bivuze, ngo kuko bo nka Uganda icyo bashyize imbere cyonyine ari impinduramatwara.<\/p>\n<p>Ibintu byahinduye isura ubwo Lt Gen Muhoozi Kainerugaba yavugaga ko yafata Nairobi bitamutwaye ibyumweru bibiri.<\/p>\n<p>Bamwe mu banya-Kenya bahise bajya kure batangira kugereranya ubushobozi bw&#8217;Igisirikare cyabo (KDF) na UPDF cya Uganda ku byerekeye ibikoresho, abandi bibasira uriya muhungu wa Museveni bavuga ko ibyo ari kuvuga abiterwa n&#8217;isindwe.<\/p>\n<p>Cyakora cyo n&#8217;ubwo hari abanya-Kenya bafashe Gen Muhoozi nk&#8217;uwateraga amashyengo, bamwe mu banyapolitiki muri kiriya gihugu bakomeje ibintu bavuga ko ibyo yatangaje atakinaga.<\/p>\n<p>Umunyamategeko, umwanditsi akanaba umujyanama mu by&#8217;amategeko; Ahmednasir Abdullahi, avuga ko ibyo Lt Gen Muhoozi Kainerugaba yatangaje ari ugutangiza intambara kuri Kenya.<\/p>\n<p>Kuri Twitter ye yagize ati: &#8220;Mu mategeko agenga gasutamo mpuzamahanga&#8230;ibi byatangajwe n&#8217;umujenerali mukuru wa Uganda akanaba umuhungu wa Nyakubahwa Museveni ni ugutangaza intambara kuri Kenya.&#8221;<\/p>\n<p>Uyu munyamategeko uri mu bubashywe muri Kenya kandi yavuze ko ubutumwa bwa Lt Gen Kainerugaba bugaragaza ko agambiriye &#8220;guhirika Perezida Ruto agafata Nairobi, hanyuma agashinga ibirindiro bya Guverinoma yaba yigaririye mu gace ka Westlands cyangwa Riverside.&#8221;<\/p>\n<p>Senateri muri Sena ya Kenya, Kiprotich Arap Cherargei, we yasabye Minisiteri y&#8217;Ububanyi n&#8217;Amahanga ya Kenya guhamagaza Ambasaderi wa Uganda i Nairobi kugira ngo atange ibisobanuro ku byatangajwe na Gen Muhoozi ndetse anabisabire imbabazi.<\/p>\n<p>Yavuze ko ibyakozwe n&#8217;umuhungu wa Museveni ari &#8220;ugutesha agaciro umwuka w&#8217;ubumwe&#8221; busanzwe buri mu bihugu bigize umuryango wa East African Community.<\/p>\n<p>Lt Gen Muhoozi Kainerugaba cyakora cyo mu bundi butumwa yanditse kuri Twitter, yasabye abanya-Kenya gutuza ngo kuko se umubyara yamubujije kwirinda kuzagerageza kubakubita.<\/p>\n<p>Yasabye abanya-Kenya kureka gukomeza kumutuka ahubwo hakabaho ubufatanye mu guteza imbere umuryango wa Afurika y&#8217;Iburasirazuba.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umwuka mubi ukomeje gututumba hagati ya Kenya na Uganda, nyuma y&#8217;amagambo atarikiwe neza n&#8217;abanya-Kenya yatangajwe na Lt Gen Muhoozi Kainerugaba usanzwe ari Umugaba w&#8217;Ingabo za Uganda zirwanira ku butaka. Intandaro y&#8217;uyu mwuka mubi yabaye ubutumwa uyu musirikare usanzwe ari umuhungu wa Perezida Yoweri Kaguta Museveni aheruka kwandika ku rubuga rwe rwa Twitter. Lt Gen Muhoozi [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":17,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-52154","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Kenya yashinje Gen Muhoozi kuyitangizaho intambara no kugambirira guhirika Ruto - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=52154\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Kenya yashinje Gen Muhoozi kuyitangizaho intambara no kugambirira guhirika Ruto - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Umwuka mubi ukomeje gututumba hagati ya Kenya na Uganda, nyuma y&#8217;amagambo atarikiwe neza n&#8217;abanya-Kenya yatangajwe na Lt Gen Muhoozi Kainerugaba usanzwe ari Umugaba w&#8217;Ingabo za Uganda zirwanira ku butaka. Intandaro y&#8217;uyu mwuka mubi yabaye ubutumwa uyu musirikare usanzwe ari umuhungu wa Perezida Yoweri Kaguta Museveni aheruka kwandika ku rubuga rwe rwa Twitter. Lt Gen Muhoozi [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=52154\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:author\" content=\"BenjaminBabou\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2022-10-04T11:13:11+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:creator\" content=\"@BenjaminBabou3\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=52154#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=52154\"},\"author\":{\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\"},\"headline\":\"Kenya yashinje Gen Muhoozi kuyitangizaho intambara no kugambirira guhirika Ruto\",\"datePublished\":\"2022-10-04T11:13:11+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=52154\"},\"wordCount\":473,\"commentCount\":10,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=52154#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=52154\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=52154\",\"name\":\"Kenya yashinje Gen Muhoozi kuyitangizaho intambara no kugambirira guhirika Ruto - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2022-10-04T11:13:11+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=52154#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=52154\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=52154#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Kenya yashinje Gen Muhoozi kuyitangizaho intambara no kugambirira guhirika Ruto\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\",\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"description\":\"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.\",\"sameAs\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"BenjaminBabou\",\"https:\\\/\\\/x.com\\\/@BenjaminBabou3\"],\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=17\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Kenya yashinje Gen Muhoozi kuyitangizaho intambara no kugambirira guhirika Ruto - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=52154","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Kenya yashinje Gen Muhoozi kuyitangizaho intambara no kugambirira guhirika Ruto - BWIZA","og_description":"Umwuka mubi ukomeje gututumba hagati ya Kenya na Uganda, nyuma y&#8217;amagambo atarikiwe neza n&#8217;abanya-Kenya yatangajwe na Lt Gen Muhoozi Kainerugaba usanzwe ari Umugaba w&#8217;Ingabo za Uganda zirwanira ku butaka. Intandaro y&#8217;uyu mwuka mubi yabaye ubutumwa uyu musirikare usanzwe ari umuhungu wa Perezida Yoweri Kaguta Museveni aheruka kwandika ku rubuga rwe rwa Twitter. Lt Gen Muhoozi [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=52154","og_site_name":"BWIZA","article_author":"BenjaminBabou","article_published_time":"2022-10-04T11:13:11+00:00","author":"B\u00e9njamin BABOU","twitter_card":"summary_large_image","twitter_creator":"@BenjaminBabou3","twitter_misc":{"Written by":"B\u00e9njamin BABOU","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=52154#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=52154"},"author":{"name":"B\u00e9njamin BABOU","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9"},"headline":"Kenya yashinje Gen Muhoozi kuyitangizaho intambara no kugambirira guhirika Ruto","datePublished":"2022-10-04T11:13:11+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=52154"},"wordCount":473,"commentCount":10,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=52154#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=52154","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=52154","name":"Kenya yashinje Gen Muhoozi kuyitangizaho intambara no kugambirira guhirika Ruto - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2022-10-04T11:13:11+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=52154#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=52154"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=52154#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Kenya yashinje Gen Muhoozi kuyitangizaho intambara no kugambirira guhirika Ruto"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9","name":"B\u00e9njamin BABOU","description":"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.","sameAs":["https:\/\/bwiza.com\/","BenjaminBabou","https:\/\/x.com\/@BenjaminBabou3"],"url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=17"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/52154","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/17"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=52154"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/52154\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=52154"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=52154"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=52154"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}