{"id":5223,"date":"2017-03-05T22:50:01","date_gmt":"2017-03-05T22:50:01","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/03\/05\/zimwe-mu-mpamvu-zituma-abagore-baramba-cyane-kurusha-abagabo\/"},"modified":"2025-07-01T19:53:50","modified_gmt":"2025-07-01T17:53:50","slug":"zimwe-mu-mpamvu-zituma-abagore-baramba-cyane-kurusha-abagabo","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5223","title":{"rendered":"Zimwe mu mpamvu zituma abagore baramba cyane kurusha abagabo"},"content":{"rendered":"<p> <em> <strong>Ubushakashatsi bwerekana ko byibuze ku myaka umugabo n\u2019umugore basaziraho hagomba kugaragaramo ikinyuranyo cy\u2019imyaka itari munsi y\u2019itanu ariko umugabo akaba ari we usaza mbere y\u2019umugore. Ibi nyamara bigaragazwa mu gihe umugore ari  we wakabaye asaza mbere kubera imirimo runaka yakoze hakaniyongeraho imvune ahura na zo mu gihe cyo kubyara.<\/strong> <\/em><br \/>\nHatitawe ku mvune buri wese ahura na zo haba mu kazi akora ndetse no mu bundi buzima bwa buri munsi, imwe mu mpamvu itangazwa n\u2019abashakashatsi ituma abagabo basaza mbere y\u2019abagore ni ukuba abagabo benshi banywa inzoga n\u2019itabi kurusha abagore, ibi bikaba ari bimwe mu bituma basaza kubera bigira ingaruka ku buzima bwabo.<br \/>\nIndi mpamvu itangwa ni ukuba abagabo nubwo bakora imirimo micye ugereranyuje n\u2019bagore baba bakubiranye mu tuntu twinshi, usanga ngo imirimo abagabo bakora ari imirimo ivunanye ishobora gutuma ubuzima bwabo bujya mu kaga cyane.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nUrugero rugaarukwaho ni nko gukora mu birombe bicukurwamo amabuye y\u2019agaciro, kujya mu gisirikare, gutwara n\u2019ibindi.<br \/>\nUku gukora imirimo ivunanye ku bagabo, binaniza imikaya yabo ku buryo barinda basaza ha nyuma imbaraga zamara kugera igihe zigabanuka gahoro gahoro, zigahira zishirira rimwe mu gihe ku mugore zigabanuka gahoro gahoro bityo ugasanga abagabo imbaraga zibashiranye mbere bityo bagahita basaza.<br \/>\nubu bushakashatsi bwerekana ko byibuze abagabo batangira guhangana na cya kibazo cyo gucika integer cyangwa gutangira kunanirwa bageze mu kigero kiri hagati y\u2019imyaka 50-60 mu gihe ku bagore ari hagati y\u2019imyaka 70-80.<br \/>\nMu bijyanye n\u2019ubumenyi bw\u2019umuntu, umugore afite ubushobozi bwikubye 2 bwo guhangana n\u2019ibishobora kwangiza uturemangingo tugize umubiri, mu gihe umugabo aba afite ayo mahirwe macye cyane.<br \/>\nIbi bishatse kuvuga ko ku mugabo akaremangingo kamwe (gene) kagira icyo bita Koromozome (Chromosome) imwe mu gihe ku mugore akaremangingo kamwe kagira Koromozome 2.<br \/>\nIbi ngo bituma mu gihe Koromozome imwe inaniwe cyangwa yangiritse, isigaye ibasha gukoresha imbaraga nyinshi ngo izibe cya cyuho mu gihe ku mugabo iyo ipfuye cyangwa inaniwe biba birangiye nta yishobora kuyisimbura. Ibi rero bikaba ari bimwe mu biza imbere bibasha gutuma umugabo asaza vuba kurusha umugore.<br \/>\nIndi mpamvu na none igendanye n\u2019imiterere y\u2019umubiri, ni uko umugore agira umusemburo bita Oestrogen ubasha guhangana n\u2019imvune yose ahuye nay o ndetse n\u2019umunaniro w\u2019umubiri mu gihe umugabo we nta byo agira.ibi na byo bikaba ari umwihariko ku mugore utuma abasha kuba yaramba kurusha umugabo. Uyu musemburo kandi ubasha guhangana n\u2019ibintu byibasira umubiri ndetse n\u2019imyanda umuntu yagereranya n\u2019uburozi ku buryo umugore agira umubiri ubasha no guhangana n\u2019ibyorezo runaka.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nAba bashakashatsi bakomeza bavuga ko umugabo n\u2019umugore hari utundi turemangingo bahuza ariko bakaba batagira umubare ungana, aho nk\u2019utuzwi nka testosterone tubasha gucunga imikorere y\u2019umubiri haba mu mikorere y\u2019imyanya ndangagitsina, imikorere y\u2019ingingo zitandukanye z\u2019umubiri, aho ku ruhande rumwe bishobora kugira ingaruka mu gihe ibaye nyinshi ku bagabo ikaba yakwangiza n\u2019ubwonko n\u2019ibindi.<br \/>\nIbi bigaragza ko nubwo abantu bose, abagabo n\u2019abagore bakwirinda ibiyobyabwenge n\u2019ibindi bishobora kugira ingaruka ku mubiri w\u2019umuntu, ntibyabuza umugabo gusaza mbere kubera imiterere y\u2019umubiri we karemano kandi nta n\u2019ukundi ashobora kubyirinda.<br \/>\n <em> <strong><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">K<\/a><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong> <\/em><br \/>\n <strong> <em><a href=\"mailto:Nsengimana@Bwiza.com\">Nsengimana@Bwiza.com<\/a><\/em> <\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ubushakashatsi bwerekana ko byibuze ku myaka umugabo n\u2019umugore basaziraho hagomba kugaragaramo ikinyuranyo cy\u2019imyaka itari munsi y\u2019itanu ariko umugabo akaba ari we usaza mbere y\u2019umugore. Ibi nyamara bigaragazwa mu gihe umugore ari we wakabaye asaza mbere kubera imirimo runaka yakoze hakaniyongeraho imvune ahura na zo mu gihe cyo kubyara. Hatitawe ku mvune buri wese ahura na [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-5223","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Zimwe mu mpamvu zituma abagore baramba cyane kurusha abagabo - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=5223\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Zimwe mu mpamvu zituma abagore baramba cyane kurusha abagabo - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Ubushakashatsi bwerekana ko byibuze ku myaka umugabo n\u2019umugore basaziraho hagomba kugaragaramo ikinyuranyo cy\u2019imyaka itari munsi y\u2019itanu ariko umugabo akaba ari we usaza mbere y\u2019umugore. Ibi nyamara bigaragazwa mu gihe umugore ari we wakabaye asaza mbere kubera imirimo runaka yakoze hakaniyongeraho imvune ahura na zo mu gihe cyo kubyara. Hatitawe ku mvune buri wese ahura na [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=5223\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-03-05T22:50:01+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-07-01T17:53:50+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5223#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5223\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Zimwe mu mpamvu zituma abagore baramba cyane kurusha abagabo\",\"datePublished\":\"2017-03-05T22:50:01+00:00\",\"dateModified\":\"2025-07-01T17:53:50+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5223\"},\"wordCount\":533,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5223#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5223\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5223\",\"name\":\"Zimwe mu mpamvu zituma abagore baramba cyane kurusha abagabo - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-03-05T22:50:01+00:00\",\"dateModified\":\"2025-07-01T17:53:50+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5223#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5223\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5223#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Zimwe mu mpamvu zituma abagore baramba cyane kurusha abagabo\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Zimwe mu mpamvu zituma abagore baramba cyane kurusha abagabo - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5223","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Zimwe mu mpamvu zituma abagore baramba cyane kurusha abagabo - BWIZA","og_description":"Ubushakashatsi bwerekana ko byibuze ku myaka umugabo n\u2019umugore basaziraho hagomba kugaragaramo ikinyuranyo cy\u2019imyaka itari munsi y\u2019itanu ariko umugabo akaba ari we usaza mbere y\u2019umugore. Ibi nyamara bigaragazwa mu gihe umugore ari we wakabaye asaza mbere kubera imirimo runaka yakoze hakaniyongeraho imvune ahura na zo mu gihe cyo kubyara. Hatitawe ku mvune buri wese ahura na [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5223","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-03-05T22:50:01+00:00","article_modified_time":"2025-07-01T17:53:50+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5223#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5223"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Zimwe mu mpamvu zituma abagore baramba cyane kurusha abagabo","datePublished":"2017-03-05T22:50:01+00:00","dateModified":"2025-07-01T17:53:50+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5223"},"wordCount":533,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=5223#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5223","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5223","name":"Zimwe mu mpamvu zituma abagore baramba cyane kurusha abagabo - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-03-05T22:50:01+00:00","dateModified":"2025-07-01T17:53:50+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5223#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=5223"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5223#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Zimwe mu mpamvu zituma abagore baramba cyane kurusha abagabo"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/5223","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=5223"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/5223\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=5223"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=5223"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=5223"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}