{"id":52242,"date":"2022-10-06T15:17:06","date_gmt":"2022-10-06T15:17:06","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2022\/10\/06\/akarere-ka-karongi-katangaje-icyo-kagiye-gukora-nyuma-yo-gukeburwa-na-perezida\/"},"modified":"2022-10-06T15:17:06","modified_gmt":"2022-10-06T15:17:06","slug":"akarere-ka-karongi-katangaje-icyo-kagiye-gukora-nyuma-yo-gukeburwa-na-perezida","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=52242","title":{"rendered":"Akarere ka Karongi katangaje icyo kagiye gukora nyuma yo gukeburwa na Perezida Kagame ku batuye Mudugudu wa Rugabano"},"content":{"rendered":"<p><strong>Ubuyobozi bw&#8217;Akarere ka Karongi buratangaza ko bitarenze amezi atandatu abatujwe mu mudugudu w&#8217;ikitegererezo wa Rugabano bazaba bahawe amasambu yo guhingamo ndetse n&#8217;izindi gahunda zigamije guteza imbere imibereho yabo zizaba zararangiye kubageraho.<em><\/h2>\n<p>Ni nyuma y&#8217;uko ubwo Perezida Kagame yasuraga uruganda rw&#8217;icyayi rwa Rugabano muri Kanama 2022  yavuze ko imibereho y&#8217;abatujwe muri uyu mudugudu atifuza ko hari Umunyarwanda wabaho gutyo, asaba ko ibibazo abo baturage bafite bibangamiye imibereho n&#8217;iterambere ryabo bikemurwa.<\/p>\n<p>Imidugudu y\u2019icyitegererezo yubatswe hirya no hino ituzwamo abaturage bari basanzwe batuye mu manegeka, irimo ibibazo bitandukanye bibangamiye imibereho y\u2019abaturage ku buryo bikeneye ingufu kugira ngo bikemurwe.<\/p>\n<p>Ibyo bibazo birimo inzara kuko bamwe nta masambu yo guhinga bagira cyangwa ikindi kibatunga; umwanda uturuka ku miyoboro yo mu bwiherero yakozwe nabi; kutagira ibicanwa; imiyoboro yo mu gikoni yakozwe nabi igatuma imyotsi iguma mu nzu; kutagira amazi mu mudugudu; inzu zidafatwa neza n\u2019ibindi.<\/p>\n<p><strong>Iki kibazo mu mboni za Perezida Kagame<br \/>\n<\/strong><\/p>\n<p>Perezida Kagame yanyuze ku Mudugudu w\u2019Icyitegererezo wa Rugabano mu Karere ka Karongi ubwo yari agiye gusura Uruganda rw\u2019Icyayi Rugabano ku Cyumweru tariki ya 28 Kanama 2022.<\/p>\n<p>Mu ijambo rye yavuze ko yabonye ibibazo bitandukanye birimo ubukene n\u2019imibereho mibi y\u2019abatuye muri uwo mudugudu wubatswe mu 2017 utuzwamo imiryango 364.<\/p>\n<p>Yagize ati \u201cHari aho nanyuze mu nzira nza, hari umudugudu wubatswe kandi umeze neza, harimo abantu. Ibi bikorwa, ari ibihera kuri iki cyayi cya Rugabano, ari uburyo bwakoreshejwe mu kubaka uriya mudugudu, byose bikorerwa abantu, bikorerwa Abanyarwanda batuye iki gihugu.\u201d<\/p>\n<p>Mpanyuze, nabonye abantu bari muri uwo mudugudu, ijisho ryambwiye ko hari ikintu kibuze. Abantu bari muri uriya mudugudu, ukuntu nabonye bameze ntabwo ariko bakwiriye kuba bameze. Haragaragaramo ubukene, nabonye hatari isuku.\u201d<\/p>\n<p>Yasabye abayobozi mu Karere ka Karongi, Intara y\u2019Uburengerazuba na Minisiteri y\u2019ubutegetsi bw\u2019Igihugu ndetse n\u2019izindi nzego gufatanya bagakemura ibyo bibazo.<\/p>\n<p>Ati \u201cNtabwo nifuza kubona Abanyarwanda bameze kuriya, abayobozi bo muri aka karere, muri iyi ntara n\u2019abandi b\u2019izindi nzego, ntabwo nshaka kubibona. Ndashaka kubona Abanyarwanda bafashwa, bagatera imbere, bakwiriye kuba bakeye, bafite isuku, bafite ibibatunga, bitunga umubiri wabo. Ibi byose ni cyo tubikorera kugira ngo umunyarwanda amererwe neza, agire ikimutunga, atera imbere ukabona aho avuye n\u2019aho ageze.\u201d<br \/>\nUmukuru w\u2019Igihugu yavuze ko azasubira kureba niba imibereho y\u2019abaturage bo mu Mudugudu wa Rugabano yarahindutse, asaba abayobozi kubyitaho. Ati \u201cKuva aha, aba bayobozi babishinzwe, muhere ko mubikurikirana vuba na bwangu.\u201d<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ubuyobozi bw&#8217;Akarere ka Karongi buratangaza ko bitarenze amezi atandatu abatujwe mu mudugudu w&#8217;ikitegererezo wa Rugabano bazaba bahawe amasambu yo guhingamo ndetse n&#8217;izindi gahunda zigamije guteza imbere imibereho yabo zizaba zararangiye kubageraho. Ni nyuma y&#8217;uko ubwo Perezida Kagame yasuraga uruganda rw&#8217;icyayi rwa Rugabano muri Kanama 2022 yavuze ko imibereho y&#8217;abatujwe muri uyu mudugudu atifuza ko hari [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":12,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-52242","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Akarere ka Karongi katangaje icyo kagiye gukora nyuma yo gukeburwa na Perezida Kagame ku batuye Mudugudu wa Rugabano - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=52242\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Akarere ka Karongi katangaje icyo kagiye gukora nyuma yo gukeburwa na Perezida Kagame ku batuye Mudugudu wa Rugabano - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Ubuyobozi bw&#8217;Akarere ka Karongi buratangaza ko bitarenze amezi atandatu abatujwe mu mudugudu w&#8217;ikitegererezo wa Rugabano bazaba bahawe amasambu yo guhingamo ndetse n&#8217;izindi gahunda zigamije guteza imbere imibereho yabo zizaba zararangiye kubageraho. Ni nyuma y&#8217;uko ubwo Perezida Kagame yasuraga uruganda rw&#8217;icyayi rwa Rugabano muri Kanama 2022 yavuze ko imibereho y&#8217;abatujwe muri uyu mudugudu atifuza ko hari [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=52242\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2022-10-06T15:17:06+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Fred Rugira\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Fred Rugira\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=52242#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=52242\"},\"author\":{\"name\":\"Fred Rugira\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55\"},\"headline\":\"Akarere ka Karongi katangaje icyo kagiye gukora nyuma yo gukeburwa na Perezida Kagame ku batuye Mudugudu wa Rugabano\",\"datePublished\":\"2022-10-06T15:17:06+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=52242\"},\"wordCount\":406,\"commentCount\":2,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=52242#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=52242\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=52242\",\"name\":\"Akarere ka Karongi katangaje icyo kagiye gukora nyuma yo gukeburwa na Perezida Kagame ku batuye Mudugudu wa Rugabano - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2022-10-06T15:17:06+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=52242#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=52242\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=52242#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Akarere ka Karongi katangaje icyo kagiye gukora nyuma yo gukeburwa na Perezida Kagame ku batuye Mudugudu wa Rugabano\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55\",\"name\":\"Fred Rugira\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=12\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Akarere ka Karongi katangaje icyo kagiye gukora nyuma yo gukeburwa na Perezida Kagame ku batuye Mudugudu wa Rugabano - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=52242","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Akarere ka Karongi katangaje icyo kagiye gukora nyuma yo gukeburwa na Perezida Kagame ku batuye Mudugudu wa Rugabano - BWIZA","og_description":"Ubuyobozi bw&#8217;Akarere ka Karongi buratangaza ko bitarenze amezi atandatu abatujwe mu mudugudu w&#8217;ikitegererezo wa Rugabano bazaba bahawe amasambu yo guhingamo ndetse n&#8217;izindi gahunda zigamije guteza imbere imibereho yabo zizaba zararangiye kubageraho. Ni nyuma y&#8217;uko ubwo Perezida Kagame yasuraga uruganda rw&#8217;icyayi rwa Rugabano muri Kanama 2022 yavuze ko imibereho y&#8217;abatujwe muri uyu mudugudu atifuza ko hari [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=52242","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2022-10-06T15:17:06+00:00","author":"Fred Rugira","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Fred Rugira","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=52242#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=52242"},"author":{"name":"Fred Rugira","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55"},"headline":"Akarere ka Karongi katangaje icyo kagiye gukora nyuma yo gukeburwa na Perezida Kagame ku batuye Mudugudu wa Rugabano","datePublished":"2022-10-06T15:17:06+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=52242"},"wordCount":406,"commentCount":2,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=52242#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=52242","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=52242","name":"Akarere ka Karongi katangaje icyo kagiye gukora nyuma yo gukeburwa na Perezida Kagame ku batuye Mudugudu wa Rugabano - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2022-10-06T15:17:06+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=52242#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=52242"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=52242#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Akarere ka Karongi katangaje icyo kagiye gukora nyuma yo gukeburwa na Perezida Kagame ku batuye Mudugudu wa Rugabano"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55","name":"Fred Rugira","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=12"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/52242","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/12"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=52242"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/52242\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=52242"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=52242"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=52242"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}