{"id":5233,"date":"2017-03-06T14:43:48","date_gmt":"2017-03-06T14:43:48","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/03\/06\/abadepite-ba-eala-bahawe-umukoro-wo-gushakira-ibisubizo-ibibazo\/"},"modified":"2025-02-12T16:58:00","modified_gmt":"2025-02-12T14:58:00","slug":"abadepite-ba-eala-bahawe-umukoro-wo-gushakira-ibisubizo-ibibazo","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5233","title":{"rendered":"Abadepite ba EALA bahawe umukoro wo gushakira ibisubizo ibibazo bihangayikishije Afurika"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Perezida wa Repubulika y\u2019u Rwanda Paul Kagame yasabye Abadepite bagize Inteko y\u2019umuryango w\u2019Afurika y\u2019Iburasirazuba kuba umusemburo w\u2019iterambere ry\u2019ibihugu bigize uyu muryango, hashakwa ibisubizo ku bibazo bimwe na bimwe bihangayikishije umugabane wa Afurika.<\/em> <\/strong><br \/>\nIbi yabitangaje ubwo yatangizaga ku mugaragaro nteko rusange y\u2019abadepite bagize Inteko ishinga amategeko y\u2019umuryango wa Afurika y\u2019Iburasirazuba mu muhango wabereye mu nteko ishinga amategeko y\u2019u Rwanda kuri uyu wa 6 Werurwe 2017.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nMu ijambo rye yagejeje ku bari aho, Perezida kagame yashimiye uruhare ibi bihugu bihuriye muri uyu muryango byagaragaje mu bijyanye n\u2019imikoranire cyane cyane mu byapolitiki hagamijwe guteza imbere  n\u2019ibindi.<br \/>\nYagize ati\u201dibyinshi twagezeho tubikesha ubushake bwa politiki, bushingiye ku gusubiza ibyifuzo by&#8217;abaturage bacu, ubu abantu baratembera uko babyifuza, kuvugana hagati y&#8217;abatuye ibihugu byacu byaroroshye.\u201d<br \/>\nYakomeje asaba aba bayobozi gukora ibishoboka byose ngo uyu muryango udatakarizwa icyizere ufitiwe no ugenda urushaho gutera imbere buri munsi.<br \/>\nAha yanavuze ko ari wo muganda Afurika yose ibategerejeho nk&#8217;abashinga amategeko b&#8217;uyu muryango, bityo bakaba bagomba gukomeza iyo ntabwe y\u2019iterambere.<br \/>\nMu nshingano aba badepite bafite harimo gukurikirana ibibazo birebana n&#8217;uburinganire, kurengera uburenganzira bw&#8217;abana no kubahugurira ibirebana no kuboneza urubyaro, gukomeza kubungabunga imibereho myiza y\u2019abaturage banashyira mu bikorwa gahunda zimwe na zimwe zirimo no gusesengura ibyo guhagarika ikoresha ry&#8217;amashashi n\u2019ibindi.<br \/>\nYakomeje agira ati \u201dtugira ibihugu bifite umwuka mwiza, birengera ibidukikije, ni inshingano yacu kandi yihutirwa guhagarika ikoreshwa ry&#8217;amashashi twabigezeho mu<br \/>\nRwanda kandi ni byiza.\u201d<br \/>\nYanaboneyeho kandi kubamenyesha ko  u Rwanda rwemeje Igiswahili nka rumwe mu ndimi zemewe n&#8217;amategeko, nk&#8217;uko byari byatowe na EALA, akaba yahamije ko gukoresha Igiswahili bizakomeza ubuvandimwe bw&#8217;abatuye ibihugu by&#8217;Iburasirazuba.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nYagize ati\u201dAfurika ikeneye kuvuga rumwe, ikagira ijwi rimwe kandi ryubashwe mu ruhando rw&#8217;abatuye isi. Intego yacu ntiyagerwaho tudakoreye hamwe, tukaguma mu kwihugiraho mu bidutanya, tugomba gukorera hamwe kuko ni byo bizaduteza imbere, bidufitiye inyungu twese.\u201d<br \/>\nYanasabye aba bayobozi gukomeza guha imbaraga inzego zinyuranye bityo ngo zikore neza akazi zishinzwe na zo zifashe abaturage gutera imbere.<br \/>\n <em> <strong><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">K<\/a><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong> <\/em><br \/>\n <strong> <em><a href=\"mailto:Nsengimana@Bwiza.com\">Nsengimana@Bwiza.com<\/a><\/em> <\/strong><br \/>\n\u00a0<br \/>\n\u00a0<br \/>\n\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Perezida wa Repubulika y\u2019u Rwanda Paul Kagame yasabye Abadepite bagize Inteko y\u2019umuryango w\u2019Afurika y\u2019Iburasirazuba kuba umusemburo w\u2019iterambere ry\u2019ibihugu bigize uyu muryango, hashakwa ibisubizo ku bibazo bimwe na bimwe bihangayikishije umugabane wa Afurika. Ibi yabitangaje ubwo yatangizaga ku mugaragaro nteko rusange y\u2019abadepite bagize Inteko ishinga amategeko y\u2019umuryango wa Afurika y\u2019Iburasirazuba mu muhango wabereye mu nteko ishinga [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-5233","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Abadepite ba EALA bahawe umukoro wo gushakira ibisubizo ibibazo bihangayikishije Afurika - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=5233\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Abadepite ba EALA bahawe umukoro wo gushakira ibisubizo ibibazo bihangayikishije Afurika - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Perezida wa Repubulika y\u2019u Rwanda Paul Kagame yasabye Abadepite bagize Inteko y\u2019umuryango w\u2019Afurika y\u2019Iburasirazuba kuba umusemburo w\u2019iterambere ry\u2019ibihugu bigize uyu muryango, hashakwa ibisubizo ku bibazo bimwe na bimwe bihangayikishije umugabane wa Afurika. Ibi yabitangaje ubwo yatangizaga ku mugaragaro nteko rusange y\u2019abadepite bagize Inteko ishinga amategeko y\u2019umuryango wa Afurika y\u2019Iburasirazuba mu muhango wabereye mu nteko ishinga [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=5233\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-03-06T14:43:48+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T14:58:00+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5233#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5233\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Abadepite ba EALA bahawe umukoro wo gushakira ibisubizo ibibazo bihangayikishije Afurika\",\"datePublished\":\"2017-03-06T14:43:48+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T14:58:00+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5233\"},\"wordCount\":366,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5233#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5233\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5233\",\"name\":\"Abadepite ba EALA bahawe umukoro wo gushakira ibisubizo ibibazo bihangayikishije Afurika - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-03-06T14:43:48+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T14:58:00+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5233#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5233\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5233#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Abadepite ba EALA bahawe umukoro wo gushakira ibisubizo ibibazo bihangayikishije Afurika\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Abadepite ba EALA bahawe umukoro wo gushakira ibisubizo ibibazo bihangayikishije Afurika - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5233","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Abadepite ba EALA bahawe umukoro wo gushakira ibisubizo ibibazo bihangayikishije Afurika - BWIZA","og_description":"Perezida wa Repubulika y\u2019u Rwanda Paul Kagame yasabye Abadepite bagize Inteko y\u2019umuryango w\u2019Afurika y\u2019Iburasirazuba kuba umusemburo w\u2019iterambere ry\u2019ibihugu bigize uyu muryango, hashakwa ibisubizo ku bibazo bimwe na bimwe bihangayikishije umugabane wa Afurika. Ibi yabitangaje ubwo yatangizaga ku mugaragaro nteko rusange y\u2019abadepite bagize Inteko ishinga amategeko y\u2019umuryango wa Afurika y\u2019Iburasirazuba mu muhango wabereye mu nteko ishinga [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5233","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-03-06T14:43:48+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T14:58:00+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5233#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5233"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Abadepite ba EALA bahawe umukoro wo gushakira ibisubizo ibibazo bihangayikishije Afurika","datePublished":"2017-03-06T14:43:48+00:00","dateModified":"2025-02-12T14:58:00+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5233"},"wordCount":366,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=5233#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5233","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5233","name":"Abadepite ba EALA bahawe umukoro wo gushakira ibisubizo ibibazo bihangayikishije Afurika - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-03-06T14:43:48+00:00","dateModified":"2025-02-12T14:58:00+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5233#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=5233"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5233#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Abadepite ba EALA bahawe umukoro wo gushakira ibisubizo ibibazo bihangayikishije Afurika"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/5233","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=5233"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/5233\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=5233"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=5233"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=5233"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}