{"id":5264,"date":"2017-03-08T09:24:00","date_gmt":"2017-03-08T09:24:00","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/03\/08\/rwamagana-barinubira-gucuruza-ibyabo-binyagirwa-kandi-basora\/"},"modified":"2025-02-12T16:57:37","modified_gmt":"2025-02-12T14:57:37","slug":"rwamagana-barinubira-gucuruza-ibyabo-binyagirwa-kandi-basora","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5264","title":{"rendered":"Rwamagana: Barinubira gucuruza ibyabo binyagirwa kandi basora"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Abacururiza mu isoko rya Rwamagana barinubira gucuruza mu isoko riva nyamara batanga umusoro ku gihe. Bavuga ko iyo imvura iguye ibicuruzwa byabo binyagirwa ndetse bimwe bikangirika bamwe bikabaviramo guhomba. <\/em> <\/strong><br \/>\nAba bacuruzi bavuga ko nubwo igice kinini cy\u2019iryo soko gisakaye, bitabuza ko banyagirwa iyo imvura iguye, bikabasaba gutwikira ibicuruzwa byabo.<br \/>\nGakire Emmanuel Victor acururiza muri zone y\u2019ibinyampeke avuga ko batanga umusoro ariko nyamara bagacuruza bavirwa. Ati \u201cmuri iri isoko harimo ibibazo byinshi ariko ikitubangamiye cyane ni kunyagirwa kuko iri soko rirava. Iyo iguye itunguranye ibicuruzwa bimwe biranyagirwa bikangirika ,badufashije rigasanwa byadufasha cyane kuko niba dutanga umusoro tugomba no gukorera ahantu heza\u201d.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nAbacuruzi banemeza ko iri soko rya Rwamagana ryabaye rito kuburyo hari abakorera mu gice kidasakaye bakanemeza ko ari ukubura uko bagira.<br \/>\nUmwe muri bo, Ndayisaba avuga bo iyo imvura iguye bo bibasaba kwanura ibicuruzwa byabo.  Agira ati \u201ciyo imvura iguye bisaba ko twanura, abo dusanga ngo batwugamishe bakorera ahasakaye naho harava. Ababishinzwe bagomba kudufasha bakaryagura kuko dukorera aho izuba ritwica, imvura yagwa ibintu byacu bikanyagirwa, kandi mu gusora umusoro w\u2019ukwezi badusoresha nk\u2019abacururiza ku bisima(ahatwikiriye)\u201d.<br \/>\n <strong>Hazubakwa isoko rigezweho<\/strong><br \/>\nUmuyobozi w\u2019akarere ka Rwamagana arizeza abacuruzi ko bazubakirwa isoko rinini rijyanye n\u2019umujyi. Mbonyumuvunyi Radjab avuga ko iryo soko rizubakwa n\u2019abikorera bashyize hamwe batanga imigabane muri Rwamagana Pride Company.<br \/>\nAti \u201cbatangiye gutanga imigabane yabo kuburyo iryo soko rizatangira kubakwa ariko ko aho bigaragara ko isoko ryasanwa bigenda bikorwa mu gihe imirimo yo kubaka iryo soko rishya itaratangira\u201d.<br \/>\nUrubuga rw\u2019akarere ka Rwamagana (Imboni system) ruvuga ko isoko rizubakwa rizaba rigizwe n\u2019igorofa rifite amazu 3 agerekeranye ndetse n\u2019igice cyo hasi (cave) kizaba kigenewe abacuruza ubuconco.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nMu mazu yo hejuru hazaba harimo igice kigenewe abacuruzi baranguza, ahagenewe za Supermarket, ibiro by\u2019ibigo bitandukanye harimo za banki n\u2019ibigo by\u2019ubwishingizi, ahagenewe imyidagaduro, aho kwiyakirira (Bar and restaurant), parikingi ifite ubushobozi bwo kwakira imodoka 152, ibyumba by\u2019inama, ubwiherero ku bagabo n\u2019abagore ndetse harimo n\u2019ubwagenewe abafite ubumuga, n\u2019ibindi.<br \/>\nKugira ngo imirimo y\u2019iri soko irangire neza,  iri soko rizatwara akayabo k\u2019amafaranga y\u2019u Rwanda arenga Miliyari eshatu (3,315,968,665 Rwfs).<br \/>\n<a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">K<\/a><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><br \/>\n <strong>Ngabonziza Justin@Bwiza.com<\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Abacururiza mu isoko rya Rwamagana barinubira gucuruza mu isoko riva nyamara batanga umusoro ku gihe. Bavuga ko iyo imvura iguye ibicuruzwa byabo binyagirwa ndetse bimwe bikangirika bamwe bikabaviramo guhomba. Aba bacuruzi bavuga ko nubwo igice kinini cy\u2019iryo soko gisakaye, bitabuza ko banyagirwa iyo imvura iguye, bikabasaba gutwikira ibicuruzwa byabo. Gakire Emmanuel Victor acururiza muri zone [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-5264","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Rwamagana: Barinubira gucuruza ibyabo binyagirwa kandi basora - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=5264\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Rwamagana: Barinubira gucuruza ibyabo binyagirwa kandi basora - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Abacururiza mu isoko rya Rwamagana barinubira gucuruza mu isoko riva nyamara batanga umusoro ku gihe. Bavuga ko iyo imvura iguye ibicuruzwa byabo binyagirwa ndetse bimwe bikangirika bamwe bikabaviramo guhomba. Aba bacuruzi bavuga ko nubwo igice kinini cy\u2019iryo soko gisakaye, bitabuza ko banyagirwa iyo imvura iguye, bikabasaba gutwikira ibicuruzwa byabo. Gakire Emmanuel Victor acururiza muri zone [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=5264\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-03-08T09:24:00+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T14:57:37+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5264#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5264\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Rwamagana: Barinubira gucuruza ibyabo binyagirwa kandi basora\",\"datePublished\":\"2017-03-08T09:24:00+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T14:57:37+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5264\"},\"wordCount\":374,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5264#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5264\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5264\",\"name\":\"Rwamagana: Barinubira gucuruza ibyabo binyagirwa kandi basora - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-03-08T09:24:00+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T14:57:37+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5264#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5264\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5264#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Rwamagana: Barinubira gucuruza ibyabo binyagirwa kandi basora\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Rwamagana: Barinubira gucuruza ibyabo binyagirwa kandi basora - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5264","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Rwamagana: Barinubira gucuruza ibyabo binyagirwa kandi basora - BWIZA","og_description":"Abacururiza mu isoko rya Rwamagana barinubira gucuruza mu isoko riva nyamara batanga umusoro ku gihe. Bavuga ko iyo imvura iguye ibicuruzwa byabo binyagirwa ndetse bimwe bikangirika bamwe bikabaviramo guhomba. Aba bacuruzi bavuga ko nubwo igice kinini cy\u2019iryo soko gisakaye, bitabuza ko banyagirwa iyo imvura iguye, bikabasaba gutwikira ibicuruzwa byabo. Gakire Emmanuel Victor acururiza muri zone [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5264","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-03-08T09:24:00+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T14:57:37+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5264#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5264"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Rwamagana: Barinubira gucuruza ibyabo binyagirwa kandi basora","datePublished":"2017-03-08T09:24:00+00:00","dateModified":"2025-02-12T14:57:37+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5264"},"wordCount":374,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=5264#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5264","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5264","name":"Rwamagana: Barinubira gucuruza ibyabo binyagirwa kandi basora - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-03-08T09:24:00+00:00","dateModified":"2025-02-12T14:57:37+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5264#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=5264"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5264#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Rwamagana: Barinubira gucuruza ibyabo binyagirwa kandi basora"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/5264","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=5264"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/5264\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=5264"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=5264"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=5264"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}