{"id":52654,"date":"2022-10-18T16:23:05","date_gmt":"2022-10-18T16:23:05","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2022\/10\/18\/umubano-wa-uganda-n-u-rwanda-ubu-ni-ntayegayezwa_gen-muhoozi-nyuma-yo-gusoza\/"},"modified":"2022-10-18T16:23:05","modified_gmt":"2022-10-18T16:23:05","slug":"umubano-wa-uganda-n-u-rwanda-ubu-ni-ntayegayezwa_gen-muhoozi-nyuma-yo-gusoza","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=52654","title":{"rendered":"Umubano wa Uganda n&#8217;u Rwanda ubu ni ntayegayezwa_Gen Muhoozi nyuma yo gusoza uruzinduko rwe mu Rwanda"},"content":{"rendered":"<p><strong>Umuhungu wa Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko kuri ubu umubano w&#8217;igihugu cye n&#8217;u Rwanda uri ku rwego rushimishije cyane nyuma yo kugira uruhare mu izahurwa ryayo.<\/strong><\/p>\n<p>Uyu mujenerali w&#8217;inyenyeri enye yabitangaje nyuma yo gusoza uruzinduko rw&#8217;iminsi ine yagiriraga hano mu Rwanda. Ni uruzinduko rwasize we n&#8217;intumwa yari ayoboye baganiriye na Perezida Paul Kagame.<\/p>\n<p>Gen Muhoozi kuri Twitter ye yagize ati: &#8220;Nishimiye cyane kugaruka imuhira nyuma y&#8217;urundi ruzinduko rwanjye mu Rwanda rwiza rwangenze neza cyane, ndetse na nyuma y&#8217;ibindi biganiro byiza cyane na data wacu Nyakubahwa Paul Kagame. Umubano wa Uganda n&#8217;u Rwanda ubu urakomeye cyane pe! Imana ihe umugisha ibihugu byombi by&#8217;ibivandimwe.&#8221;<\/p>\n<p>Ku wa Gatandatu w&#8217;icyumweru gishize ni bwo Gen Muhoozi usanzwe ari umujyanama mukuru wa se ku bikorwa bya gisirikare byihariye yageze i Kigali. Yari aherekejwe n&#8217;abarimo umunyamakuru Andrew Mwenda usanzwe ari inshuti ye magara.<\/p>\n<p>Aba bombi kuri uwo munsi bakiriwe na Perezida Paul Kagame bagirana ibiganiro; mbere yo kwifatanya na we muri siporo ya Car Free Day ku Cyumweru tariki ya 16 Ukwakira.<\/p>\n<p>Ejo ku wa Mbere Perezida Kagame yabatembereje mu rwuri rwe ruherereye mu ntara y&#8217;Iburasirazuba; ndetse Mwenda na bagenzi be babiri buri wese amugabira inka.<\/p>\n<p>Mbere y&#8217;uko Gen Muhoozi n&#8217;abo bari kumwe basubira muri Uganda nanone Perezida Paul Kagame yabakiriye mu biro bye kuri uyu wa Kabiri; bagirana ibindi biganiro.<\/p>\n<p>Kugeza ubu ntiharamenyekana ibikubiye mu biganiro impande zombi zagiranye.<\/p>\n<p>Uruzinduko rwa Gen Muhoozi Kainerugaba rwari urwa gatatu agiriye i Kigali muri uyu mwaka wa 2022, nyuma y&#8217;izo yahagiriye muri Mutarama no muri Werurwe.<\/p>\n<p>Ni ingendo zombi zasize zizahuye umubano w\u2019u Rwanda na Uganda, nyuma y\u2019imyaka hafi ine ibihugu byombi byari bimaze bidacana uwaka. Umupaka wa Gatuna uhuza ibihugu byombi icyo gihe wahise ufungurwa, nyuma y\u2019igihe kirekire warafunzwe.<\/p>\n<p>Ingendo za Gen Muhoozi i Kigali kandi zatumye Muri Mata uyu mwaka Perezida Paul Kagame yitabira ibirori by\u2019isabukuru ye y\u2019amavuko i Kampala, nyuma y\u2019igihe kirekire adakandagira muri Uganda.<\/p>\n<p>Muri Kamena uyu mwaka Perezida Yoweri Museveni na we yitabiriye inama ya CHOGM i Kigali, nyuma y\u2019imyaka hafi itanu na we adakandagira ku butaka bw\u2019u Rwanda.<\/p>\n<p>Abakuru b\u2019ibihugu byombi ubwo bari kumwe mu birori by\u2019isabukuru ya Muhoozi bamushimiye ku kuba ubwe yarashoboye kunga u Rwanda na Uganda, nyuma y\u2019igihe kirekire hariyambajwe n\u2019abahuza mu biganiro ariko bikananirana.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umuhungu wa Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko kuri ubu umubano w&#8217;igihugu cye n&#8217;u Rwanda uri ku rwego rushimishije cyane nyuma yo kugira uruhare mu izahurwa ryayo. Uyu mujenerali w&#8217;inyenyeri enye yabitangaje nyuma yo gusoza uruzinduko rw&#8217;iminsi ine yagiriraga hano mu Rwanda. Ni uruzinduko rwasize we n&#8217;intumwa yari ayoboye baganiriye [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":17,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[132],"class_list":["post-52654","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw","tag-featured-post"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Umubano wa Uganda n&#039;u Rwanda ubu ni ntayegayezwa_Gen Muhoozi nyuma yo gusoza uruzinduko rwe mu Rwanda - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=52654\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Umubano wa Uganda n&#039;u Rwanda ubu ni ntayegayezwa_Gen Muhoozi nyuma yo gusoza uruzinduko rwe mu Rwanda - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Umuhungu wa Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko kuri ubu umubano w&#8217;igihugu cye n&#8217;u Rwanda uri ku rwego rushimishije cyane nyuma yo kugira uruhare mu izahurwa ryayo. Uyu mujenerali w&#8217;inyenyeri enye yabitangaje nyuma yo gusoza uruzinduko rw&#8217;iminsi ine yagiriraga hano mu Rwanda. Ni uruzinduko rwasize we n&#8217;intumwa yari ayoboye baganiriye [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=52654\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:author\" content=\"BenjaminBabou\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2022-10-18T16:23:05+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:creator\" content=\"@BenjaminBabou3\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=52654#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=52654\"},\"author\":{\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\"},\"headline\":\"Umubano wa Uganda n&#8217;u Rwanda ubu ni ntayegayezwa_Gen Muhoozi nyuma yo gusoza uruzinduko rwe mu Rwanda\",\"datePublished\":\"2022-10-18T16:23:05+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=52654\"},\"wordCount\":414,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"keywords\":[\"Featured Post\"],\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=52654#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=52654\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=52654\",\"name\":\"Umubano wa Uganda n'u Rwanda ubu ni ntayegayezwa_Gen Muhoozi nyuma yo gusoza uruzinduko rwe mu Rwanda - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2022-10-18T16:23:05+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=52654#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=52654\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=52654#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Umubano wa Uganda n&#8217;u Rwanda ubu ni ntayegayezwa_Gen Muhoozi nyuma yo gusoza uruzinduko rwe mu Rwanda\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\",\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"description\":\"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.\",\"sameAs\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"BenjaminBabou\",\"https:\\\/\\\/x.com\\\/@BenjaminBabou3\"],\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=17\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Umubano wa Uganda n'u Rwanda ubu ni ntayegayezwa_Gen Muhoozi nyuma yo gusoza uruzinduko rwe mu Rwanda - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=52654","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Umubano wa Uganda n'u Rwanda ubu ni ntayegayezwa_Gen Muhoozi nyuma yo gusoza uruzinduko rwe mu Rwanda - BWIZA","og_description":"Umuhungu wa Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko kuri ubu umubano w&#8217;igihugu cye n&#8217;u Rwanda uri ku rwego rushimishije cyane nyuma yo kugira uruhare mu izahurwa ryayo. Uyu mujenerali w&#8217;inyenyeri enye yabitangaje nyuma yo gusoza uruzinduko rw&#8217;iminsi ine yagiriraga hano mu Rwanda. Ni uruzinduko rwasize we n&#8217;intumwa yari ayoboye baganiriye [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=52654","og_site_name":"BWIZA","article_author":"BenjaminBabou","article_published_time":"2022-10-18T16:23:05+00:00","author":"B\u00e9njamin BABOU","twitter_card":"summary_large_image","twitter_creator":"@BenjaminBabou3","twitter_misc":{"Written by":"B\u00e9njamin BABOU","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=52654#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=52654"},"author":{"name":"B\u00e9njamin BABOU","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9"},"headline":"Umubano wa Uganda n&#8217;u Rwanda ubu ni ntayegayezwa_Gen Muhoozi nyuma yo gusoza uruzinduko rwe mu Rwanda","datePublished":"2022-10-18T16:23:05+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=52654"},"wordCount":414,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"keywords":["Featured Post"],"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=52654#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=52654","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=52654","name":"Umubano wa Uganda n'u Rwanda ubu ni ntayegayezwa_Gen Muhoozi nyuma yo gusoza uruzinduko rwe mu Rwanda - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2022-10-18T16:23:05+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=52654#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=52654"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=52654#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Umubano wa Uganda n&#8217;u Rwanda ubu ni ntayegayezwa_Gen Muhoozi nyuma yo gusoza uruzinduko rwe mu Rwanda"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9","name":"B\u00e9njamin BABOU","description":"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.","sameAs":["https:\/\/bwiza.com\/","BenjaminBabou","https:\/\/x.com\/@BenjaminBabou3"],"url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=17"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/52654","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/17"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=52654"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/52654\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=52654"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=52654"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=52654"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}