{"id":52743,"date":"2022-10-21T14:02:12","date_gmt":"2022-10-21T14:02:12","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2022\/10\/21\/umuyobozi-muri-itdp-yavuze-ko-yabonye-ibyo-gutwara-abantu-i-kigali-ari\/"},"modified":"2022-10-21T14:02:12","modified_gmt":"2022-10-21T14:02:12","slug":"umuyobozi-muri-itdp-yavuze-ko-yabonye-ibyo-gutwara-abantu-i-kigali-ari","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=52743","title":{"rendered":"Umuyobozi muri ITDP yavuze ko yabonye ibyo gutwara abantu i Kigali ari ingorabahizi"},"content":{"rendered":"<p><strong>Umuryango Mpuzamahanga ushinzwe Iterambere ryo gutwara abantu n\u2019ibintu ITDP (The Institute for Transportation and Development Policy) wagaragaje ko uburyo bwo gutwara abagenzi mu Mujyi wa Kigali bukirimo ibibazo kuko abatega imodoka rusange bazitegereza igihe kirekire.<em><\/h2>\n<p>Umuhuzabikorwa w\u2019uyu muryango, Chris Kost avuga ko n&#8217;ubwo Ubuyobozi bw\u2019Umujyi wa Kigali bwashyize imbaraga mu kuzamura urwego rwo gutwara abagenzi mu buryo bwa rusange, ariko hakirimo ibibazo bikomeye.<\/p>\n<p>Kost ari i Kigali  mu nama y\u2019iminsi itatu yahuje Ibihugu bitandatu (u Rwanda, Kenya, Uganda, Tanzania, Egypt na Ethiopia), igamije kwigira hamwe uburyo bwo kunoza imiturire ku buryo n\u2019urwego rwo gutwara abagenzi rworoha.<\/p>\n<p>Yagize ati \u201cUbu hashyizwemo imodoka nini zitwara abantu benshi, icyakora izo modoka ziracyari nke cyane. Ibyo bigatuma abantu bamara igihe kinini bazitegereje. zibatambukaho zuzuye.\u201d<\/p>\n<p>Yakomeje agira ati \u201cTugomba gushaka uburyo twanoza imitwarire y\u2019abantu. Hagashakwa n\u2019uburyo izo modoka zidakererezwa n\u2019umuvundo. Ibyo byatuma abantu bagenda ku magare no mu modoka zabo bwite babireka bakajya muri izi bus zitwara abantu mu buryo bwa rusange.\u201d<\/p>\n<p>Umuyobozi Mukuru ushinzwe Imyubakire n\u2019Imitunganyirize y\u2019Umujyi wa Kigali, Asaba Katabarwa Emmanuel, na we ubwe yemeje ko uru rwego rwo gutwara abagenzi mu Mujyi wa Kigali rukirimo ibibazo.<\/p>\n<p>Yagize ati \u201cNi byo koko mu itwarwa ry\u2019abantu haracyarimo ibibazo, hari ibibazo by\u2019imodoka nkeya, harasabwa imodoka nyinshi kandi zigezweho, harasabwa imihanda yihariye y\u2019amabisi.\u201d<\/p>\n<p>Mu Mujyi wa Kigali hamaze igihe hari ibibazo byo gutwara abagenzi kubera ubucye bw\u2019imodoka zituma abazitega bamara umwanya munini batonze imirongo aho bategera.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umuryango Mpuzamahanga ushinzwe Iterambere ryo gutwara abantu n\u2019ibintu ITDP (The Institute for Transportation and Development Policy) wagaragaje ko uburyo bwo gutwara abagenzi mu Mujyi wa Kigali bukirimo ibibazo kuko abatega imodoka rusange bazitegereza igihe kirekire. Umuhuzabikorwa w\u2019uyu muryango, Chris Kost avuga ko n&#8217;ubwo Ubuyobozi bw\u2019Umujyi wa Kigali bwashyize imbaraga mu kuzamura urwego rwo gutwara abagenzi [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":12,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-52743","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Umuyobozi muri ITDP yavuze ko yabonye ibyo gutwara abantu i Kigali ari ingorabahizi - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=52743\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Umuyobozi muri ITDP yavuze ko yabonye ibyo gutwara abantu i Kigali ari ingorabahizi - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Umuryango Mpuzamahanga ushinzwe Iterambere ryo gutwara abantu n\u2019ibintu ITDP (The Institute for Transportation and Development Policy) wagaragaje ko uburyo bwo gutwara abagenzi mu Mujyi wa Kigali bukirimo ibibazo kuko abatega imodoka rusange bazitegereza igihe kirekire. Umuhuzabikorwa w\u2019uyu muryango, Chris Kost avuga ko n&#8217;ubwo Ubuyobozi bw\u2019Umujyi wa Kigali bwashyize imbaraga mu kuzamura urwego rwo gutwara abagenzi [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=52743\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2022-10-21T14:02:12+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Fred Rugira\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Fred Rugira\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"1 minute\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=52743#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=52743\"},\"author\":{\"name\":\"Fred Rugira\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55\"},\"headline\":\"Umuyobozi muri ITDP yavuze ko yabonye ibyo gutwara abantu i Kigali ari ingorabahizi\",\"datePublished\":\"2022-10-21T14:02:12+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=52743\"},\"wordCount\":258,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=52743#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=52743\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=52743\",\"name\":\"Umuyobozi muri ITDP yavuze ko yabonye ibyo gutwara abantu i Kigali ari ingorabahizi - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2022-10-21T14:02:12+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=52743#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=52743\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=52743#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Umuyobozi muri ITDP yavuze ko yabonye ibyo gutwara abantu i Kigali ari ingorabahizi\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55\",\"name\":\"Fred Rugira\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=12\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Umuyobozi muri ITDP yavuze ko yabonye ibyo gutwara abantu i Kigali ari ingorabahizi - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=52743","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Umuyobozi muri ITDP yavuze ko yabonye ibyo gutwara abantu i Kigali ari ingorabahizi - BWIZA","og_description":"Umuryango Mpuzamahanga ushinzwe Iterambere ryo gutwara abantu n\u2019ibintu ITDP (The Institute for Transportation and Development Policy) wagaragaje ko uburyo bwo gutwara abagenzi mu Mujyi wa Kigali bukirimo ibibazo kuko abatega imodoka rusange bazitegereza igihe kirekire. Umuhuzabikorwa w\u2019uyu muryango, Chris Kost avuga ko n&#8217;ubwo Ubuyobozi bw\u2019Umujyi wa Kigali bwashyize imbaraga mu kuzamura urwego rwo gutwara abagenzi [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=52743","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2022-10-21T14:02:12+00:00","author":"Fred Rugira","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Fred Rugira","Est. reading time":"1 minute"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=52743#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=52743"},"author":{"name":"Fred Rugira","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55"},"headline":"Umuyobozi muri ITDP yavuze ko yabonye ibyo gutwara abantu i Kigali ari ingorabahizi","datePublished":"2022-10-21T14:02:12+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=52743"},"wordCount":258,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=52743#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=52743","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=52743","name":"Umuyobozi muri ITDP yavuze ko yabonye ibyo gutwara abantu i Kigali ari ingorabahizi - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2022-10-21T14:02:12+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=52743#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=52743"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=52743#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Umuyobozi muri ITDP yavuze ko yabonye ibyo gutwara abantu i Kigali ari ingorabahizi"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55","name":"Fred Rugira","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=12"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/52743","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/12"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=52743"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/52743\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=52743"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=52743"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=52743"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}