{"id":5300,"date":"2017-03-10T10:32:36","date_gmt":"2017-03-10T10:32:36","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/03\/10\/mbarushimana-yavuze-ko-yavukijwe-uburenganzira-bwe\/"},"modified":"2025-02-12T16:57:09","modified_gmt":"2025-02-12T14:57:09","slug":"mbarushimana-yavuze-ko-yavukijwe-uburenganzira-bwe","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5300","title":{"rendered":"Mbarushimana  yavuze ko yavukijwe  uburenganzira bwe"},"content":{"rendered":"<p> <em> <strong>Umucamanza mu rukiko rukuru mu Rwanda yanze icyifuzo cya bwana Emmanuel Mbarushimana cyo gusubika urubanza mu gihe cy&#8217;amezi abiri. Uregwa aravuga ko ari bwo buryo bwiza bwo gutegura imyireguriye ye. Umucamanza yavuze ko ubusabe bwe nta shingiro bufite. Uru rubanza rurabura iminsi ibarirwa ku ntoki ngo rugere ku musozo. Mbarushimana araburana n&#8217;ubushinjacyaha bw&#8217;u Rwanda ibyaha bya jenoside n&#8217;ibyibasiye inyokomuntu.<\/strong> <\/em><br \/>\nIburanisha ry\u2019uru rubanza rugana ku musozo ryibanze kuruta ku mpaka z\u2019impande zombi zari zigamije kumenya niba umucamanza yakwisubiraho ku cyemezo yafashe kiganisha ku gupfundikira urubanza.<br \/>\nNi nyuma y\u2019amaburanisha abiri Mbarushimana atagaragara mu rukiko asobanura ko arwaye kandi ko ubuyobozi bwa gereza bwagize ubushake buke bwo kutamuvuza; ariko nta bimenyetso bya muganga abitangira.<br \/>\nUmucamanza yanzuye ko ari impamvu zo gutinza urubanza; bityo ko Mbarushiamana yivukije amahirwe yo kuburana ahita avuga ko urubanza rugana ku musozo.<br \/>\nNyuma y\u2019icyo cyemezo ariko umucamanza yasabye ubushinjacyaha gukora iperereza muri gereza uregwa afungiyemo hakamenyekana koko niba arwaye.<br \/>\nCharity Wibabara ku ruhande rw\u2019ubushinjacyaha yabwiye urukiko ko basanze koko Mbarushimana arwaye. Yavuze ko bitewe n\u2019impamvu zo kwimurira gereza ya 1930 mu ya Mageragere byatumye imfungwa zaturutse hanze zimurirwa muri gereza ya Mpanga kuko ari iyo yujuje ibisabwa, bituma Mbarushimana atavurirwa ku gihe.<br \/>\nMe Jean Claude Shoshi Bizimana umwe mu bahagarariye inyungu z\u2019ubutabera mu rubanza yabwiye umucamanza ko kuba Mbarushimana atarabonetse mu iburanisha bitafatwa nk\u2019amakosa ye ku buryo byaba intandaro yo kumuvutsa uburenganzira bwo kwiregura. Yibukije umucamanza ko ajya gufata umwanzuro ko Mbarushimana yanze kuburana byumvikana ko yari amufiteho amakuru make. Asaba umucamanza kwisubiraho mu cyemezo yafashe uregwa akaburana.<br \/>\n<figure id=\"attachment_58944\" aria-describedby=\"caption-attachment-58944\" style=\"width: 768px\" class=\"wp-caption alignnone\"><a href=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/03\/Mbarushimana-Emmanuel-mu-rukiko.jpg\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"wp-image-58944 size-full\" src=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/03\/Mbarushimana-Emmanuel-mu-rukiko.jpg\" alt=\"Emmanuel Mbarushimana  uvuga ko  yavukijwe  uburenganzira bwe  ndetse ko agiye kujurira \" width=\"768\" height=\"521\" \/><\/a><figcaption id=\"caption-attachment-58944\" class=\"wp-caption-text\">Emmanuel Mbarushimana uvuga ko yavukijwe uburenganzira bwe ,ahita  ajurira<\/figcaption><\/figure><br \/>\nAntoine Muhima n\u2019inteko ahagarariye biherereye akanya gato maze bibutsa uruhande rwiregura ko ku itariki ya 20 z\u2019ukwa Kabiri Mbarushimana yavuze ko arwaye nta bimenyetso bitera umucamanza kwimurira iburanisha ku itariki ya 22 z\u2019ukwa Kabiri. Yibukije kandi ko yari yabwiye umunyamategeko ko kuri uwo munsi uregwa yaboneka, yabura urubanza ruzakomezanya n\u2019ubwunganizi. Bwana Muhima yavuze ko ku itariki 22 uruhande ruhagarariye inyungu z\u2019ubutabera rwaranze kuburana.<br \/>\nNyuma yo kwibutsa izo mpamvu zose urukiko rwanzuye ko rugihagaze ku cyemezo rwafashe ko impande zombi zigomba gutanga imyanzuro ya nyuma urubanza rugapfundikirwa.<br \/>\nMbarushimana yagaragaye mu isura yijimye kandi irakaye. Mu ijwi ryumvikanisha uburakari yabwiye umucamanza ati\u201d  <em>Ndagira ngo mvuge ko iki cyemezo kitantunguye kuko ari ko bisanzwe byabaye umuco w\u2019uko ibyo navuga ntacyo byabahinduraho. Ati ibyo bigamije ngo mvutswe amahirwe yo kwiregura\u201d<\/em>  ahita ajuririra iki cyemezo.<br \/>\nMbarushimana yahise ashyikiriza umucamanza ibaruwa isaba gusubika urubanza mu gihe cy\u2019amezi abiri.<br \/>\nAravuga ko hari ibyemezo yagiye ajuririra mu bihe bitandukanye. Muri ibyo byemezo arasaba ibikoresho byamufasha gutegura urubanza akabona gukomeza kuburana.<br \/>\nBirimo inyandiko z\u2019abatangabuhamya mu nkiko gacaca n\u2019inyandiko z\u2019abatangabuhamya baburaniye mu rukiko mpuzamahanga mpanabyaha I Arusha bivugwa ko yafatanyije na bo mu byaha ubushinjacyaha bumurega. Hari kandi inyandiko z\u2019urubanza rwo kumwohereza mu Rwanda rwabereye I Danemark zibitswe n\u2019ubushinjacyaha.<br \/>\nUbushinjacyaha buvuga ko iby\u2019ababuraniye muri ICTR bibareba ku giti cyabo ntaho bihurira na Mbarushimana kuko ni we uregwa cyo kimwe n\u2019ibyo abatangabuhamya bavuze ahandi muri Gacaca.<br \/>\nKu nyandiko z\u2019urubanza rwo kumwohereza ava I Danemark ubushinjacyaha buvuga ko igihe yazishakira yazibona ariko bukemeza ko ntacyo zamufasha.<br \/>\nUmucamanza yabwiye uruhande ruregwa ko ibyo rusaba urukiko rwarangije kubifataho ibyemezo ko bitamara impaka mu rubanza.<br \/>\nUruhande rwiregura rwakunze kuvuga ko kutaruha igihe cy\u2019amezi abiri ngo rutegure imyiregurire ari uburyo urukiko rwahisemo rwo kuruvutsa uburenganzira bwo kwiregura nk&#8217;uko bitangazwa n&#8217;ijwi ry&#8217;Amerika.<br \/>\nKuri ayo magambo umucamanza yababwiye ko babivuga bakanabifata uko bashaka. Yashimangiye ko bitamubuza gufata icyemezo yumva kijyanye n\u2019amategeko.<br \/>\nUmucamanza yongeye kwiherera maze ubusabe bw\u2019isubika ry\u2019urubanza mu gihe cy\u2019amezi abiri abutera utwatsi. Yanzuye ko nta shingiro buifite kuko bushingiye ku byemezo yamaze gufata ko urubanza rugomba gukomeza uko bisanzwe.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nUmucamanza asoma iki cyemezo, Mbarushimana yari yumiwe yitangiriye itama maze na we arongera yaka ijambo ati \u201cNoneho ndumva ntabona amagambo mbivugamo ariko ibi na byo ntibintunguye, birambuza uburenganzira bwanjye kandi ni byo byemezo bifatwa hano, reka mbijuririre wenda bizagera ku bandi bacamanza\u201d. Mu gusubiza, umucamanza na we ati \u201c Tegereza bizabagereho\u201d<br \/>\nUrubanza rwakomeje ubushinjacyaha butanga imyanzuro ya nyuma biteganyijwe ko buzayimaraho iminsi itatu bitewe n\u2019ubunini bwa dosiye.<br \/>\nBwana Emmanuel Mbarushimana w\u2019imyaka 55 y\u2019amavuko ubushinjacyaha bw\u2019u Rwanda bumukurikiranyeho ibyaha 5 bikomeye kandi bidasaza bya genocide n\u2019ibyibasiye inyokomuntu.<br \/>\nNi ibyaha ubushinjacyaha bumurega ko yakoreye mu cyahoze ari Komini Muganza hari muri Prefegitura ya Butare mu 1994, ubu ni mu karere ka Gisagara mu ntara y\u2019amajyepfo. Uregwa ahakana ibyaha byose ashinjwa.<br \/>\nMbarushimana yageze mu Rwanda akuwe mu gihugu cya Danemark mu mwaka wa 2014.<br \/>\n<a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">K<\/a><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><br \/>\n <strong>Gabriel Habineza\/Bwiza.com<\/strong><br \/>\n\u00a0<br \/>\n\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umucamanza mu rukiko rukuru mu Rwanda yanze icyifuzo cya bwana Emmanuel Mbarushimana cyo gusubika urubanza mu gihe cy&#8217;amezi abiri. Uregwa aravuga ko ari bwo buryo bwiza bwo gutegura imyireguriye ye. Umucamanza yavuze ko ubusabe bwe nta shingiro bufite. Uru rubanza rurabura iminsi ibarirwa ku ntoki ngo rugere ku musozo. Mbarushimana araburana n&#8217;ubushinjacyaha bw&#8217;u Rwanda ibyaha [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-5300","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Mbarushimana yavuze ko yavukijwe uburenganzira bwe - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=5300\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Mbarushimana yavuze ko yavukijwe uburenganzira bwe - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Umucamanza mu rukiko rukuru mu Rwanda yanze icyifuzo cya bwana Emmanuel Mbarushimana cyo gusubika urubanza mu gihe cy&#8217;amezi abiri. Uregwa aravuga ko ari bwo buryo bwiza bwo gutegura imyireguriye ye. Umucamanza yavuze ko ubusabe bwe nta shingiro bufite. Uru rubanza rurabura iminsi ibarirwa ku ntoki ngo rugere ku musozo. Mbarushimana araburana n&#8217;ubushinjacyaha bw&#8217;u Rwanda ibyaha [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=5300\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-03-10T10:32:36+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T14:57:09+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/03\/Mbarushimana-Emmanuel-mu-rukiko.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"4 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5300#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5300\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Mbarushimana yavuze ko yavukijwe uburenganzira bwe\",\"datePublished\":\"2017-03-10T10:32:36+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T14:57:09+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5300\"},\"wordCount\":788,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5300#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/03\\\/Mbarushimana-Emmanuel-mu-rukiko.jpg\",\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5300#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5300\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5300\",\"name\":\"Mbarushimana yavuze ko yavukijwe uburenganzira bwe - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5300#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5300#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/03\\\/Mbarushimana-Emmanuel-mu-rukiko.jpg\",\"datePublished\":\"2017-03-10T10:32:36+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T14:57:09+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5300#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5300\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5300#primaryimage\",\"url\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/03\\\/Mbarushimana-Emmanuel-mu-rukiko.jpg\",\"contentUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/03\\\/Mbarushimana-Emmanuel-mu-rukiko.jpg\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5300#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Mbarushimana yavuze ko yavukijwe uburenganzira bwe\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Mbarushimana yavuze ko yavukijwe uburenganzira bwe - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5300","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Mbarushimana yavuze ko yavukijwe uburenganzira bwe - BWIZA","og_description":"Umucamanza mu rukiko rukuru mu Rwanda yanze icyifuzo cya bwana Emmanuel Mbarushimana cyo gusubika urubanza mu gihe cy&#8217;amezi abiri. Uregwa aravuga ko ari bwo buryo bwiza bwo gutegura imyireguriye ye. Umucamanza yavuze ko ubusabe bwe nta shingiro bufite. Uru rubanza rurabura iminsi ibarirwa ku ntoki ngo rugere ku musozo. Mbarushimana araburana n&#8217;ubushinjacyaha bw&#8217;u Rwanda ibyaha [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5300","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-03-10T10:32:36+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T14:57:09+00:00","og_image":[{"url":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/03\/Mbarushimana-Emmanuel-mu-rukiko.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"4 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5300#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5300"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Mbarushimana yavuze ko yavukijwe uburenganzira bwe","datePublished":"2017-03-10T10:32:36+00:00","dateModified":"2025-02-12T14:57:09+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5300"},"wordCount":788,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5300#primaryimage"},"thumbnailUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/03\/Mbarushimana-Emmanuel-mu-rukiko.jpg","articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=5300#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5300","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5300","name":"Mbarushimana yavuze ko yavukijwe uburenganzira bwe - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5300#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5300#primaryimage"},"thumbnailUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/03\/Mbarushimana-Emmanuel-mu-rukiko.jpg","datePublished":"2017-03-10T10:32:36+00:00","dateModified":"2025-02-12T14:57:09+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5300#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=5300"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5300#primaryimage","url":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/03\/Mbarushimana-Emmanuel-mu-rukiko.jpg","contentUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/03\/Mbarushimana-Emmanuel-mu-rukiko.jpg"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5300#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Mbarushimana yavuze ko yavukijwe uburenganzira bwe"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/5300","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=5300"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/5300\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=5300"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=5300"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=5300"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}