{"id":53051,"date":"2022-11-05T11:40:00","date_gmt":"2022-11-05T11:40:00","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2022\/11\/05\/perezida-kagame-yahanuye-ba-ofisiye-bashya-ba-rdf-ku-businzi-n-ubusambanyi\/"},"modified":"2022-11-05T11:40:00","modified_gmt":"2022-11-05T11:40:00","slug":"perezida-kagame-yahanuye-ba-ofisiye-bashya-ba-rdf-ku-businzi-n-ubusambanyi","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=53051","title":{"rendered":"Perezida Kagame yahanuye ba Ofisiye bashya ba RDF ku businzi n&#8217;ubusambanyi"},"content":{"rendered":"<p><strong>Perezida Paul Kagame usanzwe ari Umugaba w&#8217;Ikirenga w&#8217;Ingabo z&#8217;u Rwanda, yasabye ba Ofisiye bashya baheruka kwinjira mu gisirikare cy&#8217;u Rwanda kurangwa n&#8217;imyifatire myiza kugira ngo bazabashe kugera ku byo biyemeje.<\/strong><\/p>\n<p>Umukuru w&#8217;Igihugu yahaye aba basirikare izi mpanuro ku wa Gatanu, mu muhango wo guha ipeti rya Sous-Lieutenant ba Ofisiye barenga 500 nyuma baheruka gusoza amasomo abategurira kwinjira muri RDF.<\/p>\n<p>Ni mu muhango wabereye mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare ry\u2019i Gako ho mu karere ka Bugesera.<\/p>\n<p>Perezida Kagame mu mpanuro yabahaye, yabasabye kuzarangwa n\u2019ikinyabupfura ndetse n&#8217;imyifatire myiza mu kazi kabo; kuko ntacyo bashobora kugeraho batabifite.<\/p>\n<p>Ati: &#8220;Imirimo mugiyemo aho azaba ariho hose haba mu gihugu no hanze y\u2019igihugu, ikinyabupfura [kizabarange]. Wagira ubumenyi, wagira ubushake, wagira ibyo aribyo byose, ntabwo havamo byinshi cyangwa se birambye iyo hatagaragayemo imyifatire myiza.&#8221;<\/p>\n<p>Perezida Paul Kagame yaboneyeho kwibutsa aba basirikare ko hanze aha hari ibishuko nk&#8217;ubusinzi ndetse n&#8217;ubusambanyi bishobora kubagusha mu makosa arimo n&#8217;ayatuma birukanwa mu kazi, abasaba kubyitwararikaho.<\/p>\n<p>Yagize ati: &#8220;Hari ibishuko byinshi biba biri hanze cyangwa se bijyana n\u2019umwuga, kugira ngo rero ugire akazi keza n\u2019igihugu kibone ibyo kibatezemo mugomba kugira imyifatire n\u2019imico myiza.&#8221;<\/p>\n<p>&#8220;Hanze aha hari ibishuko byinshi, ibiyobyabwenge, gutsinda ndetse n\u2019indwara nyinshi zijyana no kutifata neza [zandurira mu busambanyi], zihitana ubuzima bw\u2019abantu. Icyo tubifuriza ni uko ibyo mwize, umurimo mukora muwukorana imyifatire myiza hakavamo ibyo twifuza, namwe ari byo mwifuza.&#8221;<\/p>\n<p>Umukuru w&#8217;Igihugu yasabye ba Ofisiye bashya binjiye muri RDF kuzirikana izi mpanuro, kuko bitumvikana ukuntu baba baranyuze mu bikomeye biga kugira ngo bambikwe impeta hanyuma ngo bananirwe imico myiza ishobora gutuma birukanwa bataramara n&#8217;umwaka mu ngabo binjiyemo babikunze.<\/p>\n<p>Ba Ofisiye binjiye muri RDF ni 568, barimo abakobwa 53. Aba ba Ofisiye bari mu byiciro bibiri birimo icy\u2019abanyeshuri 93 bize amasomo y\u2019umwuga wa gisirikare bayafatanyije n\u2019aya Kaminuza y\u2019u Rwanda abahesha impamyabumenyi y\u2019icyiciro cya kabiri cya Kaminuza mu bijyanye n\u2019ubuhanga mu bya gisirikare n\u2019ubumenyamuntu.<\/p>\n<p>Ikindi cyiciro kigizwe n\u2019abanyeshuri 475 bize umwaka umwe amasomo yerekeye inyigisho z\u2019umwuga wa gisirikare gusa. Ni icyiciro kigizwe n\u2019abari basanzwe ari abasirikare bato 277 ndetse n\u2019abari abasivile 198 bafite impamyabumenyi y\u2019icyiciro cya kabiri cya Kaminuza.<\/p>\n<p>Uyu muhango kandi wanarahirijwemo ba Ofisiye 24 baheruka gusoza amasomo ya gisirikare mu bihugu birindwi by\u2019inshuti z\u2019u Rwanda.<\/p>\n<p>Aba barimo na Ian Kagame usanzwe ari umuhungu wa Perezida Paul Kagame, basoje amasomo mu bihugu birimo u Bwongereza, Leta Zunze Ubumwe za Amerika, u Burusiya, Qatar, Sri Lanka, Kenya n\u2019u Butaliyani.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Perezida Paul Kagame usanzwe ari Umugaba w&#8217;Ikirenga w&#8217;Ingabo z&#8217;u Rwanda, yasabye ba Ofisiye bashya baheruka kwinjira mu gisirikare cy&#8217;u Rwanda kurangwa n&#8217;imyifatire myiza kugira ngo bazabashe kugera ku byo biyemeje. Umukuru w&#8217;Igihugu yahaye aba basirikare izi mpanuro ku wa Gatanu, mu muhango wo guha ipeti rya Sous-Lieutenant ba Ofisiye barenga 500 nyuma baheruka gusoza amasomo [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":17,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-53051","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Perezida Kagame yahanuye ba Ofisiye bashya ba RDF ku businzi n&#039;ubusambanyi - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=53051\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Perezida Kagame yahanuye ba Ofisiye bashya ba RDF ku businzi n&#039;ubusambanyi - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Perezida Paul Kagame usanzwe ari Umugaba w&#8217;Ikirenga w&#8217;Ingabo z&#8217;u Rwanda, yasabye ba Ofisiye bashya baheruka kwinjira mu gisirikare cy&#8217;u Rwanda kurangwa n&#8217;imyifatire myiza kugira ngo bazabashe kugera ku byo biyemeje. Umukuru w&#8217;Igihugu yahaye aba basirikare izi mpanuro ku wa Gatanu, mu muhango wo guha ipeti rya Sous-Lieutenant ba Ofisiye barenga 500 nyuma baheruka gusoza amasomo [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=53051\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:author\" content=\"BenjaminBabou\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2022-11-05T11:40:00+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:creator\" content=\"@BenjaminBabou3\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=53051#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=53051\"},\"author\":{\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\"},\"headline\":\"Perezida Kagame yahanuye ba Ofisiye bashya ba RDF ku businzi n&#8217;ubusambanyi\",\"datePublished\":\"2022-11-05T11:40:00+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=53051\"},\"wordCount\":424,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=53051#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=53051\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=53051\",\"name\":\"Perezida Kagame yahanuye ba Ofisiye bashya ba RDF ku businzi n'ubusambanyi - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2022-11-05T11:40:00+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=53051#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=53051\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=53051#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Perezida Kagame yahanuye ba Ofisiye bashya ba RDF ku businzi n&#8217;ubusambanyi\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\",\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"description\":\"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.\",\"sameAs\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"BenjaminBabou\",\"https:\\\/\\\/x.com\\\/@BenjaminBabou3\"],\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=17\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Perezida Kagame yahanuye ba Ofisiye bashya ba RDF ku businzi n'ubusambanyi - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=53051","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Perezida Kagame yahanuye ba Ofisiye bashya ba RDF ku businzi n'ubusambanyi - BWIZA","og_description":"Perezida Paul Kagame usanzwe ari Umugaba w&#8217;Ikirenga w&#8217;Ingabo z&#8217;u Rwanda, yasabye ba Ofisiye bashya baheruka kwinjira mu gisirikare cy&#8217;u Rwanda kurangwa n&#8217;imyifatire myiza kugira ngo bazabashe kugera ku byo biyemeje. Umukuru w&#8217;Igihugu yahaye aba basirikare izi mpanuro ku wa Gatanu, mu muhango wo guha ipeti rya Sous-Lieutenant ba Ofisiye barenga 500 nyuma baheruka gusoza amasomo [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=53051","og_site_name":"BWIZA","article_author":"BenjaminBabou","article_published_time":"2022-11-05T11:40:00+00:00","author":"B\u00e9njamin BABOU","twitter_card":"summary_large_image","twitter_creator":"@BenjaminBabou3","twitter_misc":{"Written by":"B\u00e9njamin BABOU","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=53051#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=53051"},"author":{"name":"B\u00e9njamin BABOU","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9"},"headline":"Perezida Kagame yahanuye ba Ofisiye bashya ba RDF ku businzi n&#8217;ubusambanyi","datePublished":"2022-11-05T11:40:00+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=53051"},"wordCount":424,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=53051#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=53051","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=53051","name":"Perezida Kagame yahanuye ba Ofisiye bashya ba RDF ku businzi n'ubusambanyi - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2022-11-05T11:40:00+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=53051#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=53051"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=53051#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Perezida Kagame yahanuye ba Ofisiye bashya ba RDF ku businzi n&#8217;ubusambanyi"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9","name":"B\u00e9njamin BABOU","description":"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.","sameAs":["https:\/\/bwiza.com\/","BenjaminBabou","https:\/\/x.com\/@BenjaminBabou3"],"url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=17"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/53051","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/17"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=53051"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/53051\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=53051"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=53051"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=53051"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}