{"id":53118,"date":"2022-11-02T18:14:39","date_gmt":"2022-11-02T18:14:39","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2022\/11\/02\/igisubizo-cya-minisitiri-bayisenge-ku-munyamakuru-wa-rba-wamusabye-kumugurira\/"},"modified":"2022-11-02T18:14:39","modified_gmt":"2022-11-02T18:14:39","slug":"igisubizo-cya-minisitiri-bayisenge-ku-munyamakuru-wa-rba-wamusabye-kumugurira","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=53118","title":{"rendered":"Igisubizo cya Minisitiri Bayisenge ku munyamakuru wa RBA wamusabye kumugurira icupa"},"content":{"rendered":"<p><strong>Minisitiri w&#8217;Uburinganire n&#8217;Iterambere, Bayisenge Jeannette, yasubije umunyamakuru Lorenzo Musangampfura Christian w&#8217;Ikigo cy&#8217;igihugu cy&#8217;Itangazamakuru (RBA) wamusabye kubanza yamugurira icupa ngo amurangire umwana watakaga ihohoterwa.<\/strong><\/p>\n<p>Christian Lorenzo usanzwe ari umunyamakuru w&#8217;imikino muri RBA, aheruka gushyira kuri Twitter ye amashusho y&#8217;umwana w&#8217;umuhungu wagaragaye avuga ko ahohoterwa cyane na nyina umubyara, akavuga ko arambiwe kubana na we.<\/p>\n<p>Muri aya mashusho, uyu mwana w&#8217;imyaka 13 y&#8217;amavuko yumvikana avuga ko byibura se umubyara amukubita neza, mu gihe nyina umubyara iyo ari kumukibita adatinya kumukubitisha icyo ahuye na cyo cyose.<\/p>\n<p>Ni ihohoterwa uyu mwana wiga mu mashuri abanza yabwiye abaganiraga na we ko arambiwe, bijyanye no kuba atari &#8216;inka&#8217; cyangwa &#8216;ingoma y&#8217;abapoloso&#8217; nk&#8217;uko yumvikanye abivuga.<\/p>\n<p>Ababonye aya mashusho y&#8217;umwana wavuze ko hari n&#8217;ubwo nyina umubyara yigeze kumukubita itafari &#8216;rikamuca umutsi&#8217; wo hafi y&#8217;akagombambari; bahise batangira gutabariza inzego bireba kugira ngo zishobore kurenganura uriya mwana w&#8217;umuhungu.<\/p>\n<p>Ni ubutumwa bwanageze ku barimo Minisitiri Bayisenge Jeannette watangaje ko bamaze gusaba Lorenzo Christian kubandikira mu gikari kugira ngo abahe amakuru arambuye y&#8217;uko bagera kuri uriya mwana bakamufasha.<\/p>\n<p>Minisitiri Bayisenge yunzemo ati: &#8220;Turacyategereje, ariko natwe tugerageza kureba ko twamenya aho aherereye.&#8221;<\/p>\n<p>Umunyamakuru Lorenzo mu gusubiza Minisitiri Bayisenge, yamusabye kubanza yamugurira icupa kugira ngo abone ubwamugeza kuri uriya mwana.<\/p>\n<p>Asa n&#8217;utebya yagize ati: &#8220;Erega minister, ikibazo, urabona nawe nta cupa ryawe nzi. Reka tubanze dukemure icyo.&#8221;<\/p>\n<p>Minisitiri w&#8217;Uburinganire n&#8217;Iterambere ry&#8217;Umuryango na we yahise agaruka aramusubiza, amubwira ko iby&#8217;agacupa bizaza ubutaha.<\/p>\n<p>Ati: &#8220;Nagira ngo watabarizaga umwana, sinari namenye ko ni iby\u2019icupa birimo. Ubwo duhe amakuru y\u2019umwana ibindi ni ah\u2019ubutaha.&#8221;<\/p>\n<p>Ikigo cy\u2019Igihugu Gishinzwe Imikurire no Kurengera Umwana (NCDA) mu butumwa cyanyujije ku rubuga rwacyo rwa Twitter, cyatangaje ko cyamaze kumenya umwana watabarizwaga ndetse kikaba cyanabashije kuvugana n&#8217;ababyeyi be.<\/p>\n<p>Iki kigo cyunzemo ko kigomba gukomeza gukurikirana ibijyanye n&#8217;uburenganzira bw&#8217;umwana, kumurinda no kumurengera mu rwego rwo kwirinda ko hari abana bakomeza guhohoterwa.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Minisitiri w&#8217;Uburinganire n&#8217;Iterambere, Bayisenge Jeannette, yasubije umunyamakuru Lorenzo Musangampfura Christian w&#8217;Ikigo cy&#8217;igihugu cy&#8217;Itangazamakuru (RBA) wamusabye kubanza yamugurira icupa ngo amurangire umwana watakaga ihohoterwa. Christian Lorenzo usanzwe ari umunyamakuru w&#8217;imikino muri RBA, aheruka gushyira kuri Twitter ye amashusho y&#8217;umwana w&#8217;umuhungu wagaragaye avuga ko ahohoterwa cyane na nyina umubyara, akavuga ko arambiwe kubana na we. Muri aya [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":17,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-53118","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Igisubizo cya Minisitiri Bayisenge ku munyamakuru wa RBA wamusabye kumugurira icupa - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=53118\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Igisubizo cya Minisitiri Bayisenge ku munyamakuru wa RBA wamusabye kumugurira icupa - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Minisitiri w&#8217;Uburinganire n&#8217;Iterambere, Bayisenge Jeannette, yasubije umunyamakuru Lorenzo Musangampfura Christian w&#8217;Ikigo cy&#8217;igihugu cy&#8217;Itangazamakuru (RBA) wamusabye kubanza yamugurira icupa ngo amurangire umwana watakaga ihohoterwa. Christian Lorenzo usanzwe ari umunyamakuru w&#8217;imikino muri RBA, aheruka gushyira kuri Twitter ye amashusho y&#8217;umwana w&#8217;umuhungu wagaragaye avuga ko ahohoterwa cyane na nyina umubyara, akavuga ko arambiwe kubana na we. Muri aya [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=53118\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:author\" content=\"BenjaminBabou\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2022-11-02T18:14:39+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:creator\" content=\"@BenjaminBabou3\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"1 minute\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=53118#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=53118\"},\"author\":{\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\"},\"headline\":\"Igisubizo cya Minisitiri Bayisenge ku munyamakuru wa RBA wamusabye kumugurira icupa\",\"datePublished\":\"2022-11-02T18:14:39+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=53118\"},\"wordCount\":334,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=53118#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=53118\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=53118\",\"name\":\"Igisubizo cya Minisitiri Bayisenge ku munyamakuru wa RBA wamusabye kumugurira icupa - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2022-11-02T18:14:39+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=53118#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=53118\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=53118#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Igisubizo cya Minisitiri Bayisenge ku munyamakuru wa RBA wamusabye kumugurira icupa\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\",\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"description\":\"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.\",\"sameAs\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"BenjaminBabou\",\"https:\\\/\\\/x.com\\\/@BenjaminBabou3\"],\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=17\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Igisubizo cya Minisitiri Bayisenge ku munyamakuru wa RBA wamusabye kumugurira icupa - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=53118","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Igisubizo cya Minisitiri Bayisenge ku munyamakuru wa RBA wamusabye kumugurira icupa - BWIZA","og_description":"Minisitiri w&#8217;Uburinganire n&#8217;Iterambere, Bayisenge Jeannette, yasubije umunyamakuru Lorenzo Musangampfura Christian w&#8217;Ikigo cy&#8217;igihugu cy&#8217;Itangazamakuru (RBA) wamusabye kubanza yamugurira icupa ngo amurangire umwana watakaga ihohoterwa. Christian Lorenzo usanzwe ari umunyamakuru w&#8217;imikino muri RBA, aheruka gushyira kuri Twitter ye amashusho y&#8217;umwana w&#8217;umuhungu wagaragaye avuga ko ahohoterwa cyane na nyina umubyara, akavuga ko arambiwe kubana na we. Muri aya [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=53118","og_site_name":"BWIZA","article_author":"BenjaminBabou","article_published_time":"2022-11-02T18:14:39+00:00","author":"B\u00e9njamin BABOU","twitter_card":"summary_large_image","twitter_creator":"@BenjaminBabou3","twitter_misc":{"Written by":"B\u00e9njamin BABOU","Est. reading time":"1 minute"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=53118#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=53118"},"author":{"name":"B\u00e9njamin BABOU","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9"},"headline":"Igisubizo cya Minisitiri Bayisenge ku munyamakuru wa RBA wamusabye kumugurira icupa","datePublished":"2022-11-02T18:14:39+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=53118"},"wordCount":334,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=53118#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=53118","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=53118","name":"Igisubizo cya Minisitiri Bayisenge ku munyamakuru wa RBA wamusabye kumugurira icupa - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2022-11-02T18:14:39+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=53118#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=53118"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=53118#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Igisubizo cya Minisitiri Bayisenge ku munyamakuru wa RBA wamusabye kumugurira icupa"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9","name":"B\u00e9njamin BABOU","description":"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.","sameAs":["https:\/\/bwiza.com\/","BenjaminBabou","https:\/\/x.com\/@BenjaminBabou3"],"url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=17"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/53118","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/17"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=53118"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/53118\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=53118"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=53118"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=53118"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}